source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/coronavirus-perezida-wa-ghana-yishyize-mu-kato
source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/coronavirus-perezida-wa-ghana-yishyize-mu-kato
Byagaragaye ko Wizkid na Davido birengagije igihangange nyafurika ku isabukuru ye y’amavuko kuko nta n’umwe muri bo wigeze yifashisha imbuga nkoranyambaga ngo amwifurize.
Nubwo Davido yerekeje ku mbuga nkoranyambaga ashimira Burna Boy igihe yatsindaga igihembo cya BET Awards cyarangiye, yirengagije isabukuru ya Burna Boy. Burna Boy wujuje imyaka 29 muminsi yashize yabonye imbuga nkoranyambaga zuzuyemo ubutumwa bwamavuko namasengesho yatanzwe nabakunzi nimiryango.
Icyakora habaye guceceka kwa Wizkid na Davido mugihe cy’amavuko ya Burna Boy. Twibuke ko Davido yashyizeho ifoto ye na Wizkid kuru kuta rwa instagram yanditseho ubutumwa bugira buti: “ukomeye muri bose”. Ibi byabyaye intandaro hagati ya Davido na Burnaboy mugihe bajyanye kurubuga rwabo kugirango batere amagambo
Nubwo Wizkid atigeze asubiza Burna Boy, biragaragara ko Wizkid afite inzika uwatsindiye igihembo cya BET kuko yamwirengagije ku isabukuru ye. Davido kandi yirengagije Burna Boy kuko yanditse ukwezi gushize ko akeneye kwezwa nabantu bose, bityo akitandukanya nimbuga nkoranyambaga.
src ghgossip.com

Bruce Melody ni umwe mu bahanzi nyarwanda bakomeye cyane kandi bakunzwe n’abantu batari bake muri iki gihe, uyu musore rero kimwe mu bintu bituma abafana bamukunda akaba ari udukoryo dukunze ku muranga cyane cyane muri interview zitandukanye agenda akora.
Ku munsi w’ejo ubwo yaganiraga na Isibo Tv, Umunyamakuru wayo ariwe Irene ikaba yaramubajije ikibazo gikakaye ku mukobwa wigeze kumushinja ku mutera inda mu mwaka wa 2015 ndetse amubaza niba hari amakuru afite ku mwana uwo mukobwa yamushinjaga ko ari se.

Mu kumusubiza, Bruce akaba yabanje atumiza list y’abanyamakuru akorana nabo nuko maze Irene agira ubwoba aziko agiye guhita amumerera nabi cyane, gusa List ihageze Bruce akaba yayifashe areba aho Irene yanditse n’amafaranga ahembwa maze asaba ko yakongezwa ibihumbi 50 (50 000Frw) ku mushahara we.
Hagti aho Bruce akaba yemeza ko uwo mukobwa yamubeshye ndetse ko yamusabye ko bakora ibizamini byo kwa muganga bizwi nka DNA Test maze uwo mukobwa akanga.
Miss Kayibanda Mutesi Aurore ni umwe muri Ba Miss Rwanda beza u Rwanda rwagize ndetse abenshi banavuga ko uyu mukobwa ariwe Miss w’ibihe byose babihereye ku bwiza bw’uyu mukobwa. Kuri ubu Miss Aurore ntakibarizwa i Rwanda asigaye yibera muri leta zunze ubumwe za Amerika. Hano twabakusanyirije amafoto 10 agaragaza ubwiza bw’uyu Nyampinga wambitswe ikamba ry’ubwiza, ubwenge n’umuco nyarwanda mu mwaka wa 2012.










Byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Nyakanga 2020, umunsi wiswe ‘supper Saturday’, umunsi Ubwongereza bwongeye gufunguriraho utubari nyuma y’amezi 3 utubari dufunze.
Utubari dufite amazina azwi tw’ahitwa Lincoln n’ahitwa Nottinghamshire twafunze hakiri karere nyuma y’uko Polisi yarimo ifungwa abanywi batubahirije intera ya metero.
Metro yatangaje ko ku tubari hagaragaye imirongo miremire y’abanywi ku buryo hari abanywi bamaze isaha ku miryango y’utubario bategereje guhabwa inzoga.
Umuyobozi wa Polisi muri Nottinghamshire Craig Berry yavuze ko bataye muri yombi abantu bane bazira kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19. Ngo nta kabari polisi yigeze itegeka gufunga utubari twafunze twabikoze ku bufashake bwatwo.

Umuturage witwa Dreek yashyize ifoto ku mbuga nkoranyambaga yafatiye mu mujyi wa Londres ahitwa Soho yandikaho ati “Bwari ubusazi.Iminsi 100 nta kujya mu kabari”.
Uburyo Abongereza bitwaye ku munsi wa mbere bafunguye utubari, bica amarenga ko bishobora kongerera umuvuduko iki cyorezo muri iki gihugu.
Gusa n’ubwo byagenze bitya Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Boris Johnson mbere y’uko utubari dufungura yahanje kwihanangiriza abaturage abasaba kudatezuka ku ngamba zo kwirinda covid-19.
Ati “Icyatugejeje kuri iyi ntambwe yo gufungura ibikorwa ni uko abaturage bakoranye neza na guverinoma muri guma mu rugo. Kugira ngo ibikorwa byafunguwe bikomeze bikora birasaba ko abaturage bakomeza gutanga umusanzu wabo ntibigire ntibindeba kuko icyorezo kiracyari muri twe”.
Hari ubushakashatsi bwagaragaje ko abantu bakize coronavirus baba bafite ibyago byo kuzongera kuyandura.
Mu Bwongereza abamaze kwandura coronavirus ni ibihumbi 284, abo imaze kwica ni ibihumbi 44, mu gihe ubwongereza butuwe na miliyoni 67.
Ku rwego rw’Isi abamaze kwandura ni miliyoni 11, abapfuye ni ibihumbi 533, abakize ni miliyoni zirenga 6.















AOS Ltd Management and staff wish all Rwandans a Happy Liberation Day as we celebrate 26 years of liberation. This is a day when friends of Rwanda and Rwandans across the world come together to reflect on the time when the 1994 Genocide against the Tutsi was stopped and to celebrate the transformation journey.
AOS Ltd started its operation in 2014 and has contributed to the development of the ICT sector in Rwanda; developed and deployed various systems for both the public and private sectors. We have developed and deployed the electronic procurement system (e-Procurement) of Rwanda called “Umucyo” in collaboration with Minecofin and RPPA which has increased accountability, transparency, and efficiency in the public procurement process.
AOS also deployed the public surveillance CCTV and vehicle enforcement system in collaboration with Rwanda National Police that contributes to the safety and security of Rwandans by providing real-time accurate information.
The company has been managing and operating the National Data Center of Rwanda hosting both the public and private sector offering various hosting services including cloud computing, server colocation, web, and email hosting, Backup as a service and disaster recovery services to suit customer needs and improve the way they are doing business.
AOS has implemented the Government smart administration system in collaboration with RISA to improve the collaboration system and ensure paperless communication between Government institutions and private customers. The project is ongoing.
There are ways AOS use to minimize the cost of hosting websites locally.
AOS are minimizing the cost of acquisition by using customized homegrown solutions and growing customer base to capitalize on the volume of sales and not on the price. The company has made a significant drop in service charges for hosting websites locally with the lowest option being Rwf2,025 per month (24,300 Rwf annually) and for cloud computing services for the private sector.
AOS Ltd aims to provide good quality of service at an affordable price and will continue to offer better affordable rates to its customers.
AOS says there are several benefits of local web hosting.
“Hosting locally contributes to the development of the economy by employing the Rwandan workforce and promoting made in Rwanda solutions. End users hosted locally will have a better experience reducing the network latency, therefore, enjoying faster browsing, more website uptime, and better loading time while accessing their data especially if the data hosted is mostly accessed by users in Rwanda,” indicates a statement from the top-notch IT company.
“Another advantage is that users hosted locally can get better support from the local hosting provider when needed at any time using our home language Kinyarwanda. There’s also a security aspect knowing that your data is locally hosted especially sensitive data for Rwandans.”
According to AOS Ltd, they see an increase in web and mail hosting customers over the years in the private sector. Customers look for good quality of service, good support at an affordable price. The price reduction has also contributed to attract more people to host locally but there’s still more to be done to bring back local content in Rwanda and AOS Ltd is committed to provide the best service at good rates and to contribute in the growth of the private sector in Rwanda.
AOS services are sharpening Rwanda’s vision of becoming an ICT Hub.
“We are contributing to make Rwanda an ICT hub by providing Data Center services not only to local customers but also to regional as we have been targeting the EAC market and international customers.
“As of September 2018, the World Bank officially acknowledged that Rwanda e-procurement system “Umucyo” is the first successful case in Africa. The system has attracted interest from various African countries that would like to have a similar system in their countries.”
Back in 2018, several websites went down in the country including some of the government-owned websites. The interviewer asked AOS what are the measures that have been taken to get this issue answered once and for all.
“We have reviewed policies and procedures in place to avoid incidents or technical problems and we have put in place a mitigation plan to the issues that were noticed,” AOS assures.
In the level of the continent when it comes to its mission of bringing ICT solutions and services that will transform Africa, AOS place themselves as an ICT provider company with expertise and experience in Data Center operations, solution development, systems integration that can be exported to other African countries. They are challengers on the market and believe to be competitive in the EAC market.
AOS Ltd has initiatives to help Rwanda to turn into a high-tech hub as well as channels that will foster their targets.
“We need to develop more homegrown solutions. In the beginning, we start developing our solutions with the support from others with more expertise which will increase the knowledge and skills of our local engineers in various aspects and enhance our understanding of the end-users.
Then, there will be more local engagement for other solutions and at the end, we will be able to successfully deliver ourselves by given the focus to the people who are engaged in these efforts such as software developers, network and security engineers, sales and marketing experts who interact with end-users.
“We need to keep them and give them the tools that they need so that they can build their experience and build their know-how. Finally, knowledge sharing and training should be done. We also plan to have an ICT academy to teach various IT skills to Rwandans.”
They will also export those successful solutions to other African countries as Made in Rwanda products, therefore, boost the economy and turn Rwanda into an ICT hub.
IGIHE

Bayern München itsinze Leverkusen yegukana gikombe cya kabiri muri uyu mwaka w’imikino
Bayern München yegukanye igikombe cyayo cya kabiri muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo gutsinda Bayer Leverkusen ibitego 4-2 mu mukino wa nyuma wa DFB-Pokal.
Robert Lewandowski wabaye umukinnyi w’umwaka muri Bundesliga yatsinze ibitego bibiri muri uyu mukino byiyongera ku gitego cya David Alaba na Serge Gnabry.
Ni Bayern München yaje ishaka kwegukana igikombe igakomeza gushimangira ko ari ikipe ya mbere mu Budage na Bayer Leverkusen yashakaga kwegukana igikombe cya mbere mu myaka 27 yose.
David Alaba yafunguye amazamu ku gitego cyiza cyane yatsinze giturutse kuri coup-franc ku munota wa 15 w’umukino mbere yuko Serge Gnabry aterekamo igitego cya kabiri nyuma y’umupira yahawe na Joshua Kimmich nuko igice cya mbere kirangira Bayern iyoboye ku bitego 2-0.
Mu gice cya kabiri cy’umukino Robert Lewandowski wasoje Bundesliga ayoboye abatsinze ibitego byinshi yateretsemo igitego cya gatatu cya Bayern München kikaba igitego cya 50 yari atsinze muri uyu mwaka w’imikino.
Nyuma y’umupira mwiza yahawe na Kerem Demirbay, Sven Bender yagaruyemo igitego kimwe nubwo bitagize icyo bitanga kuko Bayern München yakomeje kurusha Leverkusen kugeza Robert Lewandowski ateretsemo igitego cya kane cya Bayern München mu minota ya nyuma y’umukino ku mupira yahawe na Ivan Perisic.
Ku munota wa nyuma w’umukino Kevin Volland yateretsemo igitego cya kabiri cya Leverkusen kirangwa ariko nyuma yo kwifashisha VAR basanze Alphonso Davies yari yakoze ikosa nuko batanga penaliti yinjijwe neza na Kai Havertz nuko umukino urangira Bayern München itsinze ibitego 4-2 yegukana DFB-Pokal ku nshuro ya 20 mu mateka.
The post Bayern München itsinze Leverkusen yegukana gikombe cya kabiri muri uyu mwaka w’imikino. appeared first on KASUKU MEDIA.