Category: Uncategorized

  • Ingaruka za Covid-19 zamuteye kutabasha kwishyura banki #rwanda #RwOT

    Uwayezu (twamuhinduriye izina ku mpamvu z’umutekano we) avuga ko yananiwe kwishyura banki yafashemo inguzanyo bitewe n’ingaruka za Covid-19 zatumye adakomeza gukora akazi k’isuku no guteka mu kigo cy’amashuri yakoramo. Uwera atuye mu karere ka Ruhango. Ni umubyeyi w’imyaka 57 wacitse ku icumu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994. Avuga ko Covid-19 yatumye akazi ke gahagarara by’agateganyo bahembwa amezi 3 gusa andi ntibayahembwa. Ibi bikaba byaratumye atabasha kwishyura inguzanyo (…)

    Ubuhamya

    Source : http://agasaro.com/spip.php?article4359

  • Kiziguro Genocide Memorial Transformed #rwanda #RwOT

    In 1900 during the German colonial period in Rwanda, Catholic White Fathers established their first mission station in the country.

    King Yuhi V Musinga donated to them a plot of land to settle in Save (in present day Gisagara District) where they built the first church in Rwanda in 1900.

    As years rolled by, they established across the country including building a massive cathedral at Kiziguro in Gatsibo district.

    In 1972, these white fathers at Kiziguro cathedral drilled a very deep hole about 25meters in search of water but were not successful and later resorted to using dynamite and the massive earth material took almost two months to remove.

    During the 1994 genocide against Tutsi, 5,500 Tutsi took refuge at this cathedral in anticipation that they would be safe there. Some of them decided to leave and were subsequently killed and thrown into this deep pit that had been dug 1972. It is believed that 11 Tutsis were later rescued from that pit.

    Kiziguro cathedral built by the white fathers in present day Gatsibo District

    According to a former militia Kadunguri currently working as a gardener at Kiziguro Catholic Church 'After the Tutsi in Murambi [had been killed], on April 10th Gatete held a meeting with us (Interahamwe) outside the Church courtyard and the resolution in the meeting was 'kill them all.'

    On the morning of April 11th at around 9am, the Interahamwe precisely carried out those instructions.

    Every 11th of April is dedicated to the commemoration of the victims of Kiziguro. Kiziguro Genocide Memorial was created on 11th April 1995 located meters away from Kiziguro Sector office.

    According to the Genocide archive of Rwanda, there are 14,136 Tutsis buried at the memorial, including victims who were killed on site and others whose remains were exhumed from places scattered throughout the neighbouring sectors.

    Kiziguro Genocide Memorial got a facelift with a modern double storied facility that is almost complete. It has completely changed the look of this memorial site.

    Sibomana Jean Nepomscene, IBUKA in Gatsibo

    Sibomana Jean Nepomscene heads IBUKA in Gatsibo (an umbrella organisation that connects the groups that aid survivors of the 1994 genocide against Tutsi) says bodies of those that had been thrown in this pit will be accorded a decent burial. For the past two weeks they have been trying to search through this pit and the first bodies were discovered 14 meters deep.

    According to Sibomana this pit will be preserved as memory of the of the 1994 genocide against Tutsi which claimed over a million lives of innocent Tutsi across the country.

    Kiziguro is part of former Murambi Commune that was headed by Jean Baptiste Gatete the former Bourg Master remembered for his highest degree of the swiftness in killings targeting Tutsi. Murambi was one of the districts that made Byumba prefecture (Province) with 85,000 citizens who were well described in official documents as Tutsi or Hutu.

    Gatete fled to DRC and was arrested there in 2002 and sentenced to 40 years imprisonment by the International Criminal Tribunal for Rwanda (ICTR) in 2011 for Genocide and crimes against humanity.

    additional info from KT

    The post Kiziguro Genocide Memorial Transformed appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/kiziguro-genocide-memorial-transformed/

  • Diamond yavuze ibihe bikomeye yanyuzemo kubera uburwayi bukomeye nyina yagize buba bwaranamuhitanye #rwanda #RwOT

    Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yavuze ko muri 2012 yanyuze mu bihe bikomeye ashaka uburyo yavuza nyina(Sanura Kasimu) ubwo yarwaraga indwara iterwa n’imitsi itwara amaraso mu bwonko(Stroke) akaba pararize(paralyze) bikaba ngombwa ko ajya kuvurirwa mu Buhinde kandi nta bushobozi afite.

    Ibi akaba yarabitangarije kuri Wasafi TV ku wa 2 ubwo yarimo agaruka ku kamaro ko kugira ubwishingizi, uyu muhanzi akaba yarahise asangiza abantu inkuru y’ibyamubaheho muri 2012 bitewe n’uburwayi bwa nyina bwamusize mu bukene bukabije.

    Yavuze ko ubwo yabonaga nyina atabasha kugenda cyangwa kuvuga, yabuze ikintu na kimwe yakora.

    Ati'byarancanze, bwari ubwa mbere mbonye mama atabasha kuvuga, umutungo wanjye ni wo wagombaga gukoreshwa muvuza, ntabwo byari byoroshye.'

    Yakomeje avuga ko yagombaga gukora ibishoboka byose akavuza nyina kuko amufata nk’umuntu w’ingenzi, yamutwaye mu Buhinde aho bamaze ukwezi.

    'Hari igihe nafashe ifoto ndi mu Buhinde abantu ntibamenya ibyo nari ndimo, ariko mama yari yarabaye pararize. Amafaranga twakoresheje iyo ataza kuba umuziki sinzi uko biba byaraje kugenda.'
    Diamond Platnumz

    Uyu muhanzi yashimangiye ko ubwushingizi mu kwivuza ari ngombwa kuko iyo aba abufite biba byaramworoheye. Yanashimiye kandi umuyobozi wa Clouds Media, Joseph Kusaga wamwishyuriye amatike yose y’indege.

    Diamond na nyina bari kumwa na mwishywa wabo ubwo bari mu Buhinde

    Diamond ahamya ko hari igihe cyageze ubuzima bwa nyina bukaba buri mu byago

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/diamond-yavuze-ibihe-bikomeye-yanyuzemo-kubera-uburwayi-bukomeye-nyina-yagize-buba-bwaranamuhitanye

  • Menya amahirwe ahishiwe abazahitamo kwiga muri za TTC #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abanyeshuri b
    Abanyeshuri b’abahanga barakangurirwa kwiga mu mashuri y’inderabarezi

    Ibyo ngo byakozwe mu rwego rwo gushishikariza abanyeshuri b’abahanga gukurikira iby’uburezi bakanabukora nk’umwuga, kuko ngo hari benshi babwiga ariko bagahitamo kujya gukora ibindi.

    Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr. Irénée Ndayambaje, akangurira abantu kwiga uburezi, cyane ko Leta yabashyiriyeho amahirwe yihariye, arimo no kwishyurirwa kaminuza.

    Agira ati “Abize uburezi bose ntabwo bari mu burezi, bagiye bajya gukora mu bindi bice bigize ubuzima bw’igihugu. Politiki y’igihugu ariko ni uko abantu bize uburezi bakomeza umwuga w’uburezi, cyane ko hari byinshi bahishiwe, mwibuke ko Inama y’Abaminisitiri yo muri Mutarama 2019, yafashe umwanzuro w’uko abanyeshuri b’abahanga bagana amashuri nderabarezi bagomba kuzajya bishyurirwa 50% y’ikiguzi cy’uburezi”.

    Arongera ati “Ibyo bintu ubu byaratangiye, n’abanyeshuri batwumva uyu munsi bumve ko 50% y’igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2019-2020, twayohereje ku ma TTC yabo”.

    Uretse ibyo, abari mu mwuga hari imyaka basabwa kwigisha, nyuma abashatse gukomeza muri kaminuza na bwo bakaba bakwishyurirwa amafaranga akenerwa, nk’uko Dr Ndayambaje abivuga.

    Ati “Urangije TTC ukigisha imyaka itatu, Leta izajya ikwishyurira 100% ikiguzi cy’uburezi muri kaminuza. Kandi mu gihe urangije kaminuza, abo murangizanyije ariko batize uburezi bazajya bahita batangira kwishyuzwa na BRD, ariko wowe bazaguhereza dipolome yawe wigendere kubera ko wize uburezi, ntawe uzakwishyuza n’igiceri cy’atanu”.

    Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr. Irenée Ndayambaje
    Umuyobozi Mukuru wa REB, Dr. Irenée Ndayambaje

    Ati “Ayo ni amahirwe akomeye abize uburezi bateganyirijwe, ku buryo abarangiza muri iryo shami bajyaga bigira ahandi noneho bazajya baza mu burezi bagatanga umusanzu mu byo bize. Umwuga w’uburezi bigaragara ko wagufasha ubwawe, ukaba n’irembo ryiza kugira ngo utange umusanzu ku buzima bw’igihugu”.

    Dr Ndayambaje avuga kandi ko abantu batize uburezi ariko bafite ubumenyi mu masomo bize, ko na bo bakinguriwe amarembo mu burezi, bagaherekereshwa amahugurwa ku bijyanye no kwigisha, ayo na yo ngo ni andi mahirwe yatanzwe.

    Ayo mahirwe yose ngo azatuma nta bongera kujya mu mwuga wo kwigisha batabifitiye ibyangombwa, cyane ko Komisiyo y’abakozi ba Leta iherutse gusohora raporo ivuga ko mu Rwanda hari abarimu 1,566 mu mashuri ya Leta, bigisha ariko badafite ibyangombwa bibahesha akazi.

    Imibare ya Minisiteri y’Uburezi yerekana ko mu Rwanda habarurwa abarimu 63,986 kandi ko muri bo abigisha mu mashuri abanza bujuje ibisabwa ari 98.6%, na ho mu mashuri yisumbuye abujuje ibisabwa bakaba bangana na 76%.


    source https://www.kigalitoday.com/uburezi/amashuri/article/menya-amahirwe-ahishiwe-abazahitamo-kwiga-muri-za-ttc

  • Perezida Kagame yasuye abasirikare bari ku masomo ya ‘Cadet’ i Gako #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’Ibiro bya Perezida wa Repubulika, Perezida Kagame yari yambaye imyambaro ya gisirikare.

    Mu mafoto ari kuri urwo rubuga rwa Twitter rw’Ibiro bya Perezida wa Repubulika, Perezida Kagame na Gen Kazura bagaragaye baganiriza abo basirikare bari ku masomo ya Cadet mu Ishuri rya Gisirikare ry’u Rwanda riherereye i Gako.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/perezida-kagame-yasuye-abasirikare-bari-ku-masomo-ya-cadet-i-gako

  • Mico The Best yaguze studio izamufasha kunoza akazi ke #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Mico The Best ni umwe mu bahanzi bavugwa na bagenzi babo ko ari abanditsi beza b’indirimbo. Asanzwe ari n’umuhanzi ukora indirimbo ze bwite zigakundwa, iheruka kwamamara ikaba ari iyo yise ‘Igare’.

    Mico The Best
    Mico The Best

    Iyo umuntu yanditse indirimbo byorohera uwo ayihaye iyo iri mu njyana. Mico avuga ko ubu bizajya bimworohera kuko mbere ngo byamugoraga kujya gufata amajwi muri studio zindi. Ati “Hari igihe wandikira umuntu indirimbo akagusaba ko uyimuha iri mu majwi. Icyo gihe byaramvunaga kujya kuyafatira hanze.”

    Ikindi yavuze ko iyi studio ye izamufasha ni ibanga ry’akazi no koroherwa, ati “Nk’umuhanzi akenshi inganzo iza igihe icyo ari cyo cyose, rero kuba mfite studio bizamfasha kujya mpita nkora ntagiye gutegereza aho ngira muri studio yindi.”

    Abandika indirimbo ntibakunze kuvugwa n’abo bazigurishije, ariko akenshi biba biri mu masezerano bagiranye.


    source https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/mico-the-best-yaguze-studio-izamufasha-kunoza-akazi-ke

  • Kwishyura inguzanyo yafashe muri banki… #rwanda #RwOT

    Kwishyura inguzanyo yafashe muri banki bibereye ingorabahizi Mukanyandwi kuko yayifashe afite umushinga wo gucuruza amasaro none kubera COVID-19 ukaba warahagaze. Ati 'nari nafashe amafaranga muri imwe mu ma banki yo mu Rwanda. Mbere yo kuyafata twari twatanze imishinga yacu, uwanjye uba mu yakunzwe uremerwa, baza kunguriza. Imishinga twayitanze mu kuboza 2019, amafaranga asohoka muri Gicurasi 2020 turayafata.' Nyuma y’uko amafaranga asohotse COVID-19 irimo ngo ntibyoroheye Mukanyandwi (…)

    Ubuhamya

    Source : http://agasaro.com/spip.php?article4357

  • Bruce Melodie Paid Me Over A Million For Saa Moya Record-Singer Mico The Best #rwanda #RwOT

    Afro beat crooner, Mico The Best, brags about out how he was paid over Rwf 1 million to pen down Saa Moya song by Bruce Melodie which went viral few months back when 7PM was introduced as curfew time.

    Mico The Best real names, Prosper Turatsize, disclosed the information when he was talking about his yet to be open studio, where he will be selling songs written by himself to artists publically for the first time.

    'I have written songs for many artists who paid me handsomely but, I have never ripped big from a single like Saa Moya song. I was given Rwf 1 million and few thousands and am very proud that it became a monster hit,' Mico The Best said.

    The song went viral across the country when it was released and few days on airplay, the government announced 7PM as curfew time and over night it became a country's curfew anthem especially on social media platforms like instagram, snapchat and whatsapp.

    Before even venturing into music industry, Igare hit maker claimed that he was often contracted by musicians to write for them songs.

    The singer also revealed that one of the main purposes for the studio is to offload some of the work from musicians in order to concentrate more on other elements to boost their music career.

    'You know musicians tend to have a busy schedule and sometimes it slows down their production. But now he/she can contract me to write down a song as one concentrates maybe on creating a video script,' he added.

    Mico, apart from being a song writer, he is also a singer and producer who has penned down songs for local music giants like Bruce Melodie, Safi Madiba and some other upcoming artists.

    He has his own hit songs like Igare, Umutaka, Akabizu, Twembi and manymore.

     

    The post Bruce Melodie Paid Me Over A Million For Saa Moya Record-Singer Mico The Best appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/bruce-melodie-paid-me-over-a-million-for-saa-moya-record-singer-mico-the-best/

  • Zambia President Lungu Shows Off Magnificent Flyover Bridge #rwanda #RwOT

    'I am impressed with works on Arcades Flyover Bridge,' President Edgar Lungu said in a post on his Facebook page on Thursday showing off a newly constructed flyover bridge with a spacious round about beneath it.

    The post has also attracted mixed reactions from the social media fraternity some thanking the president while others unhappy with the aid funded project.

    'This cost of this project is $246 million dollars. 85% is funded by the Govt of India which 15 % funding will come from the Zambian Govt. The duration of the project is 4 years. It was launched in September 2019. Take interest to know utuntu guys. Its practically not our money,' says Yosila Tigula.

    Another tweep Roberto says; 'Your Excellency you have scored highly on infrastructure development please lets spend the same energy in seeing to it that the economy is brought back to normal.'

    'Congratulations Mr President we used to admire this things in south Africa now we have built them under your hardworking Presidency,thank you very much Zambia has been transformed patali,' says Malama Kapanda.

    President Lungu faces sharp criticism from opposition claiming he has mismanaged the country ahead of the forthcoming 2021 elections.

    Last year, a bill known in Zambia as 'Bill 10,' was tabled in parliament proposing a change to how the parliament, justice system and central bank would be controlled.

    However, a team of lawyers believing that Bill 10 was meant to consolidate power for President Edgar Lungu and his ruling Patriotic Front (PF) party, petitioned the constitutional court.

    The Zambian constitutional court ruled by a 6-1 majority to dismiss a petition brought by the Law Association of Zambia (LAZ) and the Chapter One Foundation, saying it has no jurisdiction over a legislative bill that remains in deliberations in the country's parliament.

    The courts ruled in December 2018 that Lungu could seek a third term under Zambia's constitution because he did not serve a full term when following Sata; he narrowly defeated Hichilema in the first election in 2016, deepening the rift between the rival visions for Zambia and its struggling economy.

    'The 2016 polls were marred by election-related violence between PF and UPND supporters, restrictions on opposition-aligned media, misuse of public resources by the ruling PF, and the use of the Public Order Act to restrict opposition rallies,' said Freedom House in its 2019 assessment.

    Follow reactions on twitter

    https://twitter.com/EdgarCLungu/status/1321703208289525760/photo/4

    The post Zambia President Lungu Shows Off Magnificent Flyover Bridge appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/zambia-president-lungu-shows-off-magnificent-flyover-bridge/

  • Amafoto: Uko abanyeshuri bongeye gusubira ku mashuri nyuma y’amezi arindwi bari mu rugo #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Bahagurukiraga kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo
    Bahagurukiraga kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo

    Abanyeshuri bagomba gutangira amashuri ku wa Mbere tariki ya 02 Ugushyingo 2020, ni abiga mu mwaka wa gatatu, uwa gatanu n’uwa gatandatu y’amashuri yisumbuye, hamwe n’abiga mu mwaka wa gatanu n’uwa gatandatu mu mashuri abanza.

    Hazatangira kandi abo mu mashuri y’ubumenyi ngiro bari mu mwaka wa gatatu n’uwa gatanu ndetse n’abo mu y’inderabarezi bo mu mwaka wa mbere n’uwa gatatu.

    Kuri uyu wa Kane, hatangiye gusubira ku mashuri abiga mu bigo by’amashuri biri mu Ntara y’Amajyepfo, mu Turere twa Huye, Muhanga na Gisagara, abiga mu Ntara y’Uburengerazuba, mu Turere twa Rutsiro na Karongi, hamwe n’abiga mu Mujyi wa Kigali.

    Bageraga kuri Sitade bakabanza gupimwa umuriro
    Bageraga kuri Sitade bakabanza gupimwa umuriro

    Ari abava mu Ntara baza kwiga i Kigali ndetse n’abo muri Kigali bajya kwiga mu Ntara, bose bahurira kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo, bakabanza gupimwa umuriro.

    Gusubira ku mashuri bizakomeza ku wa gatanu, aho biteganyijwe ko hazagenda abiga mu Turere twa Nyaruguru na Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo, hamwe n’abiga mu Turere twa Rusizi na Nyamasheke mu Ntara y’Uburengerazuba.

    Ku wa gatandatu tariki ya 31 Ukwakira 2020, hazagenda abiga mu Turere twa Kamonyi, Nyanza na Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, hamwe n’abiga mu Turere twa Ngororero, Rubavu na Nyabihu mu Ntara y’Uburengerazuba.

    Ku Cyumweru tariki ya 01 Ugushyingo 2020, hazagenda abiga mu Ntara y’Amajyaruguru n’Uburasirazuba.

    Reba mu mafoto uko icyiciro cya mbere basubiye ku ishuri:

    Gukaraba intoki ni ngombwa
    Gukaraba intoki ni ngombwa

    Bose bahagurukiraga kuri Sitade ya Nyamirambo
    Bose bahagurukiraga kuri Sitade ya Nyamirambo

    Kompanyi zitwara abagenzi zari zohereje abakozi kuri Sitade mu rwego rwo gufasha abanyeshuri kubona amatike
    Kompanyi zitwara abagenzi zari zohereje abakozi kuri Sitade mu rwego rwo gufasha abanyeshuri kubona amatike

    source https://www.kigalitoday.com/uburezi/ibikorwa-by-uburezi/article/amafoto-uko-abanyeshuri-bongeye-gusubira-ku-mashuri-nyuma-y-amezi-arindwi-bari-mu-rugo