Category: Uncategorized
-
Umunya-Zimbabwe Natasha yegukanye ikamba rya Miss Career Africa 2020 ahigitse abarimo abanyarwandakazi-AMAFOTO – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Nawe byamurenze! Umukobwa witwa Natasha Dlamini wo muri Zimbabwe wari ufite nimero 15, yegukanye ikamba rya Miss Career Africa 2020, aratungurwa mu buryo bukomeye ku buryo yamaze iminota myinshi atarumva ko ari we Imana yatoranyije. -
Byakomeye muri CNRD/FLN, Col Bazambanza yafashwe mpiri naho uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru Mukiza David yicwa n'umutima kubera igitutu cya FARDC #rwanda #RwOT
Ingabo za FARDC zimaze iminsi zigaba ibitero simusiga ku nyeshyamba za za FLN zigizwe ahanini n'abarwanyi ba CNRD-Ubwiyunge muri Kivu zombi aho zibahiga bukware. Muri ibyo bikorwa bya gisirikari niho uwitwa Col Bazambanza Donat uzwi nka Chairman yatawe muri yombi tariki ya 25 Ugushyingo 2020 muri Zone ya Kalehe aho abarwanyi benshi ba CNRD/FLN bahasize ubuzima.
Mu gihe Col Bazambanza yafatwaga mpiri, uwitwa Mukiza David waruzwi ku mazina ya Mutabazi William cyangwa Nyawenda yaguye mu birindiro bya CNRD/FLN ahitwa Hewa Bora muri Fizi, Kivu y'amajyepfo azize umutima kubera ibikorwa bya gisirikari bya FARDC. Col Bazambanza yari ashinzwe ibikorwa bya politiki mu gisilikare bya FLN/CNRD.
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi demokarasi ya Congo FARDC zimaze iminsi zihiga udutsinda tw'abarwanyi ba CNRD/FLN mu bice bya Kalehe,Magundu , Nakipupu na Shanji,aba abarwanyi bakaba barihishe mu bihuru no mu giturage ubwo FARDC yasenyaga umutwe w'inyeshyamba za CNRD/FLN mu mwaka 2019 ndetse n'uwari Perezida wa CNRD /FLN Lt.Gen Wilson akicwa.
Nkuko byatangwajwe na Rwanda Tribune, amakuru arebana n'iyi mirwano kandi yemejwe n'Umuvugizi w'ibikorwa bya gisilikare muri Operasiyo Zokola I Capt Dieudonne Kasereka,mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wacu uri Kamanyola.
Yagize ati 'nibyo koko ingabo zacu zikomeje guhumbahumba bamwe mu dutsinda tw'abarwanyi ba CNRD bari barihishe mu baturage no mu bihuru ubwo twabahigaga mu mwaka wa 2019,benshi bavuye mu birindiro byabo bariyoberanya bihisha,mu baturage abandi bajya kwikinga muri za Mai mai'
Yakomeje agira ati 'ubu rero twasubukuye ibikorwa byo kwirukana abo barwanyi tukabashikiriza Leta y'uRwanda ,kuko ntacyo bafite barwanira,igihugu cy'uRwanda gifite umutekano,turasaba abarwanyi bacyihishahisha kwizana k'ubushake bwabo mu maboko ya FARDC cyangwa MONUSCO'.
Izi ngabo zikaba zerekeje kandi mu bice bya Haut Plateaux ku bwinshi aho bivugwa ko Gen Hamada akambitse, FARDC yitwaje imbunda nini n'ibimodoka by'intambara, yerekeje muri ako gace.
Col Donat Bazambanza yavutse mu mwaka wa 1976,avukira muri Komini Mukingo, Umurenge wa Busogo,ubu ni mu Karere ka Musanze,Intara y'Amajyaruguru,yinjiye mu gisilikare cya EX FAR muri 1994 mu ishuri rikuru ry'Aba Ofisiye ESM.
Col Bazambanza abarizwa muri cyiciro cya 35 cya ESM ,igihe ingabo za RPF zafataga Kigali abanyeshuri ba ESM bimuriwe i Kigeme ku Gikongoro ari naho yakomereje naho baza kuhirukanwa ingabo za RPF,yahunze afite ipeti rya Adjudent eleve .
Yakomereje amasomo ya gisilikare ahitwa iBurongi muri Kivu y'amajyepfo ahakura ipeti rya Su Liyetona nyuma ahungira muri Congo Brazaville ahitwa Rukorera muri 1998, yaje kugarukana n'abarwanyi ba ALIR II muri Equateur, mu gice cya ba FDLR cyiswe Abadusuma,muri 2016 ubwo havukaga CNRD UBWIYUNGE yashinzwe ibikorwa bya politiki mu gisilikare G5.
The post Byakomeye muri CNRD/FLN, Col Bazambanza yafashwe mpiri naho uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru Mukiza David yicwa n'umutima kubera igitutu cya FARDC appeared first on RUSHYASHYA.
-
Amateka y’umuhanzikazi nyarwanda Empress Nyiringango uba muri Canada wamaze gusohora amashusho y’indirimbo ‘Wanalia’-VIDEO – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Nyiringango Empress wamamaye kera nka Missy Nina ni umuhanzikazi nyarwanda w’umuhanga uba muri Canada, gusa muri iyi minsi akaba ari mu Rwanda aho yaje gufata amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze harimo na ‘Wanalia’ yamaze kugera hanze. Aririmba mu rwunge rw'injyana zitandukanjye nka Afro-soul, jazz, blues, reggae na gakondo. -
Imyidagaduro n’ibitaramo ndangamuco byakomorewe, bizagenda bifungurwa buhoro buhoro – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Nyuma y’amezi 8 imyidagaduro n’ibitaramo bihagaritswe mu Rwanda mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, kuri ubu Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko bikomorewe ariko bikazajya biba mu buryo bwubahirije amabwiriza yo kwirinda iki cyorezo gihangayikishije Isi n’u Rwanda rurimo. -
Ibyo wakora ukarwanya impumuro mbi yo mu kanwa #rwanda #RwOT
Impumuro itari nziza yo mu kanwa ibangamira benshi yaba ari uyirwaye cyangwa uwo bari kuvugana. Hari uburyo bworoshye kandi busanzwe bwagufasha kuyirwanya niba uyifite.
Iyi mpumuro mbi yo mu kanwa cyangwa kunuka mu kanwa akenshi bituruka ku isuku nke umuntu agirira mu kanwa he. Iyo utitaye mu kanwa ngo uhoze neza ndetse n’amenyo ngo uyasukure uko bikwiye niho havamo impumuro mbi.
Ibintu 5 wakora ukarwanya impumuro mbi mu kanwa:
1) Niba umaze kubona ko unuka mu kanwa, mu gihe usukura mu kanwa unoza amenyo ugomba koza ururimi rwawe neza umaze kurya ndetse ukanoza amenyo neza witonze.
2) Gerageza urye shikareti zirimo mint bityo bigufashe guhumuza mu kanwa noneho ya mpumuro mbi igende isubira inyuma.
3) Ujye urya ibiryo byongera amacandwe mu kanwa birimo umuceri, imbuto, amafi, amagi n’ibishyimbo, wirinde kurya ibiryo birimo acide nyinshi cyangwa isukari nyinshi.
4) Nywa amazi menshi ahagije ku munsi bityo bikurinde kumagara mu kanwa kuko iyo humye niho hava impumuro mbi.
5) Kunywa icyayi cy’icyatsi iki cyizwi nka Green Tea mu ndimi z’amahanga. Iki cyayi ni umuti ukomeye uvura impumuro mbi yo mu kanwa kubera ibikigize.
Source: www.healthline.com & Inyarwanda.com
Source : https://agakiza.org/Ibyo-wakora-ukarwanya-impumuro-mbi-yo-mu-kanwa.html
-
Public Development Banks Meet To Reflect On Pandemic Impact #rwanda #RwOT
0SharesThe first ever international summit of Development Banks recently concluded in Paris, bringing together different participants from around the globe. Due to the ongoing Covid-19 pandemic the meeting was held virtually, with the main objective being mobilization of a collective response to the ongoing pandemic and a discussion of measures that need to be taken to build a sustainable recovery.
Most prominent at the summit were representatives from Public Development Banks whose main mandate is to implement different countries' commitments to development and international solidarity in line with the Sustainable Development Goals (SDGs.)
The convener of the meeting was French public bank, Agence française de développement (AFD).
Caroline ABT of AFD Rwanda gives a clear picture.
Caroline ABT, reckons the crisis has made the role of PDBs more necessary than ever: 'with private financing drying up, sometimes drastically in developing countries, Public Development Banks have a major role to play.'
Amid the crisis, AFD deployed instruments in order to support and restart the economy and sought to reconcile financing with longer-term objectives, particularly on nature conservation and the reduction of inequalities.
The 'Covid-19-Santé en commun' initiative adopted by AFD in April 2020 in response to the health crisis is based on the mobilization of 1.150 billion euros, with a redeployment of credits for 2020. At the end of September 2020, the initiative had already launched nearly 50 new projects in response to the pandemic.
Also, Proparco, the subsidiary focused on private sector development, strengthened the monitoring of its customers and offered them solutions enabling them to cope with the economic crisis, in particular by making existing loans more flexible (i.e. moratoriums).
Additional funding has been allocated to support the dynamic of recovery and economic recovery that will follow the health crisis.
On the importance and dynamics of the summit Caroline said it was the first major international meeting on finance and public development issues organized in the context of COVID-19.
It brought together the 450 Development Banks as well as various stakeholders, heads of state, governments, international organizations, representatives of the private sector, civil society, philanthropic organizations, think tanks and academia, and featured numerous panels.
Adapting to the particular health situation the summit offered a mix of face-to-face meetings and digital format via a dedicated platform, thus ensuring interactive participation between stakeholders.
The summit addressed the urgent need to create a coherent action between the different actors of finance and development (financial institutions, governments, civil society and academia) for an equitable, sustainable and inclusive development.
The ongoing pandemic has demonstrated the key role played by PBDs, highlighting the need for governments to have flexible financial instruments to reconcile short-term emergencies (such as the health crisis we are experiencing) with their economic consequences and the still tense context of the environmental crisis.
The postponement of the COP26 to 2021 made the summit an essential meeting to feed the momentum around climate issues, a few weeks before the UN and the British government convene a climate summit on December 12 on the occasion of the 5th anniversary of the Paris agreements.
One of the key deliverables of the summit was a joint statement by the 450 PDBs with commitment to support the transformation of the global economy and societies towards sustainable and resilient development.
Today, it is essential that we build back better, by simultaneously designing and acting for sustainable, equitable and inclusive outcomes and impacts, leaving no one behind.
To this end, PDBs affirmed their determination to collectively shift strategies, investment patterns, activities and operating modalities to contribute to the achievement of the SDGs and the objectives of the Paris Agreement, while responding to the Covid-19 crisis.
For greater impact, they expressed their commitment to join forces and form a global coalition of all PDBs around the world.
Solutions are urgently needed, aligned with the Addis Ababa Action Agenda, 2030 for Sustainable Development and the Paris Agreement, collectively set in 2015, to unlock the potential of all financial flows, public and private and help shift current development pathways towards sustainability.
Short-term decision-making must be aligned with longer-term goals. The time has come for consistent action of all global finance players.
0SharesThe post Public Development Banks Meet To Reflect On Pandemic Impact appeared first on Taarifa Rwanda.
Source : https://taarifa.rw/public-development-banks-meet-to-reflect-on-pandemic-impact/
-
Former Rwandan Prime Minister Sentenced To Three Years #rwanda #RwOT
0SharesEx-Prime Prime Minister Pierre Damien Habumuremyi was sentenced to three years in prison and fined Rwf892.2 million (about US$926,000) for issuing bounced checks, Nyarugenge Intermediate Court in the Rwandan capital city Kigali ruled on Friday.However, the court dismissed the charge of breach of trust saying that the prosecution lacked sufficient evidence.He was arrested this July and was allegedly issued bounced checks worth Rwf100 million between 2018 and 2019 when he was the rector of the Christian University of Rwanda, which is defunct. Habumuremyi served as prime minister from October 2011 to July 2014.The former head of cabinet committed the crime between 2018 and 2019 as the rector and owner of Christian University of Rwanda and is behind the mismanagement of the university that owes over 1 billion Rwandan francs (about US$1.05 million) of unpaid wages to university staff and rent arrears, according to prosecution.His university was closed in July by the Rwandan Ministry of Education for failing to fulfill requirements.The university had been given a provisional license but failed to fulfill the requirements to be accredited to get a final license, according to the Ministry of Education.0SharesThe post Former Rwandan Prime Minister Sentenced To Three Years appeared first on Taarifa Rwanda.
Source : https://taarifa.rw/former-rwandan-prime-minister-sentenced-to-three-years/
-
11 ba APR FC bashobora kubanzamo ku mukino wa Gor Mahia #rwanda #RwOT
Uyu munsi APR FC irakira Gor Mahia mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze mu mikino Nyafurika ya CAF Champions League, umukino witezwemo Jacques Tuyisenge rutahizamu iyi kipe iherutse kugura.
Ni umukino uri bube ku isaha ya saa 15h z’i Kigali, urabera kuri Stade Regional i Nyamirambo.
Ni umukino ugiye kuba havugwa amakuru atandukanye muri buri kipe, Gor Mahia igiye gukina uyu mukino itarakoreye imyitozo mu Rwanda kuko yahageze ku munsi w’ejo ihita ijya mu kato k’amasaha 24, irakavamo uyu munsi yerekeza i Nyamirambo.
Iraza kuba idafite umutoza, Robertinho nk’umutoza mukuru, ni nyuma y’uko CAF ivuze ko ibyangombwa bye bitamwemerera gutoza amarushanwa y’Afurika.
Gor Mahia kandi ntabwo yazanye na rutahizamu Jules Ulimwengu wanyuze mu Rwanda akinira Rayon Sports, uyu musore yabwiye ISIMBI ko afite imvune.
Ku ruande rwa APR FC abakinnyi bose bameze neza, ndetse na rutahizamu Jacques Tuyisenge washidikanywagaho yitezwe kuri uyu mukino ndetse ashobora kubanza mu kibuga.
Umukino wo kwishyura uzaba ku wa Gatandatu w’icyumweru gitaha Nairobi muri Kenya.
Abakinnyi 11 APR FC ishobora kubanza mu kibuga
Umunyezamu: Rwabugiri Umar
Ba myugariro: Omborenga Fitina, Imanishimwe Emmanuel Mangwende, Manzi Thierry na Mutsinzi Ange
Abakina hagati: Bukuru Christophe, Niyonzima Olivier Sefu na Manishimwe Djabel
Ba rutahizamu: Byiringiro Lague, Bizimana Yannick na Jacques Tuyisenge
APR FC irakira Gor MahiaSource : http://isimbi.rw/siporo/article/11-ba-apr-fc-bashobora-kubanzamo-ku-mukino-wa-gor-mahia
-
Omborenga Fitina ahamya ko nta rwitwazo ku mukino wa Gor Mahia #rwanda #RwOT
Myugariro wa APR FC wo ku ruhande rw’iburyo, Omborenga Fitina avuga ko nta rwitwazo na rumwe bagomba gutanga ku mukino wa Gor Mahia kuko bahawe ibikenewe byose ahubwo igihe kikaba kigeze ngo babishyire mu bikorwa.
Ni umukino uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade Regional i Nyamirambo, ni umukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League.
Mbere y’uyu mukino Omborenga akaba avuga ko abatoza babahaye ibishoboka byose ubu hasigaye uruhare rwabo nk’abakinnyi kubishyira mu bikorwa.
Ati“Abatoza babashije kuduha ibyo twari dukeneye, kugeza uyu munsi muri ayo mezi abiri dushobora kuba twitoje, ku wa Gatandatu ni wo munsi wa nyuma wo gushyira mu bikorwa ibyo abatoza bamaze iminsi batwereka, kandi tugomba kubigeraho byanze bikunze.'
Akomeza avuga ko afite icyizere bitewe n’ubufatanye buri hagati yabo nk’abakinnyi bityo ko biri bubayobore ku ntsinzi.
Ati'Icyizere kirahari iyo mbona abakinnyi dukinana turumvikana, tugakorera hamwe nk’ikipe umutoza, ibyo atwigisha ni ibintu bitugirira akamaro mu buzima bwa buri munsi binatwigisha ibintu byinshi mu kibuga, bityo rero nkaba numva ko byanze bikunze ari ryo herezo tugomba gusorezaho ibyo umutoza yatwigishije tukamwereka ko twabifashe neza.'
Yijeje abafana intsinzi kuko n’ubwo batari buze ku kibuga kubashyigirikira bitewe n’icyorezo, ariko barabizi ko baba babashyigikiye aho bari hose.
Omborenga Fitina ngo uyu munsi ni wo wa nyuma wo gushyira mu bikorwa ibyo batojwe
Ubufatanye ni kimwe yizeye kiri bubafashe kuri uyu mukinoSource : http://isimbi.rw/siporo/article/omborenga-fitina-ahamya-ko-nta-rwitwazo-ku-mukino-wa-gor-mahia
-
Ibyo ukwiye kumenya mbere yo kwishyiraho ‘Tatouage’ #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
-
- Umunyamerika Rick Ross, umwe mu bafite tatouage nyinshi ku mubiri we (Ifoto: Internet)
Iyo umuntu ashushanyije ku ruhu rwe n’irangi ku buryo bwa burundu, aba ariho ashyira mu mubiri ikintu kitamenyerewe, ku buryo umubiri ubyakira mu buryo butandukanye.
Kuri bamwe uruhu rwabo rubyakira neza, ku bandi umubiri ukabyakira nabi bikagira ingaruka zigaragara zaba iz’igihe gito cyangwa nyuma y’igihe kirekire.
Twaganiriye n’umuganga w’uruhu, atubwira bimwe mu bintu byaba mu gihe umubiri utakiriye tatouage neza.
Kubyimbirwa
Umubiri ushobora kubyimba hahandi hashushanyijwe aho gukira ngo hasubire uko hari hameze, hakabyimba n’ibyo hashushanyijwe ntibigaragare.
Infection
Amarangi yinjira mu ruhu iyo bariho bakora tatouage ni menshi kandi aba avanze. Umubiri ushobora kwakira nabi aya marangi kuko ni ikintu kidasanzwe mu mubiri. Iyo utayakiriye neza ni ho uruhu rushobora kubyimba cyangwa gukira.
Inkovu zidakira
Mu gukora tatouage hakoreshwa inshinge zinjira mu ruhu, bigatera inkovu ikira nyuma y’igihe gito. Rimwe na rimwe hari ubwo uruhu rwanga gukira, inkovu ikamara igihe kinini bigashobora kuvamo ibindi bibazo bisaba kujya kwa muganga.
Ingaruka z’igihe kirekire
Bishoboka ko umubiri ushobora kwakira neza tatouage, ariko kubera ko iba iri mu mubiri no mu maraso, ingaruka zishobora kugaragara nyuma y’igihe kirekire, dore ko amaraso azenguruka mu mubiri wose.
Inama umuganga agira abantu bashaka gushyira tatouage ku mubiri wabo cyangwa se kugira ikindi kintu cy’impinduka bakora ku mibiri wabo, ni uko bajya babanza kubaza umuganga cyangwa se undi muntu atari ukubikora mu kigare gusa.

-
