Category: Uncategorized

  • Marina mu ndirimbo nshya yikomye abamuvuga ibinyoma n”abamusebya #rwanda #RwOT

    Iyi ndirimbo ifite izina ry’Ikigande ryitwa 'Worokoso’ bishatse kuvuga 'ibigambo’ yagiye hanze kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Ugushyingo 2020.

    Mupenda Ramadhan [Badrama], Umuyobozi Mukuru wa The Mane ireberera inyungu za Marina, yavuze ko bahisemo kwita indirimbo nshya 'Worokoso’ kugira ngo bakebure abantu barebera abahanzi inyuma bakabafata uko batari.

    Mu kiganiro yagiranye na UKWEZI yagize ati 'Twahisemo iyo nyito isobanuye abantu bavugavuga mu buryo butari bwiza, bibaho rimwe na rimwe ko umuhanzi agira inganzo bitewe n’ibihe arimo.'
    Reba hano indirimbo ‘Worokoso’ ya Marina

    Mu gutangira iyi ndirimbo hagaragara umunyamakuru uri kuri televiziyo avuga amakuru y’uko Marina yashwanye n’umunyamakuru wamwanditseho ibinyoma ndetse akanakoresha amafoto ye y’ibanga.

    Badrama avuga ko kuba iyi ndirimbo irimo ubutumwa bujya kumera nk’uburi mu 'Ikanisa’ baherutse guhuriramo nk’abahanzi bose ba The Mane, bishatse kuvuga ko igihe kigeze ngo abantu bareke kuvuga amagambo atari meza ku bahanzi kandi akenshi ibyo babavugaho biba ari ibinyoma.

    Ati 'Iki nicyo gihe kandi nicyo ijwi ry’umuhanzi riberaho ni ugukomeza gukebura abantu kuko akenshi ibyo tubamo usanga hari abantu benshi babifata ukundi, bagafata umuhanzi uko atari bakamubeshyera ibitari byo.'

    Indirimbo 'Worokoso’ yakozwe mu buryo bw’amajwi na Holy Beat Murda afatanyije n’uwitwa Rash beat mu gihe amashusho yafashwe anatunganywa na Jullien Bmjzzo.

    Badrama yavuze ko uyu muhanzikazi arashyira hanze indirimbo yakoranye na Social Mula [iyi amashusho yayo yafatiwe I Burayi], ndetse hari n’ibindi bikorwa biri imbere birimo indirimbo nshya kandi nziza.

    Ubuyobozi bwa The Mane buvuga ko mu bihe bya baratangiye gushyira hanze indirimbo nyinshi z’umuhanzi Mbanda nawe ubarizwa muri iyi Label.

    Reba hano indirimbo ‘Worokoso’ ya Marina

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Marina-mu-ndirimbo-nshya-yikomye-abamuvuga-ibinyoma-n-abamusebya

  • Act now to invest in nature or face biodiversity collapse and further pandemics, 'Wildlife Conservation 20' warns G20 #rwanda #RwOT

     

    • 'WC20' gathers 20 leading conservation groups ahead of G20 Leaders' Summit
    • COVID-19 highlights need for urgent action, joint declaration warns
    • Investing in nature costs a fraction of pandemic response while driving green jobs and tackling climate change.

    A new initiative involving 20 of the world's leading conservation organisations today issued an unprecedented joint declaration to the G20 calling for urgent action to invest in nature to protect biodiversity and reduce the risk of future pandemics.

    World leaders gathering in Riyadh this weekend have an unparalleled opportunity to build into COVID-19 economic recovery long-lasting action to conserve planetary health and reset human interactions with nature. 

    While the exact source of the virus remains uncertain, scientists agree that just like HIV, Ebola, SARS, Bird Flu, and MERS, COVID-19 is zoonotic: it jumped from animals to people, likely as a result of our increasing interaction with wildlife. 

    The pandemic, which has killed 1.3 million people to date and affected hundreds of millions more, stands as one of the starkest and most urgent warnings yet that our current relationship with nature is unsustainable. 

    Investment in nature — including ending deforestation, controlling the wildlife trade, and enhancing livelihoods of people living in or depending on natural landscapes — is not a luxury to consider alongside pandemic recovery, the WC20 said. 

    Protecting biodiversity is perhaps the most important component of government recovery plans that will significantly reduce the risk of future pandemics and avoid similar or greater human, economic, and environmental harm. 

    The cost of these investments is a fraction of the estimated $26 trillion in economic damage COVID-19 has already caused. By one recent estimate, $700 billion a year would reverse the decline in biodiversity by 2030. That's about one-fortieth the cost of the economic fallout from the current pandemic. 

    Much of this does not need to be new money. A significant proportion of this investment could come from redirecting existing harmful financing, for example in subsidies that encourage deforestation and environmental destruction. 

    Investing in planetary health including directing climate finance towards nature-based solutions drives green growth and green jobs, and takes us a long way towards tackling the effects of climate change and meeting the goals of the Paris Agreement on climate. 

    With lives and livelihoods adversely affected by COVID-19 across the globe, there is public consensus and support as never before for governments to act now to protect and re-establish a healthier relationship with nature.

    This is the watershed moment that prompted the formation of the Wildlife Conservation 20, or WC20, uniting 20 of the most prominent conservation NGOs at the forefront of protecting wildlife and ecosystems. 

    The WC20 represents the voice of this conservation community, which has come together to articulate the steps needed to seize this unprecedented opportunity. 

    In a joint statement, the WC20 said: 'COVID-19 has been a wake up call to everyone on this planet. Now is the time to value and invest in nature by developing sustainable nature-based economic stimulus packages that embrace a One Health approach and address long-term planetary health, food security, poverty alleviation, climate change, and biodiversity loss and work towards achieving the UN's Sustainable Development Goals.

    'That is why the WC20 calls on the G20 nations to implement greater investment in addressing this critical present imbalance with nature. Otherwise, the natural world, on which we all rely, will not be safeguarded for the long-term well-being and security of current and future human generations, and for all life on earth.' 

    Ahead of the G20 Leaders' Summit on 21 and 22 November in Riyadh, Space for Giants and ESI Media on 19 November hosted a high-level virtual summit of CEOs and senior executives from the WC20 to agree a joint declaration identifying priority actions for world leaders. 

    'Covid-19 is a terrible, terrible reminder of what can happen if we don't respect nature, and there are many other signs, in loss of species, in deforestation, in pollution,' said Dr Max Graham, CEO of Space for Giants. 

    'This really is a watershed moment when public opinion is massively supportive of the G20 governments taking the measures needed to protect wildlife and the natural world. They can also act and know that it's cheaper to invest in nature to reduce the risk of pandemics, than to deal with the awful economic fallout they cause.' 

    The full text of the Declaration is available at spaceforgiants.org/WC20. In summary, the WC20's recommendations are:

    • Policy and Implementation: Strengthen, sufficiently resource, and implement existing international and domestic legislation, and enact new legislation, to ensure the legal, sustainable, and traceable use of natural resources including wildlife, that no longer threatens human or animal health.
    • Law Enforcement: Scale up financial and technical support for law enforcement in key wildlife source states, transit hubs and destination countries/territories. Adopt a collaborative, multi-disciplinary approach to help create an effective deterrent to wildlife crime.
    • Safeguard Natural Ecosystems: Secure government support, adequate finances, and technical expertise to effectively protect and manage natural ecosystems and wildlife so that they are valued and safeguarded, and become generators of economic wealth, and commit to scale this up to 30% of land and sea over the coming decade.
    • Support Indigenous Peoples and Local Communities: Recognise and respect the rights of IPLCs living within and/or depending on natural ecosystems, to improve human well-being, alleviate the pressures of human-wildlife coexistence, and reduce, halt, and reverse the loss of natural habitats and the associated wildlife they hold. 
    • Reduce Demand: Work with government authorities, stakeholders, civil society, and major influencers to inform the public about the dangers of zoonotic spillovers and how to lower their risks. Raise public awareness about, and reduce demand for, illegally and/or unsustainably exploited wildlife and their products.

    These organisations make up the WC20: 

     

    African Parks

    African Wildlife Foundation

    BirdLife International

    Born Free Foundation

    Conservation International

    Education for Nature Vietnam

    Global Initiative to

    End Wildlife Crime

    Environmental Investigation Agency 

    Fauna & Flora International

    Frankfurt Zoological Society

    Freeland

    Jane Goodall Institute 

    Paradise Foundation International

    Space for Giants

    The Nature Conservancy

    TRAFFIC

    WildAid

    Wildlife Conservation Society 

    WWF

    ZSL (Zoological Society of London) 

     

    ESI Media co-hosted the WC20 summit as part of its global campaign to Stop The Illegal Wildlife trade, in partnership with co-host and WC20 member Space for Giants. 

    68

    The post Act now to invest in nature or face biodiversity collapse and further pandemics, 'Wildlife Conservation 20' warns G20 appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/11/21/act-now-to-invest-in-nature-or-face-biodiversity-collapse-and-further-pandemics-wildlife-conservation-20-warns-g20/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=act-now-to-invest-in-nature-or-face-biodiversity-collapse-and-further-pandemics-wildlife-conservation-20-warns-g20

  • Athletics Forum Seeks To Build True Rwandan Champion #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The Athletics Commissions Forum is concluding its discussions on Saturday since kicking off on November 19, in the capital Kigali at Kigali Olympic hotel.

    According to organisers, this forum has attracted 105 participants from 25 National Sports Federations, 4 Olympic scholarship holders, 4 athletes benefiting team support grant program, 6 athletes benefiting ANOCA special grant, 16 Olympians and 25 from the National Sports Federations.

    During this gathering, participants deliberated on Protection of Clean Athletes and Covid-19 prevention measures. They also scanned through Gender in Sports and Inclusion on Day-two of the forum.

    For the past three days, participants at the forum have been engaged in discussions guided by Safeguards, Anti-Doping: 2020 update and Mental health and finally Competition manipulation.

    On Saturday, forum was treated to a discussion under a topic 'Building a True Champion'. Valens Munyabagisha the President of Rwanda National Olympic and Sports Committee (RNOSC) submited on how his committee can contribute to building a true champion.

    'One of the key responsibilities of RNOSC is to contribute to capacity building of Sport and Games Federations and Associations. Several technical courses for coaches in Athletics, Rugby, Basketball, Triathlon, Handball and Karate have been organized,' he said.

    Meanwhile on the sidelines of this forum, , the Rwanda National Olympic and Sports Committee in partnership with the Embassy of the Federal Republic of Germany in Rwanda also launched a 10-day awareness campaign to fight COVID-19 pandemic.

    The forum was proposed following the approval of the RNOSC Athletes Commission by the RNOSC General Assembly held on the 11th of November 2020.

    0Shares
    0

    The post Athletics Forum Seeks To Build True Rwandan Champion appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/athletics-forum-seeks-to-build-true-rwandan-champion/

  • Twitter Plans To Handover Presidential @POTUS Account To Joe Biden #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Twitter will hand control of the presidential @POTUS account to Joe Biden when he is sworn in on inauguration day, even if President Donald Trump has not conceded his election loss, US media reported Friday.

    The social media giant is 'actively preparing to support the transition of White House institutional Twitter accounts on January 20th, 2021,' Twitter spokesperson Nick Pacilio said.

    The process is being done in consultation with the National Archives, as it was in 2017, he said. The handover will see all existing tweets on @POTUS, as well as @FLOTUS, @VP and other official accounts, archived.

    The accounts will then be reset to zero tweets and transferred to the incoming Biden White House that day.

    Trump, who still has not conceded his November 3 loss, used Twitter to help build his political brand and, later, wield the power of the presidency — though he mainly uses his personal account, @realDonaldTrump, whose 88 million followers dwarf @POTUS's 32 million.

    The @POTUS account is largely used to retweet Trump's personal account as well as the White House and other accounts. Trump's frequent habit of abruptly announcing new policies on the platform has led to long-standing complaints of governing by tweet.

    Twitter has long come under pressure to curb the president's use of the site to spread misinformation and conspiracy theories.

    Since the election the company has slapped warning labels on many Trump tweets as he continues to insist, despite evidence to the contrary, that he won the vote, and that Biden's victory is down to massive fraud.

    Biden, for his part, is a far more sedate Twitter user. He has sent less than 7,000 tweets to his 19 million followers, compared to Trump's 58,000.

    0Shares
    0

    The post Twitter Plans To Handover Presidential @POTUS Account To Joe Biden appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/twitter-plans-to-handover-presidential-potus-account-to-joe-biden/

  • Nyarutarama Slum Residents Maintain Protest Against Unfair Expropriation #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Hundreds of Bannyahe slum residents in a small corner of one of Kigali's elite suburbs were by Friday still camped on site as a means to register their complaints of unfair expropriation.

    In 2017, about 800 residents were asked to evacuate from the slum for a real estate investor to construct facilities of public and community interest as required by land lease agreements between government and land holders.

    The victims of this expropriation wished to be compensated by cash and not relocated to conjoined housing at an estate in Busanza, Nyarugunga sector,  Kicukiro district — Kigali. The new Busanza housing project comprises of over 1,000 units.

    Yotamu Ntivuguruzwa says, 'It may be hard to start a new life. My wife visited the place and we agreed to shift even if the new house is small.'

    However, the city of Kigali has appeared in different court sessions as it defends itself in dozens of cases appealing against unfair expropriation.

    0Shares
    0

    The post Nyarutarama Slum Residents Maintain Protest Against Unfair Expropriation appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/nyarutarama-slum-residents-maintain-protest-against-unfair-expropriation/

  • Urugomero rw’amashanyarazi akomoka kuri Gaz Methane ruri hafi kuzura mu Karere ka Rubavu #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuyobozi mukuru w’iyi sosiyete iri kubaka uru rugomero, Kabuto Alexis, avuga ko ibikoresho bikenewe byose byamaze kugurwa, imirimo yo kubyubaka ariyo iri gukorwa ndetse iri kwihutishwa cyane kugira ngo uru rugomero ruzatangire gutanga amashanyarazi vuba.

    Kabuto yagize ati “Ibikoresho byose bigomba kubakishwa uru rugomero byaraguzwe, ibitaragera I Kigali biri ku cyambu I Mombasa, imirimo yo kubaka nayo igeze kure, turizera ko muri Mata 2021 tuzaba twatangiye gutanga amashanyarazi ya mbere ku muyoboro mugari (on grid).”

    Uyu Muyobozi Mukuru avuga ko imirimo yo kubaka uru rugomero rw’amashanyarazi izarangira itwaye miliyoni 220 z’amadolari y’Amerika ni hafi miliyari 215 z’amafranga y’u Rwanda ndetse ayo mafaranga yose akaba ahari nta kibazo bazagira cyo gushakisha aho azava.

    Kabuto akomeza avuga ko ku ikubitiro uru ruganda ruzatangira rukoresha abakozi 500 harimo 150 b’abanayamahanga n’abandi 350 b’abanyarwanda.

    Umuyobozi wa Shema Power Lake Kivu Ltd avuga ko kugeza amashanyarazi ku muyoboro mugari bizakorwa mu byiciro bibiri, icyiciro cya mbere kizatangira gutanga umusaruro muri Mata 2021 aho uru rugomero ruzaba rutanga megawati 17 naho muri Mata 2022 hagatangira gutangwa ikindi cyiciro kizatanga megawati 39 zizaba zisigaye.

    Kabuto avuga ko iyi sosiyete yabo gaz izajya icukura izayibyaza amashanyarazi gusa nta gaz izatunganywa ngo ikoreshwe mu guteka.

    Asobanura uburyo bizakorwa, Kabuto yavuze ko “gaz methane” izajya icukurwa muri metero 355 ndetse ibyuma biyicukura byamaze gushyirwa mu kiyaga cya Kivu, hagiye gutangira imirimo yo kuyicukura no kuyitunganya.

    Kabuto avuga ko u Rwanda ruzungukira cyane kuri uru rugomero kuko mu masezerano basinyanye na Leta y’u Rwanda, aya mashanyarazi bazatanga azaba ahendutse ugereranyije n’uburyo izindi ngomero zigenga ziyagurisha na Leta.

    Mu korohereza ishoramari, Leta y’u Rwanda yafashije Shema Power Lake Kivu Ltd iyubakira ibikorwaremezo birimo imihanda, imiyoboro y’amashanyarazi izakura umuriro muri urwo rugomero n’ibindi.

    Nzabonimpa Deogratias; Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rubavu ushinzwe ubukungu n’iterambere avuga ko biteganyijwe ko umuhanda ugana kuri uru rugomero ubu uri kubakwa na Leta y’u Rwanda, ndetse imirimo yo kuwubaka igeze kure, bateganya ko izasozwa muri Werurwe 2021, ukwezi kumwe mbere y’uko uru rugomero rutangira gutanga amashanyarazi ku murongo mugari.

    Imirimo yo kubaka uru rugomero yatangiye muri 2015 rufitwe na sosiyete y’abanyamerika yitwa Symbion Energy, iyi sosiyete iza kugurisha uru rugomero na Shema Power Lake Kivu Ltd muri 2018.

    Mu rwego rwo kurushaho kwihutisha iterambere ry’ubukungu, Leta y’u Rwanda yihaye intego ko buri muturarwanda azaba afite amashanyarazi bitarenze umwaka wa 2024.

    Imibare igaragazwa na REG kugeza ubu yerekana ko ubu ingo zifite amashanyarazi yaba afatiye ku muyoboro mugari cyangwa afatiye ku mirasire y’izuba zisaga 56,7%.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/urugomero-rw-amashanyarazi-akomoka-kuri-gaz-methane-ruri-hafi-kuzura-mu-karere-ka-rubavu

  • Rubavu: Ubuyobozi bwiyemeje gufatanya n’ababyeyi gushaka abana bataragaruka ku ishuri #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Kuva tariki 02 Ugushyingo 2020 Minisiteri y’Uburezi yafunguye ibyiciro bimwe by’amashuri abanza abana basubira kwiga nyuma y’amezi 8 abanyeshuri bari mu ngo mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya COVID-19.

    Nubwo abanyeshuri biga mu mwaka ya gatanu n’uwa gatandatu ari bo babimburiye abandi gusubira ku ishuri mu mashuri abana mu biga muri gahunda ya Leta, hamwe na hamwe abanyeshuri ntibarasubira ku ishuri.

    Kigali Today igendeye kuri raporo yagaragajwe mu ntangiriro z’iki cyumweru n’Akarere ka Rubavu igaragaza ko muri aka karere mu bana biga mu myaka ibiri isoza amashuri abanza, hari abana babarirwa mu bihumbi bibiri batagarutse ku ishuri.

    Imibare igaragaza ko Umurenge wa Mudende ari wo ufite abana benshi batagarutse kuko habarirwa abana 461, hakurikiraho umurenge wa Cyanzarwe habarurwa abana 407 batagarutse ku ishuri, mu gihe Umurenge wa Bugeshi habarurwa abana 302.

    Nubwo ubuyobozi buvuga ko budafite amakuru y’ahari aba bana, bamwe banze gusubira mu ishuri kubera ko bari bafite imirimo ibinjiriza bakaba barayigumyemo aho gusubira mu ishuri.

    Mu Karere ka Rubavu hagaragazwa ko abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye mu myaka ya 5 na 6 na bo batitabiriye ishuri cyane kuko imirenge yegereye umupaka wa Congo abana bitabiriye ku kigero cya 68% mu gihe indi mirenge abana bari hejuru ya 80%.

    Ikindi kibazo ubuyobozi bw’Akarere bugaragaza kirimo umubare w’abarimu bataye akazi mu gihe cy’byumweru bibiri bishize batagaruka ku kazi.

    Imibare itangwa n’Akarere ka Rubavu igaragaza ko mu Murenge wa Busasamana mu barimu biga mu mashuri abanza, ababarirwa muri 29 ntibagarutse ku kazi, muri Cyanzarwe abarimu 8 ntibagarutse, naho muri Rugerero habuze abarimu 12 mu mashuri abanza.

    Mu mashuri yisumbuye uretse imirenge ya Cyanzarwe na Nyamyumba, mu yindi mirenge na ho abarimu bagiye babura ku kazi.

    Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Gilbert Habyarimana, avuga ko ubuyobozi bw’ibigo bugomba gufatanya n’inzego z’ibanze mu gushakisha abo bana babuze ku ishuri.

    Ati « Twese tugomba gufatanya kumenya aho aba bana bagiye kuko mu minsi iri imbere hagiye gutangira ikindi kiciro cy’abanyeshuri benshi, tutamenye aho aba bagiye n’abandi byazatugora, ibi ni ibintu inzego zose zifashanya, uwumva atabishoboye akatubwira tugafata izindi ngamba. »

    Bamwe mu babyeyi baganiriye na Kigali Today bavuga ko bagifite ikibazo cy’ubushobozi bituma abana batajya ku ishuri, abandi bakavuga ko hari abana bagiye gukorera amafaranga no gucumbikishwa mu miryango yishoboye kugira ngo babone ibibatunga.

    N’ubwo abana ku mashuri bigira ubuntu, ababyeyi bavuga ko basabwa ibikoresho by’amakayi n’imyenda, abatabifite bakagumisha abana mu rugo ngo babanze babishake.

    source https://www.kigalitoday.com/uburezi/amashuri/Rubavu-Ubuyobozi-bwiyemeje-gufatanya-n-ababyeyi-gushaka-abana-bataragaruka-ku-ishuri

  • Pope Says History Has Separated Peoples But Not Destroyed Roots Uniting Them #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Pope Francis receives members of the Pontifical Latin American College in Rome, and reminds them of the richness that their culture has to offer to Christian communities around the world.

    'Although history has separated our peoples, it has not destroyed the root that unites them in that great work of the evangelization of America.'

    Pope Francis opened his remarks to the community of the Pontifical Latin American College with these words. He explained that it is on this premise that the College was born: 'A commitment that would unite all our particular Churches and at the same time open them to the Universal Church in this city of Rome.'

    Pope Francis went on to note that the seminarians' experience of communion and openness is a great challenge and can 'help heal the world'.

    'The Gospel and its message came to our land by human means…and its Word spread to all corners of the continent', he said, explaining that this 'miracle' took place because 'both those who arrived and those who received them were able to open their hearts' to what the other could bring.

    The Pope then said the Latin American presence has brought huge benefits to Christian communities around the globe: from Northern and Central Europe all the way to the East. He said these communities have found 'a new vitality and a renewed drive' from the influence of Latin America.

    He used the example of the celebration of the Christ of Miracles, and Our Lady of Guadalupe.

    'The rich cultural mix that made evangelization possible is being reproduced again today. Latino peoples meet among themselves and with other peoples thanks to social mobility and the facilities of communication, and they too emerge enriched from this encounter.'

    This is what your formation should be about, continued the Pope, 'sowing the Word generously' as God sows.

    There are three concrete points of action, said the Pope: 'opening the door of your heart and the hearts of those who listen to you; to pitch in and call others to do so with you for the good of all; to heal this world of the great evil that afflicts it and that the pandemic has brought to light.' Each of these, he continued, have two movements — 'personal and communitarian' — which complete one another.

    Be shepherds, continued the Pope.

    'Surely, in your heads, there are infinite initiatives and I do not doubt that by working hard you will do much good and help many people, but our mission would not be perfect if we stayed at that', said the Pope. He urged the members of the College to 'fight against a culture of waste, of social segregation, distrust and prejudice because of race, culture or faith', so that a feeling of fraternity may prevail over any difference.

    'Cure the world of the great evil that afflicts it,' continued Pope Francis.

    'The pandemic has put us in front of the great evil that afflicts our society. Globalization has overcome all borders, but not our minds and hearts. The virus is spreading unchecked, but we are unable to respond together. The world continues to close its doors, rejecting dialogue and collaboration, refusing to open itself sincerely to common commitment for a good that reaches everyone without distinction.'

    The cure of this evil must come from our roots, concluded the Pope. It must come 'from the hearts and souls that will one day be entrusted to them, with concrete proposals in the field of education, catechesis, social commitment, capable of changing mentalities and opening spaces, to heal this evil and give God a united people.'

    Finally, Pope Francis prayed that the Virgin Mother, the Guadalupana, Patroness of Latin America, might 'sustain hope' in the midst of so many uncertainties, so that each member may respond to the call of God 'and be witnesses of the human fraternity that is born of being children of God.'

     

    vatican news

    0Shares
    0

    The post Pope Says History Has Separated Peoples But Not Destroyed Roots Uniting Them appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/pope-says-history-has-separated-peoples-but-not-destroyed-roots-uniting-them/

  • RSSB igiye gukoresha ikoranabuhanga rifasha abanyamuryango kumenya niba abakoresha babateganyiriza uko bikwiye #rwanda #RwOT

    Ni ibyagarutsweho kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ugushyingo 2020, ubwo abo bayobozi bagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru, kikaba cyari kigamije kugaragaza ibyo icyo kigo cyagezeho mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari 2020-2021.

    Iryo koranabuhanga rigiye gutangira gukoreshwa, ngo rizaba rije gukemura ikibazo cy’ibigo bimwe na bimwe bitishyurira imisanzu abakozi babyo cyangwa bikishyurira bake mu bo bikoresha abatishyuriwe ntibahite babimenya, ngo akaba ari igihombo ku mukozi no ku gihugu muri rusange.

    Umuyobozi mukuru wa RSSB, Regis Rugemashuro, avuga ko iryo koranabuhanga ryari rikenewe n’ubwo hari ubundi buryo amakuru yatangwagamo, bikaba biteganyijwe ko rizatangira gukoreshwa umwaka utaha.

    Agira ati 'N’ubu ugiye ku rubuga rwacu ushobora kubona imisanzu yawe ariko icyo dushaka ni ukubyoroshya cyane, umuntu akazajya abirebera kuri telefone ye, akamenya niba umukoresha yamuteganyirije cyangwa atabikoze. Iyo gahunda rero izatangirana n’uburyo turimo gukora buvuguruye, iryo koranabuhanga ryo kubona amakuru kuri telefone rikazatangira muri Nyakanga umwaka utaha'.

    Reba video, Umuyobozi wa RSSB abisobanura

    Akomeza avuga ko hari amafaranga menshi yagombaga gutangwa muri RSSB ariko ibigo ntibiyatange, ari yo mpamvu hakazwa ingamba zo kuyishyuza.

    Ati 'Nyuma yo kugenzura twasanze hari miliyari ebyiri na miliyoni 640 z’Amafaranga y’u Rwanda yagombaga gutangwa, icyakora muri ayo miliyari imwe yaragarujwe. Kugaruza ayo mafaranga ni uguhozaho, abinangira bakanahanishwa nko gucibwa amande ateganywa ndetse n’inyungu z’ubukererwe, icyo duharanira ni uko ibigo byose byishyurira imisanzu abakozi babyo'.

    Uwo muyobozi akangurira abakoresha guteganyiriza abakozi babo bose kuko ari uburenganzira bwabo kandi biri no mu itegeko, aho gutegereza ibihano kuko na bo bibasubiza inyuma.

    Ikigo cya RSSB ngo kiri muri gahunda y’impinduka mu mikorere, ibyo cyise 'Umunyamuryango ku isonga', bivuze ko ari ukunoza servisi zatangwaga ariko nta kivunnye umunyamuryango, nk’uko Rugemanshuro abisobanura.

    Ati 'Kuba tugiye guhindura imikorere ya RSSB ni ku nyungu z’umuturage ari yo mpanvu dushyira umunyamuryango ku isonga. Ni ukuvuga ko ibintu byose tugiye kubishyira mu ikoranabuhanga bityo bikazihutisha serivisi kandi umunyamuryango akabibonera kuri telefone ye, bivuze ko tudashaka ingendo z’umunyamuryango zijya ku cyicaro cya RSSB ajya gushaka impapuro runaka'.

    Reba video, Umuyobozi wa RSSB abisobanura

    Muri icyo gihembwe cya mbere, RSSB ivuga ko hari intego zimwe na zimwe itagiye igeraho kubera icyorezo cya Covid-19, gusa ngo yishimira ko abanyamuryango biyongereye cyane ugereranyije n’uko byari bisanzwe, kuko ubwitabire bw’abanyamuryango bwabaye 209%. Bivuze ko habonetse abakoresha bashya ndetse n’abakozi 78,399 bashya, ahanini ngo bakaba baraturutse mu bikorwa bya Leta byo kubaka ibyumba byinshi by’amashuri, bityo ngo muri pansiyo hakaba harinjiye imisanzu ingana na miliyari 24 na miliyoni 200 z’Amafaranga y’u Rwanda.

    Kuri ubu RSSB ni yo icunga ibya pansiyo, ubwisungane mu kwivuza, ikiruhuko cy’ababyeyi ndetse n’ubwizigame bw’igihe kirekire buzwi nka Ejo Heza.

    Reba video, Umuyobozi wa RSSB abisobanura

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/RSSB-igiye-gukoresha-ikoranabuhanga-rifasha-abanyamuryango-kumenya-niba-abakoresha-babateganyiriza-uko-bikwiye

  • Jules Sentore mu gahinda gakomeye #rwanda #RwOT

    Umuhanzi nyarwanda wamenyekanye cyane mu njyana gakondo, Jules Sentore ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura mubyara we na we wari umuhanzi, Soumare Frank wamenyekanye nka King Bayo.

    Uyu muhanzi yari asanzwe aba muri Mali ariko akaba yitabye Imana ari mu Rwanda aho aho yari yaraje gusura umuryango.

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu nibwo inkuru y’urupfu rwa King Bayo yamenyekanye aho yazize uburwayi, yitabye Imana ku myaka 33.

    Jules Sentore yagaragaje ko ashenguwe n’urupfu rwa mubyara we bareranywe, bagakurana aho abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze yashyizeho amafoto ya King Bayo agaherekezwa n’amagambo agira ati“Kubyakira byanze!”

    King Bayo yitabye Imana nyuma y’imyaka 3 atangiye umuziki, akaba yarakunzwe cyane mu ndirimbo 'Diarabi’ yakoranye na Jules Sentore.

    Jules Sentore (iburyo) yashenguwe n’urupfu rwa mubyara we King Bayo (ibumoso)

    King Bayo yitabye Imana mu rukerera rw’uyu munsi

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/jules-sentore-mu-gahinda-gakomeye