Category: Uncategorized

  • Diego Maradona yitabye Imana #rwanda #RwOT

    Umukinnyi wabiciye muri ruhago mu myaka yashize, umunya-Argentine, Diego Armando Maradona yitabye Imana ku myaka 60 azize umutima.

    Uyu mugabo akaba yitabye Imana nyuma y’ibyumweru 2 asezerewe mu bitaro aho yari yabazwe ku bwongo nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi itwara amaraso mu bwonko.

    Mu ntagiriro z’uku kwezi yabagiwe mu bitaro bya Olivos Clinic biri i La Plata muri Argentine, aho umuganga we wamubaze Dr Leopoldo Luque yavuze ko byagenze neza.

    Diego Armando Maradona akaba yarajyanywe mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi ijyana amaraso mu bwonko aho yagendaga gake, kandi akaba yari yaranagize ikibazo cyo gukabanuka kw’amazi mu mubiri.

    Nyuma yo kuva mu bitaro, ibinyamakuru bitandukanye muri Argentine ndetse no mu Bwongereza byanditse ko uyu mugabo yahitanywe n’indwara y’umutima.

    Uyu mugabo ufatwa nk’umwe mu bakinnyi beza Isi yagize, yafashije igihugu cye Argentine kwegukana igikombe cy’Isi cyo mu 1986. Yitabye Imana ku myaka 60, yari umutoza wa Gimnasia y Esgrima yo mu cyiciro cya mbere muri Argentine.

    Maradona yitabye Imana

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/diego-maradona-yitabye-imana

  • Uko Muchoma yari yaririmbye Clarisse Karasira na Miss Pamela mu ndirimbo yahuriyemo na The Ben #rwanda #RwOT

    Indirimbo uyu muhanzi aheruka gushyira hanze ari kumwe na The Ben bayise 'Umutoso’ bishatse kuvuga umukobwa nk’uko abisobanura. Yagiye hanze ku wa 19 Ugushyingo 2020, ikoze mu buryo bw’amajwi n’amashusho.

    Ni indirimbo Muchoma Muchomani aririmbamo igitero kimwe ariko agasobanura ko ubusanzwe mbere ayandika yari ifite ibitero bibiri yagombaga kuririmba hakazamo undi muhanzi uririmba inyikirizo.

    Mu kiganiro yagiranye na ISANGO STAR, Muchoma yavuze ko mu gitero kimwe ari nacyo cyakuwemo ubwo yazanaga The Ben kuyiririmbamo harimo aho aririmba amazina y’abakobwa barimo Anitha Pendo.

    Uyu muraperi yasobanuye ko hari n’aho aririmba Clarisse Karasira byigeze kuvugwa ko amukunda ndetse na Miss Uwicyeza Pamella bivugwa ko ari mu rukundo rw’ibanga na The Ben.

    Yakomeje agira ati 'Hari aho naririmbaga ngo byina Gwala Gwala, Clarisse na Pamela… ariko byageze aho ubwo twashyiragamo The Ben icyo gitero biba ngombwa ko kivanwamo.'

    Uyu musore uterura ngo avuge iby’umubano we na Clarisse Karasira yabajijwe niba koko bakundana araruca ararumira.

    Indirimbo 'Umutoso’ yatunganyijwe mu buryo bw’amajwi na Heavy KiKi yunganirwa na Bob Pro naho amashusho yayo akorwa n’uwitwa Easy Cuts.

    Umuraperi Muchoma Muchomani ni umwe mu bakomeje kwigaragaza mu muziki akaba uretse iyi ndirimbo 'Umutoso’ yaherukaga gushyira hanze iyitwa Papa Trap yafatanyije na Mng CoCo ndetse n’iyitwa Nikibazo.

    Reba hano ‘Umutoso’

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Uko-Muchoma-yari-yaririmbye-Clarisse-Karasira-na-Miss-Pamela-mu-ndirimbo-yahuriyemo-na-The-Ben

  • Diego Maradona uherutse kubagwa mu mutwe yapfuye #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Diego Maradona yaramenyekanye cyane mu mupira w
    Diego Maradona yaramenyekanye cyane mu mupira w’amaguru

    Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Diego Armando Maradona, yitabye Imana ku myaka 60 azize indwara y’umutima, nyuma y’ibyumweru bibiri asezerewe mu bitaro aho yari yabazwe mu mutwe.

    Mu byo azahora y’ibukirwaho ni ukwegukana igikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 1986 aho yanikubiye ibihembo byinshi byatanzwe icyo gihe.

    Mu mwaka wa 1990 yongeye kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi ariko ntiyabasha kwegukana igikombe.

    Diego Maradona (ufite igipfuko mu mutwe) n
    Diego Maradona (ufite igipfuko mu mutwe) n’umuganga we Leopoldo Luque

    Mu gihe yavaga mu bitaro, Maradona yari ari mu modoka itwara indembe (ambulance) iherekejwe n’imodoka nyinshi z’abakunzi be, aho benshi bari bamaze iminsi bakambitse ku bitaro yari arwariyemo mu mujyi wa Buenos Aires muri Argentine, baririmba indirimbo zimusabira gukira.

    Isaha imwe mbere y’uko asohoka, muganga umukurikirana Dr Leopoldo Luque, yabanje gutangariza imbaga yari irimo n’abanyamakuru, ko Maradona yemerewe gutaha iwe mu rugo, akazakomeza kondorerwa mu nzu iherereye ahitwa Tigre, hafi y’umukobwa we wa bucura Giannina, umwe mu bana batanu ba Maradona babashije kumenyekana.

    Maradona yari yajyanywe mu bitaro afite ikibazo cyo kubura amaraso n’amazi mu mubiri tariki ya 02 Ugushyingo 2020, biza kugaragara ko afite ibibumbe by’amaraso byipfunditse mu mutwe we « hématome sous-dural », akaba yari yatangiye koroherwa nyuma yo kubagwa, gusa bikaba birangiye ashizemo umwuka kubera ikibazo cyo guhagarara k’umutima.


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/diego-maradona-uherutse-kubagwa-mu-mutwe-yapfuye

  • Ingengabihe ya shampiyona yashyizwe hanze, APR na Rayon Sports zirahura nyuma ya Noheli #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatatu ni bwo Ferwafa imaze gushyira ahagaragara uko amakipe azahura mu mwaka w’imikino wa 2020/2021, aho APR FC yagombaga guhera kuri Musanze, naho Rayon Sports izatangira yakirwa na Rutsiro FC.

    Uko ingengabihe ya shampiyona iteye

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/ingengabihe-ya-shampiyona-yashyizwe-hanze-apr-na-rayon-sports-zirahura-nyuma-ya-noheli

  • Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kugira uruhare mu guteza imbere uburinganire #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Madame Jeannette Kagame avuga ko urubyiruko ari ingenzi mu iterambere rya Afurika
    Madame Jeannette Kagame avuga ko urubyiruko ari ingenzi mu iterambere rya Afurika

    Yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ugushyingo 2020, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama mpuzamahanga, ivuga kuri manifetse y’abagore bakiri bato kuri Beijing+25, inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga ry’iya kure.

    Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kugeza ubu hakiri ibintu byinshi bizitira abagore bakiri bato ndetse n’abakobwa b’Abanyafurika bikababuza amahirwe, muri byo hakabamo ubukene, ubusumbane mu mahirwe ku bukungu ndetse no kutibona mu nzego zifata ibyemezo.

    Aho ni ho yahereye avuga ko amajwi y’urubyiruko ubu ari bwo akenewe kurusha ikindi gihe, ndetse n’ubunararibonye bwarwo bityo rugakora ubuvugizi.

    Yagize ati “Tubakeneyeho ubuvugizi no guteza imbere ibijyanye n’imari nk’igisubizo, kongera imbaraga mu ikoranabuhanga rihari, kongera ndetse no kuzana ibiganiro bishya mu guhugura, guhindura imyumvire no gusakaza amakuru afasha mu kurinda ubuzima”.

    Arongera ati “Ntitwirengagije ko hari inzitizi mu kuzamura urwego rw’ubuzima n’ubukungu by’umugabane wacu, inzitizi zituma ibyo twiyemeje kugeraho bigenda gahoro, ari muri politiki, imibereho n’ubukungu”.

    Icyakora Madame Jeannette Kagame avuga ko barimo gukorana n’abafatanyabikorwa b’ingenzi kugira ngo bahe urubyiruko umwanya n’ibikenerwa kugira ngo rubone ibisubizo ku bibazo biruhangayikishije kurusha ibindi, agasoza arubwira ati “Muri abantu b’ingenzi umugabane wacu ufite, ibyifuzo byanyu ni inshingano zacu”.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/madamu-jeannette-kagame-yasabye-urubyiruko-kugira-uruhare-mu-guteza-imbere-uburinganire

  • Icyamamare Diego Maradona yitabye Imana #rwanda #RwOT

    Maradona yatabarutse kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ugushyingo 2020, aho yari ari iwe mu rugo nyuma y’uko yari amaze ibyumweru bibiri asezerewe mu bitaro.

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imikino/article/Icyamamare-Diego-Maradona-yitabye-Imana

  • ARC Power to open new Solar Business Parks across Rwanda #rwanda #RwOT

    ARC which stands for Affordable, Reliable and Clean solar electricity has been in operation in Rwanda since 2017 and has immediate plans to connect 16,000 of its citizens nationwide. The creation of the Solar Business Parks reflects ARC’s desire to further empower rural communities of Rwanda and facilitate the emergence of untapped local business potential.

    ARC Power’s team on the ground is comprised of 95% Rwandan nationals and is now installing first time, grid-quality power to communities where commercial activity has hence far been limited due to a lack of electricity.

    The first of the parks- located in Murama in the Bugesera District- has recently opened its doors for business. Originally sporting four units, soon to expand to seven, the Solar Business Park will provide a home for a locally owned bakery, tailors, milling station and a welding shop. By early 2021, a further two Parks will go live to the Rwandan public.

    The Business Park operates a 'plug-and-pay’ business model which allows local entrepreneurs to pay for the power used, and the space they occupy at the park, at an agreed rate. For their part, ARC Power will provide any machinery required by the entrepreneurs on finance and charge businesses a small rental fee for each unit.

    Community engagement is at the heart of ARC Power’s work and residents will be consulted on their specific wants and needs before future Business Park plans are drawn up. Each site will therefore differ from the last and reflect the community it serves. It is not just about business, however, as ARC Power hopes to install an open-air cinema on the Murama site when Covid restrictions are lifted.

    By the end of 2021, ARC Power plans to have at least 20 Solar Business Parks up and running to power the creation of more than a hundred new businesses across Rwanda.

    Commenting on the development, CEO of ARC Power, Karl Boyce, said: 'Our work has always been about empowering the people of Rwanda by providing a solution to a lack of reliable power in rural areas. Through ARC Power’s clean, sustainable and dependable mini-grids we are well on our way and the creation of our Solar Business Parks is a further indication of our long-term intentions.'

    'It is one thing bringing power to rural areas, but we want to facilitate an expansion of commercial activities in these places, and by building Solar Business Parks and assisting budding local entrepreneurs with the cost of machinery, we hope to support the next wave of Rwandan businesses to build something meaningful,' he added.

    ARC Power has announced details for an initiative that will see new Solar Business Parks opened across its sites in Rwanda.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/arc-power-to-open-new-solar-business-parks-across-rwanda

  • Sergeant Major Robert wateye utwatsi ibyo gusambanya umwana yasabye ubuhungiro muri Uganda #rwanda #RwOT

    Ingabo z’u Rwanda zatangaje ku wa ko Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buri gushakisha uyu muhanzi bumukirikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure aho byavuzwe ko ashobora kuba ari umwana we.

    Nk’uko byatangajwe n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bubinyujije ku rubuga rwa Minisiteri y’Ingabo, ibi ngo byabereye mu murenge wa Ndera mu karere ka Gasabo kuwa Gatandatu tariki 21 Ugushyingo 2020.

    Sergeant Robert yahakanye aya makuru yavuzwe y’uko yasambanyije umwana ahubwo ashimangira ko yavuye mu Rwanda ahunze kubera ko yatotejwe ari nayo mpamvu ari gusaba ubuhungiro muri Uganda.

    Mu kiganiro yagiranye na Dial Monitor kuri uyu wa Gatatu, Sergeant Robert yavuze ko yageze muri Uganda ku wa 19 Ugushyingo 2020, aho yageze atorotse u Rwanda ahunze abamutoteza kubera ko avugana n’abo mu muryango wa Gen Fred Gisa Rwigema.

    Yagize ati 'Ndi muri Uganda nshaka uko mpunga abampiga bashaka guhitana ubuzima bwanjye. Igihugu cyanjye ntigishaka umuntu uvugana n’abo mu muryango wa Rwigema kandi njye mfitanye nabo isano.'

    Uyu musirikare yavuze ko bitashoboka ko yaba yarafashe umwana ku ngufu ku wa 21 Ugushyingo nk’uko byatangajwe kuko icyo gihe yari yaramaze kugera muri Uganda.

    Sergeant Major Robert azwi mu ndirimbo nyinshi yakoranye n’itsinda 'Army Jazz Band’ ry’abasirikare baririmba indirimbo zivuga ubutwari bw’ingabo z’u Rwanda.

    Yanamenyekanye mu zindi zitandukanye zivuga ubutumwa busanzwe zirimo n’ihimbaza Imana yakunzwe mu myaka yashize yitwa Impanda.

    N’ubwo ubu afite ipeti rya Sergeant Major, abantu bakomeje kumwita Sergeant Robert kuko ari ryo zina yamamayeho, bijyanye n’ipeti yari afite icyo gihe, ugiye kumuvuga wese akabanzaho ipeti bigera aho bamwe babifata nk’aho Sergeant ari akazina ke bwite.

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Sergeant-Major-Robert-wateye-utwatsi-ibyo-gusambanya-umwana-yasabye-ubuhungiro-muri-Uganda

  • Jibu Rwanda’s journey of providing jobs, access to safe and affordable drinking water #rwanda #RwOT

    Jibu set up in Rwanda in 2012 with a focus on producing safe drinking water using up to date water purification methods licensed by Rwanda Standards Board (RSB) and Food and Drugs Authority (FDA).

    Kabatende Darlington, the Managing Director of Jibu Rwanda has told IGIHE that the company has since inception gradually instilled the culture of drinking safe water among Rwandans and created job opportunities for Rwandans.

    'There are many achievements to celebrate. We have brought Jibu water closer to Rwandans and its benefits to public attention as much as we can. Rwandans are thankful because many people used to drink boiled water. It would take time and the hygiene of such water is sometimes compromised. We are happy that Rwandans in different districts have embraced our products over the past eight years,' he said.

    Kabatende explained that the cost should not be a barrier for Rwandans because Jibu water is made available at fair pricing.

    'We use reliable filtration methods to produce Jibu water and make it available nearby Rwandans’ homes at lower price. With only Rwf 1500, one can buy 20 liters contained in bottles with tap dispenser,' he noted encouraging more Rwandans to take advantage of that opportunity.

    Providing job opportunities

    Apart from instilling the culture of drinking safe water, Jibu has been a gateway for many to become entrepreneurs.

    Through 'Franchising’ model, Jibu has granted Rwandans an authorization to develop businesses acting as agents for the company’s products. According to Kabatende , this goes with progressive training to agents to ensure they meet requirements.

    'We have among others granted authorization to many Rwandans to sell Jibu water which created room for new opportunities. We have agents representing us in many shops granted authorization to filter and sell Jibu water. It has created chains of job opportunities to many Rwandans countrywide involved in those activities,' he stressed.

    Through the Franchising model, Jibu works with 50 agents producing its brand water and closely follows them up to ensure standards are respected.

    To date, Jibu employs 500 Rwandans of whom the majority is the youth.

    Jibu has footprints in other regional countries including Tanzania, Uganda, Kenya, Burundi, Zambia, Zimbabwe and the Democratic Republic of Congo (DRC).

    The company eyes expansion into other basic needs. It has already started manufacturing porridge flour known as 'Jibu Healthy porridge’ and plans to introduce gas in coming days.

    Jibu also participates in different Government programs aimed at promoting citizens’ welfare.

    JIBU has instilled the culture of drinking safe water among Rwandans.

    Jibu water is made available in different shops countrywide.

    Jibu leverages on updated water purification methods meeting standards.

    Jibu has ventured into the manufacturing of porridge flour.

    The Managing Director of Jibu Rwanda, Darlington Kabatende says the company has facilitated easy access to safe drinking water among Rwandans.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/jibu-rwanda-s-journey-of-providing-jobs-access-to-safe-and-affordable-drinking

  • MTV Africa Music Awards Return #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    MTV Africa and MTV Base announced the return of the continental flagship award show in 2021.

    The Iconic MTV Base celebration, MTV Africa Music Awards (MAMA), which showcases the ultimate in African culture, music, and creativity, will be held in a re-imagined virtual format in partnership with Uganda, The Pearl of Africa on February 20th 2021.

    The MTV Africa Music Awards Kampala 2021 will be broadcast on MTV Base (DStv Channel 322) and MTV (DStv Channel 130).

    The repeat show will also be aired on BET Africa, BET International and MTV channels across multiple continents as a one-hour MAMA-themed MTV World Stage feature. 

    The ultimate celebration of local African and international talent and achievement, MAMA 2021, in partnership with Uganda, The Pearl of Africa, recognizes and rewards musicians, trailblazers and those who are shining a light on the continent's diverse talent and creativity by instilling positive impact on African music and youth culture over the previous year.

    The awards ceremony will feature vibrant performances from leading African and international artists and will also showcase some of the biggest cross-genre and cross-border collaborations.

    The event will celebrate African talent across 20 award categories, including Best Male, Best Female, Best Song, and Best Collaboration.

    The contribution of artists from Portuguese and French-speaking Africa will also be recognized in the Best Lusophone and Best Francophone categories. Additional new categories included are the MAMA Generation Change Award, Best Fan Base, Alone Together Best Lock-down Performance and Personality of the Year.

    These new categories seek to demonstrate MTV Base's commitment to supporting the youth of Africa.

     The MAMA Generation Change Award will recognize the inspiring, young changemakers of the continent who are tackling some of the world's most challenging social problems.

    The Alone Together Best Lock-down Performance recognizes outstanding performances that took place virtually by celebrating artists who took to streaming services to share their music and unite society during the unprecedented 2020 Lockdown.

    The category selection criteria is from October 1st 2019 to October 1, 2020.

    The nominees will be announced in December 2020 and music lovers will have their say by voting for their favourite stars online.

    The news was revealed today via a virtual press conference broadcast from Johannesburg and Kampala by Monde Twala and Craig Paterson, Senior Vice Presidents and General Managers at ViacomCBS Networks Africa (VCNA), The State Minister for Tourism, Godfrey Kiwanda at Ugandan Ministry of Tourism and the CEO for the Ugandan Tourism Board, Lilly Ajarova.

    The engaging Q&A discussion included accomplished Ugandan artist Bebe Cool, highly skilled songstress Sheebah Karungi together with talented South African rapper Nasty C.

    Commented Monde Twala, Senior Vice President & General Manager, VCNA, 'It is an incredible honour to announce that the seventh MTV Africa Music Awards Kampala 2021 will be hosted by the vibrantly diverse Uganda, The Pearl of Africa for the first time on February 20th, 2021.

    'We are excited to bring this amazing showcase to audiences across the continent and globally with an innovatively re-imagined awards show and celebration,' he said.

    Due to the COVID-19 pandemic, content production has embraced innovation as the new gold and we are excited to take Africa to the World and showcase its immense talent and culture as we stage the biggest music awards show on the continent.'

    The Honourable Godfrey Kiwanda, State Minister for Tourism Uganda commented, 'It is an incredible achievement for Uganda to host the continent and International stakeholders for the MAMA Kampala 2021 for the first time.

    The awards are an extraordinary African cultural experience, and we understand the important role it plays in driving awareness, cross culture education and profiling the continent's rich leisure tourism offerings on the international stage.'

    'This is a wonderful opportunity for global audiences to experience Uganda's magnificence, the profusion of brilliant life and diverse natural wildlife, and the vast scale of entertainment, events, art, culture, cuisine, history and shopping. We are also so proud to be able to highlight Uganda's musical richness and give our talented artists the opportunity to showcase their immense talent, and the diversity of Uganda's sounds, to music fans beyond this continent. This is indeed a momentous occasion for audiences to experience Uganda as truly 'the Pearl of Africa'.'

    The MTV Africa Music Awards Kampala 2021 is brought to you by Uganda, The Pearl of Africa in an effort to promote tourism, wildlife and cultural heritage conservation for the socio-economic development and transformation of Uganda.

    Sustainable tourism, wildlife and cultural heritage will contribute to transforming Uganda into a modern and prosperous nation.

    Craig Paterson, Senior Vice President & General Manager, VCNA, continued, 'The latest edition of the MAMA promises to be our biggest and most innovative yet.

    Millions of fans worldwide will enjoy the digitally re-imagined celebration and African music via multiple broadcasts globally.

    'We are excited to partner with Uganda to bring viewers a unique format and experience that positions Africa's diverse heritage and digital innovation.'

    Always celebrating the pan-African scope of the MAMA, the awards will encompass three pulsating Road to MAMA broadcasts featuring MAMA nominees from across the continent.

    The MAMA Kampala 2021 brings the much-anticipated music industry workshops in a virtual format for the continent's aspiring musicians, youth upskilling and development.

    First staged in 2008, the MTV Africa Music Awards has recognised the talent of musicians, achievers and personalities from across Africa, rewarding iconic artists and gamechangers such as 2Face Idibia, AKA, Anselmo Ralph, Big Nuz, Cassper Nyovest, Clarence Peters, Cabo Snoop, Davido, D'Banj, Diamond Platnumz, Flavour, Gangs of Ballet, HHP, Fally Ipupa, Liquideep, Lira, Lupita Nyong'o, Mafikizolo Nameless, P-Square, Sarkodie, Tiwa Savage, Toofan, Trevor Noah,  Uhuru, Wahu, Wizkid, Yemi Alade,  Zebra & Giraffe and many more.

    The MTV Africa Music Awards Kampala 2021 will broadcast on MTV Base (DStv Channel 322) and MTV (DStv Channel 130) on February 20th 2021.

    The show will also be aired on MTV channels across multiple continents as a one-hour MAMA-themed MTV World Stage feature. 

    For more information on the MTV Africa Music Awards Kampala 2021, please go to www.mtvmama.com, like us on Facebook at www.Facebook.com/MTVBaseVerified, or follow us on Twitter and Instagram @MTVBaseAfrica.

    To join the conversation about the awards, please use the hashtag #MTVMAMA2021 #VISITUGANDA.

    MAMA 2021 Award Categories

    1.   Best Female
    2.   Best Male
    3.   Best Group
    4.   Best Breakthrough Act
    5.   Best Collaboration
    6.   Best Hip Hop
    7.   Best Alternative
    8.   Best Ugandan Act
    9.   Best Lusophone Act
    10. Best Francophone Act
    11. Best International Act
    12. Video of the Year
    13. Song of The Year
    14. Artist of the Year
    15. Alone Together Lockdown Performance
    16. Listeners Choice
    17. Best Fan-Base Award
    18. Personality of the Year
    19. MAMA Legend Award
    20. MAMA Generation Change Award

     

    0Shares
    0

    The post MTV Africa Music Awards Return appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/mtv-africa-music-awards-return/