Category: Uncategorized

  • Nyamagabe : Barataka igihombo batewe n’imihanda yangiritse #rwanda #RwOT

    Bavuga ko bituma hari umusaruro utagezwa ku ruganda ukangirikira mu mirima. Ibi ngo bidindiza iterambere ryabo kuko amafaranga baba bateganya kubona atariyo babona bityo no kwishyura imyenda bafitiye amabanki bikabagora.

    Ubusanzwe hirya no hino mu mirima y’icyayi no ku nkengero z’imisozi gihinzweho hagaragara imihanda ikoze neza ifasha abahinzi n’abasoromyi b’icyayi kukigeza ku makusanyirizo azwi nka hangari, aho imodoka z’uruganda cyangwa koperative ziza gufata uwo musaruro ukajyanwa gutunganywa mu nganda.

    Gusa ibi si ko bimeze ku bahinzi b’icyayi bo muri koperative COTEGAB yo mu murenge wa Gatare na Buruhukiro muri Nyamagabe .

    Imihanda ijya ku makusanyirizo muri iki cyayi cyabo yarangiritse. Ni imihanda yagiye ikundurwa n’inkangu, ikangiza imihanda ahandi naho ugasanga imihanda yacitsemo ibinogo kubera cy’isuri. Kugera muri iki cyayi no ku makusanyirizo kuri ubu nta modoka ijyayo uretse moto nabwo bisaba ko umuntu agenda avaho bakayiterura cyangwa bakayisunika.

    Abahinzi b’icyayi bo muri iyi koperative bavuga ko kuba uyu muhanda udakoze biri kubateza igihombo kuko hari umusaruro usigara mu mirima bitewe n’uko aho bawujyana ku ikusanyirizo rimwe bifashisha ari kure y’imirima bityo n’abasoroma bakajyana gike bitewe no kugenda bakikoreye ku mitwe.

    Ibi abahinzi bavuga binashimangirwa n’abasoromyi bavuga k bavunika ndetse n’amafaranga bakagombye gutahana ku munsi akaba make bikadindiza iterambere ry’ingo zabo.

    Mu kugerageza kwishakamo ibisubizo aba bahinzi bari batangiye kugira imwe mu mihanda bakora bifashishije imiganda, dore ko bari banahawe imodoka izajya ibafasha gutwara umusaruro wabo ku makusanyirizo izwi nka torotoro. Gusa ngo imbaraga zabo zaje kuba nke, bakaba ariho bahera basaba ko inzego zibishinzwe zabafasha kubakorera iyo mihanda.

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Kabayiza Lambert yabwiye RBA dukesha iyi nkuru ko iki kibazo bakizi.

    Gusa ngo mu gihe hataraboneka ingengo y’imari yo gukora iyo mihanda mu buryo burambye, abagize iyi koperative na bo bagomba kugaragaza uruhare rwabo mu gukemura iki kibazo, akarere kakabunganira :

    Koperative y’abahinzi b’icyayi ba Gatare na Buruhukiro COTEGAB igizwe n’abanyamuryango 1498 bahinga ku buso bwa Ha 630 . Iyi mihanda basaba ko yakorwa ifite uburebure bwa km 23.

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Nyamagabe-Barataka-igihombo-batewe-n-imihanda-yangiritse

  • Rwanda records 46 new COVID-19 cases, 19 recoveries #rwanda #RwOT

    The statement released last night shows that new cases were found in Kigali: 24, Rubavu: 10, Bugesera: 6, Kirehe: 3, Rusizi: 2 and Rwamagana: 1.

    Rwanda confirmed the first COVID-19 case on 14th March 2020.

    So far 6237 people have been infected out of 650,688 sample tests of which 5715 have recovered, 471 are active cases while death toll stands at 51.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are urged to adhere to COVID-19 health guidelines, washing hands frequently using soaps and safe water, wearing face masks and respecting social distancing.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-records-46-new-covid-19-cases-19-recoveries

  • Rwanda, Finland sign MoU on political consultations with Finland #rwanda #RwOT

    They discussed areas of common interests and ways to increase multilateral cooperation between the two countries.

    Dr Biruta said that the MoU is expected to boost cooperation and pave the way for further agreements between institutions from both countries.

    'We have signed basic Memorandum of Understanding enabling cooperation between both countries. It is a broad MoU introducing more agreements in different areas,' he said.

    He explained that discussions revolved around seeking how to engage different institutions into cooperation in the areas of climate change resilience, mining and education.

    In the area of environment preservation, Dr Biruta revealed that both countries plan to cooperate on helping factories to find alternatives for plastic bags, mining and vocational education.

    Kai Sauer is expected to meet with other officials from different institutions including Rwanda Development Board (RDB), mining sector and environment management authority.

    Since 2017 until 2019, trade between Rwanda and Finland increased by 21% from US$12.8 million to US$12.8 million.

    The Minister of Foreign Affairs, Dr Vincent Biruta and the Vice Minister for Political Affairs of the Ministry for Foreign Affairs of Finland after signing the MoU..

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-finland-sign-mou-on-political-consultations-with-finland

  • Soraya expresses concern over SMEs slow uptake of digitalization #rwanda #RwOT

    The recent research published by the University of Rwanda (UR) and Business Professionals Network (BPN Rwanda) indicated that only 18% of Small and Medium Enterprises embraced technology in their operations.

    As she participated in discussions on 'Harnessing digital transformation for SMEs Challenges and Opportunities’ organized by MTN Rwanda, Minister Soraya emphasized the need to mobilize SMEs to tap into opportunities technology is posed to offer.

    'There are still worrying figures. The recent research the University of Rwanda and BPN Rwanda reported that only 18% of SMEs have embraced digital transformation. The COVID-19 pandemic which awakened people to embrace technology didn’t largely impact Small and Medium Enterprises. There is a need to establish why they don’t embrace technology,' she said.

    'These figures evidence how Small and Medium Enterprises are reluctant to embrace technology. It is a market for our tech-firms and a task for the Government to conduct mobilizations bringing knowledge and other necessities in the use of technology among these enterprises,' added Soraya.

    These virtual discussions were also attended by MTN Rwanda CEO, Mitwa Kaemba Ng’ambi, the Chairman of the Private Sector Federation (PSF), Stephen Ruzibiza among other representatives of business institutions.

    Technology is among key pillars that could lead to business growth especially during COVID-19 pandemic where it enables direct engagement with customers.

    Minister Soraya emphasized the need to mobilize SMEs to tap into opportunities technology is posed to offer.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/soraya-expresses-concern-over-smes-slow-uptake-of-digitalization

  • Agahuru k'imbwa karahiye: Umudepite mu nteko ishinga amategeko y' Ubwongereza yasabye igihugu cye guta muri yombi abagabo 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko asanga ari igisebo kuba kigicumbikiye abajenosideri #rwanda #RwOT

    Umudepite Stuart Polak aranenga bikomeye uburyo mu Bwongereza hakiri abantu bidegembya kandi bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu nteko rusange y'Abashingamategeko yabaye kuwa mbere w'iki cumweuru, Stuart Polak yasabye bagenzi be gushyira igitutu kuri Guverinoma y'Ubwongereza, maze ikareka gukomeza kwica amatwi, ahubwo igata muri yombi abo Banyarwanda,kugirango baburanishwe ku byaha bikomeye bakekwaho.Yagize ati:' Commonwealth ifite inshingano zirimo guharanira iyubahirizwa ry'uburenganzira cyane cyane mu bihugu bikoresha ururimi rw'icyondereza bigize uyu Muryango. Byaba rero bibabaje mu gihe inama ya Commonwealth iteganyijwe mu Rwanda umwaka utaha wa 2021, yazaba aba bajenosideri batarashyikirizwa ubutabera.

    Ubwongereza nibukore nk'ibyo ibindi bihugu byakoze mu guca umuco wo kudahana inkozi z'ibibi'. Iki cyifuzo cya Lord Stuart cyakiriwe neza n' abadepite bagenzi be, banagikomeye amashyi menshi, hakaba hasigaye kumenya niba guverinoma ya Borris Johnson izagiha agaciro.

    Abo Banyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bakaba bituriye mu Bwongereza, ni Nteziryayo Emmanuel wayoboraga iyahoze ari Komini Mudasomwa mu cyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro, Charles Munyaneza wategekaga iyari Komini Kinyamakara nayo yo muri Gikongoro,Céléstin Ugirashebuja wari Burugumestiri wa Komini Kigoma muri Gitarama, Céléstin Mutabaruka wavugaga rikijyana mu itorero rya ADEPR na Vincent Bajinya waje guhindura amazina akiyita 'Vincent Brown', mu rwego rwo kwiyoberanya. Uyu we bivugwa ko yari mwenewabo wa Perezida Habyarimana Yuvenali, ari naho akomora kuba Interahamwe karundura.

    Guverinoma y'uRwanda imaze imyaka myinshi yarashyize hanze impapuro zikubiyemo ibyo aba bagabo baregwa, inasaba Leta y'Ubwongereza kubashyikiriza ubutabera, ariko iki cyifuzo ntikigeze gishyirwa mu bikorwa. Imyaka irakabakaba 3 uhagarariye uBwongereza mu Rwanda abwiye itangazamakuru ko igihugu cye cyatangiye iperereza kuri abo bantu 5, ariko nyuma y'igihe kingana gutyo abo bajenosideri bariturije mu gihugu cy'Umwamikazi Elizabeti.

    Si ubwa mbere umudepite mu Bwongereza asaba ko aba bantu baburanishwa bagahanwa cyangwa bakaba abere, kuko n'uwitwa Andrew Mitchell yabisabye kenshi ntibyumvwa, ariko ubanza noneho agahuru k'imbwa kagiye gushya!

    The post Agahuru k'imbwa karahiye: Umudepite mu nteko ishinga amategeko y' Ubwongereza yasabye igihugu cye guta muri yombi abagabo 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuko asanga ari igisebo kuba kigicumbikiye abajenosideri appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/agahuru-kimbwa-karahiye-umudepite-mu-nteko-ishinga-amategeko-y-ubwongereza-yasabye-igihugu-cye-guta-muri-yombi-abagabo-5-bakekwaho-uruhare-muri-jenoside-yakorewe-abatutsi-kuko-asanga/

  • Shopping Mall To Replace Bujumbura Central Market Burnt In 2013 #rwanda #RwOT

    Burundi President Evariste Ndayishimiye summoned members of cabinet to discuss a score of issues including the fast tracking of a proposed plan to build a modern shopping mall at the site of former Bujumbura Central Market that was mysteriously burnt in 2013.

    'The Council of Ministers met this morning to analyze, among other issues, the ABEF's request to government to build a large shopping center on the site of the former central market in Bujumbura,' the Burundi Presidency said early Wednesday.

    ABEF or simply l'Association des Banques et Etablissements Financiers (Association of Banks and Financial Institutions) submitted a proposal to the government seeking to prop up a giant shopping mall instead of a market.

    On January 27, 2013, residents of Bujumbura commercial city woke up to utter shock and disbelief as columns of thick smoke scaled the skies — the Central market was in flames- the fire broke out at 6.30 am in ward 4 in a stand which contained clothes and electronic equipment (TV and DVD).

    Fire fighters, security and the city dwellers tried to stop the fire but were unsuccessful because they were overwhelmed by the scale of the flames. The market built in 1994 on a 3-hectare plot, had more or less 3,000 operational stands with nearly 7,000 occupants. It was considered the lifeblood of the national economy.

    Seven years later the scars of this incident are still visible.

    Since 2014, the government of Burundi has been attempting to build a new market but somehow along the way the process keeps collapsing. The international invitation to tender has not yielded the expected results.

    In September 2018, cabinet adopted a memorandum of understanding for the construction of this economic infrastructure. A Chinese company Jiangxi Jianglian International Engineering won a contract.

    Previous Proposals

    In 2016, a cabinet meeting was held and three options had been considered by an ad hoc committee, which was to take into account the role played by the central market and the missions that would be assigned to the new infrastructure.

    This involves the construction of this large center, the reconstruction of the old infrastructure and the transfer of the former central market in its current state to a private operator.

    'The first option relating to the construction of a mall is adopted,' a government official Philippe Nzobonariba said then.

    According to cabinet at that time, financing would be sourced within the framework of the public-private partnership which to them seemed to include more advantages compared to other modes of financing.

    Architectural plan of proposed shopping mall that will replace former Bujumbura central market that previously sat on a plot of 3 hectares

    The post Shopping Mall To Replace Bujumbura Central Market Burnt In 2013 appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/shopping-mall-to-replace-bujumbura-central-market-burnt-in-2013/

  • Museveni Looking For Votes In Border District Ntungamo #rwanda #RwOT

    Incumbent President Yoweri Museveni of Uganda is in Ntungamo district bordering Rwanda on his third day of engagements in Ankole region as he looks for votes.

    According to Museveni, he was born in Ntungamo Uganda at around September 15, 1944 in Kyamate village where he also attended Primary school.

    'Our third day of engagements in Ankole region will be in Ntungamo District where I will meet our youth and other NRM party leaders,' Museveni said.

    Museveni has been unveiling infrastructure projects along his campaign trail. The projects include tarmac roads, factories, central markets and other projects.

    'I commissioned the Kashenyi-Mitooma & Katabi seminary access road. This road was fully funded by your taxes and we expect it to ease the transportation of people and products (especially) for dairy farmers,' Museveni said on Tuesday while in Bushenyi district.

    Meanwhile, Presidential Candidate Robert Kyagulanyi under the National Unity Platform is combing through the West Nile Region of Uganda considered to be a major opposition stronghold. The region is birth place to former President Idi Amin.

    'This is history in the making! The people of Yumbe have spoken loud and clear, they want change. Thank you brothers and sisters for the massive welcome,' Kyagulanyi expressed his satisfaction at the massive turnout to his campaign rally.

    Kyagulanyi has managed to attract mammoth rallies in Koboko, Yumbe and Arua. However, despite such bigger crowds, the voters in this region are known to change their mind at the ballot box.

    Museveni Explains His Rwandan Roots

    The post Museveni Looking For Votes In Border District Ntungamo appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/museveni-looking-for-votes-in-border-district-ntungamo/

  • Guverineri Munyantwali yagaragaje icyatumye Intara ayobora iza inyuma mu kwesa imihigo #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Guverineri Munyantwali Alphonse
    Guverineri Munyantwali Alphonse

    Ni imihigo yamuritswe na Minisitiri w’Intebe tariki ya 30 Ukwakira 2020 hagaragazwa uburyo inzego za Leta zashyize mu bikorwa imihigo zahize.

    Minisitiri w’Intebe yagaragaje ko Intara y’Uburengerezuba yaje mu Ntara za nyuma mu mihigo y’umwaka wa 2019/2020, umwanya utarashimishije abatuye iyi Ntara kuko ifite ubushobozi bwatuma igera ku mwanya mwiza mu mihigo ndetse abaturage bakavuga ko baba bashyize mu bikorwa ibisabwa, bakaba batumva impamvu Intara n’uturere twabo biza ku mwanya wa nyuma.

    Intara y’Uburengerazuba ifite imipaka y’ubutaka irenga irindwi kandi ikoreshwa mu guteza imbere ubuhahirane, ikagira ikiyaga cya Kivu gikoreshwa mu buhahirane n’ubworozi bw’amafi, igira ubutaka bwera cyane ndetse n’umusaruro ukabona isoko, ikigira umuhanda wa Kaburimbo uhuza uturere hamwe na pariki eshatu ikoraho zose zigira uruhera mu mibereho y’abaturage.

    Nubwo ifite byinshi biyinjiriza ntibiyibuza kuba iyambere ifite abaturage bakennye n’abana bagwingiye ibintu bigira uruhare mu gutuma igira amanota mabi, igira abaturage batuye mu mazu ameze nka nyakatsi, abaturage batagira ubwiherero, abaturage barwaye amavunja, hamwe n’abana benshi bata amashuri hamwe n’abana b’abakobwa b’abangavu baterwa inda zitateguwe.

    Amakosa abaturage bavuga ko berwa n’abayobozi batabegera, nubwo hari abaturage baba bantibindeba.

    Imihigo yagaragajwe na Minisitiri w’Intebe tariki 30 Ukwakira, igaragaza ko Intara y’Uburengerazuba iherekeza izindi zose mu mihigo n’amanota 60,81%, mu gihe Intara iza ku mwanya wa mbare ari Intara y’Iburasirazuba n’amanota 73,76%, Intara y’Amajyepfo yabaye iya kabiri n’amanota 73,58%, Umujyi wa Kigali wagize amanota 72,05%, Intara y’Amajyaruguru yagize amanota 61,27%.

    Nubwo abayobozi badahita basobanura icyadindije imihigo yabo, Guverneri w’Intara’Uburengerazuba, avuga ko hari ibibazo byatumye iyi Ntara itagera kubyo yari yahise birimo icyorezo cya COVID19 cyibasiye uturere twa Rusizi na Rubavu ndetse tukamara igihe kinini muri Guma mu rugo.

    Ibiza byibasiye uturere tugizera y’Uburengerazuba bikangiza bimwe mu bikorwa byari byakozwe hamwe no kwangiriza abaturage bigatuma babura ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo basabwa, ariko hari n’amasoko atinda gutangwa bikadindiza ibikorwa, hamwe n’abaturage badashyira mu bikorwa imihigo basabwa.

    Guverineri Munyantwali Alphonse avuga ko hari imihigo ishyirwa mu bikorwa n’abaturage hamwe n’isaba gutanga amasoko kandi ko iyo hari utubahirije ibyo asabwa bituma uturere tutagera ku manota meza.

    Agira ati, « imihigo myinshi burya 80% igirwamo uruhare n’abaturage, kandi akarere kayesa iyo abaturage bayigizemo uruhare nkuko hari isaba gutanga amasoko, urebye rero hari abaturage batakoze ibyo basabwe, hari amasoko yatinze gutangwa, hari ibiza byangije ibikorwa byakozwe ndetse n’icyorezo cya COVID19 hari ibyo cyadindije. »

    Munyantwali avuga ko nubwo Intara ayoboye yagize ibibazo atabyitwaza kuko imihigo bivuze gukorera mu ngorane ugahangana nazo ukagera kubyo wiyemeje, avuga ko bizeye ko umwaka wa 2020/2021 bazarenga imbogamizi bakagera ku mwanya mwiza.

    Agira ati, « abayobzi n’abakozi habe gufatanya no gukurikirana ibikorwa bikorerwa ku gihe harimo no gufatanya n’abaturage kugira ngo dushobore kwesa imihigo birenze igipimo cy’umwaka ushize. »

    Minisitere ishinzwe gucunga ibiza MINEMA igaragaza ko mu biza by’umwaka wa 2019 byagaragaye mu Ntara y’Uburengerazuba byahitanye abantu 38, bikomeretsa abantu 111, byangiza inzu 985, bisenya ibyumba by’amashuri 75, imihanda 11, insengero 8, ibiraro 15, inzu z’ubuyobozi 4 n’imiyobora y’amazi meza 5.

    Iyi Minisitere igaragaza ko mu mwaka wa 2020 nabwo ibiza mu Ntara y’Uburengerazuba byahitanye abantu 111, bikomeretsa 121, bisenya inzu 2830, ibyumba by’amashuri 12, ivuriro 1, imihanda 31, insengero2, ibiraro16.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/guverineri-munyantwali-yagaragaje-icyatumye-intara-ayobora-iza-inyuma-mu-kwesa-imihigo

  • Rwanda Premier League Match Day 3 Fixtures #rwanda #RwOT

    Rwanda Premier League Match Day 3 Fixtures

    Thursday, December 10, 2020

    Espoir FC vs Rayon Sports FC (Postponed)
    Etincelles FC vs Musanze FC (Umuganda Stadium, 15h00′)
    Bugesera FC vs Police FC (Bugesera Stadium, 15h00′)
    Rutsiro FC vs Gasogi United (Postponed)
    AS Muhanga vs Gorilla FC (Muhanga Stadium,15h00′)
    AS Kigali vs Mukura VS&L (Kigali Stadium,15h00′)

    Friday, December 11, 2020

    APR FC vs SC Kiyovu (Kigali Stadium, 15h00′)
    Marine FC vs Sunrise FC (Umuganda Stadium, 15h00′)

    Source : http://ferwafa.rw/spip.php?article2771

  • Abakozi b'umuryango w'Abibumbye(ONU/UN) barashweho banafungwa n'ingabo za Ethiopia  #rwanda #RwOT

    Ingabo za Ethiopia zarashe ku bakozi b'umuryango w'abibumbye (ONU/UN) ndetse zirabafunga, nyuma yuko batwaye imodoka bakarenga kuri za bariyeri (barrières) muri leta ya Tigray iberamo imirwano, nkuko byemejwe n'umuvugizi wa leta, Redwan Hussein.

    Uyu muvugizi, yongeyeho ko iryo tsinda ry'abakozi ba ONU ryarenze ku mabwiriza yo kutagera muri ako karere. Kuva ku itariki ya 4 y'ukwezi kwa 11 uyu mwaka wa 2020, ingabo za Ethiopia zikomeje kurwana n'ingabo z'ishyaka Tigray People's Liberation Front (TPLF).

    Amakuru avuga ko ku cyumweru iryo tsinda ry'abakozi ba ONU ryarimo rigerageza gusura inkambi y'impunzi zikomoka muri Eritrea ziba muri leta ya Tigray, ubwo uko kurasa kwabagaho.

    Hamaze igihe hari uguhangayika kwinshi ku mibereho y'izo mpunzi nyuma y'amakuru ataremezwa avuga ko ingabo za Eritrea zambutse umupaka zikajya muri Tigray, zigasubiza muri Eritrea bamwe muri izo mpunzi.

    Leta zombi — iya Ethiopia n'iya Eritrea — zihakana ko ingabo za Eritrea ziri muri Tigray mu gufasha gutsinda TPLF.

    ONU yasabye leta ya Ethiopia kuyiha 'inzira itabangamiwe yo gutanga imfashanyo' muri Tigray, mu gihe hari impungenge ko ibiribwa n'imiti birimo gushirana abahatuye barenga miliyoni 8.

    Ibiro ntaramakuru AFP bisubiramo amagambo y'umuvugizi wa leta ya Ethiopia Bwana Redwan agira ati: 'Mu by'ukuri bamwe mu bakozi ba ONU bafunzwe naho abandi baraswaho'.

    Yongeyeho ati: 'Barenze kuri bariyeri ebyiri batwara imodoka berekeza mu turere batemerewe kujyamo, kandi bari babujijwe kuhajya. Ubwo bari bagiye kurenga kuri bariyeri ya gatatu, barashweho ubundi barafungwa'. ONU ntacyo yari yabitangazaho.

    Kuki izo mpunzi ziri muri Ethiopia?

    Abanya-Eritrea benshi bambutse umupaka bahungira muri Tigray mu myaka ishize bacitse guhatirwa kujya mu gisirikare ku itegeko ndetse no gutotezwa muri politike.

    Eritrea itegetswe gisirikare byo ku rwego rwo hejuru ndetse ubutegetsi bugizwe n'ishyaka rimwe. Itegekwa na Perezida Isaias Afwerki kuva yabona ubwigenge kuri Ethiopia mu mwaka wa 1993.
    Minisitiri w'intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yatsindiye igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel mu mwaka ushize. Hari nyuma yuko ageze ku masezerano na Bwana Isaias yo kurangiza ikibazo cyo kuba ibihugu byombi byari bibayeho mu mwuka wo kuba 'nta ntambara; nta mahoro' byari birimo, kuva harangira intambara yo ku mupaka yo kuva mu 1998 kugeza mu 2000.

    Abanenga abo bategetsi bombi nkuko BBC ibitangaza, bavuga ko ayo masezerano yahindutse 'amasezerano y'umutekano', aho abasirikare ba Eritrea babarirwa mu bihumbi binjiye muri Ethiopia mu gufasha gutsinda ingabo za TPLF.

    Ibiro ntaramakuru Reuters byasubiyemo amagambo y'umutegetsi wo muri leta y'Amerika yemeza ko ingabo za Eritrea ziri muri Tigray, nubwo leta ya Ethiopia n'iya Eritrea zibihakana.

    Reuters yasubiyemo amagambo y'uwo mutegetsi utatangajwe izina, agira ati: 'Ubu bisa nkaho nta gushidikanya kukiriho'. TPLF yanarashe ibisasu bya rokete muri Eritrea nyuma yuko imirwano yari imaze gutangira.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/abakozi-bumuryango-wabibumbyeonu-un-barashweho-banafungwa-ningabo-za-ethiopia/