Author: webrwanda
-
Babaho mu munyenga w’urukundo bakanafatanya umurimo w’Imana: Couple z’abaramyi ziririmbana zimaze kwamamara
Kuva mu mwaka ushize, amatsinda atandukanye mu muziki wo kuramya Imana yatangiye kunguka imbaraga ziganjemo iz’ama-Couple, yashyize hanze ibihangano byakunzwe na benshi. -
Ibikubiye mu itegeko rishya riha ububasha Perezida wa Repubulika ku bigo bya leta bikora ubucuruzi
Mu itegeko rishyiraho amategeko rusange agenga ibigo bya Leta rishya, ubu ibigo bya Leta bigabanyije mu byiciro bibiri: ibigo bya Leta bikora imirimo itari iy’ubucuruzi n’ibigo bya Leta bikora imirimo y’ubucuruzi. -
Yolanda Ngarambe yishimiye kongera gusiganwa ubwo yegukanaga irushanwa ryabereye muri Amerika
Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bwa Suède, Yolanda Ngarambe, yavuze ko yishimiye kongera gusiganwa ku maguru ubwo mu mpera z’icyumweru gishize yatsindaga irushanwa rya Dual ryari rigamije gukusanga inkunga yo kugoboka imiryango itifashije muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. -
Abagabo baca inyuma abagore babo nibo bakunze kwicwa n’umutima #rwanda #RwOT
Inzobere mu kuvura indwara z’umutima zivuga ko abafatwa n’indwara y’umutima bari gutera akabariro bagahita bapfa abenshi ari ababa bari guca inyuma abagore babo.

Byatangajwe na Marc Gillinov na Steven Nissen bombi bamaze igihe bavurira indwara z’umutima mu bitaro bitandukanye.
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Abanyamerika kita ku ndwara y’umutima bwiswe ‘a scientific statement from the American Heart Association’ bwagaragaje ko 75% by’abagabo bicwa n’indwara y’umutima ubafata mu gihe barimo basambana n’umugore utari uwabo. Ibi byago ngo byiyongera iyo uwo mugabo arusha imyaka myinshi uwo mugore.
Ubu bushakashatsi bwasuzumye imirambo 5 559 y’imfu zabaye ku bagabo zitunguranye.
Ubundi bushakashatsi busesengura impamvu abantu bafatwa n’indwara y’umutima mu gihe cyo gutera akabariro bwakozwe na Paul Newman nk’uko tubikesha ikinyamakuru Fobes.
Iki kinyamakuru kivuga ko uyu mushakashatsi yagaragaje ko bibaho gace kuba umutima wafata umugabo mu gihe ari gutera akabariro gusa ngo muri ako gace kabaho ubwiganze buri ku bagabo baba bari guca inyuma abagore babo.
Mu gitabo yanditse ashyira ahagaragara ubu bushakashatsi yari aho yanditse aburira abagabo bafite indwara y’umutima ko bakwiye kwirinda guca inyuma abo bashakanye.
Muri Leta zunze ubumwe za Amerika abantu 647 000 bicwa n’indwara z’umutima buri mwaka. Ni ukuvuga ko mu bantu bane bapfa muri Amerika umwe aba azize indwara z’umutima. Iki gihugu kitakaza miliyari 219 z’amadorali buri mwaka kubera indwara z’umutima.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS rivuga ko buri mwaka indwara z’umutima na stroke byica abantu miliyoni 17 ku Isi.
-
Nyuma yo gushyingiranwa bagurishije byose nakazi barasezera kugirango batembere isi #rwanda #RwOT
Ibihe bitatu by’ingenzi biba mu buzima bw’umuntu ni ukuvuka, gushyingirwa no gupfa. Buri kiciro muri ibi bitatu gifatwa nk’itangiriro ry’ubuzima bushya. Iyo umuntu ashyingiwe icyo aba yitezweho ni ugukora cyane kugira ngo umuryango we uzabeho neza ariko siko byagenze kuri Matt na Jessica Johnson.

Aba bo nyuma yo gushyingirwa bagurishije inzu yabo, bahagarika imirimo bakoraga, umwe yari manager undi ari inzobere mu bijyanye n’icungamutungo bagura yacht ubwato bukoreshwa mu kurya iraha ubu bamaze imyaka ine batemberana n’ipusi yabo.
Bamaze gusura ibihugu 16, birimo Bahamas, Jamaica, Cuba na Peru kandi ntabwo bafite gahunda yo guhagarika iki gikorwa abenshi batekereza ko ari ukwaya.
Iki cyemezo bombi bacyumvikanyeho mbere y’uko bashyingiranwa. Banzura ko bakeneye ubwato bw’iraha kugira ngo bazabashe kuzenguruka mu mazi y’Isi.
Jessica ati “Muri 2011 nibwo twagurishije inzu yacu. Tujya mu butembere buzamara imyaka 5, cyangwa 6 no hejuru yayo nta kibazo”.
Akomeza agira ati “Uru rugendo rukomeza umubano wacu, iyo abantu bashyingiranywe bagahita bajya mu kazi ntabwo bagira umwana wo gushimangira umubano wabo”.Matt na Jessica batangiye gukundana biga mu mashuri yisumbuye, bakomeza bakundana biga muri kaminuza bararangiza bombi babona akazi keza bakorera amafaranga bararunda babona gushyingiranwa.
Uyu mugore n’umugabo bavuga ko batekereje bagasanga nibaguma mu gihugu cyabo bakajya bareba televiziyo gusa nta rwibutso buri umwe yari kuzaha undi. Ntabwo bicuza icyemezo bafashe kuko babanje kucyumvikanaho kandi bakagihurizaho.















-
Ibice bimwe by’Umujyi wa Kigali byashyizwe muri Guma mu rugo #rwanda #RwOT

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa Kicukiro na Nyarugenge, igomba kujya muri guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15, kubera icyorezo cya Coronavirus cyatugaragayemo.Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof ShyakaAnastase, rivuga ko guhera iri joro, iyo midugudu yashyizwe muri gahunda ya gumamu rugo hashingiwe ku “busesenguzi bwakozwe n’inzego z’ubuzima ku cyorezo cyaCoronavirus mu Mujyi wa Kigali, aho kimaze kugaragara mu duce tumwe tw’Umujyiwa Kigali”.Iyo midugudu ni:
Kamabuye, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Kigarama muri Kicukiro
Zuba, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Kigarama muri Kicukiro
Nyenyeri, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Kigarama muri Kicukiro
Rugano, Akagari ka Kanunga, Umurenge wa Gikondo muri Kicukiro
Kadobogo, Akagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali muri Nyarugenge
Gisenga, Akagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali muri NyarugengeIri tangazo rivuga ko abakozi n’abikorera batuye muri iyi midugudu bose barasabwagukorera akazi mu rugo ndetse ingendo hagati y’ahashyizwe muri gahunda ya gumamu rugo zirabujijwe keretse ku bajya kwivuza cyangwa abafite impamvu zihutirwa.Mu bindi bice by’Umujyi wa Kigali harakomeza kubahirizwa amabwiriza yo kwirindaCoronavirus yemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 16 Kanama 2020.Rikomeza rigira riti “Inzego z’ubuzima zizakomeza kugenzura niba hari n’ahandihashobora gushyirwa muri guma mu rugo mu gihe bibaye ngombwa”.Kugeza ubu, Imirenge ya Kamembe, Nyakarenzo, Mururu n’igice cya Gihundwe igizeUmujyi wa Kamembe mu Karere ka Rusizi hamwe n’ikirwa cya Nkombo nibyo byarimuri gahunda ya Guma mu rugo byonyine mu gihugu.Kuva umurwayi wa mbere wa Coronavirus agaragaye mu Rwanda, hamaze kubonekaabantu 850 banduye mu bipimo 126 284 bimaze gufatwa, 385 barayikize mu gihe463 bakiri kwitabwaho n’abaganga; babiri barimo umushoferi w’imyaka 65n’umupolisikazi nibo bitabye Imana.Source : igihe.com -
Umuhanzi wo muri Uganda agiye kujyana Museveni mu nkiko #rwanda #RwOT
Umuhanzi wo muri Uganda Big Eye yavuze ko agiye kujyana mu nkiko Perezida Museveni n’ishyaka NRM riri ku butegetsi kubera ideni rya miliyoni 270 z’Amashilingi ya Uganda bamurimo.
http://dlvr.it/RZLcLC -
Inama kubatera akabariro ntibaryoherwe – ubushakashatsi #rwanda #RwOT
Mu bushakashatsi bwa vuba byagaragaye ko mu bikorwa byose birangwa hagati y’abakundanye cyangwa abashakanye, imibonano mpuzabitsina ari kimwe mu bigomba gukorwa byitondewe kuko uburyo bubi cyangwa bwiza bikozwemo bushobora gukomeza cyangwa bukarimagura imfuruka z’urukundo hagati ya babiri.
Ariko rero burya kimwe mu bintu byiza birangwa muri icyo gikorwa ni ibyishimo bisangiwe kuruta ibyishimo by’umwe, niyo mpamvu niba wajyaga ukora imibonano ukumva ntacyo bimaze ukwiye kujya wita cyane kuri ibi bintu by’ingenzi tugiye kukugezaho kugirango usangire ibyishimo bibonerwa mu gutera akabariro hamwe n’umufasha wawe.
1. Kuganira
Si byiza gutera akabariro mucecetse kuko burya umwe ashobora gucyeka ko undi yarakaye cyangwa akamufata nk’ufite ubugome muri ako kanya. Birushaho kuba byiza iyo mushatse agakuru gasekeje cyangwa ak’urukundo karyohereye mu kaba mukaganiraho, ibi birushaho gutuma buri umwe hagati yanyu aryoherwa kurushaho.
2. Nta rwitwazo rwo kudatera akabariro rukwiye kubarangwamo
Ugomba kureka no guhagarika impamvu zose zidafatika wifashisha urwanya ko mwatera akabariro, muri zo twavuga nko kwitwaza ko urwaye umutwe, umunaniro n’ibindi. Imibonano mpuzabitsina irwanya umunaniro, ikavura umutwe ndetse ikavura n’ububabare. Ikindi twavuga aha iyo wirinze urwitwazo rwose rudafatika rwatuma mudatera akabariro uba urinze umufasha wawe kuguca inyuma cyangwa kuba yakora igikorwa kigayitse cyo kwkinisha no kwicwa n’ipfa bikunze kugaragara ku bashakanye bimana.
3. Uko ugaragara imbere y’umukunzi wawe
Waruziko burya amaso n’amazuru ari byo bintu biryoherwa cyane kurusha ururimi?
Mu gihe wiyemeje ko mugiye gutera akabariro gerageza uburyo bwose imyambarire yawe mbere y’igikorwa ishimisha ndetse ikanakurura umukunzi wawe mu buryo bwose butuma arushaho kugira ubushake. Gerageza uburyo bwose bushoboka butuma abyiyumvamo ukoresheje imyambarire ndetse n’imibavu akunda.
4. Gukinga icyumba
Ni byiza gufunga icyumba mbere y’uko mutera akabariro cyane ko bituma nta kibarogoya ndetse mugakora imibonano mpuzabitsina mwumva mutekanye, Ibi birushaho kuba nk’itegeko niba mufite abana, bikaba byiza kurushaho iyo mubanje kubaryamisha mukamenya neza ko basinziriye, haba ari ku manywa mukaba mwarabatoje umuco wo gukomanga mbere yo kwinjira mu cyumba cy’ababyeyi.
5. Kwiha ingengabihe
Ni byiza kwiha ingengabihe hagati yanyu ku buryo igihe cy’igikorwa nyirizina kigera buri wese yarangije kwitegura, kwambara utwenda dukwiye, no kuba yamaze gutegura twa dukuru twavuze haruguru tubinjiza neza mu buryohe busangiriwe hamwe.
6. Tinyuka kubwira umukunzi wawe uburyo bw’imibonano mpuzabitsina bukuryohera, mujye munahinduranya mugerageze uburyo butandukanye
Hari abantu usanga bstinya kubwira abakunzi babo uburyo bw’imibonano (position) ibaryohera. Tinyuka uyibwire umukunzi wawe kuko burya iyo mukoresheje ubundi buryo utiyumvamo biba bivuze ko utageze ku buryohe nyakuri. Mushobora no kujya mugerageza ubundi buryo bushyashya mukumva ahari icyanga kuko ushobora gusanga bimwe mwakoraga birushwa na bimwe mutakoraga.
7. Byose bijyana n’uburyo mubanye
Biragoye kuba wiriwe utongana n’inshuti yawe ngo nibigera nijoro umusabe gukuramo imyenda. Uburyo mubanyemo bugira uruhare runini mu buryohe mukura muri iyo mibonano mpuzabitsina.
http://dlvr.it/RZLcQf -
Ishimwe ari gushakisha umusore baba batuye mu gace kamwe ngo bikundanire. #rwanda #RwOT
Nitwa Carmen Ishimwe ndi umunyarwandakazi mfite imyaka 26. Muri 2014 ndangije kwiga amashuri yisumbuye nibwo navuye iwacu mu Karere ka Nyanza nza hano Mombasa nje kwiga kaminuza nkimara kurangiza amashuri nahise mbona akazi keza kampemba menshi kuburyo maze kubona ko ntazasubira iwacu ahubwo namaze kwiyemeza gutura muri iki Gihugu cya Kenya. Niyo mpamvu nshaka umusore twakundana uri mu kigero cy’imyaka 26-30 nawe utuye Mombasa cyangwa hafi yaho cyangwa akaba afite gahunda yo kuza kuhatura vuba. Tukaba twakundana byakunda tugashinga urugo tukabana. Abaye ahari yanyandikira inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
-
Kayonza: Polisi yataye muri yombi umwe mu Basore bari bagiye gutwika Umuryango( w’Abantu). #rwanda #RwOT
Ku wa kabiri tariki ya 23 Kamena 2020, Polisi ikorera mu Karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi yataye muri yombi umwe mu basore bari bagiye gutwikisha Urutambi, umuryango w’abakobwa babiri banze undi mugenzi we.Amakuru avuga ko aba basore ubundi baje ari babiri ariko polisi yahagera umwe agacika. Uyu wacitse rero ngo yakunze aba bakobwa bombi bavukana, nuko bombi baza kumenya ko bateretwa n’umusore umwe bahitamo kumwanga bose. Uyu musore abonye bose bamwanze ahitamo kujya gutereta umwe muri bo amusaba ko yamubera umugore ariko undi arabyanga.Uyu mukobwa amaze kwanga uyu musore, yahise agira umujinya mwinshi ahita amanuka mu kirombe asanzwe akoramo acukura amabuye y’agaciro, ahakura urutambi rukoreshwa ruturitsa amabuye, asaba mugenzi we ko amuherekeza gutwika umuryango w’aba bakobwa ngo kuko bamwanze bose, undi nawe arabyemera. Ngo uyu musore yabanje kujya aza gutera ubwoba uyu muryango, akababwira ko azabarimbura bitewe n’uko abakobwa babo bamwanze.Nkuko byatangajwe n’umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murundi Jackline, ngo uyu musore yaje ageze hafi y’iwabo w’aba bakobwa ahamagara umwe muri bo, amusaba ko yaza bakaryamana ariko umukobwa arabyanga. Amaze kubyanga umuhungu yahise ahamagara wa Mukobwa amubwira ko agiye kurimbura umuryango we wose.Yakomeje avuga ko abaturanyi b’uyu muryango babonye ibyo aba basore bari bafite, bahita bahamara Polisi. Ikihagera uyu nyiri gucura umugambi mubisha yahise acika arirukanka, uwari uje kumufasha ahita afatwa, ndetse ashyikirizwa RIB kugira ngo ahanirwe ibyo yari agiye gukora hakurikijwe amategeko. Uyu wacitse naw ari gushakishwa.The post Kayonza: Polisi yataye muri yombi umwe mu Basore bari bagiye gutwika Umuryango( w’Abantu). appeared first on KASUKU MEDIA.




