Category: Uncategorized
-
Bose si ba Nyampinga! Umukobwa yongera ate ku mazina ye 'Miss' kandi ataregukanye ikamba? – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Sinzi niba nawe warabibonye, ariko unyujije ijisho ku mbuga nkoranyambaga za benshi mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda buri wese imbere y'amazina ye yongeraho 'Miss' n'ubwo yaba yarakandiye mu ijonjora gusa, agataha avumira ku gahera abatamutoranyije. -
Paul Pogba ntiyishimye muri Manchester United agomba guhindura ikipe -Mino Raiola ushinzwe inyungu ze – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umujyanama wa Paul Pogba, ushinzwe inyungu ze ndetse no kumushakira amakipe, Mino Raiola, yatangaje ko uyu mukinnyi atishimye muri Manchester United kandi ko agomba kuva muri iyi kipe mu igura n’igurishwa ry’abakinnyi ritaha ryo mu kwezi kwa mbere. -
Sijibomi Ogundele (Sujimoto): The amazing story of the Agege Boy that built a $400m company #rwanda #RwOT
No one would have thought that this man, who is currently worth billions, was once a souvenir hawker in France and also did alabaru for his trader mum in Africa’s most populous market, Oke-Arin, where he was nurtured by enterprising Igbo traders, which ignited his passion for business.
Growing up in the slum of Agege as a little 8-year-old, Sijibomi’s first introduction to entrepreneurship was when he started a bike business popularly called okada business from his little savings.
Despite the usual African parent’s disapproval, he drew inspiration from his mother’s entrepreneurial spirit and grew his motorcycle riding business from one to 6, a testament to his strong, resolute and resilient business mind.
A rose that grew from concrete, Mr Ogundele, who is only 39, has built his company, Sujimoto Group, in just 5 years, into a Luxury Construction behemoth, focused on building extraordinary edifices in premium neighbourhoods of Ikoyi and Banana Island.
With annual revenue of approximately $30 million and many other pending projects, Mr Ogundele believes the Sujimoto group is worth over $400 million.
His look may be modest but his ambition belies his modesty. After an encounter with the King of Dubai, who pushed his ambitious project, LorenzoBySujimoto, from 15 storey building to a 30-storey building, reminding him that, 'To be second is to be last! If people in their 30’s are building 5000 units annually in Asia, 75 units shouldn’t scare you.'
According to Mr Ogundele, 'I believe in Nigeria. My passion comes from my patriotism. I believe that the Nigeria that produced the MKOs, the Dantatas, and the Ojukwus, also has something great in store for me.'
The lawyer tuned entrepreneur, who is son to a John Holt Manager and a trader mother, never had the opportunity to attend King’s College or other expensive private schools but attended public schools.
With a dream to revolutionize the Nigerian luxury real estate space and an ambition taller than the Burj Khalifa, one can only wonder how he has steered his company to survive the brutal economic recessions within the last 5 years, growing stronger, bigger and better, to the consternation of the pessimists.
Sujimoto’s Giuliano project which is 100 per cent covered in travertine stone, fully automated, first project with each unit having its private elevator and an award-winning Zaha Hadid Bathroom for Porscelanosa, set the standard for a luxury terrace in Banana Island, attracting clients like MD of multinationals, billionaires and music entrepreneur, Davido.
A stone throws from the Giuliano; Sujimoto is building what has been dubbed the tallest residential building in Banana Island, the LucreziaBySujimoto.
A revolutionary building, never before seen in Nigeria or Africa! The first building with Glass Reinforced Concrete (GRC) façade, Full Home Automation, private IMAX Cinema for the residents, standard crèche, Indoor Virtual Golf with over 2,500 courses worldwide to play on, swimming pool in the sky and other exciting features. Sitting on the 12th floor is the best penthouse in Africa; a project that sets an enviable standard for luxury residential apartments in Nigeria with a sales value worth $46 and a delivery deadline of December 2021.
Speaking on the Lucrezia, Mr Ogundele made a startling revelation; 'We are building the best condominium not only in Nigeria but also in Africa. The Lucrezia Penthouse comes with a private elevator, private cinema, private golf, private gym, and a private pool!
'The Lucrezia is very special to us because Sujimoto is divesting from residential projects with 80 per cent of our real estate interest into commercial projects.'
When asked about the company’s plan to accommodate smaller units, Mr Ogundele was very quick to add that the company has a new project that is almost sold out!
According to him, 'Many people have approached us about building smaller and more affordable units with the Sujimoto standard and we have responded with a revolutionary project called the LeonardoBySujimoto.
'With LeonardoBySujimoto, you can own a Sujimoto apartment without breaking the bank. We have studied the best apartments and what we are creating, beats the best.
'The affordable luxury project â” Leonardo, comes in 2, 3, and 4 bedroom units and it is a great investment offer as the 3 bedrooms which are currently selling for N250 million will go for N450 million once the project is launched later in the year.'
According to Mr Ogundele, the present pricing still beats the best apartments in Bourdillon and Eko Atlantic. He also noted that the current price offer will expire by the end of the month.
He said 'the same passion with which we redefined luxury living in Nigeria, is the same passion we are bringing into the Nigerian hospitality and commercial space.
'We have toured some of the best hotels in the world such as the Address Hotel, Downtown Dubai, the Baccarat Hotel in New York City, and the Dorchester Hotel in London.
'Sujimoto is building the S-Hotel, African hospitality with a four season services. We are building a hotel that is customer addictive, where putting the customer first becomes our priority, from janitor to general managers.'
'Three fundamental qualities separate the S Hotel from others: Design, Price, and Service. The plan is to get rid of mediocre experience in the hospitality industry, building one luxury hotel at a time.
'The focus, therefore, is to build one luxury hotel in the state capital city of every African country, starting from the six geopolitical zones of Nigeria.
'The plan is before 2030, we would have built over 100 luxury hotels with 16,000 rooms, worth $1.9 billion in the portfolio, a move which will bring the company’s overall worth to over $5 billion in 10 years,' he added.
In addition to the company’s expansion plan, Mr Ogundele made it known that Sujimoto is building a world-class plaza, first of its kind, in Ikoyi and Abuja, with a 2021 and 2022 projection for completion.
This 6-in-1 plaza by Sujimoto is a contemporary one-stop-shop retail and hospitality centre, featuring innovative state-of-the-art equipment, rooftop lounge, and bar, premium restaurants, world-class gym, retail shops other premium features.
Upon completion, each project should be valued at approximately N47 Billion, with a combined rental income of about N11 billion annually.
According to Mr Ogundele, 'By 2030, we hope to have completed 61 different malls and plazas in Nigeria and across major African cities, a portfolio worth about $3 billion.'
Despite the huge effect of the COVID-19 on businesses and economies, where banks have put a halt to every construction project, Sujimoto just raised N3.5 billion for the Lucrezia which is sold out with just 2 units left!
According to Mr. Ogundele Sujimoto, 'At Sujimoto, we do not see a recession because for us crises are opportunities disguised as problems!
'We have developed a highly viable and profitable strategy and found an opportunity for savvy investors to invest N5 billion into Sujimoto and get N10 billion back in 3 years.
'This is debt and not equity, and it is guaranteed. Treasury bills and other money market instruments will give you a 5 â” 10 per cent ROI on your investment, but this is 100 per cent ROI and it is guaranteed!
'This investment is NOT for everyone, it is ONLY for the vital few, who can identify opportunities when they see one.
One of the reasons why Sujimoto can stand out and guarantee good price and quality is the strength of the company’s procurement capacity and global reach,' Mr Ogundele explained.
He stressed that 'We don’t use third parties when it comes to projects; we speak directly to the manufacturers because we want to guarantee two fundamental things â” prudent spending and assurance of quality. With offices in Dubai, Gwanzo, and New York City and numerous ambitious projects, one wonders what Sujimoto Group will be worth in 10 years to come.
According to Mr. Ogundele; 'Our biggest motivation is our critics because, without them, we couldn’t have come this far. There’s nothing we have today, that we got on a platter of gold. We worked two times harder, 3 times more, just to prove that without a rich aunty or uncle, you can get to your destiny'.
Speaking on some of the challenges he has had to contend with in business, Mr. Ogundele recalled the event of 2016 and 2017 where he had conceived and developed the biggest project in Nigeria, over $90 million to build the tallest residential building in Sub-Saharan Africa â” the LorenzoBySujimoto.
'After all the investment in time, money, and passion, the recession hit badly, and investors pulled out. The economy was so bad that I had to refund hundreds of millions to our off-takers. Amid the chaos, like the phoenix that rises from the ashes, the Giuliano project was born!
'A project of terrace houses in Africa’s richest neighbourhood â” Banana Island. And 20 months after, the record-breaking Giuliano has metamorphosed from a proof-of-concept to a proof-of-product! fully sold-out six months before completion.'
Many have opined that the young and dynamic Motomatician might be eyeing a political position, but according to Mr. Ogundele, 'the business of politics is bigger than the politics of business. We are focused on business but we shall support the government. To us, the government is like a beautiful woman, marry her only when she is an asset, not a liability.'
When asked if he was married, the single and eligible bachelor, who insisted he was married without a wife, claimed that his wife is young and very jealous, she’s Sujimoto.
Source:Business Post
Business Post
-
Touring Kenya's U$5 Billion Lamu Port #rwanda #RwOT
President Uhuru Kenyatta and the Prime Minister of Ethiopia Dr. Abiy Ahmed Ali were on Wednesday given a guided tour of Lamu Port to monitor construction progress.
The location of Lamu Port targets to service Kenya, Ethiopia and South Sudan.
According to details of the project, the facility is a 32 Berth port.
So far construction of the 1st Berth is completed while Beth 2 and 3, construction progress is at 70%.
Meanwhile, this Port Project, with 32 Deep Sea Berths estimated to cost US$ 5 Billion.
The cost for the Short-term Plan, including the First Three Berths in the Urgent Plan of Lamu Port, is estimated to be US$ 689 million.
Construction works include; taking account of dredging and reclamation; construction of berths and yards; construction of revetment, causeway and road; construction of buildings and utilities; procurement of equipment and tug boats; and others.


Kenya's Uhuru & Ethiopia's Abiy Open Moyale One-Stop Border Post
The post Touring Kenya's U$5 Billion Lamu Port appeared first on Taarifa Rwanda.
Source : https://taarifa.rw/touring-kenyas-u5-billion-lamu-port/
-
Huye: Yanyoye Cungumuntu eshanu ataruhuka ziramuhitana #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Uyu mugabo wo mu kigero cy’imyaka 48 y’amavuko, nk’uko bivugwa n’umwe mu baturanyi be dukesha aya makuru, yari atuye mu Mudugudu wa Rwinuma, mu Kagari ka Rango A.
Ku mugoroba wo ku itariki ya 8 Ukuboza 2020, ngo yategeye n’umusore umwe ko yamara utwo tuyoga turindwi ataruhutse, aho barimo kunywera inzoga ahitwa i Sahera.
Uwo musore na we, mbere yaho yari yateze na nyakwigendera kumara boroshete mu munota biramunanira, ku buryo n’inyama zamunize zikenda kumwica.
Twa ducupa turindwi baratumwegereje aragotomera, ageze ku ka gatanu aravuga ngo “ndaganjwe”, arekera aho, ariko ahita aryama hasi.
Abo bari kumwe ntibatekereje ko haba hari ikindi kibazo yagize, kuko babonaga ari ugusinda cyane bisanzwe. Bahamagaye umugore witabaje abagabo bamutahana atakibasha gushinga amaguru ngo atambuke, maze baramuryamisha.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 9 Ukuboza, umugore yagiye kureba asanga atabasha no kuvuga, abantu bakuru bamurebye bati yapfuye, ariko abaturanyi batira ingobyi bamujyana ku kigo nderabuzima cya Rango. Bagezeyo muganga ababwira ko baruhijwe n’ubusa kuko yari yamaze gupfa, nuko baheka umurambo barawutahana.
Nyakwigendera uyu ngo yari yagabanye amafaranga mu itsinda, ariko umugore yakoze mu mufuka asangamo igiceri cy’ijana gusa.
Inzoga bikekwa ko yazize ni urwagwa rupfundikiye, rwemewe gucuruzwa, ariko abakunze kurunywa bavuga ko rwica (rusindisha) cyane. Kubera ko zo ruba rupfundikiye ntibarwita igikwangari, ahubwo Cungumuntu cyangwa Dundubwonko.
Umunyamabanga nshingwabokorwa w’umurenge wa Mukura, Fidèle Ngabo, yatangarije Kigali Today ko na we yumvise iby’uyu mugabo ngo waba yazize inzoga, ariko akavuga ko atabyemeza ko ari yo yazize.
Anavuga ko polisi yavuze ko umurambo we ejo uzajyanwa i Kigali ugapimwa, kugira ngo hamenyekane impamvu nyakuri y’urupfu rwe.

-
Agahuru k'imbwa karahiye: Umudepite mu nteko ishinga amategeko y' Ubwongereza igihugu cye kigiye guta muri yombi abagabo 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko asanga ari igisebo kuba kigicumbikiye abajenosideri #rwanda #RwOT
Umudepite Stuart Polak aranenga bikomeye uburyo mu Bwongereza hakiri abantu bidegembya kandi bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu nteko rusange y'Abashingamategeko yabaye kuwa mbere w'iki cumweuru, Stuart Polak yasabye bagenzi be gushyira igitutu kuri Guverinoma y'Ubwongereza, maze ikareka gukomeza kwica amatwi, ahubwo igata muri yombi abo Banyarwanda,kugirango baburanishwe ku byaha bikomeye bakekwaho.Yagize ati:' Commonwealth ifite inshingano zirimo guharanira iyubahirizwa ry'uburenganzira cyane cyane mu bihugu bikoresha ururimi rw'icyondereza bigize uyu Muryango. Byaba rero bibabaje mu gihe inama ya Commonwealth iteganyijwe mu Rwanda umwaka utaha wa 2021, yazaba aba bajenosideri batarashyikirizwa ubutabera.
Ubwongereza nibukore nk'ibyo ibindi bihugu byakoze mu guca umuco wo kudahana inkozi z'ibibi'. Iki cyifuzo cya Lord Stuart cyakiriwe neza n' abadepite bagenzi be, banagikomeye amashyi menshi, hakaba hasigaye kumenya niba guverinoma ya Borris Johnson izagiha agaciro.
Abo Banyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bakaba bituriye mu Bwongereza, ni Nteziryayo Emmanuel wayoboraga iyahoze ari Komini Mudasomwa mu cyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro, Charles Munyaneza wategekaga iyari Komini Kinyamakara nayo yo muri Gikongoro,Céléstin Ugirashebuja wari Burugumestiri wa Komini Kigoma muri Gitarama, Céléstin Mutabaruka wavugaga rikijyana mu itorero rya ADEPR na Vincent Bajinya waje guhindura amazina akiyita 'Vincent Brown', mu rwego rwo kwiyoberanya. Uyu we bivugwa ko yari mwenewabo wa Perezida Habyarimana Yuvenali, ari naho akomora kuba Interahamwe karundura.
Guverinoma y'uRwanda imaze imyaka myinshi yarashyize hanze impapuro zikubiyemo ibyo aba bagabo baregwa, inasaba Leta y'Ubwongereza kubashyikiriza ubutabera, ariko iki cyifuzo ntikigeze gishyirwa mu bikorwa. Imyaka irakabakaba 3 uhagarariye uBwongereza mu Rwanda abwiye itangazamakuru ko igihugu cye cyatangiye iperereza kuri abo bantu 5, ariko nyuma y'igihe kingana gutyo abo bajenosideri bariturije mu gihugu cy'Umwamikazi Elizabeti.
Si ubwa mbere umudepite mu Bwongereza asaba ko aba bantu baburanishwa bagahanwa cyangwa bakaba abere, kuko n'uwitwa Andrew Mitchell yabisabye kenshi ntibyumvwa, ariko ubanza noneho agahuru k'imbwa kagiye gushya!
The post Agahuru k'imbwa karahiye: Umudepite mu nteko ishinga amategeko y' Ubwongereza igihugu cye kigiye guta muri yombi abagabo 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko asanga ari igisebo kuba kigicumbikiye abajenosideri appeared first on RUSHYASHYA.
-
Creative artistry blooms as 'A Traveler’s Story’ contest kicks off #rwanda #RwOT
IGIHE’s StoryKast in partnership with Kigali Marriott Hotel, RwandAir, and other partners, this festive season have prepared a contest none like any other, to bound the adventurous spirits in Rwandans through creative write-ups that require giving an insight into past local travels to earn more traveling opportunities.
Uli Franzmann, General Manager at Kigali Marriott hotel says that the contest represents inspiration, creativity, and what travel means from different perspectives – a message the hotel is proud to be part of.
“This year’s focus in tourism has been to encourage domestic tourism through exploring Rwanda’s touristic destinations. We thought to keep that momentum, even during the festive season, we should inspire a continuous travel culture through encouraging everyone to share their favorite travel destinations or moments experienced right here in Rwanda in ways that spike other people’s sense of wonder this festive season. At Kigali Marriott alone we have so much to offer this festive season including a spectacular beginning of year with fireworks, which we hope everyone can experience with us this New Year’s Eve ,” says Franzmann.
'A Traveler’s Story' contest brings together vloggers, bloggers, artists, students, and travel enthusiasts to share their travel experiences in form of videos, digital art pieces, and articles. The contest embarks on a journey of discovering and stimulating creative juices in all local artists, while also luring others to explore Rwanda.
StoryKast’s Creative Director, Olga Ines Ishimwe stresses the importance of creative artistry in empowering each other – which spurred the initiative of a contest that could offer a platformand encourage a travel culture in Rwanda.
“Over the years we’ve encountered so many incredibly talented creative people, all of whom echo the idea that we are stronger together. By providing a platform, we are forming a network, where we can showcase our skills, learn from each other, hiring each other, and broadening each other’s network. It’s about supporting our ‘world’ made by people, places, and individual stories,” she says.
Among the prizes, comes a stay at the Kigali Marriott Hotel, brunch, and spa experiences. Rides around Kigali city in the 60-seat double decker bus, return ticket to Kamembe by RwandAir with a stay at Emeraude Kivu resort, and more.
Members of the public are nvited to participate and showcase best creative self to the world not later than the 22nd December.
Apply today on www.storykast.rw/atravelersstory or if you need more information contact us on [email protected]
And remember, it’s your perspective of travel that matters. So share it well.
‘A Traveler’s Story’ contest stimulates creative juices in all local artists, while also luring others to explore Rwanda.
IGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/creative-artistry-blooms-as-a-traveler-s-story-contest-kicks-off
-
Ubuhamya:Uko Mukamugema wari imbata y’uburaya n’ubusinzi yakijijwe #rwanda #RwOT
Mukamugema Rose uzwi ku izina mama Gad ubarizwa mu Ruhango, yabaye mu buzima bwo kunywa ibiyobyabwenge, ubusambanyi, ubujura n’ibindi biteye isoni kuko umutima we wari warabaye akahebwe yahuriyemo n’ingorane zo gukubitwa, guterwa icyuma ariko kuko Yesu yari amaufiteho umugambi yaje gukizwa binyuze mu nzozi zikomeye yarose afata icyemezo cyo kwihana ndetse ahabwa ubutumwa bwo kubwira abatuye isi.
Ari mu kigero cy’ubwangavu yapfushije ababyeyi hanyuma asigarana abana 7 bavukana ari we ushinzwe kubarera. Yageze aho biramuyobera ahungira ku mubyeyi w’inshuti ya mama we nuko uwo mubyeyi kuko yari indaya yigishije Roze umwuga w’ubusambanyi kugirango ajye abona amafaranga yo gutungisha abavandimwe be.
Bidatinze Rose yinjiye mu buraya abufatanya no kunywa inzoga z’ubwoko bwose ndetse ageze aho arabyara nk’uko agiye kubisobanura:
“Satani yari yaranteje umudayimoni w’icyaka (inyota) nahereye kuri fanta bukeye jya kuri byeri, bukeye njya kuri mutsing, nyivaho njya kuri uganda waragi, nyivaho njya kuri kanyanga, kanyanga nayo nyivaho ntangira kuzivanga zose. Mu gitondo narabyukaga nkajya kunywa ikigage, nkahava njya muri tunuri (ubwoko bw’inzoga), ubwo icyaka kikambana icyorezo tugahita tumanuka tukajya kwa Rufufu kunywa igikwangari. Njyewe n’incuti yanjye twakoranaga umwuga Adeline ni twe twafunguraga akabari kuko batubwiraga ko tubatera ishaba.
Hari umunsi ntazibagirwa habaye umukwabo wo kumena inzoga z’ibikwangari, reka mbabwire Uwiteka atari we uhinduye abantu, abayobozi bavunika bidasanzwe. Umuyobozi yaraje asanga twicaye mu kabari tunywa, amena inzoga zose arangije atwinikamo, uko atwinikamo, niko twazinywaga tugotomera twumva ntacyo bitubwiye, byageze aho Executif atuvanamo ati “Buri muntu wese aho ataha”. Nahise niruka niyambura imyenda mpita njya kunywa bundi bushya kugira ngo muhime”.
Mubyukuri mu buraya nta cyiza kihaba ubuzima bwaho ni imibabaro gusa nk’uko Rose akomeza abisobanura:
“Nahuye n’ibikomeye ariyo mpamvu mbwira abantu kureka uburaya. Ndibuka umunsi umwe umugabo yanjyanye mu gipangu cye, dukora icyatujyanye hanyuma arambika ibihumbi bitanu ku meza kuko ariyo twari twasezeranye. Nazanye akaboko ngo nyafate arambwira ngo ayo mafaranga si ayawe! N’ubugare bwinshi ndamutuka mubwira ko nayakoreye, nkibivuga mbona akuye umuhoro mu nsi ya matelas nahise niruka nambaye ubusa ndokora amagara yanjye. Ntibyarangiriye aho undi munsi undi mugabo yanteye icyuma mu mutwe kugira ngo mpfe cyangwa nsare ariko Yesu yarandinze kuko yabonaga ko nzamukorera”.
Mama Gadi akomeza avuga ubugome bwa Satani ati:”Satani ni umushumba mubi agira atya agakora muri depo agakura mo umutezi akaba araguhaye, SIDA akaguhereza, agakuramo umujinya n’agahinda akaguhereza ahasigaye ugapfa uhagaze”.
Uko mama Gadi yakijijwe
Rose aragira ati:”Uko Satani yanshakaga ni ko na Yesu yanshakaga, naje kujya mu mushinga witwa “Ihorere munyarwanda” wigishaga indaya uko zikwiriye kubyara abo zishoboye kurera no kwirinda SIDA. Hari umupasiteri wazaga kutubwiriza akatubwira Yesu yadukoresheje n’amahugurwa bakaduha insimbura mubyizi y’ibihumbi bitanu tukajyayo ari yo dukurikiye. Nageraga mu rugo ngatangira gutekereza ku byo nigishijwe ariko nkumva simbyumva.
Umunsi umwe narose inzozi zintera gufata icyemezo. Imana yanyeretse ndimo kugenda urugendo rurerure ariko aho rugarukira hari urusengero rutatse neza abantu bagenda binjira mu kinyabupfura. Aho navaga hari hameze nko mu kabwibwi, abo twagendanaga bari barimbye twaragiye tugeze ku muryango w’urusengero abandi barinjira njyewe umugabo wari uri ku muryango ambuza kwinjira ati “Wowe ntusa n’abandi, ngaho irebe”.
Nahise mpabwa andi maso nsanga meze nk’umuntu witwa Lazaro w’umusazi uba iwacu mu Ruhango, uwo musazi ntiyiyogosheshaga, yigaraguraga mu ivu ry’amakara, yambaraga amadeyi n’inzara zaramwereyeho. Nahise nsindwa n’urubanza. Nibajije aho ngomba kujya nuko uwo mugabo yongera kumbwira ngo ndebe hirya mpita mbona abantu basa nabi bari kujya mu kuzimu mu irimbukiro.
Naramubwiye nti:”Databuja! Ndi umusinzi n’indaya” yahise ambwira ati:”Uvuze ukuri ngaho genda ubwire bagenzi bawe bakora ibisa bityo ko umugabane wabo ari mu nyanja yaka umuriro n’amazuku, ariko wowe ugende ushake umwenda mwiza nuza nzakwakira, nahise nsanga indaya bagenzi banjye mbibabwiye baranseka bampindura umusazi, ako kanya nahise nkanguka nsanga zari inzozi ariko numva ko ari promosiyo mpawe yo kuva mu byaha”.
Rose yongeye kubona izindi nzozi ari zo zamuteye kureka uburaya ati “Narose twicaranye ahantu n’abagore tumeze nk’abasilamu bari gusali, mbona twicaye duteze amatwi umugore waturutaga arimo kutwigisha uko tuzajya dufata abagabo, uko tuzajya tubambura ariko icyambabaje buriya porono zituruka ikuzimu kuko nagize ntya mbona afite ikintu cy’igiti gishushanyije nk’igitsina cy’umugabo, mbona arimo kucyereka abana b’abakobwa kugira ngo abinjize mu cyaha cy’ubusambanyi ndavuga nti “Ariko se ko twe twarangiye bariya bana b’abakobwa bizagenda bite?” Nahise mvamo ndigendera ndabasiga”.
Navuye aho ntambika hirya ngera mu ndaya zapfuye nzizi nuko mbona zarabaye nabi ari amagufwa, barira, baboroga nuko ndabawira nti “Bene mama! Mwaretse tugasanga Yesu ko ari we uzatumara umubabaro? Barambwira bati ariko Rose uri umushinyaguzi, genda umusange twebwe ubuzima bwacu bwarangiriye aha” Bakimbwira gutyo nahise mbona akadayimoni kameze nka Lazaro wa musazi narose karabwira kati “Wowe aho usambana tuba turi, aho unywera inzoga tuba turi kumwe, wibwira abantu gusanga Yesu”.
Ako kadayimoni karitakumye kati dore nta cyantandukanya nawe, nabonye ku mukondo we hava umugozi ufata ku mukondo wanjye bimeze nk’urureri ruhuza umwana na nyina, ako kazimu karambwira kati:”Nuca uyu mugozi uzagende usange Yesu uvuga”, Natangiye kubona uwo mugozi uvamo ibintu bisa nabi ntangira kuwiyambura mvuga ngo mu izina rya Yesu, ako kadayimoni karaseka ngo Yesu se uramuzi? Nisuzumyye nsanga ntamuzi mfata icyemezo cyo kutazongera kuryama kugira ngo ntazongera kurota Yesu, narasinye nkajya ndara nicaye”.
Nakomeje kubura amahoro njya mu rusengero rumwe mpageze ndicara nyuma y’umwanya muto nisanze njyewe n’umwana wanjye intebe tuyicyeho twenyine kuko buri muntu yahagurukanaga isakoshi ye kuko bambonaga nk’umudayimoni, twaratashye tuganira ko batweretse ko turi abanyabyaha.
Ku itariki 27/7 2017 hari umubyeyi witwaga mama Sara turahura arambwira ati:”Wakijijwe ko Satani ashaka kukwica! Nahise nibuka za nzozi ubwoba buranyica, musaba ko yamfasha kugera mu rusengero kuko urwa mbere bari bampunze. Yampaye gahunda yo kujyana gusenga ku cyumweru. Kuko nari umunywi nikomereje kunywa ariko nkajya nibuka gahunda yo kujya gusenga uwo mugoroba nabwiye satani ko natanyica uwo mugoroba ejo nzakizwa, uwo mugoroba ninjije amafaranga menshi ubanza satani yaribwiraga ko yangotesheje amafaranga ngo nibagirwe mu rusengero.
Ku cyumweru harageze nzindukira kwa mama sara tujyana ku rusengero rwitwa Inkuru nziza, tuhageze banyicaza imbere batangiye kuririmba numva ndahindutse ntangira gusuka amarira, numva ntangiye kwanga inzoga n’uburaya. Barabwirije igihe kigeze batanga umwanya wo kwihana ndasimbuka mfata mikoro maze ndondora ibyaha byose nakoze ndihana baransengera ndakizwa.
Dutashye mama sara yampaye igihumbi nuko njya guhaha kandi mbere sinajyaga ndya ahubwo nanywaga inzoga gusa, nageze mu rugo inkuru irakwira ahantu hose bucya indaya ziza kundeba ngo zijye kungurira ariko ndabahakanira mbahamiriza Yesu wankijije, bigeze aho bameneyera ko nabaye umurokore”.
Asoza ubuhamya bwe Mukamugema Rose arashima Yesu wamukuye mu byaha kandi ashishikariza abantu bagikora uburaya, ubujura, ibiyobyabwenge ko basanga Yesu akabaruhura, akabaha amahoro yo mu mutima kandi ikiruta byose bakazabona ubugingo buhoraho.
source: zaburi nshya
Source : https://agakiza.org/Ubuhamya-Uko-Mukamugema-wari-imbata-y-uburaya-n-ubusinzi-yakijijwe.html
-
Nyarugenge restaurants closed for disregarding COVID-19 directives #rwanda #RwOT
This was during the ongoing inspection by local authorities in City of Kigali and Police to assess how various services are delivered in compliance with the directives.
The closed restaurants and bars are among the eight hospitality establishments operating in Amashyirahamwe building, which were penalized for undermining the health and safety directives against the pandemic.
Those closed and fined hospitality establishments are Resto Bar Chez Jeanine, where many people were found drinking and watching football; Bar-Resto Chez Justin; Bar-Restaurant Chez Nyirahabimana Felecitha; and Bar chez Thamari Nyirabaruta.
'What is unfortunate is that the owners of the affected restaurants and bars were first warned, but when the inspection team came back later, they found nothing had changed; bars were open and many people gathered inside drinking,' said Chief Inspector of Police (CIP) Sylvestre Twajamahoro, the Police spokesperson for City of Kigali.
This was the second time that Bar-Restaurant Chez Nyirahabimana Felecitha has been closed and owner penalized for disregarding the guidelines.
Each of the closed bars and restaurants was also fined Rwf150, 000 as stipulated in the City of Kigali directives.
CIP Twajamahoro warned that the inspection is continuous and anyone caught disregarding the COVID-19 prevention directives will be penalized accordingly.
IGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/nyarugenge-restaurants-closed-for-disregarding-covid-19-directives
-
Rwanda builds music recording studio with international standards #rwanda #RwOT
Jacques Muligande (Mighty Popo), the director of the school has told IGIHE that the studio will be equipped with facilities that meet international standards to support various artistes starting with the school’s students.
'The recording studio will be used by all artistes from Rwanda and beyond. Of course, our students will also access the studio during related studies,' he said.
Muligande explained that the studio will be part of the school’s income generating projects leading to self-financing.
The studio will hire different Producers that will include, among others, ongoing students or the school’s alumni, producers from Rwanda and abroad.
Muligande revealed, the studio will be operational effective from February 2021.
As he visited the school yesterday, American artiste and music producer, Teddy Riley was also taken to site of the studio under construction.
Upon completion, Riley observed that the studio will meet the same standards of his recording studio in the United States of America.
Excited over the project, he expressed willingness to return to Rwanda for partnership with students from Nyundo School of Music in various projects.
Riley worked with different super-start artistes including Michael Jackson, Jay Z, among others.
Muliganda talking to Teddy inside the studio under construction at Nyundo School of Music.
IGIHE