

Iyo usesenguye ibivugwa ku Rwanda n'iki gitangazamakuru cy'abongereza, BBC, ntibigusaba ubuhanga ngo ubone urwango rukabije bamwe mu banyamakuru bacyo bafitiye u Rwanda n'abayobozi barwo. Wibaza ubunyamwuga birirwa bigisha abandi aho burengera iyo bategura inkuru ku Rwanda. Ese niba nyuma y'intambara ya kabiri y'isi yose na Jenoside yakorewe Abayahudi, BBC itaratinyutse guha ijambo Abanazi ba Hitler, ni gute yubahuka guha urubuga abajenosideri n'abari mu mitwe y'iterabwoba? Ni uko Abanyarwanda basuzuguritse? BBC iramutse ari uko ibyumva, izongere basubire mu mateka y'uRwanda, izasanga runyuranye n'uko irutekereza.
Mu cyumweru gishize umunyamakuru wa BBC, Andrew Harding yasohoye inyandiko yuzuyemo guharabika no kwikoma u Rwanda, arushinja ibyo yabwiwe n'ibigarasha nka Dick Nyamwaya na David Himbara(bo muri cya kiryabarezi RNC), bahimbazwa no guhimbahimba ibinyoma bigamije gusa kwangiza isura y'uRwanda. Muri iyo nyandiko ndende, Andrew Harding asubiramo ibyo yumvanye aba bagambanyi, ko ngo RPF-Inkotanyi yinjiza abantu ku ngufu muri uwo Muryango, ngo bagahabwa inshingano zo guhiga bukware abatavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda, baba mu mahanga. Icya mbere, RPF ntifite ikibazo cy' umubare muto w'abanyamuryango ku buryo yabahatira kuyijyamo, n'ikimenyimenyi uko hateguwe amatora RPF Abanyarwanda bayihundagazazaho amajwi ari hejuru ya 95%.
Si mu Rwanda gusa kandi ifite abayoboke, kuko no mu mahanga Abanyarwanda bahatuye batahwemye kugaragaza ko bashyigikiye imigabo n'imigambi ya RPF-Inkotanyi. Urugero ni umubare w'abantu bitabira ku bwinshi'Rwanda Days', batitaye ku bitabapfu byirirwa bikwirakwizwa n'inzererezi nka Himbara, Kayumba Nyamwasa, Faustin Twagiramungu, Théogène Rudasingwa wasiginiye mu bitekerezo, n'izindi mburamumaro.
Icya kabiri, biratangaje kubona BBC iha u Rwanda ubushobozi bwo kuba rwagirira nabi umuntu uri mu Bwongereza, kandi batwemeza ko ibihugu byabo bitavogerwa, ko umutekano wabo udadiye.Uku kwivuguruza kwa BBC, kuragaragaza gusa ubushake bwo gusebanya, gushingiye ku mpamvu zizwi nayo gusa.
Mu 'nkuru' ya Andrew Harding avuga ko uwitwa Noheli Zihabamwe uba muri Australiya yamubwiye ko afite abavandimwe baburiwe irengero mu Rwanda, ngo bazize ko yanze kujya muri RPF-Inkotanyi. Uretse ko nta n'ikimenyetso cyerekana ko abo bavandimwe ba Zihabamwe bazimiye koko, ibi binyoma ntawe byatangaza kuko uyu mubeshyi ari inshuti magara ya Thomas Nahimana, wa mupadiri warumbiye Imana n'abantu.
Si ubwa mbere BBC yikoma u Rwanda n'Abayobozi barwo. Murabyibuka ubwo muri 2004 uwitwa Vénuste Nshimiyimana wakoreraga BBC icyo gihe, yikoraga akajya muri gereza yo mu gihugu cya Mali, gukorana ikiganiro na Yohani Kambanda na Clément Kayishema , abicanyi bahamwe n'icyaha cya Jenocide. Icyo gihe aba bajenosideri baridoze karahava, barapfobya banahakana Jenoside yakorewe Abatutsi, ibyaha byabahamye ku manywa y'ihangu babyegeka ku babikorewe. Nshimiyimana ajya guha ijambo ba ruharwa ntiyari ayobewe ko kizira guha urubuga abajenosideri, ahubwo, we na BBC ye, bari bagambiriye gutoneka ibikomere by'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Muw'2014 nabwo , uwitwa Jane Corbin nawe wa BBC yasohoye filimi-mbarankuru yise 'Rwanda, Untold Story,' yuzuyemo irondaruhu n'agasuzuguro ku Banyarwanda, guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, ashinja abahagaritse iyo Jenoside kuba aribo bayikoze, ibintu bidashobora gutinyukwa n'umuntu ushyira mu gaciro.
Iyi myitwarire ya Jane Corbin na BBC yamaganwe n'abantu benshi bazi neza ibya Jenoside yakorewe Abatutsi, nk'umushakashatsi aba n'umwanditsi w'Umwongereza, Andrew Wallis', werekanye ko BBC yirengagije nkana ubuhamya bwatanzwe mu Rukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho uRwanda, n'ahandi henshi cyane, aho abatangabuhamya batabarika bagaragaje uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa, n'ababigizemo uruhare bose.
Ikigaragarira buri wese ukurikirana ibivugwa na BBC, ni uko iki gitangazabinyoma cyiyeme kuba umuzindaro w'abagome. Ni hahandi ariko, nubwo ikinyoma cyahabwa intebe gite, amaherezo ukuri kuratsinda. Yaba Andrew Gardin, yaba Vénuste Nshimiyimana, Jane Corbin na bagenzi babo, bamenye ko Abanyarwanda batazabaho uko babyifuza, kandi ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka.
The post Kuki BBC ikomeje kuba umuzindaro w'Ibigarasha n'Abajenosideri? appeared first on RUSHYASHYA.
Source : https://rushyashya.net/kuki-bbc-ikomeje-kuba-umuzindaro-wibigarasha-nabajenosideri/
Korali Isezerano ibarizwa ku Mudugudu wa Sumba, muri Paruwasi ya Sumba mu itorero ry’Akarere ka Nyamagabe mu Mujyi wa Nyamagabe yashyize hanze indirimbo nshya y’amashusho yitwa ‘Ijuru’ ibumbatiye ubutumwa bukumbuza abantu Ijuru.
Korali Isezerano yatangiye umurimo w’uburirimbyi mu mwaka w’1999 itangiriye mu cyumba cy’amasengesho cya Kabacuzi, icyo gihe yari igizwe n’abaririmbyi 5, muri bo 3 baracyakora umurimo w’Imana wo kuyiririmbira muri iyi korali na n’uyu munsi. Magingo aya, iyi korali igizwe n’abaririmbyi 115 barimo abagabo 45 n’abagore 70.

Habineza Vincent Umuyobozi muri Korali Isezerano ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa, nkuko tubikesha inyaRwanda.com avuga ko iyi ndirimbo yabo ihumuriza abantu bahura n’ibibazo bakiri mu Isi ko bazahozwa amarira, ikanabakumbuza Ijuru. Yagize ati “Iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa bukumbuza abantu ijuru, ndetse buhumuriza abantu bahura n’ibibazo bakiri mu isi ko bazahozwa amarira”.
Perezida wa Korali Isezerano, Rusingizandekwe Paul aherutse kubwira InyaRwanda.com ko n’ubwo Isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid_19, kitabakomye mu nkokora ahubwo cyabateye kurushaho gusenga no gusengera umurimo w’Imana n’abawukora. Ni muri urwo rwego bari kugenda basohora indirimbo bakoze mu bihe byashize, mu rwego rwo guhumuriza abatuye isi bari mu bihe bikomeye muri iyi minsi.
REBA HANO INDIRIMBO ‘IJURU’ YA KORALI ISEZERANO
Source:InyaRwanda.com
Source : https://agakiza.org/Korali-Isezerano-yasohoye-indirimbo-nshya-Ijuru-ikumbuza-abantu-Ijuru-VIDEO.html
Nyuma y’uko umukinnyi Hakizimana Muhadjiri agarutse gukina mu Rwanda avuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu ikipe ya Emirates Club, havuzwe byinshi ku mpamvu zamukuyeyo gusa ahamya ko byose ari ibihuha ari we uzi ukuri kwabyo n’ubwo ngo igihe cyo kubitangaza kitaragera.
Mu mpeshyi ya 2019 nibwo Hakizimana Muhadjiri yatandukanye na APR FC imugurisha muri Emirates Club ikipe yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu gihe cy’imyaka 3.
Bitewe n’ubuhanga bwe abantu bamuziho benshi bumvaga uyu musore ari yo nzira ye nziza ku buryo azanakomeza ajya gukina ku mugabane w’u Burayi.
Gusa siko byagenze kuko mu ntangiriro z’uyu mwaka byatangiye kuvugwa ko ashobora gutandukana n’iyi kipe kuko atari akibona umwanya wo gukina nka mbere akigerayo kuko yari muri 11 bahoraho b’iyi kipe.
Uyu mwuka mubi warakomeje kugeza muri Kamena uyu mwaka ubwo yatandukanaga n’iyi kipe, havuzwe byinshi kuba ari we wasabye gutandukana nayo kuko atarakibona umwanya wo gukina, abandi bakavuga ko yirukanywe kubera imyitwarire mibi yamuranze n’ibindi.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Muhadjiri yavuze ko ubu atabyinjiramo kuko byasaba umwanya muremure, gusa ngo havuzwe byinshi ariko niwe uzi ukuri kwabyo.
Ati'ni ibintu byasaba umwanya muremure kugira ngo tubivugeho kuko harimo byinshi ntagusobanurira nonaho bitewe n’uko buri wese avuga ibye bitewe n’icyo ashaka ariko ninjye uba uzi ukuri kw’ibyo bintu, n’aho ibyavuzwe byose ni ibinyoma.'
Hakizimana Muhadjiri ubu ari muri AS Kigali kuva muri Kanama 2020 aho yayisinyiye umwaka umwe, ibintu avuga ko yakoze kuko afite gahunda yo gusubira gukina hanze y’u Rwanda nyuma y’uyu mwaka w’imikino.
The new automobile inspection facilities worth over Frw3 billion, built in less than two years, are in the Southern Province (Huye town), Northern Province (Musanze town) and Eastern Province (Rwamagana town).
Each facility has two fixed lanes with the capacity to inspect at least 200 vehicles per day.
The Minister of Justice and Attorney General, Johnston Busingye, while officially inaugurating the center in Huye District, said that the facilities pledged by President Paul Kagame reflects the government’s commitment to further build the capacity of RNP to improve road security.
The launch in Huye was also graced by the Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza and the Governor of the Southern Province, Alice Kayitesi, among others.
“These facilities were built and completed within 19 months, which is less than 2 years. This is a lesson that even big projects can be completed within the agreed period. We have had cases when some projects are completed after a very long time and under troublesome circumstances.
To public institutions and entrepreneurs, this shows that what was possible here it should be the same with all other projects,” Minister Busingye said.
“As the wealth and wellbeing of Rwandans continue to improve, it goes with the increase in the number of automobiles. This center has come at the right time and it’s in line with the country’s governance system of taking services closer to the people,” he added.
He observed that the transport sector plays a big part in the country’s development, which requires having automobiles that are roadworthy.
The Minister urged vehicle owners to be responsive and make good use of the inspection facilities, because having one’s vehicle inspected for roadworthiness is important for one’s safety on, and not just for fear of the law or penalties.
He reiterated that as such police service resume, the pandemic of COVID-19 is still in our midst and a threat, which requires maximum compliance with the set health and safety guidelines.
IGP Munyuza said that these automobile inspection facilities provide three crucial services; fighting and preventing road accidents, gas emission and providing advisory services to owners of automobiles that are found with mechanical fault and in unroadworthy condition.
The three new centers will supplement the five fixed lanes at Remera Automobile Inspection Centre in City of Kigali as well as the Mobile lane, which were overbooked and overloaded.
This increases the daily inspection capacity to over 1100 vehicles, up from 500 previously.
“Decentralizing these automobile inspection centers is meant to bring services closer to the people, prevent long movements and time that was being spent traveling to Kigali to acquire the same services,” the Police Chief said.
He observed that such hi-tech services backed by online booking and payment are playing a big role in fighting corruption in RNP services, as well as saving time that was spent on travels and long lines to get the same services.
Between January and October this year, a total of 72,520 vehicles have been inspected, with 29,780 of them failing the first inspection due to varied mechanical faults while 1,896 were emitting gas.
In the same period, 3,352 road accidents were registered across the country, including 562 fatalities and 2,077 accidents recorded as serious.
Majority 188 of the fatalities are pedestrians, 152 taxi-moto operators and 106 cyclists, while other motorists account for the rest.
The accidents were mainly due to mechanical faults especially brake failures by trucks, human behaviors including speeding and bad maneuvers.
The IGP also hinted on some of the challenges faced by the police in offering automobile inspection services.
“One of the challenges in these automobile inspection services is corruption and fraud especially by people guising as brokers and in some cases working with Police officers to solicit bribes. Anyone caught in these serious criminal actions is handed over to courts of law, whereas in addition to being prosecuted, police officers involved in such offence are also dismissed from the force,” IGP Munyuza said.
In Musanze District, the Minister of Environment Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya, who presided over the launch, emphasized the importance of automobile inspection centers in environmental protection and fighting fuel emissions in particular.
The event in Musanze was also attended by the Governor of the Northern Province, Jean Marie Vianney Gatabazi and the Deputy IGP in Charge of Operations, Felix Namuhoranye.
“Automobiles inspection centers will help to identify vehicles that emit harmful gasses, which will be a great support to national environmental protection efforts,” Minister Mujawariya said.
In Rwamagana District, the Governor of the Eastern Province, Fred Mufulukye alongside the Deputy IGP in charge of Administration and Personnel, Juvenal Marizamunda presided over the launch.
Vehicle inspection is compulsory under the Presidential Decree No. 85/01 of 02/09/2002 regulating general traffic police and road traffic.
The centers test gas emission, shock absorber, brakes including handbrake, axle play detection, wheel alignment and vehicle geometry, steering system, headlights, and visual inspection of the vehicle’s body condition, among others.
IGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-national-police-opens-new-automobile-inspection-centers
For four days, the 23 year old pro cyclist maintained the Yellow Jersey and pedaled to win Stage 1, 3 and 4 at the 20th Grand Prix Chantal Biya in Cameroon until it ended.
Mugisha didn’t win stage 2 but managed to add 34 seconds on his time record but quickly made a recovery victory in stage four held on Saturday clocking 2:46:33.
Slovakian national Kubiš Lukáš trailed in second position while Byiza Uhiriwe of Team Rwanda took the third position in this stage.
On the last day of the competition, a 166.4kilometers race from Sangmelima to Yaoundé, Mugisha lifted the Rwandan flag to emerge as the overall winner of the 2020 event.
Mugisha Moïse, who started competing in international competitions in 2018, won the Africa and Rwanda Championships in the Under-23s in 2019.
He also won the Bronze Medal at the recent African Games in Morocco for the Individual Time Trial.
Mugisha Moise, together with his colleagues, won the bronze medal in the race and times as “Team Time Trial” of the Championships “All African Games 2019” was held in Morocco.
Mugisha also managed to scoop the 2nd position at the 12th Tour du Rwanda (2.1) rated international competition just a few seconds behind the winner Tesfatsion Natnael, of Eritrea.
Nicole Kamanzi M.
Source : https://en.igihe.com/news/article/mugisha-wins-chantal-biya-grand-prix
Mu Karere ka Burera, Umurenge wa Rusarabuye, mu Kagari ka Ndago haravugwa urupfu rw'umugabo witwa Twizerimana Innocent wiyahuye nk'uko bigaragazwa n'inyandiko yasize yiyandikiye, ngo intandaro ikaba ari ibibazo by'urugo.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mugabo witwa Twizerimana Innocent w'imyaka 40 y'amavuko wari umwarimu ku ishuri ribanza rya Ruyange yamenyekanye ahagana mu ma saa mbiri z'igitondo ku wa gatandatu tariki 21 Ugushyingo 2020, ariko ngo akaba yarapfuye kuwa gatanu.
Uyu mugabo wasize yanditse ubutumwa ku mpapuro nyinshi, bigaragara ko yiyahuye ngo kubera ibibazo by'urugo aho ashinja umugore we witwa Nyirambarushimana Speciose w'imyaka 38 y'amavuko. Uyu mugore bari bamaranye imyaka 15 banafitanye abana batatu barimo uruhinja, akora ku gashami ka Koperative Umurenge Sacco Reba kure Mubuga.
Umuyobozi w'Akarere ka Burera, Uwanyirigira Marie Chantal, yemeje iby'uru rupfu, gusa agira inama imiryango kwitandukanya n'amakimbirane kuko asiga ingaruka zikomeye mu miryango harimo n'urupfu, ahubwo abasaba kujya begera ubuyobozi bukabikemura.
Agira ati :'Nibyo ayo makuru twayamenye ko uwo mugabo yiyahuye akoresheje umuti wica imbeba agahita apfa, ni umuryango wari ubanye mu makimbirane bivugwa ko umugabo yakekaga umugore we ko amuca inyuma, ndetse uyu mugabo yasize abyanditse mu mpapuro. Ni ikibazo cyari kizwi mu Murenge no mu Kagali, kuko bahoraga babunga ariko birangiye umugabo apfuye ndetse n'umugore we yari amaze hafi ukwezi yarahukaniye iwabo'
Yakomeje avuga ko bahora bagira inama imiryango ibana mu makimbirane kwitandukanya nayo kuko nta kindi asiga kitari ibibazo nk'ibi, nyamara iyo begereye abayobozi, imiryango n'inshuti ibibazo birakemuka bidaciye mu nzira zo kwiyahura, amakimbirane, arasenya ntiyubaka.
Amakuru aturuka mu baturanyi ba bugufi, yemezako uyu mugabo yikingiranye mu nzu iwe, maze ngo anywa ibinini by'imbeba kuko ngo banasanze udupapuro bibamo mu cyumba n'icyo yabivangiyemo, ngo akaba ari byo byamwishe.
Dore ubutumwa yasize yanditse






Izi nizo nyandiko nyakwigendara yasize yanditse

Umuti bikekwa ko ari wo yanyoye ari kwiyahura

Uyu mugabo yashyinguwe ku wa 22 Ugushyingo 2020.
Legislators of the East African Legislative assembly convened again this Monday in Arusha Tanzania.
During today's session, Hon Dr Woda Jeremiah moved a motion to introduce a Bill on livestock to provide for coordinate identification, characterization & mapping of livestock, strengthen detection, prevention and control of trans-boundary animal diseases and enhance the livelihood of pastoralists in EAC.
However, the house presided over by the speaker Martin Ngoga adjourned deliberations until Tuesday.
Meanwhile, last week on Wednesday the house debated and adopted the EAC Annual Report for the Financial Year 2016/17.
But the regional Assembly reiterated the timely presentation of the critical (Annual) report as espoused by Article 49(2) (c) and Article 59 (3) (a) of the Treaty for the Establishment of the EAC.
Consequently, and in related matters, the EALA wants the EAC Council of Ministers to hasten the formation of the Committee on Trade matters and remedies so as to be in synch with the requisite trio requirements of the EAC Treaty, Customs Management Act and the Customs Union Protocol.
In addition, the Assembly urged the EAC Council of Ministers to speed up the comprehensive amendment of the Customs Law.
Presenting the report, Hon Eng Pamela Maassay, representing the substantive Chair of the General Purpose Committee, Hon Dennis Namara, said despite several requests by the Assembly and calls by the Private Sector to amend the Customs Management Act, nothing had been done, 15 years later.
'The failure or deliberate attempt by the Ministers to heed the call for comprehensive amendment of the EAC Customs Management Act undermines the integration process and continues to negatively impact the implementation of the Customs Union and the Common Market Protocols', Hon Maassay said.
The Assembly noted the progress made by the Community since implementation of the pillars of integration begun â” but stated that some challenges also continued to be realized.
'Since the coming into force of the Customs Union and Common Market Protocols, a lot of achievements have been registered under the two pillars of the EAC integration. Nonetheless, the full implementation of these pillars has not been realized due lack of commitment by the Partner States', Hon Maassay informed the House.
Nevertheless, the Committee expressed concern with existing delays in the finalization adoption, ratification and implementation of protocols on Good Governance, Preventing and Combating Corruption and EAC Disaster Risk Reduction (DRR) and Management Strategy.
'There is no clear information of the status of implementation of Metrology Bill Standardization, Accreditation and Conformity Assessment Bill, finalization and adoption of the EAC African Growth Opportunity Act (AGOA) Strategy, Economic Partnership Agreements (EPA), Lake Victoria Transport Act among others', Hon Maassay added.
With regards to election observation missions, the Assembly suggested that in future, the said reports be presented to the House for consideration.
'The Election Observation Mission Reports are important documents that give recommendations on how a particular Partner State needs to streamline electoral processes and strengthen good governance. The Assembly being a key stakeholder in the promotion of good governance in the region deserves to be briefed or informed about such processes. Therefore, the Council of Ministers should keep the Assembly abreast with the outcome of Presidential Elections in the region by laying on Table the Election Observation Mission Reports', Hon Maassay said.
Those who rose in support of the report were Hon Oda Gasinzigwa, Hon Amb Ndangiza Fatuma, Hon Chris Nduwayo, Hon Kennedy Kalonzo, Hon Jean Claude Barimuyabo, Hon Alex Bahati and Hon Rose Akol. Others were Hon Gideon Gatpan, Hon Francoise Umuwukiza, Hon Dr Oburu Oginga, Hon Pierre Celestin Rwigema, Hon Mary Mugyenyi and Hon Mohammed Mnyaa.
The EAC Annual Report for the year 2016/17 was laid on Table by the Chairperson, Council of Ministers on the 7th March 2019. Accordingly, the Rt. Hon. Speaker referred the report to the Committee on General Purpose for consideration. In the exercise of its oversight mandate, the Committee on General Purpose convened meetings on 13th ┠16th October 2019 in Nairobi, Kenya and 26th November 2019 at the EAC Headquarters in Arusha, United Republic of Tanzania to consider the EAC Annual Report and present its report to this august House for adoption.
Â
The post EALA Discusses Region's Livestock Mapping & Diseases appeared first on Taarifa Rwanda.
Source : https://taarifa.rw/eala-discusses-regions-livestock-mapping-diseases/
Kutamenya neza. Iri ni ryo jambo ryambere riza mu bitekerezo iyo ntekereje isi tubayemo uyu munsi, cyane cyane iyo ntekereje ku bukungu. Buri munsi hasohoka ibinyamakuru bigaragaza kuzamuka no kugabanuka kwa Wall Street n’isoko ry’akazi rihindagurika. Iyi niyo ntandaro yo guhangayika no guta umutwe mu bantu benshi muri iki gihe, cyane cyane urubyiruko ruba rushaka guhanga akazi.
Umwanditsi w’urubuga ActiveChristianity.org, Marie Lenk yagiranye ikiganiro na Jessica Couts w’imyaka 20, amutekerereza uko byamugendekeye ubwo yarimo ashaka akazi. Ngo ijambo ry’Imana niryo ryamubereye urumuri maze yihebera umwuga wo gufotora. Marie atangira agira ati'
Nahuye na Jessica muri Coffe shop aho twari tugiye gufatira agakawa. Hafi yacu abakozi batandukanye batumizaga ikawa kugira ngo bakore ibishoboka byose ikiruhuko cyabo kigende neza. Mu gihe twatumizaga ibinyobwa twanaganiraga uko icyumweru kiri kugenda, hanyuma sinigera numva Jessica ahangayikishijwe n’imirimo ye ya buri munsi. Ahubwo yari yishimye kandi yisanzuye mu mahoro.
Nyuma yo gukora ibiraka by’igihe gito no kubifatanya no gufotora nk’umwuga mu myaka mike ishize, Jessica aherutse gufata icyemezo cyo gutangira gushaka akazi nk’umufotozi w’igihe cyose. Abisobanura muri aya magambo agira ati: 'Mfite ishyaka ryo gufotora, kandi nifuzaga kugira uburambe kugira ngo mbashe gutangiza umushinga wanjye wo gufotora.'
Igihe yatangiraga gahunda yo gushakisha akazi, Jessica yarwanyijwe no guhangayika. Yagize ati 'kimwe mu bintu bya mbere natekereje ni ubukungu. Ati: 'Nagize ubwoba buke ariko mu bigaragara nari mfite gutinya.'
Igihe ibyo bitekerezo byazaga, Jessica yisunze Ijambo ry’Imana rimubera urumuri rumuyobora. Imwe mu mirongo yo muri Bibiliya yamukomeje ni Yakobo 4: 8: 'Mwegere Imana nayo izabegera.'
Jessica abisobanura agira ati: 'Nindamuka niyegereje Imana n’Ijambo ryayo, ni bwo nanjye izanyegera kandi ubu nuzuye Umwuka wayo aho gutekereza ku mihangayiko.'
Ntimukagire icyo mwiganyira
Jessica aribuka uburyo yahuye n’intambara ikomeye muri ibyo bihe.
Twibuke ko igihe tuvuze ku ntambara iyo bijyanye n’ubuzima bwa gikristo, biba bisobanuye intambara y’imbere ivuka mu gihe igitekerezo cyigukururira mu cyaha kigushutse. Umwuka w’Imana witandukanya n’umubiri wawe, iyo uhisemo gukurikiza icyo gitekerezo. Ni ngombwa kwirinda iyo mihangayiko.
Agira ati: 'Ugomba kurwanira gutuza muri wowe igihe habaye impinduka.' 'Kubera ko ushobora gushukwa n’amaganya incuro 100 ku kintu kimwe gusa.'
Asobanura kandi ukuntu umurongo wo mu Bafilipi 4: 6 wamubereye imbaraga ukamukomeza: 'Ntimukagire icyo mwiganyira , ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’Imana mubisabiye mu byiringiro mushima. Nuko amahoro y’Imana ahebuje rwose ayo umuntu yamenya , azarindire imitima yanyu n’ibyo mwibwira muri Kristo Yesu'.
Yibuka ati: 'Bwa mbere, byarangoye gusengera ikintu nk’akazi, ariko uyu murongo warankomeje muri ibyo bihe nari ndimo.' Igihe yasengaga Imana, Jessica yabashije kwigobotora ibyo bitekerezo bihangayikishije.
Ati: “Nyuma yo gusenga numvise ko ibisigaye ari umurimo w’Imana, ko byari mu biganza byayo”. 'Naje kuruhuka kandi nari nzi icyo ngomba gukora.'
Jessica yagiye mu bizame byinshi by’akazi arangije agira amahirwe ahabwa akazi, ariko avuga ko yari kuba afite amahoro naho ibintu bitari kugenda neza ntabone akazi. Asobanura agira ati: “Naho ibisubizo byanyuma bitari kuba akazi gashya, nari gukomeza umutuzo wanjye.” 'Ibyo ari byo byose, Imana ni iyo kwizerwa niyo impa umutuzo igihe mbikeneye.'
Ubwo twasozaga twitegura kugenda, mubaza icyo yungutse dusubije amaso inyuma mu byamubayeho byose. Agira ati: 'Nuzuye amashimwe, kubera ko ijambo ry’Imana ari ukuri. Niko byanditswe kandi niko nabyiboneye. '
Mu gihe nari ntashye mvuye aho twafatiraga agakawa, nakomeje gutekereza ku kiganiro nagiranye na Jessica. Namenye ko uko ibintu byagenda kose nahura nabyo, nshobora gusenga Imana kandi ngasoma Ijambo ryayo kugira ngo ngire umutuzo muri njye. Hahirwa abafite uru rufunguzo rw’ibyishimo n’amahoro!
Source: ActiveChristianity.org
Source : https://agakiza.org/Kutamenya-neza-Iri-ni-ryo-jambo-ryambere.html
Â
By: TOP AFRICA NEWS Reporter, East
Officials in Rwamagana District of the Eastern Province of Rwanda have announced that during the fiscal year 2021/2022, each cell will have a Tree nursery which will make it easier for the public to access tree seedlings at a lower cost and even help some find employment.
The move was announced on November 21st, 2020, in Nyagahinga Village, Ruhunda Cell, Gishari Sector during an agroforestry planting exercise which was held as part of Rwanda's annual season for Tree and Forests Planting.
According to Dr. Nitanga Jean de Dieu, in charge of Agriculture and Natural Resources in Rwamagana District, the 2021/2022 budget will allocate money for each cell to have a tree Nursery.
He said that this will be achieved in collaboration with the Ministry of Environment and one Acre Fund Tubura as a partner of the District in natural resources and Environment Sector.
He says it will make it easier for residents to get agroforestry as well as fruits trees which will contribute to the rise of employment among the communities.
'In partnership with our stakeholders, by 2021/2022 each cell will have a tree Nursery, residents will be able to find work to support their families, find trees near them and select the desired fruit trees,' he said.
The Government of Rwanda continues to increasing the area covered by forests and agroforestry species.
Rwanda currently has 30.4% of its total lands covered by forests, a milestone seen as contribution to the Country 10 year commitment to the reduction of Carbon emissions.
The role of agro-forestry species and fruit trees is also important in continuing to achieve the country's reforestation goals.
The Minister of Environment Dr. Mujawamariya Jeanne d'Arc recently told residents in Nyanza District during the official launch of Forests planting season that forests play an important role to human health and the environment in general.
By pointing on the role of the trees in tackling the effects of climate change, experts believe that instead every village in Rwanda should have a tree nursery depending on what the population wants and can be produced in a certain area.
This can contribute to improved nutrition at home especially with fruit trees.
An area of 1,446 hectares in Rwamagana District will be planted with agroforestry species this year as of now they have reached 60% and will be completed by November this year.
57
The post Rwamagana District eyes a Tree Nursery in each cell by 2022 appeared first on TOP AFRICA NEWS.