Category: Uncategorized

  • Igihangange mubyubwiza Ethan Is Spreme yapfuye afite imyaka 17 gusa/ Agahinda ni kenshi kuri Social Media. #rwanda #RwOT

    Umwana w’imyaka 17 wari umaze kwiharira isi y’ubwiza Ethan Peters wari umaze kwamamara kukabyiniriro ka Ethan is Supreme, yitabye Imana kurupfu ruteye agahinda.

    Peter bigaragara ko yitabye Imana mu mpera z’iki cyumweru , yapfuye azize kunywa birenze urugero , bicyekwa ko ari ikinyobwa kitwa  Percocet (an opioid) , ibi bikaba byatangajwe n’inshuti ye yumunyamuzika Ava Louise wanavuzeko uyu mwana yari yari yarabaswe no kuva hambere.

    Avuga ko yagakwiye kuba yaba yarakoze byinshi kugira ngo agabanye ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge – avuga ko ari ibinini. Ava yakomeje kuririra urupfu rwe ku rubuga rwa Twitter. Asobanura ko yari yarabaswe no kuba icyamamare akiri muto. Yavuze ko yatakambiye ubufasha, ariko ikibabaje ni uko bitamubujije gupfa.

    Umuhanzikazi Ava Louise na Ethan Is Supreme.

    Ava kandi aha akaba yaboneyeho amahirwe yo gutiza amaboko undi muntu wese uri munzira zo kuzengerezwa n’ibiyobyabwenge, Aha akaba yatanze numero y’ubufasha umuntu yahamagaraho kuko bigaragara ko iki kiza cyakoza abantu isoni, ubu rengo ngo birasaba ko umuntu yajya afashwa mbere yo kugirango bigere naho yapfa.

    Urupfu rwa Ethan rwateye ikiniga n’akababaro cyane cyane mubantu bo kuri Youtube aho uyu mwana yari ayoboye mubwiza kuko yakurikirwaga cyane ndetse no kuri instagram yari afite imbaga nyamwinshi imuri inyuma . Abantu nka Tana Mongeau, Manny MUA and Grace Auten n’abandi benshi bapositinze uyu mwana bubahaga cyane bavuga ukuntu hari byinshi yari amariye umwuga wabo wo kugaragaza ubwiza haba mu myambarire ndetse no mu birungo bigaragaza ubwiza.

    Etahan yari umuhungu wigikundiro ukunzwe kuri youtube na Instagram.
    Etahan Is Spreme yamamazaga imyambaro n’ibirungo by’ubwiza birimo n’ibyabagore.
    Share on:

    WhatsApp

    The post Igihangange mubyubwiza Ethan Is Spreme yapfuye afite imyaka 17 gusa/ Agahinda ni kenshi kuri Social Media. first appeared on INGINGO.COM / Rwanda News & Story.

    source https://ingingo.com/igihangange-mubyubwiza-ethan-is-spreme-yapfuye-afite-imyaka-17-gusa-agahinda-ni-kenshi-kuri-social-media/models-news/3143/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=igihangange-mubyubwiza-ethan-is-spreme-yapfuye-afite-imyaka-17-gusa-agahinda-ni-kenshi-kuri-social-media

  • Rwanda’s Most Expensive Forest Has 4G WiFi, CCTV Cameras, Night Lights #rwanda #RwOT

    It takes at least 5 hours driving from the capital Kigali on a smooth 230km tarmac to south-west before entering Rwanda’s 117-year old Nyungwe forest. It is Rwanda’s most protected and expensive natural installation.

    In 1903, the German colonial government declared the park as a reserve and a colonial crown land of Nyungwe. Nyungwe became a National Park in 2004- it spreads to more than 1,000 square kilometres.

    Not much is known about this forest yet the government pumps a lot of resources in advertising the country’s touristic attractions. However, the suspension bridge offering a breathtaking canopy walk over Nyungwe forest has overshadowed all other things about this forest.

    Nyungwe forest has one of the smoothest roads in Rwanda- the road is so flawless that it feels like driving on house tiles.  Meanwhile, any time of night it is possible to drive without worrying of darkness in case your car lamps burn out. There are road lights throughout the road in this forest.

    Comprising of a 3-star hotel, canopy walk suspension bridge, a host of attractive birds, chimpanzees, colobus monkeys and a rich ecosystem, Rwanda government has made the security of this forest a priority.

    The forest stretches deep south, forming much of the territorial borderline with neighbouring Burundi, a country that has taken on a negative and hostile stance against Rwanda. Burundi has been in the recent years financed and allowed Rwandan rebels to crossover into Nyungwe forest to launch attacks in Rwanda.

    While in this forest, there is evidence of highly armed and trained commandos of the Rwanda Defence Force. They protect every meter of the forest with high-tech equipment. The recent attempt by rebels to camp in this forest was met with fury and firepower from the Rwandan military.

    Last year Rwandan national parks alone received about 111,136 visitors contributing US$28.9 million from park entries. Parks include; Akagera National Park, Nyungwe National Park, Volcanoes National Park and Gishwati Mukura National Park.

    Chimpanzees

    Inside Nyungwe forest you have a chance of chimpanzee trekking – It is a park activity of following trails that lead you to a point where you are near and close to the chimpanzees in their natural habitats. You have a chance to view their daily activities from grooming, mating and feeding including fights and nursing babies.

    The whole trek lasts around 2 hours and though some parts can be slippery and/or steep, the walk is relatively easy.

    Canopy Walk in Nyungwe Forest

    It’s quite an experience walking 60m above the forest floor, over the tree canopy, along the 200m, rope-style metal bridge.The canopy bridge leads between some huge, ancient trees, home to many species of endemic plants and ferns, as well as over 300 species of birds, 25 of which are endemic to this area, which is part of the Albertine Rift.

    Hotels and accommodation

    Kitabi Eco-Center, Nyungwe Forest Lodge, Nyungwe Nziza Ecolodge, Nyungwe Top View Hill Hotel. Nyungwe Forest is surrounded by five districts including; Karongi in the North, Nyamasheke in the North West, Nyamagabe in the North East while Nyaruguru in the Southeast of the park.
    http://dlvr.it/RgB0mX

  • Ally Niyonzima na Migi ntibaremererwa gukorera muri Tanzania #rwanda #RwOT

    Abakinnyi babiri b’abanyarwanda bakina mu gihugu cya Tanzania, Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’ na Ally Niyonzima ntibarabona icyangombwa kibemerera gukorera muri iki gihugu byanatumye basiba umunsi wa mbere wa shampiyona.

    Migi ukinira KMC, mu kwezi gushize ni bwo yongereye amasezerano muri iyi kipe ibarizwa mu mujyi wa Kinondoni.

    Ally Niyonzima na we yasinyiye ikipe ya Azam FC mu ntangiriro z’ukwezi gushize kwa Kanama, akaba ari n’umwe mu bakinnyi bagiye bafasha iyi kipe mu mikino imwe n’imwe ya gishuti yagiye ikina.

    Aba bakinnyi bombi ntabwo bagaragaraye ku mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona y’iki gihugu umwaka w’imikino 2020-2021 bitewe n’uko batarabona icyongombwa kibemerera gukorera muri iki gihugu (work permit) gitangwa buri mwaka.

    Migi ntabwo yagaragaye ku mukino ikipe ye yaraye itsinzemo Mbeya City 4-0, ni mu gihe Azam FC ya Ally Niyonzima yatsinze Tanzania Prisons 1-0. Migi ategereje kubona work permit Ally Niyonzima na we ntarabona work permit
    http://dlvr.it/RgB0lw

  • Inama ku bantu bashaka kujya kwiga mu mahanga n’amahirwe ya buruse ahari #rwanda #RwOT

    Kwiga mu mahanga ni indoto ya benshi mu rubyiruko rw’u Rwanda birakushaho kubanezeza iyo aya mahirwe y’ishuri abonetse mu bihugu byateye imbere mu burezi kuko baba bumva ko hari icyo bazungukirayo cyazabafasha guteza imbere igihugu cyabo mu gihe bazaba basubiyeyo.
  • Kuki amasomero yakomeza kubamo ibitabo byanditswe mu ndimi z’amahanga kurusha Ikinyarwanda? #rwanda #RwOT

    Mu mateka y’Isi, bigaragara ko ibihugu byagiye byihuta mu iterambere ry’ubukungu ndetse n’ Imiyoborere myiza bashingiye mu kwandika ibitabo biri mu rurimi rwabo kavukire ndetse n’izindi ndimi ariko cyane cyane baha agaciro ibitabo byanditswe mu rurimi rwabo gakondo.
  • Urukiko rwahinduye ibihano by’abahamijwe kwica umunyamakuru Jamal Khashoggi #rwanda #RwOT

    Urukiko rwo muri Arabie Saoudite kuri uyu wa Mbere rwahinduye igihano cy’urupfu cyari cyahawe abantu batanu bashinjwa kwica umunyamakuru, Jamal Khashoggi, wiciwe muri Turikiya mu 2018.
  • Impanuka 600 zimaze kubera mu muhanda mu mezi atandatu ashize #rwanda #RwOT

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yavuze ko mu mezi atandatu ashize, impanuka 600 zo mu muhanda ari zo zimaze kuba mu Rwanda.
  • Ally Niyonzima na Migi ntibaremererwa gukorera muri Tanzania #rwanda #RwOT

    Abakinnyi babiri b’abanyarwanda bakina mu gihugu cya Tanzania, Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’ na Ally Niyonzima ntibarabona icyangombwa kibemerera gukorera muri iki gihugu byanatumye basiba umunsi wa mbere wa shampiyona.

    Migi ukinira KMC, mu kwezi gushize ni bwo yongereye amasezerano muri iyi kipe ibarizwa mu mujyi wa Kinondoni.

    Ally Niyonzima na we yasinyiye ikipe ya Azam FC mu ntangiriro z’ukwezi gushize kwa Kanama, akaba ari n’umwe mu bakinnyi bagiye bafasha iyi kipe mu mikino imwe n’imwe ya gishuti yagiye ikina.

    Aba bakinnyi bombi ntabwo bagaragaraye ku mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona y’iki gihugu umwaka w’imikino 2020-2021 bitewe n’uko batarabona icyongombwa kibemerera gukorera muri iki gihugu (work permit) gitangwa buri mwaka.

    Migi ntabwo yagaragaye ku mukino ikipe ye yaraye itsinzemo Mbeya City 4-0, ni mu gihe Azam FC ya Ally Niyonzima yatsinze Tanzania Prisons 1-0.

    Migi ategereje kubona work permit

    Ally Niyonzima na we ntarabona work permit

    source http://isimbi.rw/siporo/article/ally-niyonzima-na-migi-ntibaremererwa-gukorera-muri-tanzania

  • Ingaruka zihariye COVID-19 imaze kugira ku bukungu bw’u Rwanda #rwanda #RwOT

    Icyorezo cya COVID-19 kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe, ingaruka zacyo ni nyinshi uhereye ubwo igihugu cyose cyajyaga muri Guma mu Rugo, kugeza imirimo imwe n’imwe itangiye gukomorerwa, n’ubu imirimo yose ntirafungurwa ku buryo byaviriyemo benshi gutakaza akazi.
  • Karongi: Umukobwa w’imyaka 21 yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye #rwanda #RwOT

    Nikuze Josiane umukobwa w’imyaka 21, yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye, mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere mu mudugudu wa Kabeza akagari ka Kibirizi umurenge wa Rubengera ho mu karere ka Karongi.