Author: webrwanda
-
Ibiteye amatsiko mu Ngoro Ndangamateka y’Urugamba rwo guhagarika Jenoside #rwanda #RwOT
U Rwanda rumaze amezi atanu rwungutse ingoro nshya ikubiyemo amateka y’urugendo rw’Ingabo za APR rwahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ikaba imwe mu zicungwa n’Ikigo cy’Ingoro z’Umurage w’u Rwanda. -
Ifoto y’Umunsi: Harerimana Jonas yarokowe n’Inkotanyi afite imyaka 10 #rwanda #RwOT
“Twebwe turi Inkotanyi’’, aya ni amagambo y’ihumure yabwiwe Harerimana Jonas ubwo abasirikare ba FPR Inkotanyi bamurokoraga ubuzima bwe buri mu kaga kuko ari mu bahigwaga n’Interahamwe. -
Imyaka 26 y’umusanzu wa RDF mu rugamba rwo kubohora u Rwanda no kurwubaka bushya #rwanda #RwOT
Tariki ya 1 Ukwakira 1990 yabaye umusingi uhamye wubakiyeho iterambere u Rwanda rugezeho kuri ubu. Ni wo munsi, Ingabo zari iza RPA zateye u Rwanda mu mugambi wo kubohoza igihugu cyahezaga igice kimwe cy’abana bacyo. -
Ibiteye amatsiko mu Ngoro Ndangamateka y’Urugamba rwo guhagarika Jenoside
U Rwanda rumaze amezi atanu rwungutse ingoro nshya ikubiyemo amateka y’urugendo rw’Ingabo za APR rwahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ikaba imwe mu zicungwa n’Ikigo cy’Ingoro z’Umurage w’u Rwanda. -
Ifoto y’Umunsi: Harerimana Jonas yarokowe n’Inkotanyi afite imyaka 10
“Twebwe turi Inkotanyi’’, aya ni amagambo y’ihumure yabwiwe Harerimana Jonas ubwo abasirikare ba FPR Inkotanyi bamurokoraga ubuzima bwe buri mu kaga kuko ari mu bahigwaga n’Interahamwe. -
Imyaka 26 y’umusanzu wa RDF mu rugamba rwo kubohora u Rwanda no kurwubaka bushya
Tariki ya 1 Ukwakira 1990 yabaye umusingi uhamye wubakiyeho iterambere u Rwanda rugezeho kuri ubu. Ni wo munsi, Ingabo zari iza RPA zateye u Rwanda mu mugambi wo kubohoza igihugu cyahezaga igice kimwe cy’abana bacyo. -
RURU yatangaje Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli na esanse byongeye kugabanuka. #rwanda #RwOT
Urwego ngenzuramikorere (RURA) ruramenyesha abantu bose ko guhera ku wa 4 Nyakanga 2020, Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli na esanse byongeye kugabanuka ku buryo bukurikira:
. Igiciro cya essence i Kigali cyavuye kuri 965 Frw kigera kuri 908 Frw kuri litiro.
. Igiciro cya mazutu i Kigali cyavuye kuri 925 Frw kigera kuri 883 Frw kuri litiro.
Iri tangazo RURA yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2020 ryashyizweho umukono n’Umuyobozi wa RURA, Lt Col Nyirishema Patrick, rigira riti ‘‘Igiciro cya essence i Kigali cyavuye kuri 965 Frw kigera kuri 908 Frw kuri litiro. Igiciro cya mazutu i Kigali cyavuye kuri 925 Frw kigera kuri 883 Frw kuri litiro.’’
Ihinduka ry’ibiciro rishingiye ku ihinduka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peterori ku isoko mpuzamahanga. Ibicuruzwa bigezwa mu Rwanda biba biba byaratumijwe ku isoko mpuzamahanga nko mu mezi abiri ashize.
Ibi biciro bishya bigiye gusimbura ibyagiyeho ku wa 4 Gicurasi 2020, aho igiciro cya lisansi i Kigali cyari 965 Frw kuri litiro naho icya mazutu kiri kuri 925 Frw.
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bishobora gukomeza kugabanuka cyane kuko no ku isoko mpuzamahanga byagiye hasi cyane.

-
Guy Bukasa yanze ibyo yahabwaga na Gasogi United yerekeza muri Rayon Sports – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umutoza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Bukasa wari umaze umwaka atoza ikipe ya Gasogi United, yamaze gusinya mu ikipe ya Rayon Sports yifuza kubakamo amateka akomeye muri ruhago nyafurika. -
Niwe muhanzikazi mu Rwanda umaze kuryamana n’abagabo benshi – Visha keiz #rwanda #RwOT
Umuhanzikazi visha keiz yatangajeko atibuka umubare w’abagabo baryamanye ahishura uko yahuye na sheebah.

Uwayezu slyvie Ni umuhanzikazi nyarwanda umaze kumenyerwa ku izina rya visha keiz akaba yaratangiriye muzika yiwe mu gihugu cy’ubugande nkuko abitangaza.

Visha keiz warumaze igihe cyinini mu bugande yatangarije kj tv Rwanda ko yahuriyeyo n’ubuzima bwiza ubwo yakoraga muri hoteli yatangagamo serivce yo gukora massage Ari naho Abagabo batangiye kumukunda kakahava.

Yakomeje asobanurako atibuka umubare w’abagabo baryamanye kuko Ari benshi nubwo byaje kumuhira akaniguriramo n’imodoka ye bwite.

Visha keiz waje guhura na sheebah karungi akamugira inama muri muzika Ari nawe wamugiriye inama yo kwiyita visha keiz izina ryuzuzwa n’iryumuhanzi w’umunyamerica Alicia keys.
Reba hano ikiganiro yagiranye na kj tv.
Visha keiz umaze kugira indirimbo zigera ku munani harimo nka never give up,kunkyunyanga,sinzaguhinduka ndetse nindi nshyashya yise addicted. Yahishuyeko yemera umuhanzikazi Marina nkumwe mubafite ubuhanga buhanitse mu miririmbire ye.

Reba hano indirimbo never give up
-
Uko umuhango wo #Kwibohora26 uteguye ku Banyarwanda batuye mu mahanga #rwanda #RwOT
Amasaha arabarirwa ku ntoki ngo Abanyarwanda n’inshuti zabo mu mfuruka zose z’Isi bizihize ku nshuro ya 26 Umunsi wo Kwibohora k’u Rwanda.