Category: Uncategorized

  • Isco utishimiye i Madrid mu nzira zerekeza muri Arsenal #rwanda #RwOT

    Mike Arteta yatunze agatoki Isco nkimwe mu ntwaro yiteguye kuzana mu kwa mbere k'umwaka utaha amuvana muri Real Madrid, nkuko bitangazwa n'ibinyamakuru byo muri Espagne.

    Nyuma yuko mu mpeshyi y'uyu mwaka ikipe ya Arsenal iguze Thomas Partey nkumwe mu bakinnyi bitezeho umusaruro mu gihe kirekire bamutanzeho asaga miliyoni 44.5 z'ama Pound, iyi kipe kandi yaguze Gabriel, Pablo Mari, Willian na Cedric Soares.

    Iyi kipe y'abarashi nkuko bakunze kuyita ngo yiteguye gusinyisha Isco ukina hagati mu kibuga, akaza muri Arsenal mu kwezi kwa k'umwaka utaha.

    Francisco isco ukomeje kubura umwanya wo kubanza mu kibuga

    Kuri ubu Arsenal iri Ku mwanya wa 12 muri shampiyona. Aho yatsinze Manchester United, Fulham, Sheffield United, Westham United. Ariko yatsinzwe na Manchester City, Leicester city, Liverpool na Aston Villa. Mu gihe ubushize yanganyije 0-0 na Leeds United.

    Arteta ngo yiteguye gutanga ibishoboka byose ariko akabona isco, ibitangazamakuri byo muri Espagne bivuga ko uyu mutoza yifuza isco Ku ntizanyo maze akazamugura mu mpeshyi y'umwaka utaha.

    Francisco Isco w'imyaka 28 yageze muri Real Madrid mu mwaka wa 2013 avuye muri Malaga kuri miliyoni 30 z'ama Euro, amaze gukinira iyi kipe imikino irenga 200.

    Zimwe mu mpamvu zihishe inyuma yo kutishima k'uyu munyespagne harimo no kubura umwanya wo gukina, dore ko kuva uyu mwaka w'imikino watangira amaze kubanza mu kibuga inshuro eshatu gusa.

     

    The post Isco utishimiye i Madrid mu nzira zerekeza muri Arsenal appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/11/27/isco-utishimiye-i-madrid-mu-nzira-zerekeza-muri-arsenal/

  • Kagame holds talks with Israel Communications Minister #rwanda #RwOT

    Yoaz Hendel is in Rwanda since Thursday. He arrived in Kigali onboard Israir aircraft which landed in with 80 tourists from Israel.

    Also present during the discussions were Rwanda’s Minister of ICT and Innovations, Paul Ingabire and Israel ambassador in Rwanda, Ron Adam.

    Before holding discussions with President Kagame, Hendel and Ingabire signed Memorandum of Understanding aimed at strengthening collaboration in the areas of ICT and innovation to cement existing relationship.

    The agreement will also pave the way for collaboration between business communities.

    Rwanda and Israël relations date back in 1962 when the country obtained Independence.

    In 2014, Rwanda became the first African country to sign bilateral agreements and later in 2015 opened embassy in Tel Aviv, Israël.

    In January 2019, both countries signed bilateral air service agreement to operate direct flights.

    In the same year, RwandAir started flights to Tel Aviv.

    Israel Prime Minister, Benjamin Netanyahu visited Rwanda in 2016.

    President Paul Kagame has today met with Israel Minister of Communication, Yoaz Hendel.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/kagame-holds-talks-with-israel-communications-minister

  • Abarangije muri PIASS batakoze imenyerezamwuga ntibemerewe akazi batararikora #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Bamwe mu barangije muri kaminuza ya PIASS batakoze imenyerezamwuga bangiwe gutangira akazi batsindiye batararikora
    Bamwe mu barangije muri kaminuza ya PIASS batakoze imenyerezamwuga bangiwe gutangira akazi batsindiye batararikora

    Ibyo ni ibitangazwa n’ubuyobozi bw’Inama nkuru ishinzwe uburezi (HEC), kuko kuri yo ngo abo bantu batujuje ibyangombwa n’ubwo batsinze ibizamini by’akazi.

    Umwe mu babujijwe gukora akazi mu Karere ka Rutsiro utifuje ko amazina ye atangazwa, avuga ko atumva ukuntu ubu ari bwo abajijwe iby’imenyerezamwuga.

    Ati “Turi ku ishuri ntibigeze batubwira gukora imenyerezamwuga ngo twange kurikora, none umuntu amaze gukora ikizamini cy’akazi anagitsinda neza none ngo ntitwemerewe gukora nk’abandi. Ibi ndabona ari akarengane kuko batumye dutakaza imyanya twari tubonye, wenda bareba uko babigenza ibyo dusabwa tukabikorera mu kazi ariko ntitugatakaze kandi kukabona bigoye”.

    Umuyobozi wa kaminuza ya PIASS, Prof Elysée Musemakweli, yemeza ko iryo menyerezamwuga batarikoze koko, gusa ngo muri gahunda bagenderagaho n’ubundi ntiryari ririmo, icyakora ubu ngo barimo kurishyiramo.

    Ati “Twaganiriye na HEC kuri icyo kibazo, tubabwira ko gahunda tugenderaho yemejwe n’icyo kigo muri 2013 iryo menyerezamwuga ritagaragaramo, bityo ko twebwe nta kosa twakoze. Icyakora ubu turimo kubisubiramo kuko twabonye ko Minisiteri y’Uburezi ikomeye kuri iryo menyerezamwuga, bazajya barangiza A1 bararikoze kimwe n’abarangiza A0”.

    Ati “Icyo dusaba Minisiteri y’Uburezi n’uturere, ni uko abo bari barangije gutsinda ibizamini bari ku rutonde rw’abahawe akazi batabirukana. Wenda babahe igihe gito bakore iryo menyerezamwuga, batange raporo noneho HEC ibisuzume itange umwanzuro wa nyuma, nibamara kubona ibyangobwa byuzuye bakomeze akazi ariko batakuwe ku rutonde kandi baratsinze neza ibizamini by’akazi”.

    Umuyobozi mukuru wa HEC, Dr Rose Mukankomeje, avuga ko abo bafite icyo kibazo kuri we ko dosiye zabo zituzuye bityo ko bagomba kubanza kuzuza ibibura.

    Dr Mukankomeje avuga ko abo banyeshuri batujuje ibyangombwa bityo ko bagomba kuzuza ibisabwa
    Dr Mukankomeje avuga ko abo banyeshuri batujuje ibyangombwa bityo ko bagomba kuzuza ibisabwa

    Ati “Kaminuza ya PIASS ubundi ntiyemerewe gutanga A1, ariko kubera ko ari abantu bigisha, iyo bayirangije bahabwa urupapuro rwerekana icyiciro barangije (Intermediate Award) bakaba bari mu kazi ariko bakazakomeza A0 bagahabwa icyangombwa cyuzuye. Ni ngombwa rero ko bakora iryo menyerezamwuga n’ubwo tuzi ko nyuma yo kubagenzura batasanze ari abaswa”.

    Ati “Kuri twebwe rero dosiye zabo ntizuzuye, sinajya kureba ko abarimu bajya mu kazi bujuje ibyangombwa ngo mvuge ko abo babyujuje. Icyo nsaba ababahaye akazi, nibaganire n’izindi nzego zirimo Minisiteri y’abakozi ba Leta n’iy’Uburezi, babahe igihe gito bakore iryo menyerezamwuga bityo buzuze ibyo babura”.

    Ibyo biravugwa mu gihe Minisiteri y’Uburezi yari imaze iminsi mu gikorwa cyo gushyira abarimu mu myanya kuko amashuri yari agiye gufungurwa nyuma y’igihe kinini afunze kubera Covid-19.


    source https://www.kigalitoday.com/uburezi/amashuri/article/abarangije-muri-piass-batakoze-imenyerezamwuga-ntibemerewe-akazi-batararikora

  • Bikomeje kuba urudubi, Ethiopia yohereje izindi ngabo muri Tigray 'gukora icyiciro cya nyuma' mu kurwanya ingabo za TPLF #rwanda #RwOT

    Abasirikare bo mu ngabo z'igihugu cya Ethiopia (ENDF) basabwe kujya i Mekelle, umurwa mukuru w'akarere ka Tigray, aho leta ibona ko ari icyiciro cya nyuma cyo kurwanya imyigaragambyo y'abayobozi ba guverinoma y'akarere.

    Biteganijwe ko abasirikare ba Ethiopia bazarwana n'ingabo za guverinoma y'akarere, Tigray People Liberation Front (TPLF), mu murwa mukuru. Ijambo ryatanzwe na minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Abiy Ahmed, ryasezeranije ko abasivili bazarindwa guhitanwa n'impanuka mu gihe basaba aba Tigrayans guhitamo uruhande hagati ya Addis Abeba na TPLF.

    Kuri uyu wa kane, Ahmed wahawe igihembo cy'Amahoro cyitiriwe Nobel, yanditse ku rubuga rwa twitter atangaza ko 'igihe cy'amasaha 72 cyahawe agatsiko k'abagizi ba nabi TPLF gutanga mu mahoro ubu kirangiye kandi ubukangurambaga bwacu bwo kubahiriza amategeko bukaba bugeze ku ntera yanyuma'.

    Ariko iryo tangazo ryagaragaje kandi ko 'ibihumbi by'ingabo zidasanzwe za Tigray n'abasirikare bitwaje intwaro' bamaze kwitanga muri iki gihe cy'amasaha 72 bahawe.

    Itumanaho rya Ethiopia kuva amakimbirane yatangira ku ya 4 Ugushyingo rigaragara ko yemera ko ubu igihugu kirwana intambara ebyiri, iy'imbunda n'iy'irangamuntu. TPLF yabaye guverinoma y'akarere ka Tigray kuva mu myaka icumi ishize yikinyejana cya 20 kandi ifatwa nk'umutwe wa politiki ukubiyemo indangamuntu y'aba Tigrayan.

    Agace ka Tigray, agace kanini k'imisozi kandi kakakaye, yitiriwe abaturage ba Tigray bavuga Tigrinya, ubwoko bwa kane mu moko manini ya Ethiopia butageze ku 10% by'abaturage b'igihugu.

    Nubwo hari umubare muto w'Aba Tigrayani muri iki gihugu, TPLF yaremye Ethiopia nyuma y'intambara y'ubutita kurusha indi mitwe ya politiki yo muri iki gihugu.

    Mu 1991, ishyaka rya politiki ry'abarwanyi-cum ryayoboye ihuriro ry'imitwe yitwara gisirikare n'imitwe yo guhirika Repubulika Iharanira Demokarasi ya gikomunisiti ya Ethiopia. Nyuma yibyo, iryo tsinda ryagize uruhare muri  guverinoma ihuriweho n'amashyaka, kandi hari igihe ryabyaye minisitiri w'intebe muri nyakwigendera Meles Zenawi.

    Kubera kutumvikana n'ishyaka ry'iterambere rya Ahmed muri 2019, TPLF yavuye mu buyobozi bwe buhuriweho n'amashyaka.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/27/bikomeje-kuba-urudubi-ethiopia-yohereje-izindi-ngabo-muri-tigray-gukora-icyiciro-cya-nyuma-mu-kurwanya-ingabo-za-tplf/

  • Canal+ International yafunguye ishami mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Muri uyu mwaka, CANAL + INTERNATIONAL na TELE10 bateje imbere ubufatanye bwabo bashyiraho CANAL + RWANDA. Iri terambere ryifujwe n’aba bafatanyabikorwa bombi rizatuma bishoboka gushyira imbaraga mu guteza imbere urwego rw’amajwi n’amashusho mu Rwanda.

    CANAL + RWANDA igamije gutanga umusanzu mu iterambere ry’ubucuruzi no gukwirakwiza amashene ya CANAL + mu karere kose k’u Rwanda.

    Ikindi ni uko Canal+ Rwanda yifuza kuba umufatanyabikorwa w’imena mu guteza imbere ibijyanye na cinema mu Rwanda.

    Canal + yagiye igaragara mu bikorwa bitandukanye byo guteza imbere urwego rw’amajwi n’amashusho mu Rwanda. Uhereye nko kuri filime La Miséricorde de la Jungle ya Joël KAREZEKI, Petit Pays ya Eric BARBIER cyangwa se Notre Dame du Nil ya Atiq RAHIMI zakozwe ndetse zikanerekanwa ku ma shene ya Canal+.

    Gufungura Canal+ mu Rwanda bizafasha mu guteza imbere ibihangano bikorerwa mu rwanda bigenewe abafatabuguzi bose.

    Si ibyo gusa kandi, kubera ama shene ya Canal+, iyi kompanyi niyo yonyine ikorana n’amashene akorera mu Rwanda agera ku 9 ariyo : RTV, TV10, TV1, Flash TV, Isango TV, Authentic TV, BTN, Genesis TV.
    .
    Sophie TCHATCHOUA, Umuyobozi mukuru wa CANAL+RWANDA, asobanura ibi yagize ati : ” Bashyize imbaraga hamwe TELE10 hamwe na CANAL+ INTERNATIONAL biteguye kuza ku isonga mu kugeza ku banyarwanda bose amashusho meza.

    CANAL+ RWANDA izashyiramo ubunararibonye isanganywe kugirango ifashe iterambere ry’imyidagaduro mu Rwanda “

    Kugirango bigerweho ibiro bya Canal+ byatangiranye n’ikipe izabafasha kugera ku ntego yabo. CANAL+ RWANDA ikaba yiteguye gufatanya nabifuza gukorana nayo muri uru rugendo rushya. Hamwe na TELE 10 bafatanyije, CANAL+ RWANDA yiteguye kuzamura imyidagaduro binyuze mu guha abafatabguzi bayo ibyiza bya siporo ku rwego rwa Afurika ndetse n’urwego mpuzamahanga.

    Itsinda cya CANAL+ ni itsinda riyoboye amashene akomeye ya CANAL+ ndetse n’andi mashene asanzwe binyuze mu kwishyura ifatabuguzi ry’amashusho. Iri tsinda kandi ni itsindi ry’icyitegererezo ku ma televiziyo y’ubuntu ariyo, C8, CSTAR na CNEWS ndetse n’ibijyanye no kwamamaza.

    Ku rwego mpuzamahanga, itsinda rya CANAL+ rizwi kuba rikomeye ku migabane y’uburayi, Afurika ndetse na Aziya. Muri rusange, itsinda rya CANAL+ rifite abatabuguzi miliyoni 20 ku isi yose, muri bo Miliyoni 5 bakaba babarizwa ku mugabane wa Afurika. Hamwe na STUDIOCANAL, itsinda rya CANAL+ niryo riyoboye ku mugabane w’u Burayi mu gutunganya, guhabwa uburenganzira ndetse no gucuruza amafilime ndetse na series za televiziyo. Itsinda rya CANAL+ rifitwe ku rwego 100% na Vivendi, itsinda mpuzamahanga rishinzwe gutegura no gutunganya amashusho.

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/Canal-International-yafunguye-ishami-mu-Rwanda

  • Uko Bruce Melodie yatangiye kwinjiza amafaranga mu iduka yafunguye abyita imikino #rwanda #RwOT

    Nyuma yo gufungura iduka ricuruza ibintu bitandukanye ku rubuga rufasha abantu kugura no kugurisha mu buryo bworoshye rwa Catchyz, Bruce Melodie ahamya ko yatangiye gukorera amafaranga kandi yarabitangiye abyita imikino.

    Mu mpera z’ukwezi gushize k’Ukwakira, nibwo Bruce Melodie na we yafunguje iduka kuri uru rubuga rufasha abantu guhaha mu gito nta komisiyo kandi icyo uguze bakakikuzanira aho uri.

    Uyu muhanzi avuga ko yabitangiye abyita imikino ariko ubu akaba yatangiye kubikuramo amafaranga aho amaze kugurisha ibintu bitandukanye.

    Ati'nabikoze ari nk’imikino, nagurishije ibintu bitandukanye mperutse gushyiraho lunette bahita bazitwara mukanya nk’ako guhumbya, izo nazigurishije ibihumbi 20. Ni kuri kompanyi yacu yitwa Catchyz, ibintu biba bihendutse.'

    Uru rubuga rwa Catchyz ari naho iduka rya Bruce Melodie riri, ni urubuga nyarwanda rufasha mu kugura ibintu bitandukanye hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga, muri iyi minsi bafite na poromosiyo ya Black Friday izarangira ku wa 5 Ukuboza 2020 aho ibicuruzwa byose ibiciro baba babigabanyije aho kugira ngo ujye muri iyi poromosiyo ujya kuri Catchyz ukajya mu ishakiro ukandikamo #blackfriday.

    Bruce Melodie ngo nyafunguye iduka abyita imikino

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/uko-bruce-melodie-yatangiye-kwinjiza-amafaranga-mu-iduka-yafunguye-abyita-imikino

  • Government in Rwf 11.7 billion debt recovery #rwanda #RwOT

    The list of individuals owing debts to the Government is released tri-monthly. The latest released in November reports Rwf11.719.858.881 debts from 2416 people.

    Among them, 365 individuals falling under the category of bribery cases owe Rwf1, 282,536,757 to the Government.

    The category of public funds misallocation includes 620 owing Rwf8, 205,240,678 to the Government with the majority comprising of public servants, cooperative managers among others.

    Ten individuals who lost court cases in commercial courts owe Rwf 163,736,520 to the Government while Rwf 31,897,969 are to be recovered from 37 people defeated in administrative court cases.

    Among others, 23 individuals fined in other special cases are to pay Rwf147,361,677 while 1360‬ convicted for trafficking and abuse owe Rwf 1,889,085,280 to the Government.

    The Minister of Justice and State’s Attorney General, Busingye Johnston recently revealed that recovery systems are under updating process following an observation that some people are less concerned in clearing the debts.

    During a recent press briefing, Busingye explained that people were reluctant to clear debts from lost court cases within the past five years thinking there is no ground for follow up.

    'It took time to realize that it became a habit. We established a department to recover public funds in the Ministry, set guideline and started writing to people owing the money,' he said.

    Busingye highlighted that people should be accountable and pay debts willingly.
    'People wake up early to pay taxes to meet deadlines. No one calls them. We want to establish similar system,' he noted.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/government-in-rwf-11-7-billion-debt-recovery

  • Former Premier Habumuremyi handed 3-year sentence over bounced cheques #rwanda #RwOT

    The ruling has been read virtually today with minority presence of the Habumuremyi’s relatives as the convict was in Nyarugenge prison where he is detained.

    The court also slapped him Rwf 892 million fine million while co-accused Charles Serushyana has been acquitted of signing on a cheque for an account which is not credited.

    During the previous hearing held on 6th November, the prosecution requested Nyarugenge Intermediate Court to hand five-year sentence to Habumuremyi and slap him the fine of Rwf892.2 million for issuing a bounced cheque.

    Concerning the other crime of breach of trust, prosecution requested imprisonment of three years and Rwf1 million fine for the suspect.

    The former Prime Minister was arrested in July following the closure of the Christian University of Rwanda (CHUR) to which he was owner and legal representative.

    The university management was also accused of not paying lecturers and other employees, which had prompted an audit from the Higher Education Council.

    Before closure by the Ministry of Education, his university had campuses in Kigali and another one in Karongi District.

    Alleged crimes were in connection to anomalies in the management of the university where he was said to have accumulated millions of francs in debts to different suppliers to his university. The university management was also accused of not paying lecturers and other employees.

    Habumuremyi has been pleading not guilty of all charges against him at different hearings.

    Habumuremyi appeared in Gasabo Primary Court for the first time in July 2020.

    Habumuremyi served as Prime Minister of Rwanda from 7th October 2011 until 24th July 2014. Since 2015, Habumuremyi has served as the chairman of Chancellery for Heroes, National Orders and Decoration of Honour prior to his arrest.

    Habumuremyi has been pleading not guilty of all charges against him at different hearings.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/former-premier-habumuremyi-handed-3-year-sentence-over-bounced-cheques