Category: Uncategorized

  • Christus Regnat yahimbiye indirimbo Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda #rwanda #RwOT

    Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda aherutse guhabwa izi nshingano na Papa Francis, bituma aba uwa mbere mu mateka ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda ubashije kugera kuri urwo rwego.

    Ubwo Nyiricyubahiro Arkiyepisikopi wa Kigali akaba n’umushumba wa Diyosezi ya Kibungo, Musenyeri Antoine Kambanda yagirwaga Karidinali, Chorale Christus Regnat iri mu zikunzwe mu ndirimbo zitandukanye yahisemo kumwifuriza ishya n’ihirwe binyuze mu ndirimbo.

    Iyi ndirimbo bayise 'INTAMBWE Y’INTORE’ ikagira impakanizi ya Ruhamyantego, Wahuza ayo magambo yombi bikaba 'INTAMBWE Y’INTORE RUHAMYANTEGO’ nk’icyivugo cyimurata ibigwi n’ibirindiro ariko ntigicukirize aho kitagaragaje inzira ya nyuze kuva mu buto bwe kugeza aya magingo.

    Kanda hano urebe indirimo yahimbiwe Cardinal Kambanda

    Ubuyobozi bwa Christus Regnat butangaza ko iyi ndirimbo rero igaruka ku buzima bwa Nyricyubahiro Antoine Kardinali Kambanda kuva mu bwana, uko yahawe Ubupadiri na Nyirubutungane Papa Yohani Pawulo wa II ubwo yasuraga u Rwanda mu 1990.

    Ni indirimbo inavuga uburyo yitwaye neza mu nshingano ze n’imirimo itandukanye yakoze nyuma yo kuba Padiri kandi akayitwaramo neza kugeza ubwo muri Gicurasi 2013 yatorewe kuba umushumba wa Diyosezi ya Kibungo, ahitamo intego igira iti : 'Ut Vitam Habeant' bisobanuye[Bagire ubuzima].

    Mu Ugushyingo 2018 nibwo Nyirubutungane Papa Francis yamugize Arkiyepiskopi wa Kigali asimbuye Myr Tadeyo Ntihinyurwa wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

    Nyuma y’Imyaka ibiri atorewe kuba Arkiyepiskopi wa Kigali nibwo tariki ya 25, Ukwakira 2020 inkuru yasakaye hose ko Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Kambanda yagizwe Kardinali bwa mbere mu mateka ya Kiriziya Gatolika mu Rwanda.

    Ku wa 28 Ugushyingo nibwo yambitswe iryo Kamba hamwe n’abandi 13 baturutse mu bihugu bitandukanye by kw’isi, mu birori byabereye I Roma biyobowe na Nyirubutungane Papa Francis.

    N’inkuru yakiranywe igishyika cyinshi n’abanyarwanda by’umwihariko abakrisitu Gatolika, nibwo rero umwe mu bahanzi bakomeye ba Chorale Christus Regnat Bahati Wellars yagiye mu nganzo n’uko avumbukanayo icyi kivugo 'Intambwe y’Intore Ruhamyantego'.

    M munihiro w’amajwi y’urwunge atagira uko asa, abaririmbyi bayanyukira guhimbaza no kurata iyo inkuru hato ngo ababyumvise bikabarenga mu mvugo babishyingure ahategerwa n’umwe (mu mutima), hahandi abanyarwanda bagira bati 'Burya akuzuye umutima gasesekara ku munwa’.


    Kanda hano urebe indirimo yahimbiwe Cardinal Kambanda

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Christus-Regnat-yahimbiye-indirimbo-Nyiricyubahiro-Antoine-Cardinal-Kambanda

  • Barcelona na Paris Saint-Germain zongeye gucakirana muri Tombola ya Champions League #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Muri Tombola ya 1/8 ya UEFA Champions League imaze kurangira, ikipe ya FC Barcelone yo muri Espagne na Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, ni wo mukino witezwe na benshi nyuma yo gutomborana.

    Fc Barcelona na Paris Saint-Germain ni umukino utegerejwe na benshi
    Fc Barcelona na Paris Saint-Germain ni umukino utegerejwe na benshi

    Ni amakipe abiri agifitanye inzika, nyuma y’aho ikipe ya Fc Bercelone yanyagiraga Paris Saint-Germain ibitego 6-1, mu gihe umukino ubanza Fc Barcelone nayo yari yanyagiwe ibitego 4-0, gusa na Paris Saint-Germain mu kwihorera yaje guhita igura Neymar wari witezweho kuzafasha Fc Barcelone mu nyaka myinshi iri imbere.

    Uko tombola yose yagenze

    Borussia Monchengladbach v MAN CITY
    Lazio v Bayern Munich
    Atletico Madrid v CHELSEA
    RB Leipzig v LIVERPOOL
    Porto v Juventus
    Sevilla v Borussia Dortmund
    Barcelona v PSG
    Atalanta v Real Madrid


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/barcelona-na-paris-saint-germain-zongeye-gucakirana-muri-tombola-ya-champions-league

  • Jambo asbl yatangije ubukangurambaga bwo gufasha imitwe y'iterabwoba ku manywa y'ihangu #rwanda #RwOT

    Ntabwo bitunguranye kuba Jambo asbl yaba iri gufasha imitwe y'iterabwoba ikorera mu Burasirazuba bwa Kongo kuko biri mu nshingano zayo, ahubwo igitunguranye ni uko babishyize ku mugaragaro bagatanga na numero ya konti iyo mfashanyo izajya ikusanyirizwaho.

    Mbere yuko imitwe y'iterabwoba icikamo ibice bitandukanye, habaga FDLR gusa bityo bikaborohera kuyishakira inkunga ngo bari hafi gufata igihugu ariko ubu hari P5, FLN, CNRD Ubwiyunge, RUD-Urunana nindi bityo guhuza abantu ntabwo bamenya iyo umwe ashaka gutera inkunga. Niyo mpamvu babicishije mu cyitwa 'SOS Refugies' bari gushakisha amafaranga yo gutera inkunga FDLR iri mu maremebera kuko niwo mutwe biyumvamo cyane.

    Imvugo yabo ntawe utayizi uhereye ku babyeyi babo, kuko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bakoreshaga imvugo yitwa 'Gukora' ntabwo bakoreshaga kwica Abatutsi; ibyo bakora byose baziko ari ibikorwa by'umwijima niyo mpamvu usanga bashaka indi mvugo cyangwa igikorwa bakacyitirira ibindi.

    Hashize iminsi mike jambo asbl igizwe n'abakomoka ku bahekuye u Rwanda, bakaba bafite inshingano yo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi no gushakira ibyaha FPR nkuko ari umwanzuro w'inama ya Guverinoma y'abajenosideri bari mu buhungiro, batangije igikorwa cyo gukusanya amafaranga binyuze mu cyitwa 'SOS Refugies'. Ibi bikorwa byo gufasha imitwe y'iterabwoba bijyana n'ibikorwa bya mpemuke ndamuke, aho buri wese yabaye umuvugizi w'impunzi kandi ari indonke aba yishakira.

    Uzwi cyane ni Paul Rusesabagina mu kiswe 'Fondation Rusesabagina' aho yakusanyaga amafaranga yitwaje Film Hotel Rwanda, maze si ukwibikaho amafaranga aba igitangaza mu baherwe. Rusesabagina ukusanya amafaranga abeshyako avugira abantu yagendaga muri Benz Cl-Class (WDDDJ72X68413260) akaba munzu ifite ibyumba bitandatu ifite agaciro kari hafi ya Miliyari y'amanyarwanda mu mugi wa San Antonio. Imitungo myinshi ya Rusesabagina ibarizwa mu bihugu by'amajyepfo y'Afurika.

    Si Rusesabagina gusa wagize 'ibikorwa byo gutabara' nk'umutahe wo kwishakira indonke. Hari indi miryango nka Centre de Lutte contre l'Impunité et l'Injustice au Rwanda (CLIIR) ya Joseph Matata, uyu wemeje kumugaragaro ko Akayesu Jean Paul ari umwere nyuma agakatirwa burundu n'urukiko rw'Arusha, ikusanya amafaranga babeshya ko ari ayo gufasha abantu kandi ari ugufasha imitwe y'iterabwoba.

    Tugarutse kuri Jambo asbl, isano ifitanye n'imitwe y'iterabwoba ishingiye ku buvuguzi binyuze mu kinyamakuru cyabo jambo news ndetse no gutegura ibiganiro bagamije kuvugira iyo mitwe. Muri 2014, uwari umukuru wa Jambo asbl, Placide Kayumba, akaba na mwene Ntawukuriryayo Dominique ufingiwe ibyaha bya Jenoside nkuko byemejwe n'Urukiko Mpanabyaha by'Arusha, yagiye mu mashyamba ya Kongo agirana ikiganiro na Brig Gen Iyamuremye Gaston uzwi nka Victor Byiringiro, naho Laure Uwase yerekeza mu Burundi kubonana niyo mitwe y'iterabwoba muri 2016 abifashijwemo na Leta y'u Burundi. Banabonye na Guillaume Bunyoni wari Minisitiri w'umutekano muri icyo gihe.

    Mu gufata Rusesabagina herekanwe inzira yakoreshaga yohereza amafaranga muri Kongo, ibyo jambo asbl ikora ntabwo izi ko ari amateka baba babikira ubutabera mu minsi iri imbere. Agapfa kaburiwe n'impongo.

    The post Jambo asbl yatangije ubukangurambaga bwo gufasha imitwe y'iterabwoba ku manywa y'ihangu appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/jambo-asbl-yatangije-ubukangurambaga-bwo-gufasha-imitwe-yiterabwoba-ku-manywa-yihangu/

  • Umubirizi uzwiho kuvura inzoka zo mu nda burya uvura n’izindi ndwara #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umubirizi
    Umubirizi

    Ku rubuga https://www.afrique-pharmacopee.com bavuga ko ibibabi by’umubirizi ubundi witwa ‘Vernonia amygdalina’ mu bijyanye na siyansi, ngo byigiramo ubutare bwinshi bwa ‘fer’ iyo akaba ari yo mpamvu ukunda gutegurwa mu mafunguro atandukanye cyane cyane mu bihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba ndetse n’iyo hagati. Hari kandi n’abateka ibibabi by’umubirizi bakabirya nk’imboga.

    Umubirizi uzwiho kuba urura, ndetse buri gice cy’umubirizi kirarura (ibibabi, igihimba, imizi), ariko ubwo burure bwawo ngo ni bwo bugirira umubiri akamaro, kuko biwuvura ububabare butandukanye. Umubirizi rero ngo ufite ibyiza byinshi ku buzima bw’umuntu ku buryo byaba byiza, umuntu agiye awukoresha kenshi kugira ngo abone ibyiza byawo uko bikwiriye.

    Mu byiza by’umubirizi harimo kandi kuba utuma umwijima ukora neza, kandi ngo umwijima ugira akamaro gakomeye mu mibereho myiza y’umuntu. N’umuntu watangiye kugira ibibazo by’umwijima ngo ashobora kunywa amazi y’akazuyazi arimo umubirizi bikamufasha.

    Umubirizi kandi wifitemo ubushobozi bwo kugenzura ibinure bibi ‘cholestérol’ mu mubiri. Iyo ibyo binure bibi bibaye byinshi mu mubiri ngo bishobora gutera indwara ya Alzheimer ijyana n’ibibazo by’ubwonko budakora neza, ndetse n’indwara z’umutima zitandukanye.

    Umubirizi kandi ufasha mu kurinda kanseri y’ibere, kuko bimwe mu bifasha kwirinda kanseri y’ibere harimo guhorana ibiro biringaniye no kugira umurimo w’imbaraga (activité physique) umuntu akora. Kandi umubirizi ufasha mu kugabanya ibiro no gutuma bitiyongera ku bafite ibiringaniye, kuko wongera icyitwa ‘metabolisme, kigira uruhare rukomeye mu kugenzura ibiro by’umuntu.

    Kongera umubirizi mu mafunguro y’umubyeyi wonsa, byamufasha guhembera cyangwa se kugira amashereka menshi.

    Ibibabi by’umubirizi byigiramo ibyitwa ‘antioxydants’ mu gihe bitetswe bikaribwa nk’imboga, bifasha mu kurwanya indwara zitandukanye.

    Umubirizi kandi ukungahaye cyane ku byitwa ‘fibres’ bituma igogora ry’ibyo umuntu yariye rigenda neza. Umubirizi kandi ufasha abantu bakunda kugira ibibazo bitandukanye mu gifu, n’abakunda kwituma impatwe.

    Umubirizi kandi ngo ni umuti ukomeye w’umuriro. Mu gihe umuntu afite umuriro, bashobora guteka ibibabi by’umubirizi bamuha amazi yawo, bikamugabanyiriza umuriro, ububabare, bigafasha umubiri we gukora neza.

    Ibibabi by’umubirizi kandi bifasha mu kuvura indwara z’uruhu zitandukanye. Akandi kamaro k’umubirizi gakomeye, ni uko wifitemo ubushobozi bwo gusukura no mu mubiri imbere ndetse ukanafasha mu kuvura abantu bagira ibibazo byo kuzana umwoyo (les hémorroïdes).

    Umubirizi kandi ufasha mu kugenzura urugero rw’isukari. Ku bantu barwara Diyabete, kurya umubirizi byabafasha mu kuringaniza urugero rw’isukari mu maraso.

    Ku rubuga https://guardian.ng, bavuga ko umubirizi wifitemo ubushobozi bwo kurinda impyiko kwangirika no gutuma zikora neza, ndetse ugafasha n’urwungano rw’inkari kugira ubuzima bwiza.

    Ku rubuga https://www.ncbi.nlm.nih.gov/pmc bavuga ko umubirizi wongera amahirwe y’uburumbuke ku bagabo, kuko ufasha intanga-ngabo gukomera no kugira ubuzima bwiza.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/umubirizi-uzwiho-kuvura-inzoka-zo-mu-nda-burya-uvura-n-izindi-ndwara

  • COVID-19: Rwanda ready to administer Moderna and AstraZeneca vaccines #rwanda #RwOT

    Dr Ngamije made the revelation yesterday during a live talk-show on Rwanda Television. He explained that Rwanda is among 96 countries prepared to acquire the vaccine through World Health Organization and COVAX, a global initiative aimed at working with vaccine producers to provide countries worldwide with equitable access to safe and effective vaccine once licensed and approved.

    'We have been registered and submitted the request with detailed figures of needed vaccines. The more vaccines are produced, the more the organization liaises with producers to identify available vaccines to be distributed to countries that expressed interest,' he said.

    'We shall cover 20% of Rwandans in the first phase through the United Nation’s system. It doesn’t exclude us from engaging in discussions with other countries that might provide us with vaccines even though we have not completed the feasibility study. It is however, possible to get them from partner countries,' added Ngamije.

    He explained that Rwanda will be among first African countries receiving the vaccine once licensed and ready for distribution.

    So far, the country is considering three vaccines mainly; mRNA-1273 produced by Moderna Inc. from the United States of America, BNT162b2 produced by respective factories from the United States of America and Germany as well as and Pfizer from the United Kingdom.

    These vaccines require storage in special temperature conditions posing need for establishing strong storage systems as they are distributed to citizens.

    'We meet several requirements especially for two of the three requested vaccines. We even have capacity to receive quite a number Pfizer vaccines at national level. As for such a vaccine that should be stored at -70 Celsius, it can be designated for areas where the temperatures a very cold and store it for at least three days in ordinary refrigerators designed for vaccines,' he said.

    'This means, we are also able to use those vaccines with special storage conditions once available. As for Moderna or AstraZeneca vaccines, we can’t buy refrigerators because they are available. We are training workers and identifying targeted people in the first phase. It is evident that we will attend to health workers at health centers and hospitals. We also have figures of people with chronic diseases but we must prepare to spot their locations,' added Ngamije.

    He explained that they are conducting a census to establish locations of people with complicated respiratory diseases, diabetes among others to plan the distribution of vaccines accordingly once available.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-ready-to-administer-moderna-and-astrazeneca-vaccines

  • Health Minister sounds warning on forging COVID-19 test results #rwanda #RwOT

    Minister Ngamije revealed this yesterday as he talked about probable causes for the surging COVID-19 cases. He explained that businesspersons are among people spreading the virus along with people going outside the country tested negative for COVID-19 but worsening the situation as some of them return with forged results.

    'Even if they are tested upon arrival, we have learnt that some people seek forged documents. Police has caught some of them on account of forging certificates proving that they have tested negative for COVID-19 as they return to the country yet they are infected. This increases cases due to non-compliance,' he said.

    Ngamije explained that medical practitioners are among other people catching the virus.

    'Who will attend to Rwandans if COVID-19 is spreading among medical practitioners? It is an issue that raises concern because inmates or students spread the virus to health workers attending to them who also pass the virus to other patients and colleagues,' he said.

    Ngamije stressed need for strict measures to slow down the increase in new COVID-19 cases. He urged the public to adhere to health guidelines.

    'It won’t take long to get COVID-19 vaccine. It is not time to be complacent but rather time to strengthen measures and wait for the vaccine to defeat the pandemic. The vaccine might be available in the country in the next three months. The vaccine would find us healthy if we embrace strict preventive measures,' he noted.

    At least 100 new COVID-19 infections and two deaths were registered on December 12, and 66 recoveries were recorded on the same day. On the following day, the Ministry of Health has reported 131 new COVID-19 cases taken out of 2444 sample tests.

    Rwanda confirmed the first COVID-19 case on 14th March 2020. Since then, 6659 people were tested positive out of 667 894 sample tests of whom 5955 have recovered, 648 are active cases while 56 have succumbed to the virus.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/health-minister-sounds-warning-on-forging-covid-19-test-results

  • La 1ère Dame inaugure les travaux de l’Association Internationale des Gynécologues #rwanda #RwOT

    Ministre de la santé, Dr Ngamije, intervenant au colloque

    a été retenu un message clé de son discours. Pour elle, il est intolérable de voir mourir une mère qui donne une vie à l’humanité. Elle a recommandé aux gynécologues rassemblés de ne jamais tolérer un tel accident quelles que soient les circonstances.

    Il s’est dite satisfaite des progrès réalisés durant ces dix dernières années dans la profession des gynécologues. Selon elle, tout va dans le bon sens car les femmes ayant des grossesses à terme accouchent dans les salles de maternité à 91% avec une assistance d’un gynécologue assermenté.

    Elle a encouragé ces gynécologues à assister suffisamment ces mères en instance d’accoucher, de leur entourer de soins et de compréhension afin de réduire sensible l’effet des douleurs en couches qu’elles endurent.

    “Offrez à la mère qui va accoucher les différents formes d’accouchement et respectez son choix. Prodiguez des conseils aux sages-femmes quant à la meilleure façon de traiter ces mères”, a dit Jeannette Kagame trouvant insensé le fait qu’une mère puisse perdre sa vie en cours d’accouchement.

    “Le Rwanda mon pays apprécie la contribution de chacun d’entre vous qui participez à ce colloque pour votre message que vous allez transmettre à votre entourage professionnel dans l’optique de rendre de beaux et impeccables services aux mères accouchant”, a-t-elle dit avec insistance.

    Ce colloque de Kigali a vu la participation du DG de l’OMS, l’éthipien Tedros Ghebreyesus qui, das son discours de circonstance, a évoqué l’impact négatif de la période où a sévi la pandémie du Covid 19. “Au cours de la période, la vie des femmes et les jeunes filles a été perturbée. Certaines d’entre elles ont été objet de violences sexuelles. D’autres n’ont pas eu accès normal aux services de santé comme il était d’habitude”, a-t-il dit invitant les gynécologues à plus de sollicitude pour leurs patientes et promettant à ce sujet, une collaboration entre l’OMS et FIGO.

    Participants au colloque

    Ils sont 1200 experts gynécologues du monde entier qui participent aux travaux de ce colloque à partir de KCC/Kigali Convention Center. Certains d’entre eux interviennent en ligne par vidéoconférence à cause de Covid19.

    Il est rapporté que ce Colloque a lieu pour la deuxième fois en Afrique. Il a été organisé par FIGO avec la Collaboration de l’Association Africaine de Gynécologues Africains (AFOG) et de l’Association Rwandaise des Obstétriciens et des Gynécologues (RSOG).

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/La-1ere-Dame-inaugure-les-travaux-de-l-Association-Internationale-des.html

  • Kwiyongera kw’abandura COVID-19 birasubiza inyuma ubucuruzi n’ubuhahirane n’amahanga – MINICOM #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Minisitiri w
    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye

    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye, avuga ko ubusanzwe ubukungu bw’u Rwanda bwagombaga kugabanukaho 0,2% kubera icyorezo cya COVID-19, bikaba bitari bikabije ugereranyije n’ibindi bihugu byo ku mugabane wa Afurika.

    Minisitiri Soraya Hakuziyaremye avuga ko kugeza muri Kamena 2020 ubukungu bw’u Rwanda bwari bwagabanutseho 10% kubera guma mu rugo no guhagarika ibikorwa by’ubucuruzi, ariko mu mezi atatu ashize bwari bwongeye kuzamuka ku buryo uyu mwaka wa 2020 wari kurangira bwongeye kuzamukaho 10%.

    Ikoranabuhanga mu bucuruzi rikaba ryarafashije cyane kugira ngo ubukungu bw’igihugu butagwa, ndetse uko u Rwanda rurushaho guhangana na COVID-19 byatumye ingendo mpuzamahanga zo mu kirere zisubukurwa kandi ba mukerarugendo bongera gusura u Rwanda n’abashoramari bo mu Rwanda bongera kujya mu mahanga kandi bisanzuye.

    Minisitiri Hakuziyerenye avuga ko ibyo byose byagezweho kubera imbaraga buri wese yagaragaje mu guhangana na COVID-19 ku buryo abantu nibakomeza kudohoka ibintu bishobora kongera kuba bibi.

    Agira ati, “Umunyamahanga wo mu Burayi na Amerika yari yemerewe kuza mu Rwanda yasubirayo ntashyirwe mu kato ubwo rero imibare ikomeje kwiyongera ibyo byose byahagarara ba mukerarugendo ntibagaruka, n’urwego rwacu rw’amahoteli rugasubira inyuma kandi ruri mu byinjiza amadovise”.

    Yongeraho ati, “Ubukungu bwasubira inyuma kandi kongera kubuzahura mu myaka ibiri byagorana aya mezi ari imbere turasabwa kwirinda kugira ngo tugabanye imibare y’abandura kugira ngo ibikorwa by’ubucuruzi byatangiye bidasubira inyuma”.

    Kwirara kw’abantu ni byo byazamuye imibare y’ubwandu bushya

    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda avuga ko imbaraga zashyizwe mu guhangana n’ikwirakwira rya COVID-19 ari zo zatumye icyorezo kigabanuka abantu bibwira ko cyashize none cyatangiye kwigaragaza mu bice bitandukanye no ku bantu batandukanye.

    Avuga ko ubu hakozwe ibiganiro n’inzego zihagarariye abacuruzi kugira ngo hasuzumwe ku ngamba zo gukaza ubwirinzi bitaba ibyo ubucuruzi bukaba bwakongera guhura n’ibibazo.

    Minisitiri Hakuziyaremye avuga ko kwirara bishobora gusubiza inyuma amahirwe yari yongeye guhabwa abacuruzi bagafungurirwa imirimo mu gihe mu bihugu by’amahanga ubucuruzi bugifunze, agasaba ko ingamba zashyizweho zubahirizwa bitaba ibyo ‘guma mu rugo’ igasubizwaho.

    Agira ati, “Ntabwo ari ugutera ubwoba ariko zimwe mu ngamba zo kwirinda ko ubwandu bukomeza kwiyongera harimo no gusubizaho ‘guma mu rugo’ ibyo bikaba byagira ingaruka zikomeye ku bikorwa byari byakomorewe”.

    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda atangaza ko u Rwanda rwashyizeho ikigega nzahurabukungu kugira ngo ibyahungabanyijwe n’ingaruka za COVID-19 byongere gutizwa ingufu, ahashyizweho asaga miliyari magana abiri z’amafaranga y’u Rwanda, ayo yose akaba atakongera kuboneka igihe ubucuruzi bwakongera gukomwa mu nkokora na COVID-19.

    Umuti wo kwirinda izo ngaruka zose ukaba ari ukwirinda no kongera gukurikiza amabwiriza n’ingamba byashyizweho kandi birashoboka abantu babigize ibyabo.


    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ubucuruzi/article/kwiyongera-kw-abandura-covid-19-birasubiza-inyuma-ubucuruzi-n-ubuhahirane-n-amahanga-minicom

  • First COVID-19 vaccination phase to cover 20% of Rwanda population-Minister #rwanda #RwOT

    Rwanda has been allotted vaccine capable of covering 20% of the total population in the first phase.

    The vaccines will be distributed by COVAX, a global initiative aimed at working with vaccine producers to provide countries worldwide with equitable access to safe and effective vaccine once licensed and approved.

    Health practitioners, patients with incurable diseases like blood pressure, diabetes and asthma among other respiratory diseases will be among the first group to be vaccinated in the first phase along with elders above 65 years and people whose line of duty puts them in a susceptible position.

    Rwanda has already submitted in her request for the vaccine and currently in the process of identifying the targeted population.

    In an exclusive interview, Dr Ngamije has explained that vaccine covering 20% of the 12.7 million people in Rwanda will be covered in the first phase.

    'We are only allowed to access vaccine for 20% of 12.7 million people in Rwanda. But we are also mobilizing for funds so that we can raise the targeted quota from 20% to 60% at the least,' he said.

    The vaccine has not yet been approved and not ready for distribution.

    Dr Ngamije explained that the first batch of vaccine would at least be available towards the end of March next year and the access will improve gradually as manufacturers increase production.

    'I cannot tell you exactly when the next 40% vaccination will be covered but we target for it to be done before the end of next year,' he revealed.

    The vaccine in the first phase will be donated for free but individual countries will finance themselves in the subsequent shipments.

    Dr Ngamije has revealed that the Ministry has not yet established the exact amount of money to be spend on the vaccination efforts.

    'There are vaccines requiring single or double administration. The cost might be in the range of about US$15 million to vaccinate 60% of the population but it might go up or down depending on the type of vaccine delivered,' he said.

    Most of vaccines in the final phase of testing before approval and distribution are believed to build strong immune defense systems after double administration.

    They are all subject to special storage and transportation conditions. Some require storage conditions with temperature ranging between 2 and 8 degrees celsius, while others require storage at zero degrees celsius or below.

    AstraZeneca’s vaccine candidate from Oxford University can be stored at normal refrigeration temperatures, not needing the supercool storage the Pfizer vaccine requires.

    Moderna vaccine manufactured in America is expected to remain stable at standard refrigerated conditions of 2° to 8°C for up to 30 days within the 6-month shelf life.

    Pfizer or BionTech vaccine already in use in the United Kingdom set conditions for storage in standard refrigerated conditions of 70 Celsius degree while Russia’s Sputnik V vaccine can be stored under same conditions as AstraZeneca.

    Health experts show that poor countries or majority of African countries might choose AstraZeneca with moderate storage conditions.

    Dr Ngamije has explained that Rwanda might opt for AstraZeneca vaccine which is easily maintained like other vaccines already available in the country.

    Rwanda confirmed the first COVID-19 patient on 14th March 2020.

    Since then, 6349 people have tested positive out of 657,995 sample tests of who 5,789 have recovered, 507 are active cases while 53 have succumbed to the virus.

    Dr Daniel Ngamije explained that the first batch of vaccine would at least be available towards the end of March next year.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/first-covid-19-vaccination-phase-to-cover-20-of-rwanda-population-minister

  • DFC Approves Over $2.1 Billion in New Investments for Global Development #rwanda #RwOT

    U.S. International Development Finance Corporation
    Press Release
    December 10, 2020

    Projects aim to bolster energy security in Eastern Europe, trusted telecommunications networks in Africa, and the global response to COVID-19

    WASHINGTON — The U.S. International Development Finance Corporation (DFC) has approved investments this quarter totaling more than $2.1 billion to advance development in emerging markets in Africa, Eastern Europe, Indo-Pacific, Latin America, and the Middle East. DFC's Board of Directors has approved $1.6 billion in investments across six projects. An additional 16 investments totaling $587 million were approved by the agency since its Board meeting in September.

    'The financing approved by DFC will be critical in facilitating private sector investment to increase economic growth in developing countries, especially in continuing to respond to the economic and health impacts from the pandemic,' said U.S. International Development Finance Corporation Chief Executive Officer Adam Boehler. 'These important investments will strengthen small businesses, support female entrepreneurs, expand telecommunications and increase development in emerging markets.'

    Today's Board meeting included the approval of significant projects to strengthen development while advancing U.S. foreign policy goals. DFC's $300 million investment in the Three Seas Initiative Investment Fund aims to help central and eastern European countries bolster their energy security. Additionally, DFC will stand behind the effort to build a trusted telecommunications network in East Africa and enhance internet connectivity across the continent.

    Over the past quarter, DFC continued to utilize its investment tools to tackle complex development challenges, including the impact from COVID-19. DFC recently approved a project to facilitate insurance policies for shipments of vaccines and medical products to developing countries, including vaccines and treatments for COVID-19.

    To help developing countries withstand the economic impacts of the pandemic, DFC approved a $50 million loan to establish the DFC-MASSIF COVID-19 Response Co-Financing Facility. This first of its kind facility — established in partnership with the Dutch development finance institution FMO — will provide loans for micro, small, and medium-sized enterprises (MSMEs) in some of the toughest markets facing COVID-19 related liquidity constraints, with a focus on businesses in lower income countries. DFC also approved two new transactions under DFC's Rapid Response Liquidity Facility, a $93.8 million loan to Sudameris Bank and a $150 million loan to SA Taxi Impact Fund.

    Many of the investments approved this quarter advance DFC's 2X Women's Initiative, Portfolio for Impact and Innovation (PI2), Health and Prosperity Initiative, and Connect Africa initiative as well as the Administration's Prosper Africa and América Crece initiatives.

    More than 65 percent of DFC's capital approved this quarter will be deployed to low and lower-middle income countries, and fragile states.

    Investments approved by the Board this quarter include:

    • Supporting development of data centers across Africa: $300 million will support Africa Data Centres' acquisition and expansion of existing data center assets in South Africa and Kenya. This financing will also enable entry into new markets through the development, construction and operation of data centers in DFC-eligible African countries, increasing connectivity and supporting economic development.
    • Advancing women borrowers and SME loans in Ecuador: An up to $150 million loan to Banco de la Produccion will expand its lending to women borrowers and SMEs. Of the loan proceeds, at least 30% will support DFC's 2X Women's Initiative, at least 20% will support 'green lending,' and the remaining 50% will support other SME loans, which are especially important due to the COVID-19 pandemic.
    • Expanding natural gas processing capacity in Iraq: An up to $250 million loan to Pearl Petroleum Company Limited will finance the development, construction and operation of a 250 million standard cubic feet per day natural gas processing facility and associated infrastructure in the Khor Mor gas field. All processed gas will be provided to underutilized gas power plants in the Kurdistan Region of Iraq. The project will strengthen Iraq's energy security and demonstrates DFC's commitment to expanding its investments across Iraq following the MOU signed between the Government of Iraq and DFC in August.
    • Developing energy infrastructure within the Three Seas Countries: $300 million in funding for the Three Seas Initiative Investment Fund will advance investment in sectors such as energy, transportation and digital infrastructure in Eastern Europe. The fund aims to overcome existing market challenges to raise capital for critical infrastructure projects. The United States has been an active supporter of the Three Seas Initiative.
    • Providing capital for small businesses in Central America: An up to $100 million loan to the Central American Bank for Economic Integration (CABEI) will support lending by financial institutions to micro, small and medium-sized enterprises (MSMEs), including rural SMSEs, in El Salvador, Honduras and Guatemala in response to the COVID-19 pandemic. Many countries in the region already experience an MSME financing gap, that has been exacerbated by the pandemic. DFC's financing will support working capital, business improvements and new businesses focused on responding to the pandemic while helping leverage additional funding.
    • Strengthening telecommunications in East Africa: An up to $500 million loan to the Vodafone-led Global Partnership for Ethiopia that will finance the design, development, and operation of a new private mobile network provider and the acquisition of a mobile network provider license. The project is expected to have a highly developmental impact through the creation of a new private telecommunications network that will increase connectivity in Ethiopia while utilizing trusted technology.

    Additional projects approved by DFC since its last quarterly Board meeting include:

    • Mitigating COVID-19 related liquidity constraints worldwide: A $50 million loan will help create the DFC-MASSIF COVID-19 Response Co-Financing Facility, in partnership with the Dutch development finance institution FMO. The facility will lend to financial intermediaries facing COVID-19 related liquidity constraints, with a focus on those on-lending MSMEs in lower income countries. The facility will also prioritize reaching women-owned and women-led MSME's, making this a DFC 2X Women's Initiative transaction.
    • Delivering vaccines and medical products to developing countries: A loan for up to $26.7 million to Parsyl will facilitate cost-effective insurance policies for shipments of vaccines and medical products to developing countries, including vaccines and treatments for Covid-19. Parsyl utilizes data analysis to ensure robust supply chains.
    • Expanding access to financing for SMEs in Liberia: A $20 million loan to International Bank of Liberia Limited will provide a credit line for longer-term SME lending in Liberia, offering needed support in a challenging market. In addition, the bank prioritizes women in their senior management team and in their workforce, qualifying for DFC's 2X Women's Initiative.
    • Promoting financial inclusion in Sri Lanka: A $40 million loan to Sanasa Development Bank will help support SMEs and 2X eligible women-owned SMEs.
    • Bolstering women's economic empowerment in India: A $24.5 million loan portfolio guaranty with Kotak Bank will support lending to 2X qualifying borrowers, supporting women's economic empowerment and DFC's 2X Women's Initiative. DFC's guaranty will leverage a total of $50 million in lending.
    • Supporting solar investments in low and lower-middle income countries: A $10 million loan portfolio guaranty to Trine AB will help support off-grid solar lending across the globe, including to companies in low and lower-middle income countries in Africa as well as Latin America and the Caribbean. DFC's guaranty will leverage a total of $20 million in lending.
    • Providing essential goods throughout Indonesia: A $28 million loan portfolio guaranty to ICS Indonesia Resilience Fund will support on-lending to healthcare facilities and SMEs providing essential goods in the food value-chain, which will leverage a total of $40 million through the fund. ICS has also committed to employing women in their workforce and developing a gender lens investing strategy, meeting the criteria for DFC's 2X Women's Initiative.
    • Promoting financial inclusion in Afghanistan: $475,000 in political risk insurance to Capital Sisters International will help provide insurance for loans to FINCA Afghanistan, a microfinance institution that supports underserved populations. Capital Sisters is women-founded, women-led, and funds only microloans for women.
    • Financing for small businesses in Paraguay: A $93.8 million loan to Sudameris Bank S.A.E.C.A will support SMEs in Paraguay whose businesses have been impacted by COVID-19. This financing was provided under DFC's Rapid Response Liquidity Facility and focuses on women-owned and women-led SME's, qualifying for DFC's 2X Women's Initiative.
    • Advancing loan opportunities for entrepreneurs in South Africa: A $150 million loan to SA Taxi Impact Fund (RF) Proprietary Limited will help expand the company's lending portfolio to entrepreneurs operating minibuses. This financing was provided under DFC's Rapid Response Liquidity Facility and qualifies for DFC's 2X Women's Initiative.
    • Supporting COVID-19 recovery in India: A $75 million loan will help provide critical liquidity for ReNew Solar Power Private Limited to mitigate the effects of limited funding from local banks due to COVID-19.
    • Increasing economic growth in Colombia: $25 million in political risk insurance for Touchstone Colombia will help support the development of a gold mine in Segovia, Colombia to increase economic growth.
    • Empowering small retail businesses in South America: A $5 million loan to Tienda Pago Holdings Ltd will provide working capital finance to underserved small retail merchants in Peru and Mexico. With women-led and women-owned businesses comprising over half of the beneficiaries, meeting the criteria for DFC's 2X Women's Initiative.
    • Serving lower middle- and middle-income households in Mexico: A $14.6 million loan to WBC — ION Financiera will help expand its existing home mortgage and SME loans to lower- middle and middle income households in Mexico.
    • Supporting low-income communities in Mexico: A $19.8 million loan to Imperative Investment I will finance construction and buyer financing for low income housing and community services in Mexico. Imperative is majority women-owned and prioritizes women in both senior management and their board, qualifying for DFC's 2X Women's Initiative.
    • Expanding Access to Home Finance in Cambodia: A $5 million loan to First Finance Plc will be used for the expansion of its lending portfolio for affordable home financing in Cambodia. The loan will support increased access to home ownership for underserved populations.

    Many of these investments are subject to Congressional Notification.

    4

    The post DFC Approves Over $2.1 Billion in New Investments for Global Development appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/14/dfc-approves-over-2-1-billion-in-new-investments-for-global-development/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=dfc-approves-over-2-1-billion-in-new-investments-for-global-development