Category: Uncategorized
-
Perezida Trump akomeje kwamaganwa kubera gukuramo agapfukamunwa #rwanda #RwOT
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akomeje kunengwa bikomeye n'abantu benshi barimo na Joe Biden bazahangana mu matora y'umukuru w'igihugu, biturutse ku kwigaragaza akuramo agapfukamunwa ubwo yavaga mu bitaro kwivuza Coronavirus. -
Hari gukorwa iki ngo Coronavirus nirangira udupfukamunwa ntituzangize ibidukikije? #rwanda #RwOT
Minisitiri w'Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d'Arc, yabwiye Abadepite ko hari kwigwa uburyo bunoze buzatuma ubwo Coronavirus izaba irangiye, udupfukamunwa tutazateza ingorane zo kwangiza ibidukikije kuko ari twinshi mu gihugu kandi tukaba tutabora. -
Abaturage bahawe icyizere ku ikoranabuhanga rishya ryinjijwe mu mitangire y'ibyangombwa by'ubutaka #rwanda #RwOT
Minisitiri w'Ibidukikije, Dr. Mujawamariya Jeanne d'Arc, yavuze ko hakozwe amavugurura muri serivisi y'imitangire y'ibyangombwa by'ubutaka azafasha mu korohereza abaturage kubona izo serivisi biboroheye kandi bitabahenze. -
Mukura VS yabonye umutoza mushya w'Umufaransa #rwanda #RwOT
Mukura Victory Sports yamaze kubona umutoza mushya w'Umufaransa, Djilali Bahloul, ufite inkomoko muri Algérie.Source : https://igihe.com/imikino/football/article/mukura-vs-yabonye-umutoza-mushya-w-umufaransa
-
Abantu 20 bakize Coronavirus, batandatu ni bo bayanduye mu Rwanda #rwanda #RwOT
Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko abantu 20 bakize COVID-19 mu Rwanda mu gihe batandatu bayanduye mu bipimo 1306 byafashwe uyu munsi. -
Itariki y'ubukwe bwa Usanase Bahavu Jeannette ugezweho muri Filime 'Impanga' #rwanda #RwOT
Usanase Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri Filime y'uruhererekane ya Citymaid, akaba agezweho mu yo yise 'Impanga' yamaze gutangaza amatariki y'ubukwe bwe buteganyijwe mu mpera z'uyu mwaka. -
Musanze: Urukiko Rukuru rwategetse ko urubanza rwa Gitifu wakubise abaturage ruburanishwa n'urw'ibanze #rwanda #RwOT
Urukiko Rukuru Urugereko rwa Musanze rwategetse ko urubanza rwa Sebashotsi Gasasira Jean Paul wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Cyuve na bagenzi be, ruburanishirizwa mu Rukiko Rwisumbuye rwa Musanze, rutesha agaciro imyanzuro y’Urukiko Rwisumbuye, rwari rwategetse ko rwoherezwa mu Rukiko rw’Ibanze. -
Know Rwanda's Minister of ICT, Hon Paula Ingabire #rwanda #RwOT
Hon. Paula Ingabire is Rwanda's Minister of ICT and Innovation appointed in October 2018.
Prior to her appointment, Minister Ingabire served as Head of the ICT Business Development Department of the Rwanda Development Board and Coordinator of the Kigali Innovation City Project.
Minister Ingabire also worked as the Smart Africa coordinator, an initiative that seeks to leverage broadband infrastructure to drive Africa's socio-economic growth. She is a graduate of the Massachusetts Institute of Technology's School of Engineering & Sloan School of Management, in System Design and Management and holds a BS in Computer Engineering and Information Technology from the former Kigali Institute of Science and Technology.
In March this year, Honourable Ingabire aged 37 was named among 115 young global leaders of the year 2020 by the World Economic Forum (WEF). This listing includes public officials, business innovators, artists, educators, technology developers, journalists, and activists who are under the age of 40.
She has propelled Rwanda forward in its adoption of Fourth Industrial Revolution tools.

Â
Source : https://taarifa.rw/know-rwandas-minister-of-ict-hon-paula-ingabire/
-
Masamba yahishuye ibitangaje kuri ‘Rwagihuta’ indirimbo yakunzwe na benshi, bafata nk’iyuzuye ibishegu #rwanda #RwOT
Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru ISIMBI, umuhanzi Masamba yasobanuye byimbitse indirimbo ‘Rwagihuta’ yakunzwe na benshi ariko na none abantu bakayifata nk’irimo ibishegu.
Avuga ko ari indirimo yahimbye ndetse ayikora aba hanze y’u Rwanda ari i Burundi, gusa yatunguwe n’uko yamaze igihe nta muntu uyitayeho ahubwo nyuma y’imyaka 3 ni bwo yatangiye kuvugwa cyane.
Avuga ko ari indirimbo yakuye ku mukobwa bakundanaga i Burundi akaza kumutwarwa n’umugabo w’umukire.
Reba ikiganiro na Masamba asobanura byinshi kuri Rwagihuta