Category: Uncategorized
-
Havumbuwe ikoranabuhanga rizafasha mu kuyobora abatabona aho kuba bakwifashisha inkoni #rwanda #RwOT
Ku Isi hari ibibuga by'indege bitandukanye bidahuje ingano n'imimerere, harimo ibigari utapfa kubigendamo wiyoboye ngo uzapfe kumenya aho ugiye, haba hari inzira nyinshi ziteye urujijo, imiryango itabarika utapfa kumenya aho winjira n'aho ureka n'ibindi bigora benshi. -
Inama y'abakuru b'ibihugu byo mu Karere igiye kuba hifashishijwe ikoranabuhanga #rwanda #RwOT
Inama y'Abakuru b'Ibihugu birimo ibyo mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba igamije kuganira ku bibazo by'umutekano no kubungabunga amahoro muri aka gace igiye kuba hakoreshejwe ikoranabuhanga. -
Gasabo: Abarimu b'indashyikirwa bati' Uburezi ntituburimo nk'akazi, ni impano' #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa 6 Ukwakira 2020, mu Karere ka Gasabo ku Kicaro cy'ikigo cy'igihugu gishinzwe uburezi-REB, abarimu babaye indashyikirwa bashimiwe. Bahamya ko uyu mwuga kuribo ari impano kurusha uko wafatwa nk'akazi gasanzwe, ko icyo bashyize imbere ari ugufasha no kwita kubo bashinzwe.
Mwarimu Murenzi Sixbert, ni umwe mu ndashyikirwa z'uyu mwaka. Yigisha ku ishuri ryisumbuye rya GS Gicaca riherereye mu Murenge wa Gikomero ho mu Karere ka Gasabo. Yabwiye intyoza.com ko uyu munsi kuriwe ari ibyishimo bidasanzwe nka mwarimu wabaye indashyikirwa.
Murenzi, yahawe Tablet nk'ishimwe cyangwa se igihembo cy'umwarimu w'indashyikirwa. Yahawe kandi impamyabushobozi nk'igihembo cy'umwarimu wakoze ibikorwa by'indashyikirwa mu gufasha no kwita ku banyeshuri muri ibi bihe by'icyorezo cya Corona virusi mu karere ka Gasabo.
Murenzi yatangarije intyoza.com ko yakoze Udushya twinshi twamufashije kuba umwarimu wahize abandi mu kuba indashyikirwa mu karere ka Gasabo uyu mwaka. Muri ibyo bikorwa harimo ko yakoze umuyoboro (channel) ya YouTube, ayita Ubuhangange tv, akaba yaranyuzagaho amasomo kugirango abashe gufasha abanyeshuri bari mu rugo kubera ingaruka za Corona.
Mu bikorwa bye, si ibyo gusa ngo kuko akimara kubona ukuntu abana barimo guhohoterwa yatangiye kwandika ikinamico yise inzirikwiye akajya ayicisha kuri radio agamije gukumira ihohoterwa rikorerwa abangavu n'abana muri rusange.

Mwarimu Sixbert Murenzi. Uyu Murenzi Sixbert kandi yatangarije umunyamakuru ko nyuma yo kwakira iki gihembo adateze gutezuka ku byo yakoze, ahubwo ko afite byinshi agiye gukora mu rwego rwo gufasha abanyeshuri ndetse n'abarezi bagenzi be. Avuga ko hari umushinga yiteguye gushyikiriza REB ikawumufashamo, aho uwo mushinga ngo ari uwo gukora urubuga (website) ikubiyemo ibidanago byose mwarimu akeneye kugirango yigishe. Ahamya ko ngo uyu mushinga ubaye ukunze byatuma hagabanyuka ibyo gukoresha impapuro n'amakaramu mu gihe mwarimu ari kudanaga.
intyoza.com
Source : http://www.intyoza.com/gasabo-abarimu-bindashyikirwa-bati-uburezi-ntituburimo-nkakazi-ni-impano/
-
Abapimwe mu nsengero zo muri Kigali nta n'umwe wasanzwemo Coronavirus #rwanda #RwOT
Ikigo cy'Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ibipimo byafashwe hapimwa abo mu nsengero n'abakoreraga siporo mu Mujyi wa Kigali ku Cyumweru gishize, ari nta n'umwe wasanganywe ubwandu bwa Coronavirus. -
Singapore igiye gutangira guhemba abagore babyaye muri iki gihe cya COVID-19 #rwanda #RwOT
Leta ya Singapore igiye kujya iha ishimwe ababyeyi babyaye hagamijwe kubashishikariza kororoka nyuma y'aho bigaragariye ko benshi babigendamo biguru ntege kubera amikoro make. -
UEFA Nations League yagarukanye n'imikino ikomeye i Burayi izerekanwa kuri StarTimes #rwanda #RwOT
Irushanwa rya UEFA Nations League rihuza amakipe y'ibihugu ku Mugabane w'u Burayi rirakomeza muri iki cyumweru, ahateganyijwe imikino ikomeye irimo uzahuza u Bufaransa na Portugal. -
[Action required] Your RSS.app Trial has Expired – Tue Oct 06 2020 #rwanda #RwOT
Your trial has expired. Please update your subscription plan at rss.app.
Source : https://rss.app/
-
Umuti urambye ku ibura ry'ubwatsi rituma hari Abanyarwanda bajya kwahira mu Burundi #rwanda #RwOT
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Iterambere ry'Ubuhinzi n'Ubworozi, RAB, cyatangiye gushaka igisubizo kirambye ku kibazo cy'ibura ry'ubwatsi gikunze kugaragara mu gice cy'Amayaga mu Rwanda kigatuma hari bamwe mu borozi bambuka bakajya gushakira ubwatsi mu Burundi, bagahohoterwa cyangwa bagafatwa bagafungirwayo. -
Kora Coaching Group organizes discussion on Covid-19 impact on Rwandan education #rwanda #RwOT
The Rwandan Government had to set up measures and postponed the classes. Students had to return home and adapt to a new e-learning system.
Covid-19 has had a significant impact on the education sector, including disrupting the normal schedule in this area. In search of answers, some schools have introduced a new online-based learning method. The process is slow and still facing some challenges.
In light of the reopening of schools and universities, leaders in the Education sector will gather a Leaders Roundtable to discuss the Education in the New Normal. The program is organised by Kora Coaching Group (KORA) together with IGIHE
and the University of Rwanda.The purpose of the event hosted as a Live Stream this Friday 9 th of October at 14:0 is to inform and ensure that no one is left behind through EdTech.
The #LeadersRoundTableSeries is a monthly live discussion organized by KORA. This platform is mainly aimed at educating and advising leaders in Rwanda, Africa and the world on how to solve certain issues that affect communities around the world.
Among the panelists are the Vice Chancellor of the University of Rwanda, Prof. Phillip Cotton and the former VP of the African Institute for Mathematical Sciences (AIMS), Dr. Youssef Travaly, who’s currently Executive Chairman of AllSightsAfrica.
KORA Coaching Group (KORA) is a pan African company with operations in Rwanda and South Africa. KORA provides bespoke coaching and consulting services to clients around the globe.
Its subsidiary, Kora Coaching & Business Academy (KCA) is the first Rwandan Coaching Academy, which provides Global Coach Training Certification Programs in Executive & Leadership Coaching as well as Life Coaching.
Certified Professional Coaches graduating are Business Leaders who serve Rwanda and export their expertise to Africa and the rest of the world.
Hence putting Rwanda on the map of the Global Coaching Industry. For more information, please visit www.kora-coaching.com
IGIHE
-
Itariki y'ubukwe bwa Usanase Bahavu Jeannette ugezweho muri Filime 'Impanga' #rwanda #RwOT
Usanase Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri Filime y'uruhererekane ya Citymaid, akaba agezweho mu yo yise 'Impanga' yamaze gutangaza amatariki y'ubukwe bwe buteganyijwe mu mpera z'uyu mwaka.