Category: Uncategorized

  • Visi perezida wa Rayon Sports yahawe akazi muri MINISPORTS #rwanda #RwOT

    Kayisire Jacques, akaba visi perezida wa mbere wa Rayon Sports yahawe akazi muri Minisiteri ya Siporo ‘MINISPORTS’ aho yagizwe umujyanama ushinzwe imishinga ibyara inyungu(Business Analyst.)

    Akaba yaragizwe umuyobozi ku munsi w’ejo ku wa Mbere tariki ya 14 Ukuboza 2020 aho yemerejwe mu nama y’Abaministiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

    Tariki ya 24 Ukwakira 2020 yari yatorewe kujya muri komite nyobozi ya Rayon Sports aho yagizwe Visi Perezida wa mbere muri Rayon Sports.

    Kayisire Jacques asanzwe afite ishuri ryigisha umupira yishingiye rya Dream Team Academy.

    Kayisire Jacques yabonye akazi muri MINISPORTS

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/visi-perezida-wa-rayon-sports-yahawe-akazi-muri-minisports

  • Akarere ka Musanze kashyiriweho umwihariko mu mabwiriza y'ibyemezo by'inama y'Abaminisitiri #rwanda #RwOT

    Ibyemezo by'inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 muri Village Urugwiro ikayoborwa na Perezida Kagame, yafatiye Akarere ka Musanze ibyemezo byihariye mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Muri aka karere isaha ya saa moya ntawemerewe kuba akiri hanze, inama zirabujijwe.

    Dore umwihariko w'Akarere ka Musanze;
    Mu byemezo rusange, ingendo guhera kuri uyu wa 15 Ukuboza 2020 zirabujijwe guhera i saa tatu za nijoro kugera saa kumi za mugitondo. Ibi bizubahirizwa kugera kuwa 21 Ukuboza 2020, aho guhera tariki 22 Ukuboza 2020 kugera tariki 04 Mutarama 2021 isaha yo kuba nta muntu ukiri hanze ari i saa mbiri z'ijoro. Mu gihe mu bindi byemezo, amateraniro ahuza abantu benshi, imihango y'ubukwe n'ibirori bitandukanye bibujijwe.

    Dore ibyemezo by'inama rusange uko byashyizwe ku mugaragaro;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com 

    Source : http://www.intyoza.com/akarere-ka-musanze-kashyiriweho-umwihariko-mu-mabwiriza-yibyemezo-byinama-yabaminisitiri/

  • Bitunguranye! Ubukwe bwa Gisa Cy'Inganzo ntibukibaye #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Gisa Cy'Inganzo aratangazo ko ubukwe bwe yateganyaga gukora na Barindisezerano Yackin tariki 01 Mutarama 2021 bwabaye buhagaze nyuma yo kumenya imyitwarire itari myiza y'uyu mukobwa.

    Mu mpera z'ukwezi kwa Nzeri 2020 nibwo umuhanzi Gisa Cy'Inganzo yatunguranye ashyira hanze integuza y'ubukwe bwe n'umukunzi we, bwagombaga ku bunani bwa 2021.

    Byatunguye benshi kuko bwari ubwa mbere Gisa Cy'Inganzo ashyize hanze ibijyanye n'urukundo rwe nyuma y'umwaka umwe yari amaze afunguwe.

    Harabura iminsi mike ngo itari y'ubukwe bwa Gisa na Barindisezerano igere ariko impapuro z'ubutumire ntizirasohoka yewe uyu muhanzi ntaherutse kugira icyo abivugaho.

    Gisa Cy' Inganzo yavuze ko ubukwe bwe bwahagaze nyuma yo kubona imyitwarire itari myiza ku mukunzi we.

    Ati 'Hajemo ikibazo cy'imyitwarire idahwitse n'ababyeyi barabimenya rero biba ngombwa ko tubyigiza inyuma kugira ngo turebe impinduka. Ubu se wakwirahuriraho umuriro uwureba?'

    Nubwi Gisa aterura ngo avuge ikosa yakorewe n'uwo biteguraga kubana, ubu ngo ntibanakivugana ndetse ntazi n'aho aherereye kuko na telefone ye yayikuyeho.

    Ati 'Habayeho gutuza hashize n'igihe tutari kumwe sinzi aho yahise yerekeza nyine nahise nita ku mikorere n'iterambere byanjye… sinzi aho ari ntituri kuvugana na nomero ye nabonye asa nk'aho yayikuyeho.'

    Gisa avuga ko Barindisezerano aramutse yemeye guhinduka urukundo rwabo rwakomeza, gusa ngo byanze buri wese yakomeza agaca inzira ye.

    Nubwo Gisa n'umukunzi we bavugaga ko urukundo rwabo rumaze umwaka umwe ariko amakuru agera kuri Impanuro avuga ko bari bamaze amezi atatu bamenyanye.


    Ubukwe bwa Gisa na Yackin bwari kuzaba ku bunani

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/15/bitunguranye-ubukwe-bwa-gisa-cyinganzo-ntibukibaye/

  • Rwamagana: Motorcyclists stabbed to death, passenger on the run #rwanda #RwOT

    The executive secretary of Mwulire sector, Rwagasana Jean Claude has told IGIHE that investigation is underway to establish the murderer.

    'We have found the motorcyclist dead. His passenger is the prime suspect but we are still investigating to establish the truth. Residents alerted us that they found him them shortly after the motorcyclist passed by transporting a passenger,' he said.

    Police spokesperson in Eastern Province, CIP Twizeyimana Hamdun has told IGIHE that the motorcyclist has been killed around 12midday adding that the body was first seen by children.

    'News circulated around 12 noon that children saw a body in Mwulire stabbed with knives in the chest. In the meantime, residents in neighboring village saw a person riding a motorbike with much blood on it. They suspected, attempted to stop him but run away and abandoned the motorbike. They inspected and established that the motorbike belongs to murdered motorcyclist,' he said.

    By press time, CIP Twizeyimana said that the body was going to be taken to Rwamagana referral hospital as investigation to arrest the suspect is underway.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwamagana-motorcyclists-stabbed-to-death-passenger-on-the-run

  • Tom Close yazmuwe mu ntera n’inama y’abaminisitiri #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Dr Muyombo Thomas wamenyekanye nka Tom Close, yazamuwe mu ntera n’Inama y’Abaminisitiri aho yagizwe umuyobozi w’ishami ry’igihugu rishinzwe gutanga amaraso mu kigo cy’igihugu cy’ubuzima(RBC).

    Tom Close akaba yasyizwe muri uyu mwanya nyuma y’uko muri Mata 2019 Inama y’Abaminisitiri yari yamugize Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe gutanga amaraso, Ishami rya Kigali (RCBT-Kigali).

    Ku munsi w’ejo ku wa 14 Ukuboza 2020, Inama y’Abaminisitiri yarateranye ireba uko kwirinda icyorezo cya Coronavirus mu Rwanda bimeze ndetse inafata n’izindi ngamba zo kukirinda, yanashyize abayobozi mu myanya itandukanye.

    Muri abo bayobozi bashyizwe mu myanya harimo n’umuhanzi Dr Muyombo Thomas ‘Tom Close’ wagizwe Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutanga amaraso mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC).

    Tom Close wize iby’ubuvuzi muri Kaminuza y’u Rwanda, kuva muri 2015 yari umukozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima (RBC) mu ishami rishinzwe gutanga amaraso, muri 2019 yazamuwe mu ntera agirwa Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe gutanga amaraso, Ishami rya Kigali (RCBT-Kigali).

    Tom Close yazamuwe mu ntera

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/tom-close-yazmuwe-mu-ntera-n-inama-y-abaminisitiri

  • African Development Bank's Akinwumi Adesina, three others win Academy of Public Health's 2020 top Distinguished Fellowship Award #rwanda #RwOT

     

    The Distinguished Fellowship Award is the highest fellowship rank in the 'Roll of Fellows 'of the Academy, leading the Roll of Fellows for their exceptional leadership and service to humanity

    ABIDJAN, Ivory Coast, December 14, 2020/ — The Academy of Public Health, the flagship body of the West African Institute of Public Health, has named African Development Bank Group (www.AfDB.org) President Akinwumi Adesina and three other eminent persons as winners of its 2020 Distinguished Fellowship Award.

    Adesina, World Health Organisation(WHO)'s Tedros Ghebreyesus, Leith Greenslade of JustActions and Winnie Byanyima of the Joint United Nations Programme on HIV/AIDS, were nominated by young public health professionals across Africa for their demonstrated leadership in working to ensure equity, better health and wellbeing for all.

    The four have been recognized for their style of transformative leadership which inspires emerging young leaders in public health to strive to make a difference in their work, the Academy said in a statement at the weekend.

    'Dr. Akinwumi Adesina of the African Development Bank was particularly recognized for his action leadership in quickly moving the AfDB to provide the financial bulwark to the African Union as well as some of its member states to help curb Africa's COVID-19 pandemic. He was also noted for engendering thought leadership through the AfDB to shape actions in the COVID and post COVID era for Africa's economies and health systems.'

    The Distinguished Fellowship Award is the highest fellowship rank in the 'Roll of Fellows 'of the Academy, leading the Roll of Fellows for their exceptional leadership and service to humanity in making a difference in the lives of people and inspiring young leaders to also excel in their public health work.'

    Ghebreyesus won for leading the WHO to provide an equity-focused COVID-19 response that leaves no one behind, including his approaches towards eliminating 'vaccine nationalism' in the wake of the pandemic, while Greenslade was recognized for leading a global awareness on childhood pneumonia, leveraging on public-private and philanthropic partnerships.  Byanyima was chosen for her 'unwavering' work to ensure that HIV/AIDS key populations impacted by COVID-19 are not forgotten.

    Due to the COVID-19 pandemic, a ceremony to honor the recipients will be held in 2021, the Academy said, adding that the recipients were being notified of their recognition and date for a virtual investiture.

    'I am greatly honored to be selected to receive the Distinguished Fellowship of the West African Academy of Public Health together with Dr Tedros, Winnnie Byanyima and Leith Greenslade! Africa and the rest of the world will overcome this pandemic against all odds', Adesina said.

    The West African Institute of Public Health is the leading regional non-state health development organization working in enabling environment, professional training and education, research standards, consulting and advisory services. The Institute is a membership-based body that focuses on building a strong network of highly skilled and competent public health practitioners. It is also the keeper of the regional charter of public health.

    Distributed by APO Group on behalf of African Development Bank Group (AfDB).

    34

    The post African Development Bank's Akinwumi Adesina, three others win Academy of Public Health's 2020 top Distinguished Fellowship Award appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/15/african-development-banks-akinwumi-adesina-three-others-win-academy-of-public-healths-2020-top-distinguished-fellowship-award/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=african-development-banks-akinwumi-adesina-three-others-win-academy-of-public-healths-2020-top-distinguished-fellowship-award

  • Musanze: Ingendo ntizemewe guhera saa moya z’ijoro, inama zihabera zahagaritswe #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ifoto y
    Ifoto y’umujyi wa Musanze

    Muri izo ngamba harimo kuba ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo. Ni mu gihe ahandi mu gihugu ingendo zibujijwe guhera saa tatu z’ijoro.

    Inama (meetings and conferences) Mu mujyi wa Musanze birabujijwe mu gihe cy’ibyumweru bitatu, uhereye ku itariki ya 15 Ukuboza 2020. Ahandi mu gihugu inama ziremewe ariko zikitabirwa na 30% by’ubushobozi bwo kwakira abantu bw’aho bateraniye.

    Insengero zahawe uburenganzira bwo gukora kuko zujuje ibisabwa mu kwirinda COVID-19, zemerewe kwakira 30% by’ubushobozi bwazo bwo kwakira abantu, inshuro imwe mu cyumweru. Ahandi mu gihugu ho insengero zemerewe kwakira 50% by’ubushobozi bwazo.

    Imihango yo gushyingura ntigomba kurenza abantu 30 i Musanze, ahandi imihango yo gushyingura ntigomba kurenza abantu 50.

    Kanda HANO urebe imyanzuro yose y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki 14 Ukuboza 2020.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/musanze-ingendo-ntizemewe-guhera-saa-moya-z-ijoro-inama-zihabera-zahagaritswe

  • 37 huissiers appelés à exécuter des jugements pour ramener 3.01 milliards dans les caisses de l’Etat #rwanda #RwOT

    Le Ministre de la Justice a souhaité la bienvenue a ce deuxième groupe de 37 huissiers venus renforcer un autre groupe de 33 autres qui ont mission de recouvrer les biens publics détenus par 2017 pesonnes et sociétés reconnus coupables par la justice et devant forcément les remettre aux services publics avec qui ils avaient des contrats de travail ou de marché.

    ” Faites tout votre possible. Ne montrez pas des signes de faiblesse dans votre tâche d’exécution des jugements rendus “, leur a lancé le Ministre précisant qu’ils sont responsables d’exécuter 280 jugements d’anciens gestionnaires du gouvernement pour une valeur 3. 01 milliards de Frw. Ce groupe d’huissiers sollicités par le Gouvernement rwandais entre en fonction après le premier fait de 33 autres huissiers qui ont eu mission d’exécuter 44 jugements rendus au lieu de 12 qui étaient prévus au départ. Ces derniers ont ainsi ramené dans les caisses publiques 238,58 millions de francs.

    ” Vous avez mission de ramener dans les caisses de l’Etat l’argent détourné par des fonctionnaires véreux poursuivis par la justice qui aura rendu le verdict les obligeant à reverser dans les comptes publics l’argent indû “, leur a-t-il dit avec insistance sous une forme de ferme briefing.

    Le Ministre faisait allusion à un exercice mal passé par d’autres huissiers consistant à exécuter 80 autres jugements rendus donnant gain de cause à l’Etat rwandais et, par là, ordonnant aux anciens fonctionnaires concernés par ces Jugements à reverser dans les comptes publics des montants qu’ils auront détournés.

    ” Actuellement nous avons des informations suffisantes sur des personnes qui doivent ramener des sommes d’argent au Trésor public. Nous avons collecté des informations sur leurs patrimoines immobiliers et fonciers. Ici nous avons collecté quelques deux mille informations sur leurs avoirs. Nous sommes allés glaner d’autres informations sur elles du côté de RSSB/Rwanda Social Security Fund. Nous sommes allés à NIDA/National Identity Agency pour vérifier si réellement ces propriétés correspondaient à l’identité de ces personnes. Nous avons fouillé du côté de la RRA/Rwanda Revenue Authority “, a dit le Ministre promettant qu’ainsi ces huissiers n’auront aucune excuse à ne pas exécuter les jugements des Cours et Tribunaux du Rwanda.

    Le Ministre Johnston Busingye semble promettre que cette fois-ci, aucune erreur, aucune faiblesse ne sera permise à ces huissiers. Aucun franc détourné ne doit rester caché dans les poches et les comptes des détourneurs qualifiés par la justice.
    ” Nous avons beaucoup d’informations que nous avons collectées pour que ces huissiers de justice puissent travailler avec aise. Et puis, au niveau du Ministère de la Justice, une équipe permanente de suivi a été mise sur pied. Elle est chargée de ramener l’argent détourné dans les caisses de l’Etat “, a-t-il ajouté.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Des-huissiers-appeles-a-executer-des-jugements-pour-ramener-le-patrimoine.html

  • IGP Dan Munyuza, Chef de la Police rwandaise, en visite officielle de travail en Zambie #rwanda #RwOT

    Accueilli par son homologue zambien, IGP Kakoma Kanganja, Dan a montré que sa visite entend revigorer la coopération rwando zambien en matière de sécurité, de prévention et de répression des crimes transfrontaliers y compris le cybercrime, le trafic de drogue, les crimes de terrorisme et autres.

    La visite du Chef de la police rwandaise entre-t-elle dans la logique de la dynamisation de la coopération policière entre les deux pays ? En effet, il est rapporté que les deux pays ont signé en 2015 de tels accords.

    Le Patron de la police rwandaise penche vers la prévention de tels crimes.
    ” Les Accords signés entre les deux pays sont le socle qui renforce notre coopération quotidienne. Seule la coopération en matière de sécurité nous aidera à décourager les crimes qui se commettent dans nos pays. Tout comme dans d’autres parties de la planète Terre, les régions de l’Afrique de l’Est et de l’Afrique australe sont assiégées par des groupes terroristes qui deviennent de plus en plus nombreux et qui causent le chaos dans notre région “, a dit IGP Dan Munyuza dans son mot de circonstance à Lusaka, dévoilant en partie le but de sa visite comme si de présumés terroristes rwandais se cacheraient dans ce pays.

    Et il y va : ” Il existe de nombreux groupes terroristes menaçant la sécurité du territoire rwandais. Quelques-uns de ces groupes opèrent contre le Rwanda à partir des pays de la région. C’est le cas de FDLR/Forces Démocratiques de Libération du Rwanda, de RNC/Rwanda National Congress et de MRCD-FNL/ Mouvement Rwandais pour le Changement Démocratique-Force de Libération Nationale “.

    Mais où veut-il en venir ? Y-a-t-il une communauté de Rwandais en Zambie qui soutient ces groupes terroristes ?
    'Beaucoup de supporters de ces groupes terroristes cachent soigneusement leurs identités et ils permettent à ces terroristes de semer l’insécurité au Rwanda et dans la région. Il est impérieux qu’il y ait un échange d’information à sujet pour en venir à bout. La formation professionnelle des agents de l’ordre et de sécurité luttant contre les crimes transfrontaliers devrait être rehaussée. Et puis, il faut une coopération pour l’arrestation de ces criminels qui doivent répondre de leurs actes devant la justice “, a dit Dan Munyuza montrant que son séjour à Lusaka ne sera pas de tout repos.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/IGP-Dan-Munyuza-Chef-de-la-Police-rwandaise-en-visite-officielle-de-travail-en.html

  • Amasaha y'ingendo yagabanyijwe, iby'ingenzi wamenya ku ngamba nshya zo gukumira icyorezo cya COVID-19 #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 14 Ukuboza 2020, Inama y'Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yafatiwemo ingamba nshya zo gukumira icyorezo cya Covid_19.

    Iyi nama y'Abaminisitiri yanzuye ko kuva ku itariki ya I5 kugeza ku ya 21 Ukuboza 2020, ingendo zirabujijwe guhera saa tatu z'ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo. Naho kuva ku itariki ya 22 Ukuboza 2020 kugeza ku ya 04 Mutarama 2021, ingendo zirabujijwe guhera saa mbiri z'ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo .

    Mu Karere ka Musanze ho hashyizweho ingamba zihariye zigena ko ingendo zibujijwe guhera saa Moya z'ijoro kugera saa Kumi z'igitondo.

    Izi ngamba nshya zashyizweho n'Inama y'Abaminisitiri zigomba guhita zishyirwa mu bikorwa guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukuboza 2020.

    Izi ngamba zizongera kuvugururwa nyuma y'ibyumweru 3 hashingiwe ku isesengura ry'inzego z'ubuzima.







    Source : https://impanuro.rw/2020/12/15/amasaha-yingendo-yagabanyijwe-ibyingenzi-wamenya-ku-ngamba-nshya-zo-gukumira-icyorezo-cya-covid-19/