Category: Uncategorized

  • Ntacyo wageraho utakivunikiye, munyitege – Jacques Tuyisenge #rwanda #RwOT

    Rutahizamu wa APR FC n’Amavubi, Jacques Tuyisenge avuga ko mu buzima nta kintu umuntu ageraho atakivukiye kandi ko kuri iyi nshuro bakwiye kumwitega kuko ari bwo yaza.

    Uyu rutahizamu yasinyiye APR FC mu kwezi gushize kwa Nzeri nyuma yo gutandukana na Petro Atletico de Luanda muri Angola.

    Ni umukinnyi APR FC yaguze kugira ngo azayifashe mu mikino nyafufika ya CAF Champions League izitabira mu kwezi gutaha.

    Ari mu mwiherero n’abakinnyi bagenzi be i Shyorongi, ntabwo yagize amahirwe yo gukina imikino ibiri ya gishuti APR FC iheruka gukina na AS Kigali kuko yari arwaye Malaria.

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Jacques yavuze ko abantu bakwiye kumwitega kuko ubu ari bwo yaza.

    Ati“Ntacyo wageraho utakivunikiye, ubu nibwo naza sasa, reka duharanire intego twihaye.”

    Jacques Tuyisenge yakiniye amakipe atandukanye arimo Etincelles, Kiyovu Sports, Police zo mu Rwanda, Gor Mahia yo muri Kenya na Petro Atletico de Luanda muri Angola.

    Jacques Tuyisenge ngo abanyarwanda bamwitege

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/ntacyo-wageraho-utakivunikiye-munyitege-jacques-tuyisenge

  • COVID-19: Rwanda records 7 new cases, 18 recoveries #rwanda #RwOT

    Among the new cases are four from Kigali while Burera, Muhanga and Musanze district each had one case.

    Since the first Coronavirus patient appeared in Rwanda, 548 938 sample tests have been made of which 5073 cases were confirmed. Of these, 4848 have already recovered while 191 are still active cases. 34 people have succumbed to the virus

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are required to continue to comply with government regulations, especially with frequent washing of hands and water and soap, wearing masks when leaving home or in public.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-records-7-new-cases-18-recoveries

  • ABC Group launches special charcoal and smart toilets #rwanda #RwOT

    The group, which has been operating in Rwanda for two years, has been a staple in the use of state-of-the-art bath and toilet facilities.

    This is further emphasized by the introduction of modern toilets known as TOTO Neorest, which uses electricity and has modern technology, with auto-cleaning capacity.

    These toilets work with movement detection, and can clean both the sitting area and the inside of it automatically.

    Another special feature of this toilet is that it does not consume too much water, it consume between four to six liters as per user. It also has the ability to spray incense to eliminate bad smells in the bathroom.

    They also thought about builders, bringing them special Polyceraine 1600×800 charcoal in Rwandan market, and at the same time making it easy to save space and bring more quality to the buildings.

    These charcoal are available in a variety of colors including black, white, brown and gray. It has a size of 80 x160 M, making it only one charcoal in a large area.

    Ajay Kumar, CEO of ABC Group Rwanda, told IGIHE that they are satisfied with the Rwandan market, and therefore have continue to bring quality and modern equipment.

    “We are pleased with the relationship between us and our customers, which has strengthened our ability to bring these products that can be found nowhere else but in Rwanda, and we also wanted to expand our market,” he said.

    Ajay Kumar went on saying that they chose these new materials because they would make Rwandans lives easy, seeing that they are durable and cheap.

    “There are other kinds of charcoal and toilets but not like these, these are unique because they are durable, easy to use and when you look at the prices, you find them low compering to their duration.'

    In addition to the new equipment they have brought, in ABC Group one can also find Estonian bathtubs, Bathx and Toto, Porcelain and Ceramic charcoal and smart toilets that are popular in developed countries.

    ABC Group began operations in 1998 and has now become a champion in the bathroom and toiletries business. It currently has branches around the world such as Qatar, Oman, China, Uganda and Tanzania.

    For more information email: [email protected] or call 0786661007 and 0789070770. You can also find them at the MIC building in central Kigali.

    These toilets work with movement detection, and can clean both the sitting area and the inside of it automatically.

    ABC Group has brought good quality charcoal

    Ajay Kumar, CEO of ABC Group Rwanda

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/abc-group-launches-special-charcoal-and-smart-toilets

  • Kamonyi/Runda: Hamenwe ibinyobwa n'ibiribwa bitujuje ubuziranenge byafatiwe mu maduka #rwanda #RwOT

    Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB ku bufatanye na Polisi y'Igihugu ikorera mu Karere ka Kamonyi, ku mugoroba wo kuri uyu mbere tariki 26 Ukwakira 2020, bamennye ibinyobwa n'ibiribwa byari byararengeje igihe. Ibi bicuruzwa byafatiwe mu bugenzuzi bwakozwe n'izi nzego z'umutekano muri Kamena 2020 kuri santeri z'ubucuruzi za Ruyenzi mu Murenge wa Runda ndetse no kuri santeri y'ubucuruzi ya Musambira.

    Ibi binyobwa n'ibiribwa byamenywe mu kimpoteri cyubatse ku Ruyenzi mu Mudugudu wa Rugazi; ni amakarito 19 yarimo uducupa 471 twa divayi bita 'honey drink' bakunze kwita ngo ni icyayi gikonje, udupaki 6 twa marigarine (blue band) ndetse n'amacupa 7 y'inzoga za wine ibyo byose bikaba byarasanzwe mu maduka byararengeje igihe.

    Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kamonyi CIP Aloys BUGINGO, avuga ko ibinyobwa n'ibicuruzwa byarengeje igihe ubundi biba bigomba kuva mu iduka, kuko bigira ingaruka ku buzima bw'umuntu. Yasobanuye ko Polisi ku bufatanye na RIB bazakomeza gukora ubugenzuzi kugira ngo hatahurwe abantu bakora ibyaha nk'ibi.

    Umuyobozi wa Polisi yakanguriye abitariye iki gikorwa kujya bashishoza igihe bagiye kugura ibinyobwa cyangwa ibiribwa, bakita cyane ku kureba igihe byakorewe ndetse n'igihe biteganyijwe ko bizarangirira, bashidikanya bakiyambaza ubuyobozi buri hafi.

    Ku ruhande rw'ubuyobozi bw'Akarere bwari bwitabiriye iyi gahunda, nabo bavuga ko byaba ibiyobyabwenge, inzoga z'inkorano cyangwa se ibiribwa n'ibinyobwa byarenge igihe, byangiza umubiri w'umuntu.

    TUYIZERE Thaddee, Umuyobozi w'Agateganyo w'Akarere ka KAMONYI, yongeraho ko nk'ubuyobozi batakwihanganira ko abaturage bakomeza kugura ibiribwa cyangwa ibicuruzwa byarengeje igihe, ngo niyo mpamvu buri gihe ku bufatanye n'inzego z'umutekano bakora ubugenzuzi kandi abafatiwe muri ibi bikorwa byangiza abandi bakabihanirwa.

    Abaturage bafatanije n'ubuyobozi muri iki gikorwa.

    Meya Tuyizere yagize ati' Turasaba buri muturage kuba ijisho rya mugenzi we, mukirinda guhishira ababa bacuruza cyangwa bakwirakwiza ibiyobyabwenge. Birashoboka ko haba hari n'abafite amakuru y'abantu bafite ibicuruzwa byasaziye mu maduka bikaba bikiri kugurishwa; abo bose mujye mumenyesha inzego zibishinzwe zikore akazi kazo'.

    Iki gikorwa cyakorewe imbere y'abaturage bari bitabiriye mu rwego rwo gufatanya n'ubuyobozi kumena izi nzoga zarengeje igihe cyo kunyobwa. Uwitwa NSEKANABO umwe mu bitabiriye yagize ati' inzego z'ubuyobozi turazishimira kuko zihora zitekereza ku buzima bwacu. Natwe abaturage twiteguye gufatanya tugakumira icyo aricyo cyose cyakwangiza ubuzima by'umwihariko tugatanga amakuru kubo dukeka baba bakwirarakwiza ibyo biyobyabwenge cyangwa se abacuruza ibiribwa n'ibinyobwa kandi bazi ko byarengeje igihe kuko dusobanukiwe ingaruka zabyo ku buzima'.

    Nyuma yo kumena ibiyobyabwenge n'ibiribwa byarangije igihe, abaturage bahawe ubutumwa.

    intyoza

    Source : http://www.intyoza.com/kamonyi-runda-hamenwe-ibinyobwa-nibiribwa-bitujuje-ubuziranenge-byafatiwe-mu-maduka/

  • Rusizi: Barasaba Leta gufungura umupaka ngo bishyuze amadeni i Congo #rwanda #RwOT

    Bamwe mu bacuruzi bakorera ku mupaka wa Rusizi ya 2 uhuza u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo-DRC, bavuga ko mu bihombo batejwe na Coronavirus harimo no kuba hari amafaranga y'ibyo bahaye abanyekongo(amadeni) babuze uko bishyuza bitewe n'ifungwa ry'imipaka. Basaba ko Leta yareba uburyo badohorerwa, bitabangamiye ingamba zo kwirinda iki cyorezo ariko nibura bakambuka, bakishyuza amadeni aheze i Congo.

    Bamwe mu bacuruzi baganiriye na intyoza.com muri aka gace, bavuga ko icyorezo cya Coronavirus cyabateje ibihombo, ubu bakaba bari mu bukene n'ibibazo bikomoka ku bicuruzwa bahaye Abanyekongo, aho ifungwa ry'imipaka ryatumye batishyurwa, batanabona uko bambuka ngo bakurikirane utwabo, bikenure, bakemure ibibazo bitandukanye birimo n'amadeni ya za Banki zabagurije.

    Aba bacuruzi, bavuga ko nubwo bivugira ku giti cyabo ku gihombo batejwe no kutishyurwa ibyabo biturutse ku ifungwa ry'imipaka kuko batabona aho banyura bambuka cyangwa se ngo abo bahaye ibicuruzwa nabo bambuke, izi ngaruka ngo zavuye kuribo bwite, zigera ku miryango yabo, ku baturage muri rusange ndetse na Leta.

    Bavuga ko mu busanzwe abaturage n'abacuruzi bava i Congo ntacyo basubizaga inyuma mu bintu bitandukanye byaba ibicuruzwa bikomeye ndetse no kugera iu mishogoro n'amakoma y'insina. Uretse rero kuba barahombye iki cyashara, ngo barataka ibyo babahaye bitishyuwe bityo bakaba bakomeje gukubitika.

    Kajemundimwe Evariste, uhagarariye abacuruzi ku Rusizi rwa 2 yabwiye intyoza ko icyabatabara ari uko Leta yadohora, igafungura umupaka mu buryo butabangamiye iyubahirizwa ry'amabwiriza yo kwirinda Coronavirus ariko bakabona uko bajyakwishyuza, bitabaye ibyo ngo ibibazo biraza gukomera kurusha.

    Imiryango myinshi y'ububiko-stocks irafunze.

    Ati ' Abacuruzi bagize ibibazo kubera ikibazo cya Covid-19, batanze ibintu bitandukanye hakurya muri Congo, hari benshi batarishyurwa kuva imipaka ifunzwe. Twakomeje kwizera ko bafungura ariko aho bigeze, turinginga Leta ngo idohore nibura abacuruzi babashe kwambuka bishyuze, biramire, baramire imiryango yabo ariko kandi bamwe banakiranuke n'imyenda bahawe na Banki, biteze imbere banateze imbere Igihugu'.

    Kajemundimwe, avuga ko ahora ku mupaka agamije kureba no kumva niba hari itangazo ryasohoka riha uburenganzira abacuruzi kuba bakwambuka umupaka bakajya i Congo cyangwa se n'Abakongomani bakambuka bakaza kubayurira cyane ko aribo bakiriya babo b'imena.
    Akomeza avuga ko uretse amadeni aheze i Congo, byinshi mu bicuruzwa ngo nabyo byaheze mu bubiko, aho bimwe byanguritse bakabimena ibindi bikagaburirwa amatungo kuko bitari ibigikoreshejwe n'abantu ngo bibabyarire inyungu zisanzwe.

    Agira ati ' Abacuruzi barahombye mu buryo bushoboka ku buryo hari nk'uwari ufite ububiko burimo ibicuruzwa bya Miliyoni 5 ariko ugasanga aramuyemo ibihumbi magana atanu gusa nabyo arabirya birashira. Twasabaga nibura Imana idufashije bagafungura nk'imipaka nibura bakishyuza ayo madeni bakazayaheraho'.

    Avuga ko mu bibazo barwana nabyo hari n'ikibazo cya Banki zagurije abacuruzi, ubu nazo ngo bakaba bagowe no kuzishyura kuko batakwambuka ngo bishyuze amadene baberewemo cyangwa se ngo abayabafitiye bayabazanire nk'uko bajyaga babikora.

    Akomeza ati' Nkanjye uhagarariye abacuruzi, icyo twabona cyadufasha ni uko twagira amahirwe tukabona umupaka urafunguye nibura bakambuka i Congo bakishyuza nibura bakongera bagatangira uhuzima bushyashya'.

    Kajemundimwe Evariste/ uhagarariye abacuruzi Rusizi 2.

    Aba bacuruzi, bahuriza ku kuvuga ko nkuko bagiye babana n'ibyorezo birimo SIDA na Ebola, Leta ngo yaleba uko abacuruzi boroherezwa ariko bitagize icyo byangiza, bakabana n'iki cyorezo ariko bubahiriza ingamba zisabwa, ubuzima bugakomeza kuko ibyangirika haba ku muntu, abaturage n'Igihugu ari byinshi kandi bizagira ingaruka z'igihe kirekire.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/rusizi-barasaba-leta-gufungura-umupaka-ngo-bishyuze-amadeni-i-congo/

  • Misa Rudahigwa yaturiyemo u Rwanda Imana, nari nyirimo – Pasiteri Ezra Mpyisi #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuhango wo gutura igihugu cy’u Rwanda Kristu Umwami, wabereye i Nyanza (ahazwi ubu nko muri Christ-Roi) mu Kwakira 1946, umara iminsi itatu yikurikiranya, guhera ku wa 26 kugeza ku wa 28 z’uko kwezi.

    Ni mu birori byizihijwe mu buryo bukomeye kandi bunogeye amaso, bikaba byari byitabiriwe n’abanyacyubahiro b’ingeri nyinshi barimo: Musenyeri Classe, Ryekmans, Umwami Mutara III Rudahigwa n’umugabekazi Nyiramavugo Kankazi.

    Mu gushaka kumenya byinshi kuri iri sengesho, Kigali Today yaganiriye na Pasiteri Ezra Mpyisi, wemeza ko yari ari mu gitambo cya misa Umwami Rudahigwa yavugiyemo iri sengesho.

    Pasiteri Mpyisi yagize ati: “Uwo munsi rwose muri iyo misa nari mpari, wari umunsi mukuru ukomeye, cyane, ariko ibyo Rudahigwa yakoze ni we wari ubizi wenyine, kuko abandi bantu bari bagize ngo aratura u Rwanda Kiliziya cyangwa Papa”.

    Akomeza avuga ko kuri uwo munsi abantu babanje kugaya Umwami, kuko batasobanukiwe n’agaciro igikorwa Umwami akoze gifite.

    Pasteri Mpyisi, avuga ko kuba abantu muri icyo gihe batarasobanukiwe n’ibyo Umwami yakoze, bisa n’ibiriho ubu, aho hari ababwiriza ijambo ry’Imana, bamwe bakabyumva abandi ntibaryumve.

    Avuga ko Umwami Rudahigwa yari yarabaye umukirisitu ukomeye, ku buryo ibyo yakoze hari n’abapadiri batabyumvaga. Ibi bikaba bivuga ko Imana itagenderera umuntu kuko ari Padiri cyangwa Pasiteri ahubwo ko igenderera umuntu ku giti cye, nk’uko yagendereye Umwami.

    Rudahigwa, wabatijwe akitwa Mutara Charles Leon Pierre, ngo nta bapadiri bamubwirizaga ku buryo bwihariye, yakoraga nk’iby’abandi bakora, aho kenshi bigishwaga amasengesho bagomba guhora bavuga.

    Iki gikorwa cyo gutura Igihugu Imana, ngo ni cyo cyashimangiye ko Umwami Rudahigwa yamenye Imana koko.

    Iri sengesho Rudahigwa yavuze ngo ryari ritandukanye n’andi yose, kuo ryo ari irye ubwe, ataryigishijwe mu bitabo. Aha ngo yabwiraga Imana yamaze kumenya.

    Pasteur Ezra Mpyisi, avuga ko n’ubwo Rudahigwa yari yaramenye Imana, agakora igikorwa cyiza abanyarwanda batacyumvise ngo bamukurikize, kuko ngo kugera uyu munsi abenshi batazi Imana.

    Dore Isengesho Umwami Rudahigwa yavuze yitura Yezu Kristu, akamutura u Rwanda n’abaturage barwo.

    “Nyagasani Yezu, Mwami w’abantu bose n’uw’imiryango yose, wowe hamwe n’umubyeyi wawe Bikira Mariya umugabekazi w’ijuru n’isi. Jyewe Mutara Charles Leon Pierre Rudahigwa ndapfukamye kugira ngo nemeze ko ari mwe bagenga b’inteko b’u Rwanda, mukagomba no kutubera umuzi ushingiweho ubutegetsi bwarwo n’ingoma yarwo. Nyagasani Kristu-Mwami, ni wowe warwiremeye, uruha abategetsi bo kurugenga mu izina ryawe. Ugumya kurugwiza uruyobora ku ngoma nyinshi rutarakumenya.”

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/misa-rudahigwa-yaturiyemo-u-rwanda-imana-nari-nyirimo-pasiteri-ezra-mpyisi

  • Why is it important to take my medicine on time? #rwanda #RwOT

    We people can interpret morning differently; there are those who may consider it as the time at which they wake up yet people wake up at different hours.

    Similarly, evening can be interpreted differently; some people may think it’s the time they go to bed or time they go to dinner which might vary along the week days or vary between people. All in all ,it’s not only the amount of medications to take that matters but also how often to take them is vital to maximizing the therapeutic effectiveness.

    Consideration must always be given to the actual time of administration so that a sufficient period occurs between doses.

    For some medicines it doesn’t matter what time you take them. But for others, the Pharmacist will recommend to take them at the same time each day. Medications taken regularly ensure that you have an effective amount of drug in your body at all times.

    Though they are meant to improve our health, medications can harm us when not properly taken. When they are not taken regularly, the level of drug in the blood can become either too low to be effective or too high and damages the body organs like kidney or liver.

    For each drug to reach to the unhealthy part of the body; it is first absorbed into the blood. The blood then distributes the drug through the body. Each drug has a maximum level of concentration in the blood that when it goes beyond it becomes no longer beneficial but rather toxic to the body.

    The moment you start taking your medication, its level of concentration in the blood raises and later falls down to its minimum level as the body breaks down the active ingredients and eliminates the waste from the body.

    That minimum level is called minimum effective concentration, below which the drug becomes not effective but rather the body becomes used to the medication and consequently in the future use of the same drug, the drug doesn’t bring the same benefits or effects as before.

    Therefore, taking your next dose on time helps to ensure that the already reached drug in the blood stays above the lowest useful level/minimum effective concentration.

    Taking a dose too soon could lead to drug levels that are too high, whereas waiting too long between doses could lower the amount of drug in your body and keep it from working properly.

    Healthcare providers should make it clear on how many hours apart are between doses so that side effects can be minimized. The routine of telling patients to take their medication in the morning, noon, and in the evening, leaves the ambiguity and may cause other issues as it is not clear at what exact time is in the morning or the evening.

    When your healthcare providers didn’t clarify your dosing intervals, it is simple to calculate but people need to make sure the schedule is according to their daily routine. For instance, medications that are to be taken three times a day are to be taken every eight hours.

    They are not to be taken morning, noon and evening as most of us are led to believe. To know how to calculate it, you simply take 24 hours and divide by the number of times your medication ought to be taken per day. You will find how many hours should be between doses or dosing intervals.

    Author:Amon NSENGIMANA.
    Registered Pharmacist

    Amon NSENGIMANA

    Source : https://en.igihe.com/news/article/why-is-it-important-to-take-my-medicine-on-time

  • Suspected heroin dealers arrested in Huye #rwanda #RwOT

    Olivier Nshimiyimana, 22, alias ‘Major’ and Abdoul Sadam, 27, were arrested on Saturday, October 24, with four sachets of the severe drug. They were also caught with a syringe, which they were using to inject customers with heroin.

    The suspects were handed over to RIB at Ngoma station.

    Chief Inspector of Police (CIP) Michel Majyambere, the acting District Police Commander (DPC) for Huye, said that the arrest of the duo followed information provided by one of the addicted users, who had check in at Huye rehabilitation centre for medical assistance.

    “An addicted youth, who had gone to seek medical help at Huye rehabilitation centre disclosed that he was buying the heroin from Nshimiyimana. Police traced and arrested Nshimiyimana, who was at the time found in possession of four sachets of heroin. Sadam, who was caught with Nshimiyimana, is also the latter’s client, who had come to be injected with heroin,” CIP Majyambere said.

    “Heroin is among the very dangerous narcotic drugs with immediate effects to users, and with severe punishment especially to dealers in Rwanda,” the DPC warned.
    It is said that Nshimiyimana was using the same syringe to inject several of his clients, which increased risks of spreading infectious diseases like HIV/AIDS.

    Effects of heroin

    Health experts say that after the initial effects of heroin, users usually will be drowsy for several hours; mental function is clouded; heart function slows; and breathing is also severely slowed, sometimes enough to be life-threatening.

    Slowed breathing can also lead to coma and permanent brain damage.

    According to the UN Office in Drugs and Crimes (UNODC), heroin is “very addictive” and development of tolerance and physical and psychological dependence occurs rapidly.

    UNODC warns that heroin causes severe weight loss and malnutrition that can lead to damaged veins and liver disease. It can also lead to menstrual irregularity, sedation and chronic apathy.

    Taking heroin also clouds the user’s judgment and increases the chance of him or her making bad choices, such as having unprotected sex and sharing needles. Thus, the user risks contracting HIV/AIDS, hepatitis and other infectious diseases.

    What the law in Rwanda says

    Heroin is listed as a “very severe drug” in Rwanda, alongside cocaine, opium and cannabis under the Ministerial Order No. 001/MoH/2019 of 04/03/2019 establishing the list of narcotic drugs and their categorisation.

    In article 263 of the law relating to offences and offences in general, it specifies that anyone convicted for “severe narcotic drugs” faces a life imprisonment and a fine of between Frw20 million and Frw30 million.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/suspected-heroin-dealers-arrested-in-huye

  • Botswana, SADC Congratulate New Seychelles President #rwanda #RwOT

    Botswana President Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi sent a congratulatory message to Seychelles' newly-elected President Wavel Ramkalawan.

    Masisi, also chair of the Southern African Development Community (SADC) Organ on Politics, Defence and Security Cooperation, said Monday the bloc applauds Seychelles for its peaceful election campaign.

    'This is a reflection of the political maturity of the country,' said Masisi.

    Seychelles held presidential and national assembly elections from October 22 to 24.

    The SADC comprises Angola, Botswana, Comoros, Democratic Republic of Congo, eSwatini, Lesotho, Madagascar, Malawi, Mauritius, Mozambique, Namibia, Seychelles, South Africa, Tanzania, Zambia and Zimbabwe.

    The post Botswana, SADC Congratulate New Seychelles President appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/botswana-sadc-congratulate-new-seychelles-president/