Category: Uncategorized

  • Nyarugenge: Utubari n’amaresitora 8 byahaniwe kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Sylvestre Twajamahoro avuga ko abo bacuruzi bose bakorera mu Murenge wa Kimisagara ahakunzwe kwitwa ku Mashyirahamwe. Yavuze ko ubwo hakorwaga igikorwa cyo kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kurwanya COVID-19 basanze hari utubari 4 dufunguye ducuruza inzoga ba nyiratwo bitwaje ko bafitemo na resitora.

    Yagize ati “Resitora koko ziremewe kandi umuntu akanywa inzoga arimo kurya gusa, ariko hari aho twasanze abantu benshi barimo kunywa inzoga nyamara nta biryo bafite abandi begeranye barimo kureba imipira kuri televisiyo. Ba nyiri izo resitora barenze ku mabwiriza kuko umuntu utarimo kurya aba agomba kunywa ikindi kinyobwa kitari inzoga.”

    CIP Twajamahoro akomeza avuga ko utwo tubari uko ari 4 ba nyiratwo baciwe amande angana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbu 150 ndetse aho bakorera hafungwa igihe kingana n’ukwezi nk’uko amabwiriza y’umujyi wa Kigali abiteganya.

    Usibye abo kandi hari n’abandi bacuruzi bafite resitora baciwe amande bitewe n’uko abakiriya babo bari bicaye begeranye nyamara amabwiriza avuga ko abantu bari muri resitora n’ahandi hose bagomba kwicara bahanye intera.

    CIP Twajamahoro yagize ati “Hari amaresitora 4 twasanze abantu bicaye ku meza ari benshi begeranye kandi ntibyemewe. Aba bacuruzi nabo baciwe amande angana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 50 ariko bo ntibahagarikwa ukwezi.”

    Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali yongeye kwibutsa abantu bafite ubucuruzi bwa resitora kutitiranya ibintu cyangwa ngo barenge ku mabwiriza nkana kuko barikururira ibihano bitari ngombwa, kandi bakaba ba nyirabayazana bo gukwirakwiza icyorezo cya COVID-19.

    Ati “Abantu bagiye muri resitora kurya bashobora guhabwa inzoga igihe barimo kurya gusa. Muri bariya bafashwe harimo n’abo wasangaga barimo kwerekana imipira abantu bicaye begeranye kandi bitemewe.”

    Yashimiye abaturage bagize uruhare mu gutuma bariya bantu bafatwa, asaba n’abandi gukomeza gutanga amakuru kugira ngo dukomeze turwanye icyorezo cya COVID-19.

    Amabwiriza No 90 yo kuwa 31 Kanama 2020 y’inama njyanama y’Umujyi wa Kigali yerekeye uburyo bwo guhana abatubahirije ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19 mu mujyi wa Kigali, ingingo ya 18 ivuga ko gufungura akabari haba aho kari gasanzwe, akabari ko muri hoteli, akabari ko muri resitora, akabari ko muri butike, akabari ko muri supamaketi, akabari ko mu ngo n’ahandi hose hahinduwe akabari nyiri ubucuruzi cyangwa nyiri urugo azishyura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 150. Gufungirwa ibikorwa yari asanzwe yemerewe byibura mu gihe cy’ukwezi kumwe ariko kitarenze amezi atatu.

    Akazafungurirwa ari uko amaze kwerekana ingamba yafashe zo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Ni mugihe ingingo ya 20 ivuga ko abantu bazajya bafatwa batahanye intera bari muri butike, amaduka, ahacururizwa ibikoresho by’ubwubatsi, igaraje n’ahandi, nyiri ubucuruzi cyangwa nyiri igikorwa azishyura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 50.

    Mu kwezi kw’Ugushyingo, mu Mujyi wa Kigali hagiye hafatwa abantu bafite amahoteli, Moteli n’utubari barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19.

    Ni inkuru dukesha Polisi y’u Rwanda

    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/nyarugenge-utubari-n-amaresitora-8-byahaniwe-kurenga-ku-mabwiriza-yo-kurwanya-covid-19

  • Meddy releases new song 'Carolina’ dedicated to fans during year-end festive seasons #rwanda #RwOT

    As he released the audio-visual song today, Meddy dedicated it to his fans especially during end of year festive seasons.

    As he spoke to IGIHE recently, Meddy revealed that the song would be dedicated to thrill fans.

    'The year-end is unfolding. This year has been characterized by difficulties but we must leave it in style. I hope to be among people who can help my fans to end the year happily,' he said.

    The song shot in a desert features a crew of dancers and Meddy proposing love to a girl called Caroline.

    The audio was produced by Element from Country Record while the video clip was shot and produced by Lick Lick who already works with the artiste.

    Carolina song follows 'We don’t care’ in which Meddy featured with Tanzanian artistes including Rj the Dj and Rayvanny.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/entertainment/article/meddy-releases-new-song-carolina-dedicated-to-fans-during-year-end-festive

  • Kenya Flags Off Assembly Of Proton Saga Saloon Cars #rwanda #RwOT

    Kenya has officially began assembling the Proton Saga Saloon Cars under the Associated Vehicle Assemblers factory AVA  in Miritini, Mombasa.

    President Uhuru Kenyatta today was given a guided tour at the Mombasa based assembly plant and later signed on the bonnet of a complete Proton Saga Saloon Car rolled off the assembly line.

    Speaking to AVA employees, President Uhuru, who was accompanied by Mombasa Governor Ali Hassan Joho, applauded Simba Corporation, the Proton franchise holder in Kenya, and all other assemblers for supporting the Government agenda to revive the local vehicle assembly industry to support wealth and employment creation for the Kenyan youth.

    With the growing demand for affordable cars in the East African Region, the new Proton Saga Car may perform well in the regional market.

    Kenya has a very long history of Motor vehicle assembly in the region. The Associated Vehicle Assemblers (AVA) Ltd introduced its first line of passenger vehicles, the Toyota Hilux that became one of the success stories in Kenya's vehicle assembly industry.

    At its peak, the AVA plant in Mombasa would produce 10,000 units. At the time, the country had strict controls on the importation of motor vehicles, with those seeking to bring in vehicles requiring permits signed by vehicles assemblers.

    However, in 1993, Kenya government relaxed rules on importation of used vehicles and this caused a disruption in the motor vehicle market.

    The prices went down but also clients opted to import much cheaper second hand cars and by 1998, and with the market flooded with cheaper imports from Japan, production stopped.

    The plant these days produces an average of 6,000 vehicles annually bogged down by high production costs and lack of incentives from the government.

    SPECIFICATION

    • Engine 1,332 cc.
    • Engine 16-valve DOHC Campro.
    • Compression Ratio. …
    • Bore x Stroke. (76 x 73.4) mm.
    • Fuel Type. Petrol.
    • 70kW (94 bhp)
    • 120 Nm.

    The post Kenya Flags Off Assembly Of Proton Saga Saloon Cars appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/kenya-flags-off-assembly-of-proton-saga-saloon-cars/

  • Hari abatekereza ko ababyarana n’abangavu bakwiye gutegekwa kubafasha kurera #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Hari abatekereza ko ababyarana n
    Hari abatekereza ko ababyarana n’abangavu bakwiye gutegekwa kubafasha kurera

    Abavuga ibi babishingira ku kuba kugeza ubu hariho itegeko rivuga ko usambanyije umwana abihanirwa mu buryo bukomeye, nyamara aho kugabanuka bikiyongera.

    Ahanini ngo biterwa no kuba abasambanyije abana babasaba kubabikira ibanga babemereye kuzabafasha kurera, hanyuma ibyo babemereye ntibazabikore.

    Uretse ko hari n’abakobwa bareba bakabona ababateye inda ari urungano rwabo rudafite imitungo, bagahitamo kubyihorera.

    Paul Niyonkuru wo mu Murenge wa Nyagisozi, afite imyaka 19. Ari mu batekereza ko ababyarana n’abangavu cyangwa imiryango yabo igiye itegekwa kugira uruhare mu kurera abana bavutse byagira akamaro.

    Ati “Kenshi abahungu bakunda kwitarutsa, ariko amategeko arahari. Uzi uwaguteye inda kandi ubifitiye gihamya, wamugaragaza, byaba ngombwa mukiyambaza inkiko, agategekwa ibyo agomba gutanga ku mwana. Umwana afite uburenganzira bwo kuzavuzwa, bwo kuziga, n’ubundi”.

    Yungamo ati “Igihe umwana yabyaye akiri mutoya, ababyeyi b’umukobwa n’ab’umuhungu babyaye bakwiye kuganira, bakumvikana ku ko umwana wavutse akwiye kurerwa”.

    Niyonkuru yunganirwa na Divine Irakoze w’i Muganza ufite imyaka 17. Avuga ko abahungu bategetswe kugira uruhare mu kurera abana babyaye, byagabanya iterwa inda ry’abangavu.

    Ati “Umuhungu yajya areba umukobwa akumva aramutinye kuko ashobora kwicara akabona atazabasha kurera umwana igihe amubyaye, agatekereza ati nintera uriya mukobwa inda, nzafungwa, mbure n’indezo y’umwana”.

    Donatille Mukaseti w’i Rusenge, afite abana bangana na Niyonkuru ndetse na Irakoze. We avuga ko ubusanzwe abahungu baterwa isoni no kumva bivugwa ko bateye inda, ku buryo atekereza ko banasabwe kugira uruhare mu kurera abo babyaye hari icyo bagabanya mu gutera inda.

    Ati “Habayeho uburyo bwo kugira ngo bafashe wa muryango yateyemo inda, byagira akamaro kuko n’ababyeyi bagira uruhare mu gukangara abahungu babo. Ubundi aba avuga ngo ni ikirumbo cya runaka, akumva ko ubusembwa bufite umukobwa gusa”.

    Annet Mwizerwa, ushinzwe guteza imbere ubuzima bw’ingimbi n’abangavu mu mu kigo giharanira ubuzima n’uburenganzira (HDI), na we avuga ko umwana wavutse afite uburenganzira bwo kurerwa n’uruhande rwa nyina ndetse n’urwa se.

    Agira ati “Umwana wabyawe afite uburenganzira bwo kurerwa n’uruhande rw’umukobwa watewe inda ndetse n’urw’umuhungu wateye inda. Ubu si ko bimeze, ariko turi mu bukangurambaga bwo kugaragaza ko umwana wavutse afite uburenganzira bwo kurerwa n’impande zombi”.

    Mwizerwa kandi avuga ko mu bindi abona byarinda abangavu kubyara inda batateganyije, ari uko ababyeyi bajya babaganiriza, bakamenya igihe bashobora gutwita ndetse n’ibishuko bashobora kugwamo, hanyuma bagafata ingamba zo kwirinda.

    Ibi abivugira ko ngo mu bana babyaye bagiye baganira hari abababwira ko batigeze bamenya ko bashobora gutwara inda.

    Ikindi abakobwa ngo bakwiye kumenya, ni uko iyo basambayijwe bikabaviramo gutwita, amategeko abemerera uburenganzira bwo gukuramo iyo nda, kabone n’ubwo ababyeyi babo baba batabyemera.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/hari-abatekereza-ko-ababyarana-n-abangavu-bakwiye-gutegekwa-kubafasha-kurera

  • Musanze: Haracyagaragara indwara ziterwa n’umwanda n’imirire mibi #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Hari abakigaragaraho ikibazo cy
    Hari abakigaragaraho ikibazo cy’amavunja

    Urugero ni urw’umuryango ugizwe n’abantu batanu wo mu Mudugudu wa Runtu, Akagari ka Kabirizi mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, ugizwe n’umusaza n’umukobwa we wabyariye mu rugo abana batatu bose bafite ikibazo cy’imirire mibi (bwaki), uwo muryango kandi ukaba wugarijwe n’amavunja.

    Baganira na Kigali Today bagaragaje uruhare runini rw’ubuyobozi bw’umudugudu n’akagari muri ibyo bibazo bagize, aho ngo bakagombye kubavuganira ahubwo bagahitamo guhishira ikibazo cyabo birinda kubibwira ubuyobozi bubakuriye kugeza ubwo barwaza bwaki n’amavunja dore ko ubwabo biyemerera ko ari abatindi nyakujya.

    Muri uwo muryango uba mu nzu idakinze ngo ntibagira aho bahinga, ibyabo ngo ni uguca inshuro Babura aho bayica niko kubura icyo barya indwara ziterwa n’imirire mibi zitangira gufata abana.

    Uwo mukobwa ufite abana batatu (Nyirankundiye Donatille), avuga ko mu myaka yashize yari umwe mu bahawe akazi muri VUP aho yakuraga ibitunga abana, ngo ubuyobozi aho gukomeza kumushyigikira ngo umunsi umwe yazindutse ajya ku kazi nk’uko bisanzwe atungurwa no kubwirwa ko bamukuye mu bakora muri VUP ari naho abana be batangiye kuhura n’icyo kibazo cy’imirire mibi.

    Ati “Abana banjye bose barwaye bwaki, ndasaba ubuyobozi indagara n’amata nategetswe na muganda ndebe ko abana banjye bavayo. Byose byaturutse kwa Mudugudu, iyo atwitaho ntabwo nari kuba meze ntya n’abana banjye, ntabwo narenganya umurenge kuko ntibamenye ikibazo cyacu, Mudugudu niwe wanze gutanga raporo y’imibereho yanjye kugeza n’ubwo bankura muri VUP yari intunze abana banjye barwaye bwaki mbona ntacyo bibwiye mudugudu”.

    Arongera ati “Njye ndi muto mfite amaboko yo gukora ndasaba umurenge bampe akazi muri VUP, ntabwo ari iby’ubuntu mbasaba mfite imbaraga ni bampe akazi muri VUP mbone uko nita ku bana banjye, mbone izo ndagara. Nk’ubu nari nabashyize mu ishuri ariko uburwayi bwaranze baricara, dore ko nta n’umwambaro bagira kandi no kwiga batariye ntibishoboka”.

    Avuga ko ubwo yagezaga abana kwa muganda abaganga batunguwe no kubona abana barware indwara ziterwa n’imirire mibi kugeza ku rwego rwa nyuma, bibaza impamvu abayobozi batagaragaje iki kibazo muri raporo basabwa n’ibigo nderabuzima.

    Ati “Nkigeza abana banjye kwa muganga abaganga barikanze barambaza bati ese aho uba nta bayobozi bahaba, nta n’Abajyanama b’ubuzima? Nti rwose muyobozi barantereranye iyo babaha raporo ntabwo abana bari kugera kuri uru rwego, n’ubu nje hano kwa muganga ari nko kwiyahura, abayobozi b’umudugudu nta raporo bigeze bantangira, aba bana iyo mbabonye narabatwise amezi icyenda mpura n’ihungabana, nkwiye gutabarwa”.

    Ise w’uwo mukobwa umusaza w’imyaka 75 (witwa Leonidas Nsanzumuhire) avuga ko ntacyo ubuyobozi bw’umudugudu n’akagari bwigeze bumumarira, dore ko yahabwaga n’amafaranga y’ingoboka agenewe abasaza ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bamukuramo ngo afite umwana ufite imbaraga.

    Agira ati “Nahoze mfashwa ngahabwa amafaranga y’abasaza, bayampaye igihembwe kimwe bankuramo ngo mfite umwana ufite imbaraga, abandi bajyaga bampa ubufasha ni Ababikira baduhaga ibyo kurya birahagarara baduhaga agakoma none ntikakiboneka dutunzwe n’amazi nayo yo mu bishanga, narazahaye na n’ubu ahubwo muzumva inzara yadutsinze hano”.

    Umuturanyi wabo, nawe asanga Leta ikwiye gufasha uwo muryango ubayeho nabi nk’uko umwe yabitangarije Kigali Today.

    Ati “Bano bantu bakwiriye gufashwa cyane uyu musaza, bamuhaga amafaranga y’ubusaza bageze aho barayahagariko ngo afite umukobwa ufite imbaraga zo gukora, uyu mukobwa nawe yakoraga muri VUP bamukuramo ni nabwo abana batangiye kurwara bwaki, abayobozi dufite ni babi ntacyo bitaho, umukuru w’umudugudu aho kubafasha ahubwo abasubiza inyuma, Leta nibafashe turebe ko aba bana bakira”.

    Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze, buremeza ko bwamaze kumenya ikibazo cy’uwo muryango aho bwiteguye kuwufasha bakareba ko abana bakira ndetse bwemeza ko n’ayo mavunja buri kuyashakira igisubizo ku bufatanye n’ibigo nderabuzima, nk’uko bivugwa na Nuwumuremyi Jeannine umuyobozi w’akarere ka Musanze.

    Ati “Ni umugabo w’umusaza ubana n’umukobwa we ufite abana batatu, uwo muryango ni ukuwufasha nk’abandi baturage bose bafite ibibazo, n’umukobwa we afite imbaraga dushobora kumushakira akazi mu mashuri ari kubakwa mu rwego rwo kumufasha kwifasha, twari twanabitekereje kumuha akazi ariko amaze iminsi mu bitaro urwaje umwana we ariko yagarutse mu rugo turamuba hafi”.

    Arongera ati “Ku kibazo cy’amavunja yagaragaye muri uwo muryango, twifashishije ikigo nderabuzima ubu barabavuye amavunja ari gukira”.

    Uwo muyobozi w’akarere ka Musanze avuga ko bakomeje ubukangurambaga bwo kwigisha isuku hagamijwe kurinda abaturage indwara ziva ku mwanda zirimo n’amavunja, mu rwego rwo gukaza isuku mu kurinda abaturage izo ndwara.

    Ati “Kiriya kibazo cy’amavunja cyabonetse muri uriya muryango, n’ejo ayo mavunja ashobora kuboneka ahandi, n’ejo bundi akaboneka ahandi, icya ngombwa nuko tubikurikirana dukora ubukangurambaga ahantu hose, ku buryo buri wese agira uruhare mu gukumira amavunja. Icya ngombwa nuko tuvuga ngo turashaka isuku ihoraho, turashaka guca amavunja n’undi mwanda burundu, ni urugendo kandi twese tururimo n’abaturage bose turi kumwe”.


    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/urusobe-rw-ubuzima/article/musanze-haracyagaragara-indwara-ziterwa-n-umwanda-n-imirire-mibi

  • Dore uko wabohoka ugakira imivumo y’uruhererekane iva mu bisekuru ukomokamo( Delivrance) #rwanda #RwOT

    Delivrance ni ngobwa ariko iyo ikozwe mu buryo bukwiriye, hari ibisabwa gusengerwa ariko hari n’ibyo nyir’ubwite asabwa gukora wenyine. Umwenda ukingiriza ahera wacitsemo kabiri, Yesu ni we nzira n’ukuri n’ubugingo. Kubohoka birashoboka ariko ukwiye kubigiramo uruhare, ukamenya ko ukwiye kuva mu nsi yo gutsikamirwa n’imivumo y’uruhererkane.

    Muri iki gihe gukora Delivrance usanga ari ingingo itavugwaho rumwe n’abanyamatorero bose, aho bamwe baba bafite uburyo bifuza kubikoramo. Ntawabacira urubanza ariko hari ibyo ubona birengereye. Gute?, hari abatereka abantu Kristo ukiza imivumo, ubohora ahubwo bakabereka ko baciye muri bo aribwo babohoka. Yesu niwe nzira n’ukuri n’ubugingo, niwe mukiza, niwe ubohora Umwuka Wera ni imbaraga z’Imana birahagije kugira ngo umuntu abohoke mu buryo bukwiriye.

    Mu kiganiro cyitwa 'Ubutumwa bukiza’ kinyura kuri Agakiza Tv , pasiteri Desire Habyarimana aratubwira uburyo bwemeranyijweho na Bibiliya bwadufasha kubohoka mu buryo bukwiriye, nubwo byose bitarondorwa muri iyi nyigisho, icyakora aragaruku kuri byinshi muri byo.

    Amaraso ya Yesu

    Amaraso ya Yesu atubohora mu buryo bukomeye iyo dukijijwe neza ari bwo bwa mbere. Iyo umuntu akijijwe mu buryo bwiza amaraso ya Yesu arahagije kugira ngo abohoke. Bisaba kwizera Kristo nk’Umwami n’Umukiza, ukizera ko muri we ariho dukirira imivumo yose, rero bisaba kwizera amaraso ya Yesu. Ese kuki umuntu aba yizera ariko agafatwa n’imivumo y’uruhererekane?

    Umuntu ntabwo agizwe n’igice kimwe, tugizwe n’umwuka, ubugingo, n’umubiri. Mu mwuka umuntu arabohoka pe!, mu bindi bice rero hari ibisaba imbaraga za nyirubwite kugira ngo atere intabwe zo kubohoka.

    Kwezwa ku ngeso

    Mubyukuri kwezwa ku ngeso nayo ni Delivrance, ni ukubohoka. Kwezwa bivugwa na Bibiliya. Hari impande ebyiri z’abigisha bavuga ko ibyaha dukora kera, ibyo dukora ubu n’ibyo tuzakora ngo byose byababariwe ku musaraba, nta mpamvu yo kwigora muri Kristo Yesu twarangije kubabarirwa, ariko ibyo ntabwo ari ukuri.

    Iyo umuntu akizwa aribwo bwa mbere bisaba uwagufasha kukubyara mu mwuka cyangwa se kuguhuza n’Imana ukatura bakagusengera, ariko kwezwa ku ngeso ni uruhare rwawe, ntibisaba ukurambikaho ibiganza ahubwo bisaba kwemera kubamba ingeso zawe.

    Muri Kristo Yesu yego twarababariwe kubwo kwizera ariko tugomba gutera intambwe yo kwezwa no guhinduka ku ngeso. Iyo Bibiliya ivuga Ubuntu ivuga Ubuntu bw’Imana butwigisha kureka kutubaha Imana n’irari ry’ibyisi…, dukwiye rero kumenya ko Ubuntu bw’Imana buduhindukira umwarimu bukadufasha kwezwa. Umuntu akwiye kwiga kubamba ingeso mbi za kamere ku musaraba, Abaroma 12.

    Niba Ubuntu twagiriwe butuma dukora ibyaha ntibigire icyo bidutwara tukumva ni ibintu biri aho, ubwo buntu ni hafi ya ntabwo.

    Kwiga gutandukana n’ingeso za Kamere

    Ukwiye kubwira kamere aya magambo uti’ Ibyo wansabaga simbikora kuko ijambo ry’Imana ntiribinyemerera, uransaba kwinezeza mu buryo butari bwo, sinifuza kuba mu nsi y’ubu bubata ndi umwana w’Imana.

    Gukira ibikomere

    Umuntu ashobora kuba yarakijjwe, yaratsindishirijwe ari umwana w’Imana ariko akayoborwa n’umutima ukomeretse. Iyo umuntu akomeretse amahitamo ye aba ari mabi, ubwenge bwe abukoresha nabi, ubuzima bwe uzabona butanejeje. Niyo mpamvu uzabona hari abakristo bagira ibyishimo bike ku maso, ubona mubyukuri Kristo atarababereye umwami w’ubuzima bwabo ngo yigarurire buri gice kigize ubuzima bwabo.

    Bibiliya ivuga ko Yesu yaje kuvura imvune z’umutima, yaje kudukura mu nsi yo gukomereka , yaravuze ngo ' Mwese abarushye n’abaremerewe muze munsange ndabaruhura'

    Gukira ibikomere bisaba kugira umuntu wizeye ugutega amatwi, ukijijwe, wera imbuto, azi ijambo ry’Imana, wuzuye Umwuka Wera kandi ari intangarugero. Akwiye kuba ari umuntu ugira ibanga, ugufitiye umwanya kandi akwiye kuba ari umuntu wagendana nawe urugendo rwo guhinduka kuko ingeso zimwe ziratinda.

    Kumenya ukuri kw’Ijambo ry’Imana

    Yesu yabwiye abigishwa be ngo 'Mumaze kwezwa n’ijambo nababwiye’. Ibi ni Delivrance ikomeye kuko iyo umenye ukuri kw’ijambo ry’Imana ugenda ubohoka, uba uwo Imana yifuza ko uba we. Ikibabaje ni uko abantu benshi bazi ijambo ry’Imana mu mutwe no mu mpapuro ariko ntibabeho ubuzima busanishijwe na ryo.

    Gutandukana n’ibisekuru

    Mu nyigisho yabanje twabonye ko ibisekuru tuvukamo biba bifite uruhererekane rw’imivumo, n’ibyabaga muri iyo miryango tutifuza ko twe bitazatubaho n’abana bacu. Gutandukana n’ibisekuru ni uguhindura igisekuru. Bibiliya iravuga ngo 'Mwebwe ho muri ishyanga ryera, muri abantu Imana yaronse, muri abami n’abatambyi mu bwami bw’Imana.

    Iyo ukijijwe Imana iba ikubyaye, uba uhindutse kuba umwana w’Imana. Iyo Imana imaze kukubyara ntabwo uba ukiri mu bisekuru by’abanyamujinya, abasambanyi, n’abasambana n’abo mu miryango yabo, abanyarugomo, ibyo uba warabikize. Ugomba kwiga kubaho ubuzima butandukanye n’ubwo abakiranirwa babagamo.

    Kugira disipurine( Discipline) mu kubaho kwawe

    Uburyo ukoresha umwanya wawe, reba umwanya utakaza mu bitagira umumaro uko ungana. Birababaje ko umuntu ashobora kureba Firime amasaha 6, ariko atabasha gusenga isaha imwe. Iyo udashyizeho discipline mu kubaho kwawe hari intambwe utazatera mu Mana.

    Kubaka indangagaciro zihuye n’imbuto z’umwaka

    Imbuto z’Umwuka ni urukundo, ibyishimo, amahoro, kwihangana kugwa neza…, iyo umuntu ageze kuri uru rwego nubwo yaba yarahuye n’ibimuhungabanya, avuka n’ahantu hatari heza, akagerageza kugira indangagaciro z’abakristo mubyukuri aba yubatse neza imbere muri we. Ibi rero ntabwo tubyuka ngo dusange ariko tumeze, ahubwo umuntu arabyitoza: witoza kugira urukundo, witoza kwihangana…

    Iyi ni Delivrance ikomeye, mu gihe abantu bashaka kuba beza nta kiguzi babitanzeho. Biratangaje ukuntu abantu bashaka amahoro batarashaka utanga amahoro, barashaka amafaranga batarashaka utanga amafaranga.

    Guhuza ijambo ry’Imana n’ubuzima ubamo buri munsi , gukira abadayimoni, kumena amabanga ya Satani, kugenzura ibyo wijiza mu buzima bwawe, n’ibindi byose twasobanuye haruguru, ni bimwe mu byo ukwiriye gukora ugatandukana burundu n’imivumo y’uruhererekane ikomoka mu gisekuru cy’iwanyu, ukagera ku kubohoka nyakuri( Delivrance).

    Ese uru rugendo witeguye kurugenda, witeguye gutanga ikiguzi cyose bisaba kugira ngo ube uwo Imana igusaba ko uba we?

    Reba inyigisho yose: Uburyo bwo gukira (kubohoka,delivrance) imivumo y’uruhererekane iva mu bisekuru ukomokamo

    Source: Agakiza Tv

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Dore-uko-wabohoka-ugakira-imivumo-y-uruhererekane-iva-mu-bisekuru-ukomokamo.html

  • Prosecution seeks life sentence for Rtd Major Mudathiru and co-accused terror suspects #rwanda #RwOT

    The suspects are segmented into two groups mainly the group comprising of 25 led by Rtd Major Mudathiru Habib (a former RDF soldier) facing charges including formation and being part of an irregular armed group or joining it, conspiracy against the established Government or the President of the Republic, maintaining relations with a foreign government with the intent to wage a war and formation of or joining a criminal group.

    They were captured last year in terrorism activities in the Democratic Republic of Congo (DR Congo), as part of an intensified campaign by the Congolese military against militia groups operating in the country. The 25 suspects were extradited to on 18th June 2019. Another suspect connected to the case is Pte a Jean Bosco Ruhinda who escaped to DRC forests. He is tried in absentia because he has not yet been captured.

    Another group connected to the case includes Corporal Viateurv, Corporal Jean Bosco Dusabimana and Private Champagnat Igitego led by Pte Dieudonné Muhire.
    They are accused along with two civilians Pacifique Muhire and Richard Nzafashwanimana.

    The group is accused of escaping the military, conspiracy against the Government or intending to overthrowing it by means of war or other powers, formation of a criminal group and subsequently seducing new recruits, and taking part of terror group’s activities.

    The 31 co-accused were present in court except Private Ruhinda tried in absentia.
    Prosecutor Capt Jacques Rugamba has requested the Military High Court to accept the request of the prosecution based on provided evidences.

    He also requested the court to consider 10-year sentence separately for the crime of joining irregular armed group.

    'We seek ten-year sentence for 30 of 32 suspects excluding Major Rtd Habib Mudathiru and Pte Muhire Dieudonne. They particularly conspired with founders of the armed group because Mudathiru was involved in recruitment for P5 and training recruits how they would plot a war against the Government of Rwanda. We request 15-year sentence for him and Pte Muhire Dieudonne,' he said.

    On the accusation of maintaining relations with a foreign government with the intent to wage a war and formation of or joining a criminal group, the prosecution sought 25-year sentence for suspects in the group led by Mudathiru.

    On the accusation of forming a criminal group, the prosecution requested 10-year sentence for all the 32 suspects.

    The prosecution also sought 20-year sentence for all the 32 suspects over terror activities.

    On the charge of conspiracy against the established Government, the prosecution requested life sentence for each of the 32 suspects.

    Pte Champagnat Igitego also faces genocide ideology charge for which the prosecution demanded 7-year sentence and Rwf 1 million fines.

    On the accusation of escaping the military, the prosecution requested 2-year sentence for Pte Muhire Dieudonne and Pte Ruhinda.

    'Finally, we request the Military High court to consider the article 61 and 62 of the penal code determining crimes and punishments, and approve the presence of a coordinated terror activities. Thus, the court should hand the heaviest punishment to all the 32 suspects, life sentence to everyone,' stated the prosecutor.

    The prosecutor, however, told the court to consider that Muhire Pacifique facilitated processes by admitting and apologizing for all crimes which should be taken into account while making the judgment.

    The prosecutor explained that heavier punishments determined by laws would leave a lesson to those seeking to join terror groups intending to destabilize Rwanda’s security.

    Following the request for life sentence, suspects requested the court to alleviate their punishments and apologized to the Government and Rwandans.

    The hearing is expected to be concluded on tomorrow when the court will announce dates for reading the ruling.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/justice/article/prosecution-seeks-life-sentence-for-rtd-major-mudathiru-and-co-accused-terror

  • Un impératif d’arrêter cinq présumés génocidaires rwandais en GB avant le CHOGM-Kigali 2021 #rwanda #RwOT

    Stuart engage dans sa lutte contre l’impunite

    Stuart Polak, un parlementaire anglais l’a fait ainsi comprendre ce lundi 7 décembre 20 prenant le relais à un autre parlementaire Andrew Mitchell qui a beaucoup de fois insisté sur la nécessité de mettre en examen des personnes, sujets rwandais exilés en GB et lourdement soupçonnés d’avoir joué un rôle plus qu’actif dans l’organisation et l’exécution du génocide des Tutsi de 1994 avant de prendre fuite et de s’établir en Grande Bretagne.

    ” Cinq sujets rwandais soupçonnés de crimes de génocide sont établis de façon non inquiétée en Grande Bretagne. Ils perçoivent toutes les allocations et aides nécessaires. Au moment où aux USA, Canada, France, Belgique, Suède et d’autres pays ont extradé vers la justice rwandaise des présumés génocidaires, la Grande Bretagne a fait sourde oreille aux appels du Rwanda qui a effacé dans son code pénal la peine de mort depuis dix ans. Je demande au Gouvernement de sa Majesté de se pencher sur cette question avant que ne se tienne le CHOGM 2021 à Kigali l’année prochaine “, a dit Stuart comme dans un cri se demandant pourquoi le Gouvernement britannique ne comprend pas ces appels répétés des élus du peuple.

    Stuart faisait ainsi allusion aux cinq rwandais résidant en GB et visés par des mandats internationaux émis par la Justice rwandaise depuis plus de dix ans. Ce sont Célestin Mutabaruka, Vincent Bajinya alias Vincent Brown, Célestin Ugirashebuja, Charles Munyaneza et Nteziryayo Emmanuel.

    Stuart emprunte le pas a Mitchell
    Stuart trouve que le Gouvernement britannique fait le jeu de Deux Poids Deux Mesures. Pour lui, s’il avait été question de présumés criminels du génocide juif, il aurait été prompt à arrêter ces criminels. L’honorable Andrew Mitchell lui aussi est un fervent pourfendeur de l’impunité dont jouissent ces présumés génocidaires. Il a récemment raillé le quotidien britannique The Guardian qui s’apitoyait sur le sort de Paul Rusesabagina arrêté pour soupçon de crimes de terrorisme et de formation de groupe armé illégal.

    ” Au lieu de vous apitoyer sur le sort de Rusesabagina arrêté par la justice rwandaise pour les crimes qu’il a commis et non pour le réduire au silence, vous devriez plutôt plaider pour l’arrestation de ces Rwandais fortement soupçonnés de crimes de génocide des Tutsi de 1994 “, a dit Mitchell s’adressant à ce quotidien qui a une large audience à Londres et en Grande Bretagne ajoutant qu’ils vivent indûment des frais des contribuables anglais depuis plus de dix ans.

    Pourtant l’ambassadeur de Grande Bretagne à Kigali, Jo Lomas, avait dit à la Presse peu après son entretien avec le Ministre rwandais de la Justice, Johnston Busingye, à ce sujet, que le Parquet de sa Majesté avait commencé des investigations préliminaires devant aboutir à l’arrestation de ces cinq rwandais. Et depuis lors, trois ans après, silence radio ! Rien n’a été fait !

    De lourds soupcons, de sinistres genocidaires
    Pour rappel, Bajinya Vincent est soupçonné d’appartenir au précarré du Président Juvénal Habyarimana dans la conception et préparation du génocide des Tutsi de 1994 et de participation aux exécutions de Tutsi dans la Ville de Kigali et sur des barrières montées par les Interahamwe.

    Ce recherché par la Justice rwandaise aurait demandé asile en GB où il a exercé comme médecin dans une Clinique Praxis sous le nom de Vincent Brown.
    Mutabaruka Célestin, quant à lui, était un pasteur de l’église de Pentecôte au Rwanda au moment de la commission de ses crimes de supervision des Interahamwe de son patelin dans l’exécution de quelques 20 mille tutsi, femmes, enfants et hommes.
    Munyaneza Charles était bourgmestre de l’ancienne Commune de Kinyamakara de Gikongoro. Il est poursuivi pour préparation et coordination des attaques des villages des environs de la rivière Mwogo où les Interahamwe sous sa supervision jetaient les corps des Tutsi qu’ils venaient de tuer.

    Il en est de même de Célestin Ugirashebuja, 67 ans, lui aussi alors bourgmestre d’une Commune Kigoma de la Préfecture de Gitarama (au Centre-sud du Rwanda). Il est dit qu’il a ordonné aux Interahamwe de sa commune de tuer les Tutsi qui avaient été amenés devant ses bureaux. Et il aurait donné des instructions à ces Interahamwe de pourchasser tous les Tutsi de sa Commune et les mettre à mort.

    Mais ce n’est pas tout. Cet ancien bourgmestre aurait, au cours de la deuxième semaine d’avril 1994, dirigé lui-même une attaque de ces Interahamwe qui pourchassaient les tutsi dans sa Commune. Ces Interahamwe violaient les femmes qu’ils débusquaient comme du gibier avant de les tuer.
    Non content d’avoir fait tout ce gâchis, Ugirashebuja a continué son discours géocidaire même dans son exil anglais.

    Nteziryayo Emmanuel était aussi bourgmestre de Commune Mudasomwa de Gikongoro, au Sud du Rwanda. Il aurait joué un rôle clé dans la préparation du génocide des Tutsi de sa Commune. Il a dirigé des attaques contre les Tutsi regroupés dans des endroits différents à forte densité. Dans son exil, pour echapper à toute poursuite, uil s’est fait passer pour Emmanuel Ndikumana.

    La diplomatie judiciaire : la communaute internationale devrait preter la main

    Il va de soi que la tâche qui incombe à la cellule près le Parquet Général de la République du Rwanda chargée de traque des présumés génocidaires est énorme. A ce jour, il existe 1144 dossiers parfaitement instruits relatifs aux présumés génocidaires en cavale dans 33 pays du monde. Il est rapporté qu’un grand nombre de ces présumés génocidaires sont exilés dans les pays africains.

    On remarque qu’ici et là, certains pays ne tolèrent pas des crimes de génocide. A ce jour, certains d’entre eux ont ouvert des procès à l’encontre de ces génocidaires. Ainsi 9 pays du monde ont conduit 23 procès de ce genre devant leurs cours et tribunaux et d’autres neuf ont extradé vers la justice rwandaise 24 présumés génocidaires.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Un-imperatif-d-arreter-cinq-presumes-genocidaires-rwandais-en-GB-avant-le-CHOGM.html