Category: Uncategorized

  • Nyagatare: Gerenade yabonetse mu rwuri #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, CIP Hamdun Twizeyimana, avuga ko iyo gerenade bigaragara ko ari iya kera mu gihe cy’urugamba rwo kubohora igihugu.

    Avuga ko kugira ngo iboneke ari abaturage batanze amakuru kandi uburyo yagaragaye bishobora kuba byaratewe n’umuvu w’amazi y’imvura wayitaburuye ikagaragara hejuru.

    Ashimira abaturage ku makuru batanze akabasaba gukomeza kugirira amakenga ikintu cyose babonye batazi.

    Ati “Turabashimira kuba bamenyesheje inzego z’umutekano kubera amakenga bagize. Ariko turabasaba gukomeza ayo makenga bakajya bamenyesha inzego z’umutekano igihe babonye ikintu cyose batazi.”

    Nyuma y’uko abaturage batanze amakuru, inzego z’umutekano zakuyeho iyo gerenade.

    CIP Hamdun Twizeyimana avuga ko Akarere ka Nyagatare nk’akabereyemo imirwano ikomeye, abaturage bakwiye kumenya ko hari ibikoresho bya gisirikare bikiri mu butaka ku buryo bagomba guhorana amakenga y’icyo babonye cyose bakamenyesha inzego z’umutekano.

    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/nyagatare-gerenade-yabonetse-mu-rwuri

  • Amakipe azakina imikino ya nyuma muri Basketball yamenyekanye #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Patriots BBC ifite igikombe giheruka irashaka kucyisubiza
    Patriots BBC ifite igikombe giheruka irashaka kucyisubiza

    Ni imikino yabereye muri Kigali Arena ku wa Gatanu tariki 23 Ukwakira 2020. Mu bagore, ikipe ya IPRC Huye yageze ku mukino wa nyuma itsinze APR BBC amanota 67 kuri 53.

    IPRC Huye
    IPRC Huye

    Nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma bigoranye, bategereje ikipe iva hagati ya The Hoops Rwanda na Ubumwe BBC . Ikipe ya The Hoops Rwanda yageze ku mukino wayo wa nyuma ku nshuro ya kabiri yikurikiranya nyuma yo gutsinda Ubumwe BBC amanota 69 kuri 53.

    The Hoops Rwanda yatsindiwe ku mikino ya nyuma umwaka ushize irashaka gukosora amakosa yakoze icyo gihe
    The Hoops Rwanda yatsindiwe ku mikino ya nyuma umwaka ushize irashaka gukosora amakosa yakoze icyo gihe

    Mu cyiciro cy’abagabo, ikipe ya REG BBC yageze ku mukino wa nyuma itsinze APR BBC amanota 75 kuri 68. Uyu mukino warebwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame .

    Umukino wa nyuma wa 1/2 wahuje Patriots BBC ifite igikombe giheruka na IPRC Kigali. Uyu mukino warangiye Patriots BBC itsinze IPRC Kigali mu buryo bworoshye amanota 88 kuri 59.

    Uko imikino yose yagenze

    Abagore:

    The Hoops Rwanda 69-53 Ubumwe BBC
    REG BBC 75-68 APR BBC

    Abagabo :

    - REG BBC 75-68 APR BBC
    - Patriots BBC 88-59 IPRC Kigali

    Gahunda yo kuri uyu wa Gatandatu

    Guhatanira umwanya wa Gatatu n’uwa Kane

    - Abagore : 10:30: APR BBC vs Ubumwe BBC
    Abagabo: 130:00: APR BBC vs IPRC Kigali

    Umukino wa nyuma

    Abagore :

    15:30 : The Hoops Rwanda vs IPRC Huye

    Abagabo:

    18:00: REG BBC vs Patriots BBC

    REG BBC irahura na Patriots BBC yayitwaye igikombe giheruka
    REG BBC irahura na Patriots BBC yayitwaye igikombe giheruka

    Ikipe izatwara igikombe mu bagabo izahembwa Miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda ikazahagararira u Rwanda mu mikino ya Basketball Africa League . Mu bagore ikipe izatwara igikombe izahabwa Miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda ikazahagararira u Rwanda mu mikino y’akarere ka Gatanu ( Zone 5).

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/basketball/article/amakipe-azakina-imikino-ya-nyuma-muri-basketball-yamenyekanye

  • Polisi yerekanye abafatanwe magendu n'amavuta atemewe bagerageza guha ruswa abapolisi bakayanga ( AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Polisi y'u Rwanda iri mu ishami rishinzwe kurwanya ibicuruzwa bya magendu, ku munsi wo kuwa kane tariki ya 22 Ukwakira 2020 , yafashe abaturage bo muri Nyarugenge barimo uwitwa Mizero Eric, Sinumvayabo Louise na Kamariza Jesca. bafatanywe amavuta atujuje ubuziranenge, harimo n'andi atemewe mu Rwanda azwi ku izina rya mukorogo.

    Aba baturage bafatiwe mu Ntara y'umugi wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, Umurenge wa Rwezamenyo. Nyuma yo gufatwa kwabo, bashatse gutanga ruswa ingana na miliyoni y'amafaranga y'u Rwanda.

    Eric ariwe nyir'ibicuruzwa, yabyiyemereye nawe ubwe, avuga ko yatanze ruswa ingana n'amafaranga millioni imwe, ariko kuko yari afite ibihumbi 850 ahitamo kuba ari byo yaba abahaye. Mu magambo ya Eric yagize ati: 'Twageze muri dépot mbasaba ko twumvikana nkabaha miliyoni imwe, ariko nari mfite ibihumbi 850 mba aribyo mpita mbaha. Ndabisabira imbabazi kuba nagerageje gutanga ruswa maze gufatanwa amavuta ya magendu ndetse na mukorogo bitemewe mu Rwanda.'

    Ruswa yatanzwe na Eric ayiha abapolisi bakayanga

    Sinumvayabo Louise wafatanwe na Mizero yemeye ko ariwe wajyaga amuzanira ayo mavuta ya mukorogo ariko yanze kuvuga aho yayakuraga n'uko yayinjizaga mu Rwanda.

    Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda Comissioner of Police( CP) John Bosco Kabera, yashimiye abaturage uburyo bakomeje kugaragaza ko batanga amakuru ku gihe, asaba n'abandi gukomeza gutanga amakuru kugira ngo harwanywe ubucuruzi butemewe ndetse n'ibindi byose nbyagira ingaruka mbi ku buzima bw'abaturage.

    Itegeko no 54/2018 ryo kuwa 13/08/2018 rirwanya ruswa ingingo yaryo ya 4 ivuga ko umuntu wese usaba, utanga cyangwa wakira, mu buryo ubwo ari bwo bwose, indonke iyo ari yo yose aba akoze icyaha.  Iyo abihamijwe n'urukiko, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka. irindwi (7) n'ihazabu y'amafaranga y'u Rwanda yikubye inshuro kuva kuri eshatu (3) kugeza kuri eshanu (5) z'agaciro k'indonke yatse cyangwa yakiriye.

    Ibicuruzwa bitemewe mu Rwanda iyo bifashwe birangizwa. Ni mugihe ingingo ya 199 yo mu mategeko agenga  umuryango uhuza ibihugu byo mu Karere k'Iburasirazuba ivuga ko ibicuruzwa bifatiwe mu bucuruzi bwa magendu bifatirwa bigatezwa cyamunara.

    Dore aba ni bo polisi yafatanye amavuta ya magendu n'andi atemewe mu Rwanda

    Source : https://impanuro.rw/2020/10/24/polisi-yerekanye-abafatanwe-magendu-namavuta-atemewe-bagerageza-guha-ruswa-abapolisi-bakayanga-amafoto/

  • Rusizi: RIB yafashe abagabo 10 bakurikiranweho icyaha cyo gusambanya no gutera inda abangavu #rwanda #RwOT

    Ku wa Gatanu tariki 23 Ukwakira 2020, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) , rwatangaje ko rwafashe abagabo 10 bo mu karere ka Rusizi mu Burengerazuba bw'u Rwanda, bakurikiranweho icyaha cyo gusambanya no gutera inda abangavu.

    RIB ivuga ko batawe muri yombi bafashwe ku bufatanye n'izindi nzego zitandukanye, bakaba bafungiye kuri Sitasiyo yayo iri mu murenge wa Muganza. Yagize iti:

    'Uyu munsi RIB ifatanyije n'izindi nzego mu Karere ka Rusizi yafashe abagabo 10 bakekwaho gusambanya abangavu bakabatera inda. Abafashwe ubu bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Muganza mu gihe iperereza rikomeje kugirango hakorwe amadosiye ashyikirizwa Ubushinjacyaha.'

    Source : https://impanuro.rw/2020/10/24/rusizi-rib-yafashe-abagabo-10-bakurikiranweho-icyaha-cyo-gusambanya-no-gutera-inda-abangavu/

  • Umuramyi Bobo Sylvestre yashyize hanze indirimbo yise 'Inkera' _Reba Video #rwanda #RwOT

    Umuhanzi ukora indirimbo ziramya n'izihimbaza IMana, Murwanashyaka Sylvestre ukoresha izina ryu buhanzi Bobo Sylvestre kuwa 22 Ukwakira 2020 yashyize hanze indirimbo yise 'Inkera' isingiza Imana mu njyana Gakondo

    Ubwo yaganiraga na Impanuro.rw, Bobo Sylvestre yavuze ko yanditse iyi ndirimbo ubwo yari arimo gutekereza ukuntu Yesu aryoshye ni ko gufata umwanya arayandika kugirango akangurire n' abandi bose bayikuyeho amaboko bongere bayigarukire.

    Yagize ati:' Iyi ndirimbo 'Inkera 'ni indirimbo iri mujyana ya gakondo cyagwa kinyarwanda izina inkera bisobanura igitaramo rero narindi muri iyo minsi gutekereza ukuntu yesu aryoshe nkubuki mbese iyi ndirimbo iba iri gusingiza yesu wacu.'

    Yakomeje agira ati: 'Ni indirimbo nanditse ijimije kuryoha kwe bigaragarira iyo turi kumubyinira twaryohewe mbese iyo turi mu makesha ya ninjoro byabaga ari nk'inkera n'ubwo byahagaze kubera Covid-19. Rero ni nk'umuntu uri kwibuka ibyo bihe byiza bagiranye maze akabibwira abandi hakaba muri uko kumutaramira ndavuga Yesu habamo no kumushimira'.

    Bobo Sylvestre amaze gushyira hanze indirimbo nyinshi zigiye zitandukanye harimo : 'Amasezerano' 'Yame tosha' (aherutse gushyira hanze) 'Ndakwiringiye', 'Humura', na 'Inkera'.

    Bobo Sylvestre arashaka kugera kure mu indirimbo zihimbaza Imana


    Umuramyi Bobo Sylvestre yashyize hanze indirimbo yise 'Inkera' _yumve hano

    Source : https://impanuro.rw/2020/10/23/umuramyi-bobo-sylvestre-yashyize-hanze-indirimbo-yise-inkera-_reba-video/

  • Tender Notice: Bank of Africa Rwanda PLC – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Bank of Africa Rwanda PLC wishes to invite all interested bidders to submit in a closed envelope their bids for “Repair, maintenance and/or replace the bank’s various equipment’s including computers, laptops and desktops, printers, scanners, money counting machines, money detectors, air conditioners and inverter & UPS”

    Source : https://rss.app/articles/cb4e791f267872da1d4d595068d7bb8f0a50132e1270bbefc9f7950fcad73797b14dfd132d8d803ca6e07723805056c035c83ab09c49664bdd269435c39b196d8ef422b3fbe721aff8822ee87db97a5cd06c01004701f1

  • Learn About Neck Ties And When To Wear Them #rwanda #RwOT

    If you are aspiring to be a gentleman, you should always have a few good ties on hand for interviews, special occasions, or even a night out when you want to look extra classy. When worn right, a tie can take even the most basic of looks up a couple notches.

    Below are 8 different types of ties, and how you can incorporate them into your wardrobe. However, these ties are reviewed based on the American perspective- these ties may have a different interpretation in other parts of the world. For Africa, these are not part of the tradition although the tie has been highly adopted on the continent for the elite and others that prefer to look more western.

    Four in Hand Necktie

    The tie above is the tie most of us are familiar with. It's a staple in most offices and is certainly appropriate for most formal occasions. This type of tie can come in a variety of widths, colours, patterns, and material, so the options are endless. Knots are another way to add some spice to this classic. After you've mastered the Windsor Knot, there are TONS of other more detailed knots that you can try!

    The Seven Fold Tie

    This Seven Fold Tie  is closely related to the four-in-hand tie, this style is made from a square yard of silk that is — you guessed it — folded seven times. Because of the way this tie is made it doesn't have a lining, but it is thick meaning that you can form a really nice knot with very little effort. This type of tie is again great for the office or a formal event. Due to the material, these ties can be a bit pricey, so it may be one you pull out only for special occasions.

    Skinny Necktie

    Skinny ties became popular in the 50's and 60's with bands like the Beatles wearing them onstage. These ties are still popular today and are great for the office, but still looks sharp for a night on the town. Skinny ties are great to wear with jeans for an stylish, but edgy look.

    Bowtie

    The bowtie can be a fun alternative to the everyday tie and is a must have for truly formal events. They are extremely popular in the Southern states and therefore perfect to pair with a seersucker suit. This type of tie can be used in a variety of setting from Balls to cocktail parties to everyday wear.

    Western Bowtie

    This is a variation of the classic bowtie, and was Southern staple, both in the southeast and the west. Most people might think of Colonel Sanders when they see this style of tie. While still popular is the southwest as formal wear, it comes off as a bit too casual for other regions.

    Bolo Tie

    Bolo ties became quite popular in the 70's and have been worn ever since then by baby boomers who like activities like gold panning and making dream catchers (Fun fact: it become the official neckwear of Arizona in 1971 — New Mexico and Texas also have signed laws stating the same for their states). This groovy piece of man jewelry has made a small comeback in recent years, but unless you live in the southwest it may not be work appropriate.

    Cravat

    A dressier variation of the cravat, the ascot is typically pinned rather than knotted. It is used for formal occasions, though some military uniforms use an ascot as opposed to a standard tie. This type of neckwear earned its name by being the choice of neckwear on race day at the Ascot Racecourse in England.

    Neckerchief

    Possibly one of the most overlooked options in neckwear, it's common to see boy scouts wear these as part of their uniform. This type of tie is not formal, unless required with a uniform, so therefore isn't appropriate for most work or formal occasions. It is, however, a great and unique way to dress up your everyday way.

     

    compiled from JJ Suspenders

    The post Learn About Neck Ties And When To Wear Them appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/learn-about-neck-ties-and-when-to-wear-them/

  • Amajyaruguru ya Kivu: Nibura abantu 7 barishwe mu gitero cy'inyeshyamba mu gace ka Beni #rwanda #RwOT

    Abantu bitwaje intwaro, mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuwa Kane tariki 22 Ukwakira 2020, bishe nibura abantu 7 mu mijyi ibiri yo mu karere ka Beni mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

    Mu gace ka Buliki, mu ifasi ya Beni, abaturage 5 barashwe mu mudugudu wa Supa-Kalau n'izo nyeshyamba, nk'uko ubuyobozi bwaho bubitangaza.

    Ati: 'Ndemeza aya makuru. Habayeho kwinjira mubantu kw'abantu ba ADF. Bishe abasivili mbere yo gusahura imitungo y'abaturage harimo ihene n'inkoko'. Ibi bikaba byavuzwe na Muhindo Kalunga Meso.

    Ku ruhande rwe, Tshongo Kibwana Innocent, umuyobozi w'ingabo zikorera muri ako karere ka Beni, aganira na 7SUR7.CD, yavuze ko abandi baturage 2 barasiwe i Lyakobo, kamwe mu turere two mu cyaro cya komini ya Beu, mu mujyi wa Beni. Yerekana kandi ko abateye bazenguruka mu turere twinshi nta mpungenge bafite.

    Arahamagarira abayobozi gutangiza ibitero muri kariya gace ka Beni aho 'inyeshyamba zizenguruka mu bwisanzure'.
    Source:7Sur7

    Venuste Habineza/Intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/amajyaruguru-ya-kivu-nibura-abantu-7-barishwe-mu-gitero-cyinyeshyamba-mu-gace-ka-beni/

  • Kenya Lost U$44m After President Uhuru Ordered Power Tariff Cut #rwanda #RwOT

    Kenya Power and Lighting Company, KPLC which transmits, distributes and retails electricity to customers throughout the country has recorded a massive revenue loss attributing it to the Electricity price cuts ordered by President Uhuru Kenyatta two years ago.

    The company said it had lost a massive U$44,124,676 worth of revenue according to the financial year ended June 2019.

    Mahboub Mohamed the KPLC company chairman says that the force power tariff cut, 'dimmed the company's revenue prospects by Sh4.8 billion of the total projected revenues in the tariff application, thereby necessitating stop-gap measures in short-term borrowings to enable the company meet its financial obligations.'

    President ordered the downward revision of electricity pricing in Kenya following countrywide outcry and appeal against exorbitant pricing per kilowatt.

    The costly tariff was introduced earlier in July and almost doubled the monthly bills for higher-income households, triggering complaints that forced Epra to cut the tariff from November 2018 to July 2019 to Sh10 per kilowatt hour from Sh15.80 for customers who use below 100 kilowatts per month.

    'We operate in a regulated electricity pricing environment which has a major impact on our revenue margins,' said Mohamed.

    According this company, its net profit fell by 92% from Sh3.26 billion to Sh262 million in the year to June 2019— the lowest since it returned to profitability in 2004 after the 2003 loss of Sh2.89 billion.

    Kenya Power had before the tariff cut negotiated a rise spanning two years only to see it last three months. The utility firm is currently pushing for an upward review of the tariffs to reverse its falling earnings, which have seen it issue a profit warning this year — the third one in a row.

    The profit alert means the company's net earnings will decline by at least 25 percent of last year's Sh262 million — which was the worst in 16 years.

    The firm spends billions of shillings annually on power lines, transformers and labour operations, with customer numbers having grown to 7.067 million. Its transmission and distribution costs increased 14.1 percent to Sh39.6 billion in the year ended June compared to Sh34.7 billion the year before.

    Considering the Kenyan law, it is provided that electricity tariffs be reviewed every three years, but the timetable has been erratic as the regulator has often delayed or amended the rates.

    The post Kenya Lost U$44m After President Uhuru Ordered Power Tariff Cut appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/kenya-lost-u44m-after-president-uhuru-ordered-power-tariff-cut/

  • Rwanda, Angola Sign Deal To Exploit Investment Opportunities #rwanda #RwOT

    Rwanda and Angola have began discussions on how to showcase investment opportunities for business people in both countries.

    Rwanda Development Board (RDB) together with the Agency for Private Investment and Promotion of Exports of Angola (AIPEX) held a Rwanda-Angola virtual business seminar on Friday morning to showcase investment opportunities in both countries.

    The two countries will showcase investment opportunities in Manufacturing, ICT, Tourism, Mining, Health, Agriculture and Transport. In addition, an MOU on Investment and Export Promotion was signed between RDB and the AIPEX.

    Speaking after the MOU signing, RDB DCEO, Zephanie Niyonkuru said that, 'This is a very important milestone in the promotion of bilateral trade and investment relations between our two countries as we expect the MOU to bring in more investment opportunities.'

    'We are with members of Rwanda's Private Sector Federation (PSF) who are very keen to join hands with their Angolan counterparts to harness new business opportunities that can bring the best value to our countries in terms of creating jobs, boosting exports and overall private sector activities,' he added.

    On his part, Antonio Henriques Silva, the Chairman of AIPEX said that, 'I would like to extend my thanks to the Rwanda Foreign Affairs Ministry and RDB who have been working closely with AIPEX to ensure that Angolan and Rwandan business communities benefit from the opportunities our countries offer.'

     

    The post Rwanda, Angola Sign Deal To Exploit Investment Opportunities appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-angola-sign-deal-to-exploit-investment-opportunities/