Category: Uncategorized

  • Indirimbo Bruce Melodie yaririmbyemo icyongereza cyatangaje benshi ikomeje guca agahigo #rwanda #RwOT

    Indirimbo yagiye hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ugushyingo 2020, ikomeje kwishimirwa ku rwego rudasanzwe cyane ko ari imwe mu ndirimbo z’abanyarwanda zirebwe n’abantu benshi mu gihe gito.

    Ku isaha ya saa yine za mu gitondo nibwo iyi ndirimbo yageze kuri YouTube rw’uyu muhanzi ariko kugeza ku isaha ya saa kumi z’umugoroba iyi ndirimbo yari imaze kurebwa n’abarenga ibihumbi 30.

    Ni ibintu bidakunze kubaho ari naho Bruce Melodie yahereye avuga ko yashimishijwe n’uburyo abanyarwanda n’abandi bakunzi ba muzika bari hirya no hino ku Isi bayakiriye neza.

    Mu kiganiro na UKWEZI yagize ati 'Nagize umunsi muremure uyu munsi ariko nk’abantu bagiye bampamagara bambwiye ko bayishimiye ndetse no ku mbuga nkoranyambaga abantu bagiye bagaragaza ko bayikunze kandi nanjye byanshimishije.'

    Uyu muhanzi yakomeje asaba abanyarwanda kuyumva neza bakumva ubutumwa burimo ari nabwo yashatse gutanga aho kugira ngo bisobanurire ibidahuye.

    Ati 'Icya mbere ni uko bamfasha bakayumva neza uko nayiririmbye, atari bya bindi umuntu aririmba ibintu bakumva ibindi. Ikindi bakomeze kunshyigikira kuko ibintu tuba twabikoze twitanze byatuvunye rero bajye nibura batwereka ko badushyigikiye.'

    Iyi ndirimbo irimo ubutumwa buvuga ku mugabo watandukanye n’umugore we witwa Angelina bitewe n’ubukene, ari naho uyu musore aririmbamo imijyi itandukanye irimo Bujumbura, Abu Dhabi n’ahandi avuga ko amenye ko umugore ariho ari yajya kuhamushaka.

    Nyuma Bruce Melodie uba wishyize mu cyimbo cy’umugabo w’umukene aza gukira ndetse akaba icyamamare ku buryo ajya kuririmba ahantu wa mugore ahari agahita amukurikira.

    Icyongereza uyu muhanzi yaririmbye muri iyi ndirimbo cyatangaje benshi. Ni icyongereza agenda aririmba neza neza kikamera nk’ikinyarwanda.

    Gusa abakoresha imbuga nkoranyambaga ntabwo bakiriye kimwe iki cyongereza bamwe bamukwenye abandi baramushimira kuba yaririmbye mu ndirimbo z’amahanga.

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Indirimbo-Bruce-Melodie-yaririmbyemo-icyongereza-cyatangaje-benshi-ikomeje-guca-agahigo

  • Uganda et Burundi complices dans la destabilisation échouée du Rwanda:les ex-combattants avouent #rwanda #RwOT

    Ils ont été capturés l’an dernier 2019, dans les premiers mois. L’opération Sokola2 a frappé dur ces camps d’entraînement, tuant les uns et capturant d’autres qu’elle a aussitôt extradé à la justice rwandaise.
    Ce jeudi 19 novembre, le tribunal a entendu la plaidoirie du dernier groupe de ces anciens combattants. Il est dit que le tribunal écoutera le réquisitoire du Ministère Public en dates du 7 et 8 décembre prochain. C’est ce jour-là où le Procureur proposera des peines à l’endroit des accusés.

    Le groupe de 31 combattants en cours de procès
    Actuellement un groupe de 31 ex-combattants du P5 subit le procès. Ils sont accusés de complicité avec un gouvernement étranger en vue de déstabiliser le Rwanda. De ce groupe, 25 combattants avec le Major à la retraite Habib Mudathiru en tête de liste, ont été arrêtés en RDC. Ils ont été extradés de la RDC vers la justice rwandaise le 18 juin 2019.

    Témoignages versés à la cour : Comment Mudathiru rejoint-il le P5 ?
    Habib Mudathiru, major à la retraite des RDF en 2013, est présenté comme un parfait instructeur militaire. Il fait un voyage en Uganda pour des raisons familiales à sa retraite. Il y rencontre le Major Robert Higiro des RNC qui est chargé de lui donner un message de la part du Général dissident rwandais Faustin Kayumba Nyamwasa. Le message lui faisait prendre connaissance de l’existence de RNC qui avait un projet de fonder son aile armée. Il l’invitait à rejoindre les autres démobilisés des RDF.

    Sur conseils de Higiro, il se constitue réfugié et a des documents pour réfugié et, en compagnie du Capt Charles Sibo, il est transporté dans le camp de réfugiés d’Arua. Arrivés là, le plan du voyage et de monter le camp d’entraînement de Mulenge est peaufiné.

    En complicité et soutien du CMI/Chieftancy of Uganda military Intelligence, ils fuient Arua pour Mbarara puis Kikagati, frontière tanzanienne, le Burundi.

    Reçus par Col. Ignace Sibomana, DG Renseignements militaires
    Le Groupe Mudathiru est reçu par le colonel Ignace Sibomana (Renseignements militaires burundais) et le major Bertin du Service de contre espionnage et logé à l’Hotel Transit de Bujumbura. Là, les deux compères vont entrer en communication par Skype avec leur Chef le général Kayumba Nyamwasa depuis l’Afrique du Sud.

    Un briefing important
    Le Commandant en chef leur dit qu’il va être fourni des armes et munitions ; que le Burundi va être une arrière base logistique et un couloir sûr où passeront les recrues pour les rejoindre dans les hautes montagnes inaccessibles de Minembwe.
    Des armes et munitions leur seront donnés : 13 Kalashnikov SMGs, 3 LMGs, 1 MMG et quatre cartons de cartouches SMGs et une chaîne de cartouches MMG.

    Des ordres pour lever le camp à la va vite
    Le Major Mudathiru, Commandante du Camp d’entrainement reçoit ordre de son Commandant en chef Kayumba Nyamwasa de cesser les activités d’entraînement du Camp de Bijabo, Mulenge pour le relocaliser au Nord Kivu vers la frontière ugandaise. Raison donnée : aide ugandaise abondante facile mieux que la burundaise et facilités d’accès des recrues.

    Le Ministère public informe la cour que ce projet de délocalisation du camp a bénéficié d’une somme de 12.000 $ transférée et récupérée à Bujumbura sur Western Union par Ben Rutabana.

    Le 19 avril 2019, la délocalisation commence. Arrivés au niveau de Masisi, la colonne tombe dans une série d’embuscades des FARDC : des morts, des blessés et des capturés remis à la Monusco.

    Des témoignages des recrues
    Parmi les recruteurs, il y a un déserteur des RDF/Armée rwandaise, Soldat Jean Bosco Ruhinda. Celui-ci il est toujours au large dans les forêts de Masisi.
    D’autres déserteurs des RDF qui ont rejoint le P5 ont été capturés et transférés à la justice rwandaise. Il s’agit de Soldat Muhire Dieudonné, Caporal Kayiranga Viateur, Caporal Dusabimana Jean Bosco, Soldat Igitego Champagnat ainsi que les civils Muhire Pacifique et Nzafashwanimana Richard.

    Des charges qui pèsent contre eux
    Ils sont accusés de crimes de désertion, de complicité dans la déstabilisation du régime en place au pays ou de tentative de le déposer par les armes, constitution d’un groupe terroriste et de sensibilisation aux tiers d’en faire partie, de participation aux activités d’une association de terroristes.

    Sdt Dieudonné Muhire est poursuivi pour ses activités de sensibilisation et de recrutement d’autres militaires dans les groupes terroristes. Il est considéré comme leader de son groupe. Avant sa désertion, il était attaché au Camp Mukamira(Nord du Rwanda) en District Nyabihu.

    Mobiles de désertion
    Il est rapporté qu’en 2017, il aurait volé un chèque d’Unguka Bank d’une valeur de 1.9 millions de francs inscrit au nom de son camarade Slt Jean Bunani. Il aurait donné rendez-vous de Musanze à un certain Cyrille Ndizeye pour toucher le chèque et partager le butin.

    Il a, par la suite, déserté l’armée pour prendre le chemin de l’Uganda où il a rejoint le groupe armé anti rwandais, le FLN/Forces de Libération Nationale. Mission lui est donné de sensibiliser et recruter ses anciens camarades des RDF. Sa démarche est de salir les RDF, dit le Ministère Public.

    Il aurait réussi la mission car il a pu gagner à sa cause le caporal Viateur Kayiranga et Slt Champagnat Igitego qui, en ce moment-là, étaient en mission de maintien de la Paix à Juba, au Soudan du Sud. Eux aussi ont été capturés et comparaissent devant la cour.

    Une propagande alléchante pour rejoindre le P5
    Sa propagande était alléchante. Il promettait à ses recrues qu’ils allaient percevoir un package de 5.000 dollars à donner à leurs familles avant de s’engager dans le FLN. Mais lui aussi, en retour, une fois sa mission accomplie, il lui a été promu qu’il allait être promu Lieutenant au sein des FLN.

    Dans sa communication avec Cpl Jean Bosco Dusabimana, il lui demande d’être prêt et d’amener éventuellement d’autres militaires, aussi nombreux que possible.
    Dans la communication interceptée, le recruteur demande à cpl Dusabimana de lui préciser la localisation des divers campements militaires dans les Districts Rusizi, Karongi et autres déploiements dans la proximité des Usines à thé. Le Ministère Public tire une conclusion comme quoi, le recruteur voulait être sûr des cibles à attaquer.

    Cette communication qui a été postée dans un Youtube a permis à l’Auditorat militaire d’arrêter Cpl Dusabimana le 6 mars 2019.
    Cpl Dusabimana arrêté a continué à entre en communication avec Slt Muhire le priant de venir l’aider à traverser la frontière congolaise. Celui-ci a demandé les services d’un certain Pacifique Muhire, un taxi motocycliste opérant en Uganda. Ce dernier est aussi arrêté et comparaît. Leur plan de faciliter l’évasion de Dusabimana n’a pas réussi car ils ont tous été arrêtés.

    A l’actif de Slt Muhire, il ya aussi le recrutement de Slt Ndagijimana Dan et Cpl Mudatenguha Phocas qui ne sont pas encore arrêtés.

    A la question de Slt Igitego Champagnat et sa relation avec Muhire, ils se sont connus sur Facebook par l’entremise de Cpl Kayiranga Viateur au moment où ils étaient en mission de maintien de la paix à Juba.

    Pte Muhire aurait facilité un contact entre Champagnat et un taximotocycliste Nzafashwanimana Richard opérant dans la région de Burera. Celui-ci devait faciliter sa désertion pour l’Uganda.

    D’autres militaires déserteurs dont Nshimiyimana Dan, Mudatenguha Phocas ont recouru aux services de ce taxi motocycliste pour traverser la frontière ugandaise. Ce dernier aurait facilité la traversée de la frontière ugandaise de la famille de Slt Muhire et des familles des deux autres militaires.

    Certains pays voisins pointés du doigt
    Dans son réquisitoire, le Ministère Public a montré comment les instances militaires ugandaises ont apporté un grand soutien aux accusés en leur fournissant des documents de voyage. Un certain major Johnson est cité dans sa facilitation au transport du Maj. Mudathiru et Capt Sibo pour se cacher dans le camp de réfugié d’Arua.

    Le soutien des services militaires ugandais est également prouvé par la citation à comparaître de trois Ugandais Lubwana Suleiman, Katwere Joseph et Desideriyo Fred.

    Le Gouvernement burundais est également cité pour le rôle proéminent joué par le DG des Services de Renseignement militaires burundais dans l’hébergement et provision d’armes et munitions aux chefs formateurs de P5 et la facilitation du couloir des recrues qui rejoignaient les camps d’entrainement P5 de Mulenge en RDC.
    img26976|center>
    Parmi les 25 ex-combattants capturés qui comparaissent devant le juge, il y en a quatre burundais Ndirahira Jean de Dieu, Nsengiyumva Janvier, Minani Jean et Nsabimana Jean Marie Vianney.

    Le rôle du Burundi dans cette conspiration est avérée surtout que des 25 sujets de justice, 14 disent avoir rejoint le P5 à partir du Burundi et seulement 8 venus d’Uganda, 2 du Kenya et un seul du Malawi.

    NDJ

    Source : https://fr.igihe.com/Uganda-et-Burundi-complices-dans-la-destabilisation-echouee-du-Rwanda-les-ex.html

  • Ibigo bisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga byatashywe mu Ntara bizoroshya serivisi #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Minisitiri Busingye yafunguye ku mugaragaro ikigo gisuzuma ubuziranenge bw
    Minisitiri Busingye yafunguye ku mugaragaro ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Huye

    Buri kigo gifite aho gusuzumira habiri hafite ubushobozi bwo kwakira imodoka 200 ku munsi, kandi ngo guhera kuri uyu wa 20 Ugushyingo, abifuza serivise yo gusuzumisha ibinyabiziga byabo bashobora gutangira kugana ibyo bigo.

    Mu muhango wo gufungura ikigo cy’i Huye, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi, yavuze ko icyo kigo ari igisubizo ku kibazo abanyehuye bafite ibinyabiziga bari baragaragarije Perezida w’u Rwanda.

    Yagize ati “Ku itariki ya 25 Gashyantare 2019, abaturage bagaragarije Perezida wa Repubulika ikibazo cyo kujya muri ‘controle technique’ i Kigali, none uyu munsi birakemutse. Iki gikorwa kirasanga ibindi bikorwa remezo byo kuzamura Huye nk’umujyi wa kabiri kuri Kigali.”

    Umuyobozi wa Polisi mu Rwanda, IGP Dan Munyuza, yasabye Abanyehuye kuzaba aba mbere mu kwifashisha iki kigo, agira ati “Byaba bibabaje habonetse ibinyabiziga bitasuzumishijwe i Huye kandi baregerejwe serivise.”

    Naho Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, wari waje gufungura iki kigo, yavuze ko gusuzumisha ibinyabiziga biteganywa n’itegeko, bityo abantu bose bakaba bagomba kubyitabira.

    Polisi y’u Rwanda yujuje ibindi bigo bibiri byo gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga, kimwe i Musanze, ikindi i Rwamagana.

    Byose hamwe byatwaye miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda, ariko icy’i Huye cyonyine cyatwaye miliyari 1,5.

    Mu gihe ibi bigo uko ari bitatu buri kimwe gishobora gusuzuma imodoka 200 ku munsi. Icya Kigali bije kunganira cyo, gishobora gusuzuma imodoka 500 ku munsi.

    Iyi mashini isuzuma niba imodoka isohora umwuka wangiza ikirere
    Iyi mashini isuzuma niba imodoka isohora umwuka wangiza ikirere


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/Ibigo-bisuzuma-ubuziranenge-bw-ibinyabiziga-byatashywe-mu-Ntara-bizoroshya-serivisi

  • Ese kuba umukristo ukuze bisobanuye iki? #rwanda #RwOT

    Nkiri umwana muto, navugaga nk’umwana muto, ngatekereza nk’umwana muto, nkibwira nk’umwana muto. Ariko maze gukura mva mu by’ubwana (1Abakorinto 13:11).

    Nkiri muto, nakundaga imitsima (gâteaux) cyane ku buryo ntashoboraga kumva impamvu mama yampatiraga kumira cyangwa kurya imboga, amafi, cyangwa ibindi bintu bitaryoshye cyane kuruta iyo mitsima cyangwa ibindi biryohera. Nahise rero ndahira ntashidikanya ko mugihe nzaba umubyeyi (mama) nzashyiraho gahunda y’imirire ariko nkibanda ku tuntu turyohera cyane. Ni byo koko, uyu munsi ndamwenyura iyo nibutse iyo mitekerereze yanjye. Maze gukura, nasobanukiwe byihuse ko hakenewe indyo itandukanye kandi yuzuye kuko ari ingenzi ku buzima bwiza.

    Mu buryo nk’ubwo, mu bigendanye n’umwuka, twahamagariwe gukura, kwiga no kuba ibiremwa bikuze. Mubyukuri, Bibiliya iduhamagarira kumera nk’abana bato badafite ubugome, buzuye kwizera Imana, nta gusubiza ibitekerezo inyuma cyangwa impungenge, twera, twicisha bugufi, kugira ngo twakire ubwami bw’Imana. Nubwo bimeze bityo ariko, mu bijyanye n’urubanza, ubumenyi, gutekereza no gusobanukirwa, twahamagariwe kuba abantu bakuze kandi bashoboye. (1 Abakorinto 14.20).

    Duhora duhangayikishijwe no kubona umwana udatera imbere ku mubiri, mu bwenge, cyangwa mu marangamutima. None se kuki twabona ko ari ibisanzwe gukomeza gutekereza, kuvuga nk’abana ntitwibaze kuri uko kugwingira ? Luka 2.52 Hatwigisha hati “Yesu akomeza kugwiza ubwenge, abyiruka ashimwa n’Imana n’abantu.

    Twahamagariwe gukura, kwiga no kuba ibiremwa bikuze

    Ese kuba mukuru mu buryo bw’umwuka bisobanuye iki? Dore ibipimo wagenderaho

    Muhe ibyiza Imana, muyigire iya mbere

    Mwere imbuto z’umwuka:urukundo, amahoro, umunezero, kwihangana, ineza, ubudahemuka, ubugwaneza no kwirinda.

    Kwitoza kubabarira buri munsi

    Mushyire gushaka kw’Imana hejuru y’ukwanyu

    Mubambe kamere z’umubiri no kwifuza kwawo maze mwemerere Umwuka abayobore.

    Murebe bagenzi banyu nk’ababaruta

    Mukunde kandi mufashe abantu

    Muhindure abantu abigishwa ba Kristo

    Ntimwemerere ibyiyumviro byanyu kubayobora, ahubwo mwizere ijambo ry’Imana n’amasezerano yayo.

    Ba umuhungu cyangwa umukobwa uzi neza umwanya we muri Kristo

     Injira mu munezero wo kwizera kandi ntiwirwanirire.

    Umwana ufite ubuzima bwiza kandi witaweho neza n’ababyeyi be azakura neza. Nta kintu kidashoboka cyangwa kigoye niba wifuza gukora ubushake bw’Imana, kwita ku gusenga, kugaburirwa Ijambo ry’Imana, kwinjira mu itorero ryaho. ADN y’Imana iri muri wowe!

    Isengesho ry’uyu munsi

    Nyagasani, ndakura kuko wampumekeye ubuzima kandi wampaye ibikenewe byose kugira ngo mbe umugore cyangwa umugabo ushoboye. Reka gukura kwanjye kugaragare. Amen!

    Source: www.topchretien.com

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Ese-kuba-umukristo-ukuze-bisobanuye-iki.html

  • COVID-19: 50 recoveries, 29 new cases #rwanda #RwOT

    A statement from the ministry on Wednesday said the new cases were found in Kigali: 3, Musanze:19, Nyanza: 11, Rubavu: 4.

    Since the COVID-19 outbreak in Rwanda, 5543confirmed cases were found out of 596,686 sample tests taken. Of these, 5137 have recovered, 389 are active cases while 46 people have succumbed to the pandemic.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are required to continue to comply with government regulations, especially with frequent washing of hands and water and soap, wearing masks when leaving home or in public.

    19.11.20 Amakuru Mashya | Update

    *Kigali:3, Bugesera:10, Musanze:1, Nyanza:11, Rubavu:4 pic.twitter.com/WopzeceTDg

    — Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) November 19, 2020

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-50-recoveries-29-new-cases

  • Rwanda launches a cardiac catheterization lab #rwanda #RwOT

    The cardiac catheterization lab, also medically known as a 'cardiac cath lab,' is a hospital room where doctors perform the minimal cutting of patient skin to diagnose and treat cardiovascular diseases.

    The lab also allows better and soft heart tissue visualization, provides more pertinent physiological information and results in lower radiation exposure than using continuous passing of x-ray beam to the patient’s body for examinations (fluoroscopy).

    This lab diagnoses coronary artery disease, causes of heart failure or cardiomyopathy, evaluates congenital heart disease and heart valves’ problems.

    'We spent many months talking about this cardiac cath lab, but today it has become a reality. We can now continue with the next procedures to save lives. We used to lose a lot of money and lives because this intervention could not be conducted here.
    This will be history,' Dr. Daniel Ngamije, minister of health said while launching the lab at King Faisal Hospital.

    According to the Minister, the lab is registered among other government efforts, to improve the health sector.

    'We have been spending about Rwf20million for each patient to be treated in Kenya; today we will be spending Rwf4million only,' Dr. Ngamije said.

    Dr. Ngamije said that the laboratory will accept health insurance schemes in use in Rwanda, including the community based health insurance commonly known as Mutuelle de santé.

    Dr. Edgar Kalimba, Deputy CEO of King Faisal Hospital said that not all heart problems require open-heart surgery hence the cardiac cath lab being advantageous because patients benefit from minimally invasive procedures including cardiac catheterization.

    'With Cardiac cath Lab, we can diagnose and treat a whole host of issues, this is the best technology, but at the same time expensive to establish.'

    Kalimba reveals that this lab is worth Rwf800 million while its maintenance is budgeted to Rwf200million annually.

    Before the establishment of the first cardiac cath lab, patients were flown to countries including Kenya, India, and South Africa for treatment.

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-launches-a-cardiac-catheterization-lab

  • Rwanda National Police receives arms crushing machine #rwanda #RwOT

    The Deputy Inspector General of Police (DIGP) in charge of Administration and Personnel, Juvenal Marizamunda received the environmental friendly machine from RECSA Executive Secretary, Lt. Gen. Badreldin Elamin Abdelgadir at the function held at the RNP General Headquarters in Kacyiru.
    DIGP Marizamunda thanked RECSA for its continued support to Rwanda to implement Small Arms and Light Weapons’ management and control interventions.
    “Uncontrolled traffic of small arms and light weapons remains a major source of insecurity, either by fueling armed conflicts or organized crime such as armed robberies, drug trafficking and terrorism in addition to loss of lives and property,” DIGP Marizamunda said.
    He added that in order to deal with these serious hindrances to sustainable peace, security and development, it is important to pull efforts together to curb the vice.

    The handover of the arms crushing machine, he said, further defines the good working relations between RNP and RECSA.

    “The shear machine will help to promote continuous destruction exercise hence preventing big piles of obsolete firearms; enhance the curbing of diversion and proliferation of small arms and light weapons; improve weapons management and control; and ensure proper accountability of firearms,” DIGP Marizamunda said.

    RECSA has been supporting RNP in various disciplines including physical security and stockpile management, training on arms marking machine and training on record keeping.

    Lt. Gen. Badreldin Elamin Abdelgadir thanked the Government of Rwanda for consistently supporting RECSA to meet its obligations on the control and prevention of proliferation of small arms and light weapons as provided for in the Nairobi Protocol.

    Article 8 of the Nairobi Protocol requires RECSA member states to identify and adopt effective programmes for the collection, safe storage, destruction and responsible disposal of small arms and light weapons rendered surplus, redundant or obsolete.

    With the support of RECSA, RNP officers are also set to be trained on how to operate the arms crushing machine.

    RECSA Executive Secretary pledged to continue supporting member states to ensure the security and safety of government stocks, which he said that it’s a precursor for regional peace and stability.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-national-police-receives-arms-crushing-machine

  • Burundi: Ibiro by’intumwa idasanzwe by’umunyamabnga wa ONU, byangiwe kongererwa kuhakorera #rwanda #RwOT

    Raporo iheruka y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye ku Burundi, yakozwe ku bushake mu rwego rwo gukomeza ibiganiro na Gitega/Bujumbura ntacyo yagezho, guverinoma yamaze kwanga mu magambo ibyasabwe na Antonio Guterres muri iyo raporo yagombaga gukomeza kugeaza ku ya 31 Ukuboza 2021 kumwe n’ibiro by’intumwa ye idasanzwe mu Burundi

    Burundi, bwemeza ko ibibazo byose by’ubukungu byavutse mu mwaka wa 2015, byabayeho ku byemezo by’uwahoze ari umukuru w’igihugu Pierre Nkurunziza wapfuye. Ubu bikaba byarahindutse kuburyo bufatika kubw’ingoma ya Jenerali Evariste Ndayishimiye nk’uko bitangazwa na RFI.

    Ubuyobozi bw’u Burundi bwagize buti: 'Nta kwibeshya muri iyi nyandiko mu magambo ya raporo ya nyuma ya Antonio Guterres, ariko ubutumwa burasobanutse, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yanze yivuye inyuma icyifuzo cye cyo kongerera kugeza mu mpera za 2021 ibiro by’intumwa yayo idasanzwe mu Burundi, muri we gutangaza ko irangiye gusa ahubwo “iseswa” ryayo ku ya 31 Ukuboza uyu mwaka.'

    Iki ni icyemezo “cyigenga kandi kidasubirwaho” cyafashwe n’umuyobozi mukuru muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga, kubera ko kuri Gitega, igihugu kimaze “kubona amahoro, umutekano n’umutuzo” kandi ntigishaka kumva ibyo imyitwarire ya politiki y’Umuryango w’Abibumbye ONU.
    Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburundi asobanura ko imfashanyo y’umuryango w’abibumbye n’inzego zayo muri uru rwego rwihariye ari yo 'kurwanya ubukene n’iterambere ry’imibereho n’ubukungu' by’igihugu byo ntacyo bitwaye ndetse ko byo bihawe ikaze.

    Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye avuga ko u Burundi bugifite “intege nke” kandi ko ibihugu byinshi by’iburengerazuba bifuza guhanga amaso iki gihugu. Bakaba rero bashyigikiye kuyishyira kuri gahunda y’akanama gashinzwe umutekano.

    Source : https://www.imirasire.rw/?Burundi-Ibiro-by-intumwa-idasanzwe-by-umunyamabnga-wa-ONU-byangiwe-kongererwa

  • Huye: Imiryango 51 y'Abanyarwanda bahoze mu mitwe yitwaje intwaro yakiriwe iwabo #rwanda #RwOT

    Imiryango y'abanyarwanda y'abahoze mu mitwe yitwaje intwaro muri RDC irimo abagore n'abana bagiye gusubira mu miryango yabo hirya no hino mu karere ka Huye barasabwa gufatanya n'abo basanze muri gahunda zitandukanye za leta ndetse bagaharanira gukora bakiteza imbere.

    Ibi byagarutsweho n'umuyobozi w'akarere ka Huye ubwo yashyikirizwaga na komisiyo y'igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare iyi miryango y'abanyarwanda basezerewe mu nkambi ya Nyarushihi mu karere ka Rusizi.

    Abanyarwanda barimo abagore n'abana bari mu miryango 51 igizwe n'abantu 189 baravuga ko nyuma yo kuva mu mashyamba ya RDC aho bari bamaze imyaka myinshi babayeho nabi bakiriwe neza mu nkambi ya Nyarushishi iri mu karere ka Rusizi bahagirira ubuzima bwiza. Aha i Nyarushishi kandi ngo bahigiye byinshi bavuga ko bagiye kubishyira mu bikorwa bibafashe kwiteza imbere.

    Umwe mu batahutse witwa Mukashyaka Mathilde yagize ati : ” twageze i Nyarushishi tumeze nabi, dufite uburwayi kubera imibereho mibi yo mu mashyamba, baratuvura batwitaho ndetse batwigisha n'uburyo tugomba kwiteza imbere. Ku bw'ubumenyi nahakuye ubu nanjye ngiye guhinga norore ntere imbere”.

    Abo mu miryango yabo baje basanga, bagaragaza ko bishimye cyane kongera kubona abantu babo nyuma y'igihe kinini.

    Umwe mu baje kwakira umuryango we utuye mu murenge wa Ngoma mu karere ka Huye yagize ati:” Ndishimye cyane kuba nongeye kubona umuryango wanjye. Yagiye ari umusore none haje umuryango we ugizwe n'umugore n'abana, ni ibyishimo gusa”.

    Mugenzi we bari kumwe nawe waje kwakira abo mu muryango we, avuga ko yiriwe arira kubera ibyishimo byo kongera kubonana n'abo mu muryango we nyuma y'igihe.

    Umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri komisiyo y'Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare, kabanda Jeannette avuga ko aba banyarwanda bitaweho bagahabwa iby'ibanze bibafasha mu buzima bwa buri munsi ndetse ko babigishije imyuga ku buryo bizabafasha kwiteza imbere.

    Yagize ati:” Twabahaye ibikenerwa byose by'ibanze, turabavura barakira ndetse ku bufatanye na komisiyo ya demobilisation n'akarere ka Rusizi bahabwa amasomo atandukanye, basobanurirwa gahunda zose za leta, tukaba twizeye neza ko bazagera iwabo bakiteza imbere”.

    Umuyobozi w'Akarere ka Huye Ange Sebutege, avuga ko bishimiye guha ikaze iyi miryango igarutse iwabo, akaba abasaba gufatanya n'abo basanze bagakora bakiteza imbere cyane ko baje bisanga mu miryango.

    Ati:” Baje basanga abandi mu gihugu ntibari bonyine, nibagende bafatanye n'imiryango basanze mu bikorwa bitandukanye baharanire iterambere ryabo n'igihugu muri rusange. Muri gahunda zose turajyana nabo, abakeneye amakuru turakomeza kubafasha n'abana bajyanwe mu mashuri”. Akomeza ashima ko n'abatari bazi gusoma no kwandika bigishijwe nabyo bikazabafasha mu rugendo rw'ubuzima.

    Abageze igihe cyo gufata indangamuntu, barazishyikirijwe.

    Umuyobozi w'akarere ka Huye kandi na komisiyo yabazanye babashyikirije indangamuntu nk'icyangombwa kiranga buri munyarwanda wese.

    Imiryango yasezerewe mu nkambi ya Nyarushishi yakiriwe mu karere ka Huye ni 51 naho mu basezerewe bose batashye mu bice bitandukanye by'igihugu ni 1886. Iyi nkambi bayakiriwemo tariki 21 Ukuboza 2019, bakaba bari bayimazemo amezi 11.

    intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/huye-imiryango-51-yabanyarwanda-bahoze-mu-mitwe-yitwaje-intwaro-yakiriwe-iwabo/

  • Amatora ya Perezida i Burkina: umuryango utegamiye kuri Leta wamaganye ikwirakwizwa ry’ibikoresho byo kwiyamamaza #rwanda #RwOT

    Kuri REN-LAC, ihuriro ry’igihugu rishinzwe kurwanya ruswa, ubu bukangurambaga bwaranzwe no kugabanywa ku buryo buteye impungenge, nk’uko ONG ibivuga, ibiryo, amafaranga ndetse na lisansi. REN-LAC iramagana kandi gukwirakwiza ibikoresho byo kwiyamamaza mugihe amategeko abuza ubu bwoko bw’imyitozo.

    Eddie Komboigo, umukandida wa CDP mu matora y’umukuru w’igihugu ya Burkinabè, mu nama y’ishyaka rikomeye iheruka mbere y’amatora yo ku ya 22 Ugushyingo.

    Kuva inzibacyuho, itegeko ryabuzaga gukwirakwiza ibikoresho byo kwiyamamaza, imyenda yo kwambara muri Faso Danfani, t-shati, ingofero n’izindi mpeta zikomeye zerekana imikorere y’abakandida. Ariko kubera ko amashyaka atigera abura ibitekerezo, babonye uburyo bwo kuzenguruka amategeko bakwirakwiza imyenda na t-shati nta kirango. Mu mabara y’ibirori gusa …
    Mu bucuruzi bwe buto, Abidin akora konti ze. Yagurishije t-shati kubakandida 5. Ati: “Hariho bamwe batwaye abarenga 3000, abandi batwara 2000, abandi barenga 500 cyangwa 200. Kuri buri t-shirt, marike yacu yari amafaranga 200-300, ibyo ni bike tera imbere ubucuruzi kandi butwemerera kubaka umubano. “
    Sagado Nacanabo, umunyamabanga nshingwabikorwa wa REN-LAC, ihuriro ry’igihugu rishinzwe kurwanya ruswa, aricuza kuba abakandida batubaha umwuka w’amategeko. “Iri tegeko ryifuzaga ko aya matora yakorwa ataguze umutimanama kandi mu kubikora, tubona ko bareba ibiciro byose kugira ngo bagure umutimanama kandi birababaje. Icyo dusaba abatora gukora nukwirengagiza ubu busambanyi bwamafaranga no gutora uko bishakiye. “
    Mu gihe abakandida bamwe bemera ko bitabaje iyo myitozo, abandi bakemeza ko abayoboke babo ari bo bahitamo kwambara amabara y’ishyaka kandi ko ari uburenganzira bwabo.

    Source : https://www.imirasire.rw/?Amatora-ya-Perezida-i-Burkina-umuryango-utegamiye-kuri-Leta-wamaganye