Samuel Eto’o wabaye umukinnyi ukomeye mu makipe arimo FC Barcelone, Inter Milan na Chelsea, yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bafatwa nk’abakinnyi ba mbere ku Isi bavuye ku wundi mubumbe.
http://dlvr.it/RZTZB7
Author: webrwanda
-
Cristiano Ronaldo na Messi bavuye ku wundi mubumbe- Samuel Eto’o #rwanda #RwOT
-
Guma mu Rugo mu midugudu itandatu ya Kigali ihagaze ite? (Amafoto na Video)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo gitegeka imidugudu itandatu yo mu turere tubiri two mu Mujyi wa Kigali kubahiriza gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ mu gihe cy’iminsi 15, mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 2282, hari n’abashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru #rwanda #RwOT

Mu bazamuwe mu ntera, harimo abapolisi babiri bari bafite ipeti rya Assistant Commissioner of Police bazamuwe ku ipeti rya Commissioner of Police (CP). Abo ni Emmanuel Hatari na Costa Joseph Habyara.
Hatari asanzwe ari Umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba mu gihe Costa Joseph Habyara yakoze muri Minisiteri y’Ubutabera nk’Umuyobozi ushinzwe iyubahirizwa ry’amategeko.
Abandi umunani bari bafite ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP) bazamuwe ku ntera ya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abo ni:
(1) Burora Jacques
(2) Muzezayo Toussaint
(3) Mpayimana Gerald
(4) Mugwiza Egide
(5) Baguma Ismail
(6) Rutikanga Boniface
(7) Bayingana Michel
(8) Bugingo NelsonAbandi 22 bari ku ipeti rya Senior Superintendent of Police bo bazamuwe ku ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP). Ni mu gihe 39 bari bafite ipeti rya Superintendent of Police (SP) bo bazamuwe ku ipeti rya Senior Superintendent of Police (SSP).
Abapolisi 37 bari ku ipeti rya Chief Inspector of Police (CIP) 37 bazamuwe mu ntera baba Superintendent of Police (SP). Mu gihe 35 bari bafite ipeti rya Inspector of Police (IP) 35 bazamuwe ku ipeti rya Chief Inspector of Police (CIP).
Abapolisi 333 bari bafite ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) 333 bazamuwe ku ntera ya Inspector of Police (IP).
Muri izi mpinduka, umupolisi umwe wari ufite ipeti rya Chief Sergeant (CSGT) yazamuwe ku ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP).Ba su-ofisiye icyenda bari bafite ipeti rya Senior Sergeant (SSGT) bo bazamuwe ku ipeti rya Chief Sergeant (CSGT).
Ba Su-Ofisiye 25 bari bafite ipeti rya Sergeant (SGT) bazamuwe ku ipeti rya Senior Sergeant (SSGT).
Abandi 62 bari bafite ipeti rya Corporal (CPL) na Police Constable (PC) bazamuwe ku ipeti rya Sergeant (SGT), naho 1709 bari bafite ipeti rya Police Constable (PC) bo bazamuwe ku ipeti rya Corporal (CPL).
Polisi y’u Rwanda yashimiye abazamuwe mu ntera ndetse n’ubwitange bwaranze abagiye mu kiruhuko cy’izabukuru.
-
Amarenga ku butegetsi bwa Ndayishimiye nyuma yo kugira Alain-Guillaume Bunyoni Minisitiri w’Intebe #rwanda #RwOT
Abakurikiranira hafi politiki y’u Burundi bashimangira ko mu kugira Gen Alain-Guillaume Bunyoni Minisitiri w’Intebe, Perezida mushya Évariste Ndayishimiye yakomereje mu murongo wasizwe na Pierre Nkurunziza yasimbuye, washyinguwe kuri uyu wa Gatanu. -
Guma mu Rugo mu midugudu itandatu ya Kigali ihagaze ite? (Amafoto na Video) #rwanda #RwOT
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo gitegeka imidugudu itandatu yo mu turere tubiri two mu Mujyi wa Kigali kubahiriza gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ mu gihe cy’iminsi 15, mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. -
Umuririmbyi wa Chorale de Kigali yatangiye gukora umuziki ku giti cye #rwanda #RwOT
Murengezi Dieudonné, umuririmbyi n’umucuranzi wa “Chorale de Kigali” yasohoye indirimbo ye ya mbere iri mu buryo bw’amajwi n’amashusho ndetse ikaba iri kuri album ye yitwa “Icyizere”. -
Amarenga ku butegetsi bwa Ndayishimiye nyuma yo kugira Alain-Guillaume Bunyoni Minisitiri w’Intebe
Abakurikiranira hafi politiki y’u Burundi bashimangira ko mu kugira Gen Alain-Guillaume Bunyoni Minisitiri w’Intebe, Perezida mushya Évariste Ndayishimiye yakomereje mu murongo wasizwe na Pierre Nkurunziza yasimbuye, washyinguwe kuri uyu wa Gatanu. -
Guma mu Rugo mu midugudu itandatu ya Kigali ihagaze ite? (Amafoto na Video)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Kamena 2020, Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo gitegeka imidugudu itandatu yo mu turere tubiri two mu Mujyi wa Kigali kubahiriza gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ mu gihe cy’iminsi 15, mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. -
Umuririmbyi wa Chorale de Kigali yatangiye gukora umuziki ku giti cye
Murengezi Dieudonné, umuririmbyi n’umucuranzi wa “Chorale de Kigali” yasohoye indirimbo ye ya mbere iri mu buryo bw’amajwi n’amashusho ndetse ikaba iri kuri album ye yitwa “Icyizere”.
