Author: webrwanda

  • Coronavirus: Umubare w’abakize Covid-19 ukubye inshuro zirenga 3 uw’abayanduye none #rwanda #RwOT

    Mu itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo kuri uyu wa 05 Nyakanga 2020, rigaragaza mu mibare ishusho mbonera y’uko iki cyorezo kiriwe cyifashe mu masaha 24 ashize, hatangajwe ko abantu 44 bagikize mu gihe habonetse abakirwaye 13 bashya mu bipimo 3,279 byafashwe none.

    Dore muri rusange imibare y’uko byiriwe byifashe;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/coronavirus-umubare-wabakize-covid-19-ukubye-inshuro-zirenga-3-uwabayanduye-none/

  • Nyabihu: Litiro zisaga 4,500 z’inzoga zitujuje ubuziranenge zamenwe #rwanda #RwOT

    Polisi ikorera mu karere ka Nyabihu, Umurenge wa Rugera kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Nyakanga 2020 yamennye inzoga zitujuje ubuziranenge zirenga litiro 4,500. Ni inzoga zafatiwe mu bikorwa bimaze iminsi bikorwa byo kurwanya inzoga zitemewe zinyuzwa muri Sitasiyo ya Polisi ya Rugera igizwe n’imirenge ya Rugera na Shyira.

    Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Karekezi avuga ko ziriya nzoga zafashwe mu kwezi kwa Kamena kose. Zikaba zarafashwe mu bihe bitandukanye.

    Yagize ati“Hari hashize iminsi dufite amakuru ko hari abantu bava mu mirenge yo mu karere ka Gakenke bakanyura mu mirenge yo mu karere ka Nyabihu bagiye gucuruza ziriya nzoga mu karere ka Musanze. Muri Kamena nibwo twakoze imikwabu yo gufata izo nzoga, hari imodoka yo mu bwoko bwa DAIHATSU iheruka gufatirwamo litiro zirenga ibihumbi 2,200 indi ifatanwa litiro zirenga 1000 izindi twagendaga tuzifatana abantu bazitwaye ku magare na za Moto”.

    CIP Karekezi yagaragarije abaturage ko ziriya nzoga zitujuje ubuziranenge zigira ingaruka ku buzima bwabo ndetse zikanaba isoko y’umutekano muke.

    Yagize ati“ Inshuro nyinshi dukunze kubona ibyaha byakozwe n’abantu banyoye ziriya nzoga, ibyaha byo gukubita no gukomeretsa, gufata abagore n’abakobwa ku ngufu ndetse n’amakimbirane mu miryango”.

    Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba yanagarutse kuri bamwe mu baturage bacuruza mu tubari izi nzoga kandi babizi neza ko utubari tutemerewe gucuruza muri ibi bihe byo kurwanya icyorezo cya COVID-19.

    CIP Karekezi nkuko urubuga rwa Polisi dukesha iyi nkuru rubitangaza, yasabye abaturage cyane cyane abayobozi b’imidugudu n’utugari ndetse n’abashinzwe umutekano muri izo nzego kujya batanga amakuru hakiri kare.

    Ati“ Turasaba abantu kwirinda ibintu bya ntiteranya, mujye mutanga amakuru, nimushaka mutwandikire ubutumwa bugufi. Abantu bahurira mu tubari ari benshi mutazi aho bavuye, umwe muri bo ashobora kwanduza abandi Koronavirusi bigakururira ibibazo akarere kose”.

    Ingingo ya 5 y’Iteka rya minisitiri Nº001/MoH/2019 ryo ku wa 04/03/2019 rigena urutonde rw’ibiyobyabwenge n’ibyiciro byabyo rishyira inzoga zikozwe mu buryo budakurikije ibisabwa n’amabwiriza y’ubuziranenge n’andi mategeko mu biyobyabwenge byoroheje.

    Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ingingo ya 263 ivuga ko umuntu wese ukora, uhinga, uhindura, utunda, ubika, uha undi, ugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n’amategeko, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igifungo cya burundu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda arenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW) ku byerekeye ibiyobyabwenge bihambaye.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/nyabihu-litiro-zisaga-4500-zinzoga-zitujuje-ubuziranenge-zamenwe/

  • Yitwa irakarama arashaka umusore wamuzura bagakundana urukundo rw’ukuri. #rwanda #RwOT

    Njye mu buzima nabonye urukundo ari byose, burya iyo umuntu nta rukundo afite ntacyo aba ari cyo. Maze imyaka ibiri ntamukunzi mfite ariko buri gihe iyo ngize ikintu kimbabaza mba numva nshaka umuntu wihariye twakiganiraho nkaruhuka umutima. Kimwe nuko iyo ngize ikintu kinshimisha cyane mba numva hari umuntu w’umwihariko nabibwira tugafatanya kwishima. Rero kubaho ntamukunzi mfite mba numva ubuzima busa n’ubwahagaze. Kuba ntamuntu ugukunda ufite kandi nawe ukaba ntawe ukunda ufite ngo umuhe umutima wawe umubitse amabaganga yawe yose biba bisa nkaho wapfuye. Nitwa Irakarama Deva Dudu mfite imyaka 21 ndashaka umuhungu wanzura akemera nkamuha umutima wanjye akawitwarira nkamwinjiza mu munyenga w’urukundo. Niba uri tayari banguka inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    *
    *
    http://dlvr.it/Rb0CJv

  • Nitwa Costasie ndi umunyamideli ndashaka umusore twakubakana urugo. #rwanda #RwOT

    Nitwa Costasie mba muri Zambiya ariko navukiye mu Rwanda nahavuye mfite imyaka 8 ubu mfite imyaka 30. Ndumva nshaka kubaka urugo rugakomeza niyo mpamvu nshaka umuntu w’inyangamugayo twarwubakana. Sintunze byinshi ariko ntagiye gufatisha ubu mfite ubuzima, nditeguye kuburyo ibyo nabona byose twabisangira. Ubusanzwe nkora akazi ko kurema imideli, ariko bitewe n’uburyo abantu batangiye kujya banyishimira byatumye rimwe na rimwe nshobora no gukora akazi ko kwerekana imideli ibikorwa byanjye bikaba bitangiye kugenda bimenyekana ndetse binaguka. Kandi uko ngenda menyekana buke buke ninako ibishuko biri kwiyongera niyo mpamvu nshaka umugabo kuko nimba mfite umugabo abasore banyirukaho bazagabanuka. Ndabiziko muri iki gihugu habamo abanyarwanda benshi hagize ubona ubu butumwa bwanjye akumva twamenyana kurushaho tugakundana ndetse tukaba twapanga kubana yanyandikira tukaganira kimwe nuko hagize nundi utari inaha akaba afite gahunda yo kuhaza nawe yambwira nazamufasha mu bijyanye no kumucumbikira ndetse no kumumenyereza imikorere y’inaha.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    *
    *
    *
    *
    *
    *
    *
    http://dlvr.it/Rb0CKn

  • Mfite imyaka 28 igihe cy’ubwana narakirenze ndashaka gukundana n’umuntu ukuze mu bitekerezo. #rwanda #RwOT

    Nitwa Gatera Agasaro Jenny mfite imyaka 28 ntuye i Kigali nkaba nararangije kaminuza kuko nize hanze ubu mfite n’akazi. Mu myaka 10 ishize abasore bagiye bansaba urukundo sinabasha kubamenya umubare kubera ubwinshi bwabo. Abampamagara hamwe n’abanyandikira kuri Whatsapp na Facebook n’ahandi nabo ni benshi cyane ariko muri bose kugira ngo nzabonemo n’umwe wiyubaha, ufite ibitekerezo bizima, uvuga amagambo yabanje gutekerezaho ni imbonekarimwe. Kandi njye uwo niwe nshaka, abantu bahuragura ibigambo bipfuye ndetse biteye isoni, bapfa kuvuga ibyo batazi cyangwa ibyo babonye byose bagashyira comments no kubitabareba abongabo nta kintu nkivugana nabo. Abantu birirwa batukana ku mbuga nkoranyambaga bagatuka n’abo batazi, abantu mu magambo yabo hagaragaramo umujinya n’ubugome bw’indengakamere, kandi no kuri uru rubuga nagiye mbabonaho abo rwose simbakeneye muri bo ntihagire unyandikira. Ubu maze gukura imyaka y’ubwana narayirenze niyo mpamvu nshaka umuntu dukundana, ndashaka umuntu ufite ibitekerezo byagutse bizima kandi byubaka, umuntu uvuga amagambo yabanje gutekerezaho wa muntu uvuga ijambo rizima ukabona ko koko ari umuntu w’umugabo cyane. Nubwo yaba ari muto mu myaka ariko ari mukuru mu bitekerezo ntacyo bintwaye kuko ndabiziko abantu nkabo kubabona ni umugisha udasanzwe. Najye nimubona nzamufata neza nzamubera umwana mwiza kurugero atigeze akeka nzamubera byose kandi ntacyo azamburana.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
    http://dlvr.it/Rb0CL7

  • Dr Habumuremyi wahoze ari Minisiti w’Intebe na Prof Karuranga wayoboraga Kaminuza ya Kibungo batawe muri yombi #RwoT #Rwanda




    Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe na Prof Egide Karuranga wayoboraga Kaminuza ya Kibungo, bamaze iminsi ibiri bafunzwe aho bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye bakoze mu bihe binyuranye mu nyungu z’amashuri bari bayoboye.

    Dr Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe, ni we washinze Kaminuza ya 
    Christian University of Rwanda ikorera mu Mujyi rwagati ahazwi nka St Paul. 
    Yatawe muri yombi ku wa Gatanu akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo icyaha cyo
     gutanga sheki zitazigamiye n’icyaha cy’ubuhemu.
    Prof Egide Karuranga wari Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo (Vice Chancellor) 
    iherutse gufungwa, na we yatawe muri yombi akekwaho ibyaha byo gukoresha nabi 
    umutungo ufitiye rubanda akamaro ndetse n’icyaha gishingiye ku cyenewabo.
    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dominique Bahorera,
     yemeje amakuru y’itabwa muri yombi ryabo, aho yabwiye IGIHE ko bafunzwe ku 
    wa Gatanu w’iki Cyumweru.
    Ati “Ibyaha byose bakekwaho, babikoze mu nyungu z’amashuri bari bayoboye, umwe 
    nk’umuyobozi undi nka nyir’ishuri.”
    Bahorera yirinze gutangaza uburyo ibi byaha byakozwe, avuga ko bikiri 
    gukorwaho iperereza, ko nirirangira dosiye zabo zizashyikirizwa Ubushinjacyaha.
    Amakuru agera kuri IGIHE ni uko Prof Karuranga wayoboye Kaminuza ya Kibungo
    kuva mu mu 2017 kugeza umunsi ifungwaho, ibyinshi mu byaha akekwaho
     yabikoze mu mwaka wa mbere ku buyobozi bwe (hagati ya 2017 na 2018), aho 
    agendeye ku cyenewabo, yemereraga bamwe mu banyeshuri kwiga ku buntu.
    Bivugwa ko Dr Habumuremyi we ibyo aregwa yabikoze mu myaka itandukanye
     kuva yashinga iriya kaminuza mu 2017, ariko ko byakajije umurego cyane ubwo
     iri shuri ryatangiraga kujya mu bibazo by’amikoro, kubera kubura aho akura amafaranga
     yo kuribeshaho, agahitamo kujya atanga sheki zitazigamiye ndetse rimwe na rimwe 
    agahitamo kujya ashaka inguzanyo zizwi nka “Lambert”.
    Hashize igihe kinini havugwa ibibazo muri iyi kaminuza, aho abarimu bayo n’abandi
     bakozi bamaze igihe kinini badahembwa.
    Dr Habumuremyi yavukiye i Ruhondo mu Karere ka Musanze tariki ya 20 
    Gashyantare 1961. Yize mu bihugu bitandukanye harimo Repubulika Iharanira 
    Demokarasi ya Congo, u Bufaransa na Burkina Faso. Afite Impamyabumenyi y’Ikirenga 
    (PhD) yakuye muri Kaminuza ya Ouagadougou.
    Yagizwe Minisitiri w’Intebe tariki ya 7 Ukwakira 2011, umwanya yavuyeho tariki 
    ya 23 Nyakanga 2014 agasimburwa na Murekezi Anastase. Yabaye kandi Minisitiri 
    w’Intebe wa kane nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 asimbuye Bernard 
    Makuza, Pierre Celestin Rwigema na Faustin Twagiramungu.
    Muri Gashyantare 2015 Inama y’Abaminisitiri idasanzwe iyobowe na Perezida wa 
    Repubulika, Paul Kagame yagize Dr. Habumurembyi, Perezida w’Urwego 
    rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta y’Ishimwe
    (Chancellery for Heroes, National Orders and Decorations of Honor), umwanya 
    yariho kugeza ubu.

































    Prof Egide Karuranga wari Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo akurikiranyweho ibyaha 
    birimo gukoresha nabi umutungo wa rubanda

    Source : IGIHE.COM
  • Infected Covid Patients forbidden from international Travel #Rwanda #RwOT #VisitRwanda #Kanye

    #Rwanda ‘s airports will reopen for all flights on 1/8/2020 with Ministry ofHealth guidelines in place. *All Passengers show proof of #Covid_19 Negative PCR test taken within 72 hrs, later they will take a 2nd mandatory test and gets results in 24hrs

    Source : Twitter
  • Rayon Sports yishyuye umutoza wa mbere mu bo ifitiye umwenda #rwanda #RwOT

    Mu batoza babiri Rayon Sports ifitiye umwenda ari bo Javier Martinez Espinoza na Ivan Jacky Minnaert bose kubera kubirukana binyuranyije n’amategeko, yamaze kwishyura Espinoza ikaba isigaje Minnaert.

    Rayon Sports ikaba yishyuye uyu mutoza amafaranga angana n’ibihumbi 5 by’amadorali, ni nyuma y’uko uyu mugabo yari yareze iyi kipe muri FIFA.

    Nyuma yo gutsindwa na APR FC muri shampiyona ibitego 2-0 tariki ya 21 Ukuboza 2019, tariki ya 24 Ukuboza, Rayon Sports yafashe umwanzuro wo kwirukana uyu mutoza.

    N’ubwo yamwirukanye ariko ikaba itarubahirije ibyari bikubiye mu masezerano bagiranye harimo ko iyi kipe nimwirukana izamwishyura ukwezi kumwe na we yashaka kugenda akakwishyura.

    Uyu mutoza utarahawe ibyo yagombwaga, akaba yarahise arega iyi kipe muri FIFA maze FIFA na yo yandikira Rayon Sports iyimenyesha ko igomba gukemura ikibazo cy’uyu mutoza.

    Ku munsi w’ejo hashize ku wa 4 Nyakanga, Rayon Sports yamenyesheje uyu mutoza ko bitewe n’uko batazi aho ari kandi akaba atarimo no kwitaba cyangwa ngo asubize ubutumwa bugufi yandikirwa, amafaranga ye angana n’ibihumbi 5 by’amadorali yamaze kwishyurwa kuri konti ye yahemberwagaho muri Rayon Sports.

    Rayon Sports yishyuye aya mafaranga mu gihe iherutse kumenyeshwa na FERWAFA ko ifite iminsi 60 yo kuba yamaze kwishyura umutoza Ivan Jacky Minnaert kubera kumwirukana binyuranyije n’amategeko, itabikora ikazafatirwa ibihano.

    Javier Martinez Espinoza yamaze kwishyurwa umwenda we

    source http://isimbi.rw/siporo/article/rayon-sports-yishyuye-umutoza-wa-mbere-mu-bo-ifitiye-umwenda

  • Umupangayi yajugunywe hanze nyuma yo kunanirwa kwishyura ubukode kubera coronavirus #rwanda #RwOT

    Byabereye mu gace kitwa Fedha mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya. Ikinyamakuru Nairobi News cyabonye iyi video kivuga ko umugore wayifashe avuga ko uyu mugore mugenzi we yajugunywe hanze mu masaha y’ijoro gaze akoresha mu guteka irafatirwa.

    Ati “Uyu mugore usohowe muri iki gicuku arerekeza he ? Bamutwaye igicupa cya gaze bavuga ko kizasimbura ubukode bw’inzu abarimo”.

    Muri iyo video hagaragaramo abagabo batanu bateruye uyu mugore bamusohora mu nzu. Abaturanyi be bamaganye iki gikorwa bavuga ko ari akarenganze akorewe.

    Uwafashe iyi video avuga ko uyu mugore yasohowe mu nzu azira kutishyura, uretse no kutabona ubukode bw’inzu yari yaburaye we na bana be kubera kutabona icyo bateka kubera ingaruka z’icyorezo cya covid-19 cyahagaritse ibikorwa bimwe na bimwe.

    Iki kinyamakuru ntabwo cyabashije kumenya aho uyu mugore n’abana be baraye nyuma yo gusohorwa mu nzu.

    Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta aherutse gusaba ba nyiri amazu akodesha kwihanganira abapangayi bazabura ubukode bw’inzu bitewe n’ingaruka za coronavirus.

    Ibi bibaye mu gihe mu ntangiriro z’ukwezi kwa 5, Umugore wo muri Kenya witwa Peninah Bahati Kitsao, utuye mu mujyi wa Mombasa yafashwe amafoto atetse amabuye, amafoto akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zinyuranye muri Kenya. Uyu mugore yabwiye ibitangazamakuru binyuranye ko yatetse aya mabuye kugira ngo ahe abana be 8 atunze, icyizere cy’uko baza kurya, kuko ngo COVID-19, yamuteje ubukene kugera aho abura icyo agaburira abana.

    source http://www.ukwezi.rw/Mu-mahanga/Amakuru-anyuranye/article/Umupangayi-yajugunywe-hanze-nyuma-yo-kunanirwa-kwishyura-ubukode-kubera-coronavirus

  • The Perils of Mass Coronavirus Testing #RwOT #Rwanda #Kanye

    South Korea's Drive-Through Testing For Coronavirus Is Fast — And ...

    The public health response to the new coronavirus continues to evolve rapidly, with states shutting down schools, restaurants, bars, vacation places, and even elections. At the same time, the nation’s capacity to test individuals continues to steadily ramp up. This has led some people asking, “Why don’t we do what South Korea does and just test anyone?”

    Test-kit availability aside, there are crucial issues to consider. For example, so long as the background level of infection is low, there are real downsides to mass testing, and good reasons to limit testing to individuals who show symptoms or have been in contact with people who have shown symptoms. The problem is that when the overall level of infection is low, the overwhelming majority of your positive test results from mass testing will be false positives.  This gives the public a false sense of what the actual mortality level is, a false sense of security in their own immunity status, and can contribute to future outbreaks. In fact, the mass testing in South Korea could be skewing their data. 
    To see why this might be the case, I draw upon this thread from Dr. Sterling Haring at Vanderbilt University, as well as my own statistical background. Like him, rather than walking through the actual math of Bayes Rule (I explore it here), I  utilize 2×2 charts. We’ll start with the claim from Ohio Gov. Mike DeWine last Thursday that 100,000 people in Ohio were infected. That seems high, but let’s take it.  That works out to a little less than 1% of the state’s population having the virus. So we have a society that looks something like this:
    What happens if everyone is tested?  If tests were perfect, this would be great.  But almost all of them come with errors. My understanding is that the quick test used in South Korean drive-throughs generates an error roughly one in 10 times (which would still be much more accurate than the rapid flu tests), while the test with the longer turnaround generates an error roughly one in 20 times.
    Let’s assume we tested everyone with the 90% accurate test. We would get a result that looks something like this:
    This is not bad.  Most of the people who have the virus get a positive reading.  What about the people who don’t have the illness?
    Most of them get a negative reading. The problem is that, since there are far more people that don’t have the virus than do have it, the 10% error rate for that group overwhelms the 90% accuracy rate for the group that does have it. You end up with a scenario where 93% of the people who test positive for the disease do not, in fact, have it.
    What’s the downside of false positives? There are a couple. First, it can skew your data.  A number of people have looked at South Korea’s findings and noted the relatively low mortality rate – dropping below 1%. The problem is that with widespread testing, a lot of people who tested positive there won’t actually have the disease in the first place. The virus will be less widespread than the data suggest, but also deadlier.
    Second, it can give people a false sense of confidence. We don’t know whether you can get the disease twice, and there are at least two strains of the virus floating around out there. The question is one of public perception. If people believe that you can only get it once – and the possibilities for disinformation on the Internet are legendary – and go out falsely believing that they are immune, then they are susceptible to actual infection from the people who had the sickness and falsely believed they did not have it. They can also conclude that they must have the flu or a cold and delay seeking medical treatment.
    What if we use the quick test for screening, and tell people that they need a follow-up if they get a positive reading? Giving the more accurate test to the subset of people who tested positive the first time around is useful – but the false positive rate is still 40%. And our false negative rate starts to creep up as well, with 15% of the people with the disease now getting a medical “all clear.”
    To be clear, none of this is meant to suggest that we shouldn’t test at all. It is simply to say that testing isn’t the panacea that many are hoping it is. After all, South Korea may have widely available drive-through testing, but it also pioneered social distancing and did extensive tracking of contacts with infected people. It is also important to emphasize that our scenario assumes the disease has not become widespread; if 5% of the population is infected, the false-positive rate from the second test plummets to just 10%. If we look only at the population that exhibits symptoms, it would be even lower.
    All this points toward a larger medium-term problem. The social distancing measures being implemented will likely result in fewer daily infections but also come at great societal costs and are likely untenable for more than a few months, if that. With an estimated 12 to 18 months to go until a vaccine is available, the relaxing of social distancing measures is likely not the beginning of the end, but the end of the beginning. More accurate testing may help, but absent that, we’re likely in for a bumpy ride.
    Sean Trende is senior elections analyst for RealClearPolitics. He is a co-author of the 2014 Almanac of American Politics and author of The Lost Majority. He can be reached at [email protected]. Follow him on Twitter @SeanTrende.


    source : https://www.realclearpolitics.com/articles/2020/03/18/the_perils_of_mass_coronavirus_testing_142693.html