Category: Uncategorized
-
STRECT MARK ni amavuta akuraho amaribori kunda ku babyeyi batwite cg babyaye ndetse nahandi hose waba ufite amaribori du… #rwanda #RwOT
STRECT MARK ni amavuta akuraho amaribori kunda ku babyeyi batwite cg babyaye ndetse nahandi hose waba ufite amaribori duhamagare arizewe,ntatukuza kd arahendutse duhamagare kuri 0788743088 tuyakugezeho -
Rayon Sports yabonye ibiro(AMAFOTO) #rwanda #RwOT
Nyuma y’igihe kirekire ibiro by’ikipe tya Rayon Sports bimeze nk’ibigendanwa kuko byabaga aho umuyobozi ugiyeho akorera, iyi kipe yamaze kubona ibiro izajya ikoreramo ibikorwa byabyo bya buri munsi.
Kimwe mu bibazo byagaragajwe n’urwego rw’imiyoborere ‘RGB’ tariki ya 22 Nzeri 2020 ubwo bafataga icyemezo cyo gukuraho Munyakazi Sadate, ni uko iyi itagira aho ibarizwa, ibiro byayo byabaga aho umuyobozi ugiye kuyibora akorera ibikorwa bye.
Iyi kipe ibifashijwemo na komite nyobozi y’inzubacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah, yamaze kubonera iyi kipe ibiro izajya ikoreramo ibikorwa byayo umunsi ku munsi.
Ni ibiro biherereye mu murenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali(KG 676 St 45).
Amakuru avuga ko ibi biro bifite aho ikipe izajya ikorera umwiherero. Iyi nzu bagiye kujya bakoreramo bazajya bayishyura miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda ku kwezi.
Aho Rayon Sports igiye kujya ikorera
Imbere ku yamaze kugirwa ibiro bya Rayon Sports
Komite nyobozi y’inzibacyuho ya Rayon Sports, mu kwezi kumwe yahawe yaboneye ikipe ibiro
Ibikombe bimwe byabonetse byahise bishyirwa mu biroSource : http://isimbi.rw/siporo/article/rayon-sports-yabonye-ibiro-amafoto
-
Iyo mpindutse mpinduka by'iteka ryose â Uwizeyimana Evode avuga ku cyizere yongeye kugirirwa agashyirwa muri Sena #rwanda #RwOT
Uwizeyimana Evode uherutse kwegura ku mwanya w'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutabera yashimye icyizere yongeye kugirirwa na Perezida Kagame akagirwa Umusenateri. -
Umuntu wa 34 yishwe na Coronavirus mu Rwanda #rwanda #RwOT
Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko umuntu wa 34 yahitanywe n'icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda mu gihe abarwayi bashya babonetse ari 12 mu bipimo 3450 byafashwe.Source : https://igihe.com/ubuzima/coronavirus/article/umuntu-wa-34-yishwe-na-coronavirus-mu-rwanda
-
Umusaruro wa serivisi y'aba-Ejenti yatangijwe bwa mbere mu Rwanda na Equity Bank #rwanda #RwOT
Nyuma y'umwaka Equity Bank ifunguye imiryango, mu 2012 yahise itangiza uburyo bwo kuba abakiliya bayo babona serivisi za banki zitandukanye ku ba Ejenti bitabasabye kujya ku mashami yayo atandukanye. -
Big Cliff, amaraso mashya muri Hip hop Nyarwanda #rwanda #RwOT
Kalisa Eddy w'imyaka 14 ukoresha amazina ya Big Cliff mu muziki yahuje imbaraga na mugenzi we Money X w’imyaka 16 bakora indirimbo bise 'OG OG'.Source : https://igihe.com/imyidagaduro/article/big-cliff-amaraso-mashya-muri-hip-hop-nyarwanda
-
Rayon Sports yabonye ibiro byo gukoreramo #rwanda #RwOT
Rayon Sports yabonye icyicaro gishya, ahazaba hari ibiro ikoreramo ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo.Source : https://igihe.com/imikino/football/article/rayon-sports-yabonye-ibiro-byo-gukoreramo
-
Guhisha amakuru ku mibiri y'abazize Jenoside ni imbogamizi ku nzira y'ubwiyunge bw'Abanyarwanda #rwanda #RwOT
Inteko Ishinga Amategeko yagaragaje ko kuba hakiri abantu bagenda biguru ntege mu gutanga amakuru ku hakiri imibiri y'Abatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bikibangamiye inzira y'ubumwe n'ubwiyunge bw'Abanyarwanda. -
Bane Perezida Kagame yagize abasenateri ni bantu ki? #rwanda #RwOT
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Ukwakira, nibwo Perezida Paul Kagame yashyize mu mwanya w'Ubusenateri abantu bane aribo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Twahirwa André na Kanziza Epiphanie.Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/bane-perezida-kagame-yagize-abasenateri-ni-bantu-ki
-
Rachel Mukunde urangamiye kugeza ubutumwa bwiza mu bihugu byose bigize Isi yasohoye indirimbo ‘Ibikomangoma’ -VIDEO – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umuhanzikazi Rachel Mukunde umaze gukora indirimbo eshatu, yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yitwa ‘Ibikomangoma’ irimo ubutumwa buhamiriza abanyarwanda n’abanyamahanga ko Imana ikura ku cyavu ikicazanya n’ibikomangoma.