Category: Uncategorized

  • The Ben yashyize yerekana uwo baba bari mu rukundo #rwanda #RwOT

    Umuhanzi nyarwanda Mugisha Benjamin uzwi mu muziki nka 'The Ben', yashize yerekana ku ncuro ye ya mbere y'uko ashobora kuba ari mu rukundo na Miss Pamella Uwicyeza, nyuma y'igihe kitari gito aba bombi bivugwa ko bari mu rukundo.

    Amakuru y'urukundo rwa The Ben na Miss Pamella amaze igihe ahwihwiswa mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga bya hano mu Rwanda, gusa habuze n'umwe muri bo ubyemeza ku mugaragaro.

    Miss Pamella Uwicyeza ni we wakunze guca amarenga y'uko yaba akundana n'umuhanzi The Ben yita musaza we, gusa kera kabaye uriya muhanzi na we yaciye amarenga y'uko inkuru y'urukundo rwe n'iriya nkumi yaba ari impamo.

    Ku mugoroba w'uyu wa Gatandatu tariki 28 Ugushyingo 2020, The Ben yashyize amashusho y'isegonda rimwe ku rukuta rwe rwa Instagram, amugaragaza yiyegamije Miss Pamella mu gutuza asa n'ushaka kumusoma mu mutwe.

    Ni amashusho yafatiwe muri Tanzania aho bariya bombi baherereye, gusa nta magambo ayaherekeje The Ben yigeze yandika, uretse gushyiraho akamenyetso y'ikinyugunyugu.

    Si bwo bwa mbere The Ben agaragaye ari kumwe na Miss Pamella bivugwa ko bari mu rukundo rw'ibanga, gusa ni bwo bwa mbere uriya muririmbyi uri mu bayoboye umuziki nyarwanda aciye amarenga yo kuba akundana n'uriya mukobwa.

    Amashusho n'amafoto ya bariya bombi bizihiwe yatangiye kujya ahagaragara mu mezi make ashize, ari na yo mpamvu yatumye rubanda bakeka ko bakundana.

    Amakuru avuga ko The Ben yakunze bya nyabyo Miss Pamella ndetse n'incuti zabo za hafi zikaba zizi neza ko umubano wabo wagiye kure. Bivugwa kandi ko Miss Pamella na we yatwawe n'ibigwi uriya muririmbyi afite mu muziki Nyarwanda bikarangira urukundo rukuze gutyo.

    The Ben yaciye amarenga yo kuba mu rukundo na Miss Pamella, mu gihe hatari hashize igihe kinini uriya mukobwa ashyize kuri Instagram ifoto ari kumwe na The Ben, akayiherekezanya amagambo agira ati 'Uwanjye'.

    Ku wa 09 Mutarama 2020 The Ben yizihije isabukuru y'amavuko, Miss Pamella aba mu ba mbere bamugeneye ubutumwa bw'isabukuru nziza.

    Mu butumwa Uwicyeza yageneye Mugisha yamwise 'umunyamutima mwiza, ugira urukundo n'umuntu wo kwizerwa', yungamo ko umutima we ari munini kumurusha.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/29/the-ben-yashyize-yerekana-uwo-baba-bari-mu-rukundo/

  • 380 hectares of forest cover cut every week to supply Charcoal for Cooking in Kigali City-Official #rwanda #RwOT

    The issue of deforestation in Rwanda is a major obstacle to the Green Rwanda National Plan.

    BY: Justin Kayiranga

    The main reason for this problem is mainly due to the fact that so far about 78% of the population uses firewood for cooking, accounting for 99% of the forest damage in Rwanda.

    This was revealed on Friday, 27TH November 2020, during a consultation meeting on biomass use as cooking energy.

    The meeting brought together different stakeholders from public institutions & the private sector including hotels, restaurants, schools and correctional services among others.

    Kigali city is currently considered to be one of the leading consumers of forest products in Rwanda, with more than 380 hectares of wood burnt per week in order to get thousands of Charcoal sacks to supply in the city of Kigali, according to Jean Pierre Mugabo, the Director-General of Rwanda Forestry Authority.

    'In Kigali alone, about 380 hectares are needed in one week. There is a need for Rwandans to change their mind and start using Cooking Gas instead of woods.'

    To address the issue, the Minister of Environment of Rwanda, Dr. Mujawamariya Jeanne d'Arc says there is a study on how every Rwandan can get involved through various programs including making it easier for the public to get cooking gas.

    In addition, various public, private and non-governmental organizations are now going to be given different areas to plant trees and take care of them as soon as they grow, they will present them to the government for further actions.

    Minister Mujawamariya said, 'Rwandans will not continue to live on bare hills. That is why we have decided to approach public and private institutions and agree that we are going to give them land to plant forests and they were very for that. It is everyone's responsibility because if we have fresh air from the forest, it will not be breathed by public or private institutions only'

    Various forestry agencies indicate that if no action is taken to reduce the use of firewood, Rwanda will have no forest left by 2030.

    Rwanda's Ministry of Emergency says that in order to deal with this problem, now in all refugee camps in Rwanda they no longer use firewood for cooking as everywhere Cooking Gas has been deployed among the refugee community.

    The Rwandan government also says that a study is underway on elimination of using firewood among schools that have students feeding programs. 

    63

    The post 380 hectares of forest cover cut every week to supply Charcoal for Cooking in Kigali City-Official appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/11/29/380-hectares-of-forest-cover-cut-every-week-to-supply-charcoal-for-cooking-in-kigali-city-official/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=380-hectares-of-forest-cover-cut-every-week-to-supply-charcoal-for-cooking-in-kigali-city-official

  • Rwanda: Environment Minister warns the country's surface will not remain the same unless actions are taken to deal with riverbanks flooding #rwanda #RwOT

    By Kanamugire Emmanuel

    Rwanda's Minister of Environment, Dr. Jeanne d'Arc Mujawamariya has said that long term planning in protecting the riverbanks across is needed to adapt to the impacts of climate change including floods that wash away the fertile land.

    She made the remarks while in Nyagatare District on November 28, 2020, during the official launch of the new project entitled National Adaptation Planning Process (NAP) which aims at increasing the capacity of the government, private sector and communities to plan, fund, implement and monitor climate change adaptation across the country.

    The Saturday launch consists of planting bamboo along the Umuvumba River as part of riverbank protection efforts.

    The exercise is part of preventing local residents from conduct their farming activities beyond the river buffer zone.

    'As you can see, people farm along the Umuvumba River banks. Through project launch today, planting bamboo aims to conserve and protect this river bank.' Minister Mujawamariya explains.

    'Unless we take serious actions, in the future we will not be counting the surface area of Rwanda as 28,336 square kilometers as there is a piece of land that is being washed away by the river' She adds.

    Mujawamariya noted that: 'We have small land; we have to maintain it. That is why we urge the people to be vigilant and take care of these planted bamboos so that they grow quickly and help to avoid floods again. The way this river looks shows it contains the soil and it shouldn't.'

    This National project will increase access to up-to-date climate information, including climate projections and risk assessments.

    It will integrate climate change adaptation into sectoral development planning and budgeting processes, mobilize funds for adaptation and undertake long-term research on adaptation interventions among others.

    Juliet Kabera, Director General, Rwanda Environment Management Authority, said NAP project will ensure Rwanda is more resilient to floods, drought and other dangers by developing clear policies and strategies that protect people, property and our environment

    'Rwanda is highly vulnerable to the impacts of climate change, and we are already experiencing the devastating impacts of extreme weather events. This ambitious project will support a government-wide planning approach for adapting to climate change. It will ensure Rwanda is more resilient to floods, drought and other dangers by developing clear policies and strategies that protect people, property and our environment,' said Juliet Kabera, Director General, Rwanda Environment Management Authority.

    The communities' expectations from the project interventions

    The three main components of the project include technical and institutional capacity building for the National Adaptation Planning Process, advancing climate-resilient technologies and practices as well as monitoring, reviewing and knowledge sharing.

    Under this project, a number of ecosystem-based adaptation interventions will also be carried out.

    This includes agroforestry, intercropping and the stabilizing of plantation verges with vegetation at the Shagasha Tea Estate in Rusizi District.

    The demarcation of a buffer zone on the banks of the Umuvumba River in Nyagatare District will be done through the restoration of riparian vegetation and the reforestation of upstream catchment areas along with silvo-pastoralism to strengthen livestock production and increase forest coverage.

    'Each season the Umuvumba River carries a part of my land which is why it is gradually becoming smaller. This project is going to help us restore and preserve the riverbanks to solve existing problems', said Kassim Siborurema, a resident of Cyembogo Cell, Matimba Sector, Nyagatare District.

    Kassim Siborurema, a resident of Cyembogo Cell, Matimba Sector, Nyagatare District said his land alongside Umuvumba River is gradually becoming smaller due to flooding
    Umuvumba riverbanks is going to be protected through bamboo planting on it

    Agroforestry alongside Ibanda-Makera Natural Forest in Kirehe District will also be carried out using drought resistant tree species to reduce soil erosion.

    Bibutsuhoze Vedaste, of Mpanga Sector, Kirehe District praises the project interventions saying that agroforest trees to be planted there are important for soil fertility, livestock grazing among others.

    'National planning processes can deliver results on the ground, with strong leadership, country ownership, links with existing initiatives and new priorities, and alignment with the country's development objectives. As we plant seedlings today and continue to care for them and grow them, I hope this will inspire us to work together with community spirit, in using nature based solutions to adapt to climate change,' said Jessica Troni, Senior Programme Manager and Adaptation Portfolio Manager, United Nations Environment Programme.

    The six-million-dollar National Adaptation Planning Process project is being implemented by the Rwanda Environment Management Authority and is funded by the Global Environment Facility.

    In Nyagatare the activities will be carried out on an area of 300 hectares, according to Fabrice Mugabo, NAP project Sector Specialist.

    The project's additional partners include the United Nations Environment Programme (UNEP), the Ministry of Environment, Rwanda Forestry Authority (RFA) and the districts of Kirehe, Nyagatare and Rusizi.

    Ibanda-Makera Natural Forest located in Mpanga Sector, Kirehe District will be restored using drought resistant tree species to reduce soil erosion
    Beekeeping cooperatives alongside Ibanda-Makera Natural Forest are to be supported as part of NAP project activities

    3

    The post Rwanda: Environment Minister warns the country's surface will not remain the same unless actions are taken to deal with riverbanks flooding appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/11/29/rwanda-environment-minister-warns-the-countrys-surface-will-not-remain-the-same-unless-actions-are-taken-to-deal-with-riverbanks-flooding/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=rwanda-environment-minister-warns-the-countrys-surface-will-not-remain-the-same-unless-actions-are-taken-to-deal-with-riverbanks-flooding

  • Polisi yaguye gitumo abantu basanze barimo gukora kanyanga #rwanda #RwOT

    Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare yakoze igikorwa cyo kurwanya ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Muri iki gikorwa hafashwe abantu Bane bafatanwa litiro 47 z'icyo kiyobyabwenge, muri izo litiro zose harimo 20, abapolisi basanze zirimo gukorerwa mu rugo rw'umuturage.

    Abafatanwe Kanyanga ni uwitwa Kayitsinga Jean de Dieu w'imyaka 35, yafatanwe litiro 20, Mukamwezi Merony w'imyaka 45, yafatanwe litiro 7, Nzabananabandi Jean Bosco w'imyaka 32 na Ntamahungiro Bosco w'imyaka 34 bafatanwe litiro 20. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27Ugushyingo 2020

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko bariya bantu bafatiwe mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Nyagatare, bafatwa biturutse ku makuru yatanzwe n'abaturage. 

    Yagize ati 'Bariya bantu bose bafashwe umunsi umwe, harimo Nzabananabandi Jean Bosco na Ntamahungiro Bosco bafatiwe mu rugo rwa Sindikubwabo Boniface utuye mu Murenge wa Karangazi. Bafashwe barimo kunywa kiriya kiyobyabwenge cya Kanyanga, ariko iyo kanyanga ikaba ikorwa na Sindikubwabo. Uyu akaba yahise acika, ubu aracyari gushakishwa. Mukamwezi nawe yafashwe arimo kuzicururiza mu kabari ke, naho Kayitsinga yafatiwe mu nzira za magendu avuye kuyivana mu gihugu cya Uganda.'

    CIP Twizeyimana avuga ko bariya bantu bafatiwe mu mirenge ya Karangazi, Tabagwe n'Umurenge wa Musheri. 

    Ati 'Turashimira ubufatanye bukomeje kuranga abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu kurwanya ibiyobyabwenge, ariko cyane cyane abo muri iriya mirenge bafashije abapolisi gufata bariya bacuruzi b'ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Turasaba n'abandi gukomeza ubufatanye.'

    Yakomeje yibutsa abaturage ko Kanyanga ibarirwa mu biyobyabwenge byoroheje bityo amategeko y'u Rwanda akaba ahana umuntu wese uyifatanwe yaba ayinywa, ayicuruza cyangwa ayikwirakwiza. 

    Abafashwe bose bagiye bashyikirizwa urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo bakorerwe iperereza. 
    Src: RNP

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/29/polisi-yaguye-gitumo-abantu-basanze-barimo-gukora-kanyanga/

  • Ethiopian PM Reiterates Firm Stance To Bring TPLF Leaders To Justice #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The Ethiopian Prime Minister Abiy Ahmed on Friday reiterated his government's firm stance to bring leaders of the Tigray People's Liberation Front (TPLF) to justice amid the ongoing fighting between the Ethiopian federal government and an insurgent Northern Tigray regional state government.

    The Ethiopian PM made the remarks during his discussions with the three former African presidents, South Africa's Kgalema Motlanthe, Liberia's Ellen Johnson Sirleaf and Mozambique's Joaquim Chissano, who were appointed by the South Africa's President Ramaphosa, in his capacity as Chairperson of the African Union (AU) as his Special Envoys to try to resolve Ethiopia's ongoing situation.

    Ahmed, in his discussions with the three former African presidents in the Ethiopian capital, Addis Ababa, expressed the federal government's 'determination to apprehend and bring to justice the TPLF clique and their operatives who also perpetrated the grave crimes against humanity in Maikadra,' a statement from the Ethiopian Prime Minister's Office issued on Friday read.

    He also expressed his 'profound gratitude to the African Union Chairperson, President Cyril Ramaphosa for the utmost concern and understanding shared in Ethiopia's efforts to end impunity and bring the TPLF criminal clique to justice.'

    Ramaphosa's efforts came amid the Ethiopian government's ongoing military operations against the Tigray People's Liberation Front (TPLF), which rules over Ethiopia's northernmost Tigray regional state, since the early hours of Nov. 4.

    The federal government's operation followed the TPLF's attack on the Northern command base of the Ethiopian Defense Force, a division stationed in the region for over two decades and based in Mekelle city, capital of Tigray region.

    In recent weeks prior to the ongoing conflict, there have been rising tensions between Ethiopia's ruling Prosperity Party and the TPLF, with each side accusing the other of trying to destabilize the country.

    The Ethiopian government has been blaming the TPLF, which was one of the four coalition fronts of Ethiopia's former ruling party the Ethiopian People's Revolutionary Democratic Front (EPRDF), for masterminding various treasonous acts across different parts of the country with an overarching goal of destabilizing the country.

    Three of the former four EPRDF coalition members had last year joined other regional parties in establishing the Prosperity Party, as the TPLF refused to join.

    The mounting differences between the federal government and TPLF exacerbated in September this year, when the Tigray regional government decided to go with its planned regional elections, which the Ethiopian parliament had previously postponed due to the ongoing COVID-19 pandemic.

    Amid the efforts to de-escalate the fighting, three former African presidents discuss with the Ethiopian premier.

    According to the Ethiopian Prime Minister's Office, Ahmed 'appreciated the Special Envoys for their visit to Ethiopia, in elderly concern, reiterating the well-meaning endeavors of African brothers and sisters who are equally hopeful for a prosperous and stable Ethiopia.'

    My utmost gratitude to President ⁦@CyrilRamaphosa⁩ & his Special Envoys for their concerted effort to understand our rule of law operations. Receiving the wisdom & counsel of respected African elders is a precious continental culture that we value greatly in Ethiopia. pic.twitter.com/2utnEXG94o

    — Abiy Ahmed Ali 🇪🇹 (@AbiyAhmedAli) November 27, 2020

    According to the Ethiopian PM's office, Ahmed, who recounted the numerous attempts by the federal government to engage peacefully, reiterated that 'the premeditated attack on the Northern Command of the Ethiopian National Defense Force, which constitutes high treason under the Criminal Code of Ethiopia, was the final straw which forced the federal government to act in protection of the constitutional order of the country.'

    Ahmed also affirmed the federal government's 'constitutionally mandated responsibility to enforce rule of law in the region and across the country. Failure to do so would nurture a culture of impunity with devastating cost to the survival of the country, he emphasized.

    'He also emphasized the government's 'utmost commitment to the protection and security of civilians during the rule of law operations, demonstrated in the National Defense Force's avoidance to engage in combat within cities and densely populated areas, by weathering rough terrain instead.'

    Noting the establishment of a high-level committee of federal stakeholders to assess and respond to essential humanitarian needs of citizens in the region, Ahmed also emphasized identification and announcement of a humanitarian assistance route for the provision of necessary relief materials to citizens in the region coordinated through the Ministry of Peace in collaboration with UN agencies.

    0Shares
    0

    The post Ethiopian PM Reiterates Firm Stance To Bring TPLF Leaders To Justice appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ethiopian-pm-reiterates-firm-stance-to-bring-tplf-leaders-to-justice/

  • Musanze: DASSO yasubije Umushinwa telefoni ze ebyiri zari zibwe #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umunyamahanga yashimiye inzego z
    Umunyamahanga yashimiye inzego z’umutekano zagaruje telefoni ze zari zibwe

    Ngo abajura bafunguye imodoka ye barazitwara ubwo yari mu kazi ke atunganya imiyoboro y’amazi mu Murenge wa Muko, aho akorera akazi ko kubaka ibikorwa remezo muri Kompanyi yitwa SINOHYDRO COPORATION Ltd.

    Amakuru Kigali Today ikesha Hitayezu Irenée ushinzwe itumanaho mu rwego rw’igihugu rushinzwe kunganira akarere mu mutekano (DASSO) mu Karere ka Musanze, avuga ko nyuma y’uko uwo mugabo abwiye ubuyobozi bw’Umurenge wa Muko ko yibwe, DASSO n’inkeragutabara ngo zagiye gushakisha uwaba yibye izo telefoni, zifatirwa mu rugo rw’uwitwa Twizerimana Emmanuel w’imyaka 23 wahise anatoroka.

    Yagize ati “Ejo kuwa gatanu, abajura baje baramwiba ubwo aza kubibwira ubuyobozi bw’umurenge, Dasso dufatanyije n’Inkeragutabara dushakisha amakuru n’abaturage baradufasha turazifata”.

    Yongeye agira ati “Abaturage baduhaye amakuru kugeza ubwo tugera mu rugo rw’uwitwa Twizerimana Emmanuel telefoni tuzifatira iwe ahita atoroka”.

    Hitayezu avuga ko mbere y’uko izo telefoni zifatwa, uwo munyamahanga yari yababaye cyane kugeza n’ubwo yari yamaze no kubimenyesha Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, ariko ngo ashimishwa no kongera kubona telefoni ze.

    Ati “Uwo munyamahanga yishimye cyane kuko ngo yari yahamagaye no muri Ambasade y’iwabo, avuga ngo Abanyarwanda bamwibye, ariko byamushinishije tuzimushyikirije aho yavuze ko inzego z’umutekano mu Rwanda zifite akamaro kanini”.

    Nyuma y’uko telefoni zifatiwe iwe, Twizerimana Emmanuel arashakishwa n’inzego z’umutekano ngo asobanure kuri ubwo bujura bwakorewe uwo munyamahanga.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/musanze-dasso-yasubije-umushinwa-telefoni-ze-ebyiri-zari-zibwe

  • Rwanda’s first Cardinal, Antoine Kambanda installed #rwanda #RwOT

    The cardinals were installed in a ceremony, known as a consistory that was markedly slimmed down because of the COVID-19 pandemic.

    The ceremony held on Saturday was attended by in-service Cardinals and 11 cardinal-elects among 13 recently appointed by Pope Francis on 25th October 2020.

    Cardinals from Brunei and the Philippines could not travel and will receive their ring and biretta from a papal delegate.

    Instead of the usual thousands, only 10 guests per cardinal were allowed in St. Peter’s Basilica as the pope gave the men their ring and traditional red hat, known as a biretta.

    Nine of the 13 are under 80 and eligible under Church law to enter a secret conclave to choose the next pope from among themselves after Francis dies or resigns.

    It was Francis’ seventh consistory since his election in 2013. He has now appointed 57% of the 128 cardinal electors, most of whom share his vision of a more inclusive and outward-looking Church.

    Thus far, he has appointed 18 cardinals from mostly far-flung countries that never had one, nearly all of them from the developing world including Antoine Kambanda becoming Rwanda’s first ever cardinal.

    While Europe still has the largest share of cardinal electors, with 41%, it is down from 52% in 2013 when Francis became the first Latin-American pope.

    With each consistory, Francis has increased the chances that his successor will be another non-European, having beefed up the church in places where it is either a tiny minority or where it is growing faster than in the stagnant West.

    The nine new electors come from Italy, Malta, Rwanda, the United States, the Philippines, Chile, Brunei and Mexico.

    In his homily, Francis told the men to keep their eyes on God, avoid all forms of corruption, and not succumb to a “worldly spirit” that can accompany the prestige and power of their new rank.

    Everyone in the basilica except the pope wore a mask. Each new cardinal removed his own when he knelt to be invested.

    Four non-electors over 80 were given the honor after a long service to the church. The most prominent is Archbishop Silvano Tomasi, an Italian-American who has worked around the world and is one of the church’s top experts on immigration.

    Rwanda’s Cardinal, Kambanda is expected to continue exercising his role as the Archbishop of Kigali Diocese though he is elevated in high rank of Cardinal.
    Rwanda becomes the 24th African country with a Cardinal.

    Kambanda was born on 10th November 1958. He is among Rwandans ordained priests by Pope Jean Paul II on 8th September 1990 during his visit to Rwanda.

    Pope Francis had appointed Kambanda Bishop of Kibungo Diocese in May 2013 and later in 2018 Archbishop of Kigali Diocese.

    Names of new Cardinals installed by Pope Francis

    - Archbishop Marcello Semeraro,73, Italian, prefect of the Vatican’s Congregation for the Causes of Saints.

    - Archbishop Antoine Kambanda, Rwandan, 62, Archbishop of Kigali.

    - Archbishop Wilton D. Gregory, American, 72, Archbishop of Washington D.C.

    - Archbishop Jose F. Advincula, 68, Filipino, Archbishop of Capiz.

    - Archbishop Celestino Aos Braco, 75, Spanish, archbishop of Santiago, Chile.

    - Archbishop Cornelius Sim, 69, Brunei, apostolic vicar of Brunei

    - Archbishop Augusto Paolo Lojudice, 56, Italian, archbishop of Siena, Italy.

    - Father Mauro Gambetti, 55, Italian, custodian of the Franciscan convent of St. Francis in Assisi.

    New cardinals over 80 years old and being honoured for their long service to the Church. They cannot enter a conclave.

    - Bishop Felipe Arizmendi Esquivel, 80, Mexican, bishop-emeritus of San Cristobal de las Casas, Mexico.

    - Archbishop Silvano Tomasi, 80, Italian, archbishop, former ambassador, expert on immigration.

    - Father Raniero Cantalamessa, 86, Italian, long-time preacher of the papal household

    - Father Enrico Feroci, 80, Italian, pastor of the Divino Amore sanctuary in Rome.
    The Church’s Code of Canon Law states, 'Those promoted as cardinals are men freely selected by the Roman Pontiff, who are at least in the order of presbyterate and are especially outstanding for their doctrine, morals, piety, and prudence in action; those, however, who are not yet bishops must receive episcopal consecration' (Canon 351).

    An earlier text in the Code describes the tasks that fall to cardinals. It remarks cardinals elect the pope and provide assistance when the pontiff summons them together to discuss matters of particular importance. Cardinals also assist the pope in less visible ways, such as when they serve as the administrative directors of various Vatican offices.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-s-first-cardinal-antoine-kambanda-installed

  • Afrobasket2021: Nigeria yatsinze u Rwanda amanota 83 kuri 62 (Amafoto) #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Muri uwo mukino u Rwanda rwatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Nigeria, amanota 83 kuri 62 y’u Rwanda.

    Mu mukino warwo wa mbere, u Rwanda na bwo rwari rwatsinzwe na Mali, amanota 70 kuri 64.

    Reba mu mafoto uko umukino w’u Rwanda na Nigeria wagenze:

    Kanda HANOurebe andi mafoto yo muru uyu mukino

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/basketball/article/afrobasket2021-nigeria-yatsinze-u-rwanda-amanota-83-kuri-62-amafoto

  • Abiy Ahmed avuga ko ingabo ze zafashe umurwa mukuru wa Tigray #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Ugushyingo 2020, Minisitiri w'intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed avuga ko ingabo za leta y'iki gihugu ubu 'zigenzura' umurwa mukuru wa leta ya Tigray iri mu majyaruguru.

    Mu butumwa bwo kuri Twitter, Bwana Abiy yavuze ko ingabo za leta ya Ethiopia zirimo kugenzura umujyi wa Mekelle kandi ko ibi 'bivuze ko iyi ari impera y'icyiciro cya nyuma [cy'igitero cya gisirikare]'.

    Ati: 'Nejejwe no kubasangiza ko twarangije ndetse duhagarika ibikorwa bya gisirikare mu karere ka Tigray'.

    Bwana Abiy yavuze ko ingabo ze zabohoje abasirikare babarirwa mu bihumbi bari bafashwe na TPLF ndetse ko zigenzura ikibuga cy'indege n'ibiro bikuru by'ubutegetsi muri iyo leta.

    Yongeyeho ko icyo gikorwa cya gisirikare cyakozwe 'hitabwa mu buryo bwa ngombwa ku baturage [b'abasivile]'.

    Hari habayeho kugira ubwoba ko gishobora kuba ku baturage 500,000 baba mu mujyi wa Mekelle.

    Bwana Abiy yagize ati: 'Ubu akazi k'ingenzi dufite imbere yacu ni ukongera kubaka ibyashenywe… [no] gucyura abahunze'.

    Umukuru wa TPLF yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko izakomeza 'kurwanirira uburenganzira bwacu bwo kwitegeka' no 'kurwanya aba bateye kugeza ku wa nyuma'.

    Iyi mirwano yatangiye mu ntangiriro z'uku kwezi kwa cumi na kumwe, nyuma yuko Bwana Abiy atangaje igitero kuri TPLF, ishyaka ryo muri iyo leta, arishinja kugaba igitero ku kigo gikuru cya gisirikare cy'i Mekelle — ibyo TPLF yahakanye.

    Gusa amakuru ajyanye n'imirwano biragoye kuyemeza kuko imirongo yose ya telefone na internet ihuza n'akarere ka Tigray yaciwe.


    Abantu babarirwa mu magana barishwe naho abandi babarirwa mu bihumbi bata ingo zabo kubera imirwano.
    Src: BBC

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/29/abiy-ahmed-avuga-ko-ingabo-ze-zafashe-umurwa-mukuru-wa-tigray/

  • Kibeho: Abakirisitu babanje kwiyandikisha ni bo bijihije isabukuru ya 39 y’amabonekerwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ubusanzwe kuri iyi tariki i Kibeho habaga hateraniye abakirisitu ibihumbi n’ibihumbi, ariko uyu munsi hitabiriye 400 mu misa ya mbere na 400 mu ya kabiri.

    Musenyeri Célestin Hakizimana, umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro, yasabye abitabiriye kuzirikana ubutumwa Bikira Maria yahaye abakobwa batatu babonekewe.

    Yagize ati “Bikira Mariya wabonekeye i Kibeho ni nyina wa Jambo. Ni yo mpamvu tuzirikana ubutumwa yatanze, kwicuza, gusenga, kwigomwa,….”.

    Naho Musenyeri Simaragde Mbonyintege, umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi na we wari uhari, akaba n’umwe mu bari bagize itsinda ryagenzuye amabonekerwa ya Kibeho kuva mu 1983, yavuze ko ubutumwa bw’aba bakobwa bwahise buba ubutumwa bwa Kiliziya, akaba ari yo mpamvu umwepiskopi wa Gikongoro aba agomba kubahiriza ubutumwa bwa Kibeho.

    Nubwo i Kibeho hateraniye abakirisitu bakeya kubera icyorezo cya Covid-19, kuzirikana amabonekerwa yabereye i Kibeho byanabereye mu maparuwasi yose yo mu Rwanda.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/kibeho-abakirisitu-babanje-kwiyandikisha-ni-bo-bijihije-isabukuru-ya-39-y-amabonekerwa