Category: Uncategorized
-
Abambari ba Rusesabagina ntibariyumvisha neza ibyamubayeho #rwanda #RwOT
Hari imvugo ikunze gukoreshwa n’abanyamategeko b’abahanga, igira iti “niba udashyigikiwe n’ibimenyetso, buranya itegeko. Niba udashyigikiwe n’itegeko, buranya ibimenyetso. Niba udashyigikiwe na kimwe, kubita ameza usakuze cyane nk’uwahanzweho.” -
Inganda zitunganya amabuye y’agaciro mu Rwanda, igisubizo ku iterambere ry’ubucukuzi bwayo #rwanda #RwOT
Uko iterambere ry’Isi ryihuta hakenerwa ibikoresho byifashishwa mu nzego zinyuranye, aho hose icy’ingenzi ni amabuye y’agaciro avamo bya bikoresho bigezweho mu ikoranabuhanga ndetse n’ibyuma. -
Une fonderie de cassitérite au Rwanda : une nécessaire plus value à l’exportation #rwanda #RwOT


C’est le cas de l’entreprise Luna Smelter sise à Karuruma qui a monter une fonderie qui prépare et coule la cassitérite et le coltan rwandais pour les exporter exempts de toutes impuretés.
Igihe a approché l’entreprise Luna Smelter qui travaille sa cassitérite sans repos, 24 sur 24 heures pour produire jusqu’à 300 tonnes par mois.
“Nous les ingénieurs sortis des universités locales avons toutes les aptitudes nécessaires pour traiter les pierres précieuses. Nous sommes, par contre, très heureux de voir que ces investisseurs mettent à notre disposition des technologies et équipements nécessaires pour nous épanouir dans notre travail d e production », a indiqué Jean Claude Kayiranga attaché àLuna Smelter en tant que directeur de l’Energie.
Les dirigeants de Nula Smelter une conference de presseLe président du Conseil d’Administration de Luna, M. Lukasz Banasik déclare que la cassitérite que Luna traite est fondue sur les normes internationales avec une assurance de 99.9% de par les machines que cette entreprise utilise.
« Nous prévoyons agrandir les activités et l’entreprise elle-même », a-t-il confié à la presse, très sûr d’avoir les capitaux nécessaires pour cela.Il est rapporté que cette entreprise Nula Smelter est très bien cotée au point qu’elle risque d’être une référence pour tous les pays de la région.
Les autorités minières rwandaises continuent d’attirer les capitaux étrangers pour venir profiter des opportunités minières rwandaises. Ces autorités espèrent exploiter à fond le sous sol rwandais pour qu’à l’échéance2020, le Rwanda puisse faire des recettes de 800 millions de dollars et 1.5 milliards de dollars en 2024.
IGIHE
-
District Kayonza : Remise de 271 habitations aux déshérités, 397 autres en construction #rwanda #RwOT

Cette vieille mere coupe le ruban, un geste ceremoniel montrant qu’elle prend officiellement possession de sa maison offerte par SACCALes mêmes autorités annoncent également le démarrage des travaux de construction d’un autre lot de 397 autres pour les habitants de ce district qui habitent sur des sites jugés à risque.
Ce 7 septembre, cinq habitations dûment finies ont été remises à leurs bénéficiaires au cours d’une cérémonie officielle. Ces habitations auront coûté chacune 3 millions de francs, soit environ 3.400 USD. Elles ont été construites par une ONG dénommée SACCA intervenant dans la récupération-resocialisation des enfants de la rue.
Numukobwa aux anges
« Ma vie était difficile sans possibilité d’élever décemment mes trois enfants. Je ne sais pas comment remercier mnos dirigeants qui ont pensé à ce geste », s’est éclatée devant la caméra d’IGIHE, Numukobwa, 46 ans, du Secteur Nyamirama, qui venait de bénéficier de cette habitation nouvelle avant d’ajouter décidée : « Dorénavant, je vais tout faire pour lutter contre ma pauvreté ». Ah ! Ce n’est pas très tôt.
Mais pourquoi ne l’as-tu pas fait avant ?
Pour Léocadie Mukambuguje, 65 ans, du Secteur Mukarange, une autre bénéficiaire de cette habitation moderne qui vivait en location, « avec ce généreux don, je vais travailler d’arrache-pied pour me prendre économiquement en charge. Je suis sûre que j’arriverai à passer le cap du seuil de la pauvreté ».
Valentine Mukamuyenzi, Directrice de SACCA, est fière de son partenariat avec les autorités du District et d’avoir contribué à l’effort de développement des habitants du district.
Une habitation tres invivable qu’occupait Numukobwa et ses trois enfantsSACCA a remis aux déshérités de ce district des maisons d’habitation comportant trois chambres à coucher et une salle de séjour entièrement meublées, une toilette et une cuisine.

La septuagenaire Leocadie Mukambuguje, est satisfaite de voir les autorites du pays en partenariat avec SACCA l’accompagner dans sa vieillesseIGIHE
source https://fr.igihe.com/District-Kayonza-Remise-de-271-habitations-aux-desherites-397-autres-en.html
-
COVID-19: Ubwiyongere bwa miliyoni 47 z’ abagore n’ abakobwa mu bukene – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Mu mibare mishya yashyizwe hanze n’ Amashami y’ Umuryango w’ Abibumbye, yerekana ko icyorezo cya COVID-19 kizongera icyuho kiri hagati y’ abagabo n’ abagore bari mu bukene.
http://dlvr.it/Rg9Z4G -
Cyamunara: Hagiye kugurishwa umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ifite agaciro ka 51,121,000 Frw – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Kugira ngo harangizwe icyemezo cy’umwanditsi mukuru nimero 020-055179 cyo kuwa 01/09/2020 uwashinzwe kugurisha ingwate, Munyantarama Sadiki aramenyesha abantu bose ko kuwa Gatanu tariki ya 30/09/2020 guhera saa Munani azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa; -
COVID-19: Ubwiyongere bwa miliyoni 47 z’ abagore n’ abakobwa mu bukene – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Mu mibare mishya yashyizwe hanze n’ Amashami y’ Umuryango w’ Abibumbye, yerekana ko icyorezo cya COVID-19 kizongera icyuho kiri hagati y’ abagabo n’ abagore bari mu bukene. -
Umuhanzi Chris Gikundiro yasohoye amashusho y’indirmbo “Afite imbaraga” #rwanda #RwOT
Umuhanzi Chris Gikundiro ubarizwa muri Australia ari naho akorera umuziki, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise “Afite imbaraga” irimo ubutumwa buvuga ko Yesu Kristo afite imbaraga zimira izindi bityo ibyo abantu bahura nabyo n’ibyo babona ari we ubigena.
Chris Gikundiro yatangiye kuririmba mu 2014 atangirira muri korali y’urusengero. Mu mwaka wa 2019 ni bwo yatangiye gukora indirimbo ze bwite. Kugeza ubu amaze gushyira hanze indirimbo 4 ari zo; ‘Mperumutima’ (yakoranye na Esron), ‘Agakiza’, ‘Mwami we’ (yakoranye na Gentil Misigaro) ndetse n’iyi nshya yashyize hanze yitwa ‘Afite imbaraga’. Yavuze ko afite n’izindi nyinshi ziri gutunganywa muri studio.
Yaragize ati:”Mu ndirimbo zanjye ubutumwa burimo cyane ni ukwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, kubwira abantu uwo ari we ndetse no kubibutsa iby’ubugingo, guhumuriza abaremerewe n’ibibazo ndetse no kwibutsa abantu umumaro wo gutunga Kristo mu buzima bwabo”. Aya ni amagambo ya Chris Gikundiro ubwo yari abajijwe ubutumwa yibandaho iyi yandika indirimbo ze. Umuhanzi Chris Gikundiro
Uyu muhanzi avuga ko imbogamizi ahura nazo mu muziki atari nyinshi cyane. Yavuze ko afite gahunda yo gukora indirimbo nyinshi cyane ndetse no gukora ibitaramo hirya no hino ku Isi. Ati “Mfite gahunda yo gukora indirimbo nyinshi (albums) ndetse no gukora ibitaramo bitandukanye ku isi hose”. Yatangaje ko indirimbo ari gushyira hanze azikorera muri Rock Net studio yo muri Australia ndetse na Hetivu Music y’i Kigali.
Chris Gikundiro kimwe n’abandi benshi ku isi, nawe yagizweho ingaruka n’icyorezo cya Coronavirus cyakomye mu nkokora gahunda iremereye yari afite yo gukora ibitaramo. Ati “COVID-19 yaje mfite gahunda yo kujya mu yindi City (undi mujyi) gukorayo igitaramo turagisubika”. Yagize icyo asaba abakunzi b’umuziki, ati “Ubutumwa nababwira ni uko barushaho gusengera impano kugira ngo bahore ku gicaniro cy’Imana kuko ni umurimo ukomeye cyane, kandi babikore intego ari ukwamamaza ubutumwa bwiza”.
Video y’indirimbo “Afite imbaraga” wayisanga hano:
Souce: inyarwanda.com
-
Uko Rusesabagina yafashwe, uruhare rw’amahanga, imibereho ye…Ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wa RIB (Video) #rwanda #RwOT

Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Rtd Col Jeannot Ruhunga, yatangaje ko nta gihugu na kimwe cyigeze gifasha u Rwanda mu itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina, ahubwo ko yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali kandi ko yahageze ku bushake bwe.
-
Charly Jordan Complains about being “stuck” in Rwanda after testing “false positive” for CV19 [UPDATED] #RwOT #Rwanda

Charly Jordan Complains about being “stuck” in Rwanda after testing positive for CV19 #RwOT #Rwanda
Source : twitter.com
"The food here is making me sick"🤔
I hope all the way from her home she packed her delicious food🤔 pic.twitter.com/qmwlObciFA
— Inyamamare Benedict (@InyamamareB) September 7, 2020
Here we ho again pic.twitter.com/AHMqeBSGN6
— ntago mbizi♐🌈 (@Chrispin_me) September 7, 2020
In her latest video, she claims that she got her test results and they were a false “positive”
