Author: webrwanda

  • Ibyiyumviro bya DJihad Bizimana nyuma yo kugarurwa mu cyiciro cya mbere #rwanda #RwOT

    Djihad Bizimana avuga ko yishimiye icyemezo cyafashwe cyo kugarura ikipe yabo ya Waasland Beveren mu cyiciro cya mbere kuko n’ubundi bari barenganye.

    Nyuma y’uko shampiyona ihagaze mu Bubiligi kubera COVID-19, muri Gicurasi 2020 federasiyo y’iki gihugu yafashe umwanzuro ko ikipe ya Waasland Beveren ya Djihad Bizimana yari ku mwanya wa nyuma imanuka mu cyiciro cya kabiri.

    Iyi shampiyona yari isigaje umunsi wa nyuma, Waasland yari ku mwanya wa nyuma yagombaga gukina na Gent, gusa mu mibare byari bigishoboka ko yaguma mu cyiciro cya mbere kuko yari ifite amanota 20 ibanzirizwa na KV Oostende ifite 22, yabaraga ko ishobora gutsinda umukino wa yo, Oostende yo ikaba yatsindwa.

    Bakaba barajuririye iki cyemezo maze bemeza ko bagomba kugaruka mu cyiciro cya mbere, kumanuka mu cya kabiri babibakuriraho.

    Djiahad ahamya ko bari barenganye

    Aganira na ISIMBI, Djihad yavuze ko yashimishijwe n’iki cyemezo kuko n’ubundi bararenganye cyane.

    Yagize ati“muri rusange twabyakiriye neza cyane kuko urebye ni icyemezo cyari cyafashwe ariko gisa n’aho kitubangamiye kuko byasaga n’aho bitari bikwiye ko bagomba kutumanura kandi hari umukino tugomba gukina, ni ibintu twakiriye neza cyane yaba abakinnyi, abafana n’abayobozi.”

    Djiahad Bizimana amaze imyaka 2 akinira iyi kipe, akaba agiye kwinjira mu mwaka we wa nyuma, shampiyona y’iki giugu ikaba izatangira mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Kanama.

    Kugarurwa mu cya mbere ni ibintu byabashimishije cyane

    source http://isimbi.rw/siporo/article/ibyiyumviro-bya-djihad-bizimana-nyuma-yo-kugarurwa-mu-cyiciro-cya-mbere

  • Ingendo mu kirere cy’u Rwanda zongeye gufungurwa ! Uko Rwandair yiteguye guhangana n’ikwirakwira rya COVID19 #rwanda #RwOT

    Kuva kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Kanama 2020, ibibuga by’indege byo mu Rwanda byongeye guha ikaze indege zitwaye abagenzi mu buryo bwa rusange (commercial flights) ariko hubahirizwa amabwiriza yashyizweho mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19.

    Umuntu wa mbere wagaragaweho Coronavirus mu Rwanda muri Werurwe uyu mwaka yari yinjiye muri iki kibuga cy’indege aturutse hanze y’igihugu.

    Ibi byatumye Guverinoma y’u Rwanda ihagarika indege zitwara abantu ku wa 20 Werurwe, rukomorera indege zihariye tariki ya 17 Kamena 2020.

    Ubuyobozi bwa Rwandair bwakajije ingamba ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali kiri I Kanombe, harimo na Robot zashyizweho zizafasha mu gukangurira abantu gukomeza kwirinda COVID19.

    Robot yitwa ‘Urumuri’ iyo ibonye umuntu utambaye agapfukamunwa n’amazuru neza irabimwibusa, iyo ibonye umuntu ufite umuriro mwinshi andi ukabije [kimwe mu bimenyetso bya COVID19], irabigaragaza ubundi inzego z’ubuzima zikaba zakwita kuri uwo muntu.

    Ibindi bikorwa byashyizwe ahantu hose ni imiti isukura intoki [Hand sanitizers], aho abagenzi bicara harateguwe ndetse hanashyirwa ibimenyetso ku buryo bwubahirije guhana intera, aha kandi mu kibuga cy’indege hari urubyiruko rw’abakorerabushake rukomeza kunganira ibi bikorwa byose byashyizweho.

    Umuyobozi Mukuru wa Rwandair, Yvonne Manzi Makolo yabwiye RBA ko bashyizeho uburyo bwose bushobora kurinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID19 kandi bazakomeza kugenzura ko amabwiriza yashyizweho yubahirizwa.

    Yavuze ko mu ndege naho hashyizweho iby’ingenzi byose bishobora kuzatuma hatahabo ikwirakwira rya Coronavirus.

    Yagize ati “Icyo tuzakora ni ugusukura neza indege nyuma ya buri rugendo ikoze, imbere mu ndege twateguye ibikoresho bihagije birimo gusukura imbere dukoresheje imiti, twanavuguruye uburyo serivisi zizajya zitangwa ku buryo abazitanga n’abazihabwa batazajya bakoranaho cyane.”

    Yakomeje avuga ko “Ikindi ni ukubahiriza amabwiriza asabwa abagenzi, kwitwaza nibura umuzigo umwe mu rwego rwo kwirinda gukora kubyo abantu baba bitwaje mu rugendo.”

    Abatanga serivisi mu kibuga cy’indege bamaze gushyiraho uburyo bwo kwakira abakiriya bubahiriza amabwiriza ariko bimakaza gukoresha ikoranabuhanga haba mu kwishyura ndetse no kumenyesha abantu serivisi batanga.

    Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima mu Rwanda, Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko nta mpungenge zihari zo kongera gusubukura izi ngendo kuko biteguye bihagije.

    Yakomeje agira ati “Ni amahirwe tugize yo kongera kureba nyuma y’amezi angana gutya ingendo zahagaze tubifungure tubyigeho turebe nitubona hariho ikibazo tuzicara turebe niba ari ngombwa tugabanye ingendo cyangwa tuzongere.”

    Rwandair ni imwe muri sosiyete zirindwi zikora ubwikorezi bwo mu kirere zigiye kongera kwifashisha ikibuga mpuzamahanga cya Kigali mu ngendo zazo.

    Iki cyorezo cya COVID19 cyaje Rwandair yari imaze gutangiza ingendo mu byerekezo 29 ku Isi, kuri ubu ifite indege 12 zirimo Airbus nini A330, izi zigana mu byerekezo hafi ya byose by’Isi n’ubwo mu gusubukura ingendo iyi sosiyete itangaza ko itazahita yerekeza mu byerekezo byose yari isanzwe ijyamo. Umuyobozi Mukuru wa Rwandair, Yvonne Manzi Makolo yavuze ko bamaze kwitegura neza gutwara abagenzi
    Kugura tike y’indege ni ukwifashisha ikoranabuhanga, ibi byo byari bisanzwe na mbere y’umwaduko wa COVID19
    Ibikoresho by’imbere mu ndege birasukurwa hifashishijwe imiti yabugenewe nyuma na mbere y’urugendo
    Abakora imbere mu ndege nabo baba bambaye mu buryo budasanzwe hagamijwe kwirinda ko habaho gukoranaho n’abagenzi cyangwa gukora ku mizigo yabo
    Aba mbere biteguye kujya mu mahanga nyuma y’uko ingendo zongeye gusubukurwa, uko baba bahagaze ku kibuga cy’indege bubahirije guhana intera kandi bambaye neza agapdukamunwa n’amazuru
    Indege za Rwandair ubu zimaze kuba 12 zirimo na Airbus nini ya A330, zijya mu byerekezo bitandukanye by’Isi
    Ifoto igaragaza indege ya Rwandair igurutse itwaye abagenzi

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Ingendo-zo-mu-kirere-cy-u-Rwanda-zongeye-gufungurwa-Uko-Rwandair-yiteguye-guhangana-n-ikwirakwira-rya-COVID19

  • Philippines perezida Duterte yategetse abaturage kujya basukuza udupfukamunwa lisansi. #rwanda #RwOT

    Perezida Rodrigo Duterte wa Philippines yongeye gusaba abaturage b’iki gihugu kujya basukura udupfukamunwa bakoresheje lisansi (essence) – ashimangira ko ubwo yabivugaga bwa mbere “atarimo akina”.

    Mu cyumweru gishize nabwo yari yavuze amagambo nk’ayo – ariko abategetsi bahise bihutira kumukosora, bavuga ko byari ugutera urwenya.

    Abategetsi bo mu rwego rw’ubuzima muri iki gihugu banavuze ko udupfukamunwa dukoze mu bitambaro dukwiye kujya tumeswa nkuko bisanzwe.

    Naho utundi ubusanzwe dukoreshwa kwa muganga two tugasimbuzwa buri uko turangije igihe cyo gukoreshwa.

    Ariko kuri uyu wa gatanu, Perezida Duterte yongeye gusubiramo amagambo ye – avuga ko “ibyo navuze ni ukuri… jya kuri stasiyo ya ‘essence’”.

    Nta gihamya ihari yuko ‘essence’ ishobora gusukura udupfukamunwa.

    Ahubwo gukomeza kugira aho uhurira nayo igihe kirekire bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima kandi no kuyisuka bishobora guteza ibyago by’inkongi y’umuriro.

    Akomoza ku magambo yavuze mbere, Bwana Duterte yagize ati:
    “Abo [banenga] baravuze ngo ‘Duterte ni umusazi’. Ibicucu gusa! Niba ndi umusazi, ni mwe mwari mukwiye kuba perezida, ntabwo ari jye”.

    “Ibyo navuze ni ukuri. Niba nta ‘alcool’ ihari, cyane cyane ku bakene, nimujye kuri stasiyo ya ‘essence’, mukoreshe ‘gas’ [gaz] mu gusukura”.

    “Ntabwo ndimo gukina. Ntabwo ndimo gukina. Mwebwe… muragerageza kunyinjirira mu bwonko”.

    Ni iki yavuze mu cyumweru gishize?
    Bwana Duterte w’imyaka 75 yavuze ko abadafite ibyo gukoresha mu gusukura udupfukamunwa twabo bashobora gukoresha ‘gas’.

    Yagize ati: “Umunsi nurangira, manika [agapfukamunwa] ahantu runaka ugatere Lysol [ umuti wo gusukuza] niba ufite amikoro yo kuyigura”.

    “Ku badafite ubushobozi bwo kuyigura [Lysol], mukinike muri ‘gas’ cyangwa ‘diesel’ [ubwoko bwa ‘petrol’]… shakisha gusa ‘gas’ nke [ubundi] uyirambikemo ikiganza cyawe [kirimo agapfukamunwa]”.

    Nyuma y’ayo magambo yo mu cyumweru gishize, umuvugize we Harry Roque yihutiye kumukosora.
    Icyo gihe, igitangazamakuru Rappler cyo muri icyo gihugu cyasubiyemo amagambo ya Bwana Roque agira ati:
    “Sinibaza ko nyuma y’imyaka ine ishize ari perezida, mushobora kuba mutaramenya [mutaramumenya]”.

    “Ni urwenya [gusa] yateraga. Ni iyihe mpamvu yatuma dukoresha ‘gas’ mu koza?”
    Hagati aho, Maria Rosario Vergeire, umutegetsi wo mu rwego rw’ubuzima muri Philippines, yavuze ko udupfukamunwa dukoze mu bitambaro dukwiye kumweswa tukanikwa nkuko bisanzwe.

    Madamu Vergeire yongeyeho ko udupfukamunwa ubusanzwe dukunze gukoreshwa kwa muganga (surgical masks) two dukwiye gusimbuzwa utundi buri uko turangije gukoreshwa mu gihe cyagenwe.

    The post Philippines perezida Duterte yategetse abaturage kujya basukuza udupfukamunwa lisansi. appeared first on KASUKU MEDIA.
    http://dlvr.it/RcnMqz

  • Philippines perezida Duterte yategetse abaturage kujya basukuza udupfukamunwa lisansi. #rwanda #RwOT

    Perezida Rodrigo Duterte wa Philippines yongeye gusaba abaturage b’iki gihugu kujya basukura udupfukamunwa bakoresheje lisansi (essence) – ashimangira ko ubwo yabivugaga bwa mbere “atarimo akina”.

    Mu cyumweru gishize nabwo yari yavuze amagambo nk’ayo – ariko abategetsi bahise bihutira kumukosora, bavuga ko byari ugutera urwenya.

    Abategetsi bo mu rwego rw’ubuzima muri iki gihugu banavuze ko udupfukamunwa dukoze mu bitambaro dukwiye kujya tumeswa nkuko bisanzwe.

    Naho utundi ubusanzwe dukoreshwa kwa muganga two tugasimbuzwa buri uko turangije igihe cyo gukoreshwa.

    Ariko kuri uyu wa gatanu, Perezida Duterte yongeye gusubiramo amagambo ye – avuga ko “ibyo navuze ni ukuri… jya kuri stasiyo ya ‘essence’”.

    Nta gihamya ihari yuko ‘essence’ ishobora gusukura udupfukamunwa.

    Ahubwo gukomeza kugira aho uhurira nayo igihe kirekire bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima kandi no kuyisuka bishobora guteza ibyago by’inkongi y’umuriro.

    Akomoza ku magambo yavuze mbere, Bwana Duterte yagize ati:
    “Abo [banenga] baravuze ngo ‘Duterte ni umusazi’. Ibicucu gusa! Niba ndi umusazi, ni mwe mwari mukwiye kuba perezida, ntabwo ari jye”.

    “Ibyo navuze ni ukuri. Niba nta ‘alcool’ ihari, cyane cyane ku bakene, nimujye kuri stasiyo ya ‘essence’, mukoreshe ‘gas’ [gaz] mu gusukura”.

    “Ntabwo ndimo gukina. Ntabwo ndimo gukina. Mwebwe… muragerageza kunyinjirira mu bwonko”.

    Ni iki yavuze mu cyumweru gishize?
    Bwana Duterte w’imyaka 75 yavuze ko abadafite ibyo gukoresha mu gusukura udupfukamunwa twabo bashobora gukoresha ‘gas’.

    Yagize ati: “Umunsi nurangira, manika [agapfukamunwa] ahantu runaka ugatere Lysol [ umuti wo gusukuza] niba ufite amikoro yo kuyigura”.

    “Ku badafite ubushobozi bwo kuyigura [Lysol], mukinike muri ‘gas’ cyangwa ‘diesel’ [ubwoko bwa ‘petrol’]… shakisha gusa ‘gas’ nke [ubundi] uyirambikemo ikiganza cyawe [kirimo agapfukamunwa]”.

    Nyuma y’ayo magambo yo mu cyumweru gishize, umuvugize we Harry Roque yihutiye kumukosora.
    Icyo gihe, igitangazamakuru Rappler cyo muri icyo gihugu cyasubiyemo amagambo ya Bwana Roque agira ati:
    “Sinibaza ko nyuma y’imyaka ine ishize ari perezida, mushobora kuba mutaramenya [mutaramumenya]”.

    “Ni urwenya [gusa] yateraga. Ni iyihe mpamvu yatuma dukoresha ‘gas’ mu koza?”
    Hagati aho, Maria Rosario Vergeire, umutegetsi wo mu rwego rw’ubuzima muri Philippines, yavuze ko udupfukamunwa dukoze mu bitambaro dukwiye kumweswa tukanikwa nkuko bisanzwe.

    Madamu Vergeire yongeyeho ko udupfukamunwa ubusanzwe dukunze gukoreshwa kwa muganga (surgical masks) two dukwiye gusimbuzwa utundi buri uko turangije gukoreshwa mu gihe cyagenwe.

    The post Philippines perezida Duterte yategetse abaturage kujya basukuza udupfukamunwa lisansi. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/philippines-perezida-duterte-yategetse-abaturage-kujya-basukuza-udupfukamunwa-lisansi/

  • Umusirikare wa DRC bikekwa ko yari yasinze, yishe arashe abantu batari munsi ya 12 #rwanda #RwOT

    Umusirikare bikekwa ko yasinze wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi.

    Umwe muri abo yishe bivugwa ko ari umwana w’umukobwa w’imyaka ibiri y’amavuko. Ibyo byabaye ejo ku wa kane tariki 30 Nyakanga 2020 mu ntara ya Kivu y’amajyepfo mu burasirazuba bw’iki gihugu.

    Ibyakozwe n’uyu Musirikare, nkuko BBC ibitangaza, byahagurukije imyigaragambyo y’abaturage barubiye/bari n’uburakari bwinshi, bamagana ingabo za DR Congo mu mujyi wa Sange muri iyo ntara, aho imihanda myinshi yafunzwe.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/umusirikare-wa-drc-bikekwa-ko-yari-yasinze-yishe-arashe-abantu-batari-munsi-ya-12/

  • Africa Haguruka ya 21 igiye kuba hifashishijwe ikoranabuhanga – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Kubera icyorezo cya Coronavirus, Africa Haguruka yo ku nshuro ya 21 igiye kuba hifashishijwe ikoranabuhanga nk’uko bitangazwa na Apostle Dr Paul Gitwaza Umuyobozi wa Zion Temple ku Isi. Africa Haguruka y’uyu mwaka izaba tariki 9-16 Kanama 2020.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9adb1ceac11c847824bada71b4d29b1105a35747bb53c6858eb50cbf4db4266425ad4cea26900fc9b53d6b3bc8df3fc38d35a8ea69faf4be16c47211b550ed48439b4219bfb0b856c37ab279c3

  • Rwanda Police Arrests Three In Driver’s License Scam #rwanda #RwOT

    Three people belonging to the same coordinated ring, have been arrested in City of Kigali in connection with scamming aspiring drivers promising to give them driver’s license.

    The fraudsters were guising as Police officers attached to the Traffic and Road Safety department.

    The suspects, who were paraded to the media on Friday, July 31, are; Emmanuel Nkurunziza, 37, Jean Claude Mberabagabo, 38, and Jean Bosco Munyangabe, 37.

    Mberabagabo was introducing himself to his targets as a ‘Chief Inspector of Police (CIP)’ heading the IT directorate at the Traffic and Road Safety department; Nkurunziza as ‘Assistant Inspector of Police (AIP)’ charged with entering names of successful candidates into the system; while Munyangabe is a driving instructor at Midland Driving School in Remera, Gasabo District.

    They were arrested separately on July 29, in a targeted operation following information provided by one Anastase Sewabeza, whom Munyangabe was trying to recruit as their agent to search for more people to defraud.

    Sewabeza, who works with RwandAir, narrated that on July 26, he received a call from Munyangabe, who wanted him to get people seeking a driver’s license.

    “Munyangabe told me that he knows an Afande in traffic, who is helping people to get a permit without going through the due process.

    Knowing that these are criminal networks that have continued to wreck people, I responded positively so as to help our law enforcement organs bust the whole group,” Sewabeza said.

    He added that, “I later told Munyangabe that I have a colleague (who wants a driver’s license) and willing to pay immediately. Munyangabe took me to Mberabagabo, whom he identified as Afande.”

    “We found Mberabagabo at the Traffic and Road Safety offices in Muhima. Mberabagabo came out of a room, which he said it’s his office and told me that he is a Chief Inspector of Police. I came to know that the room where Mberabagabo was is an office where people come to seek traffic related services.”

    Sewabeza went on to narrate that Mberabagabo continued to make false calls as if he is giving orders to his juniors and later took him to a waiting Omnibus outside, drove to Nyamirambo where they found the self-proclaimed ‘AIP Nkurunziza,’ who would enter the particulars of their target into the traffic system.

    Mberabagabo knew Sewabeze by nickname. Sewabeze sent his particulars to the fraudsters, which made it easy to go unnoticed.

    Sewabeza has five driving categories.

    “They told me that I bring Rwf350,000 to get the permit for my colleague. We met again on July 29, I told them that I had the money. This time I had already informed Police officers and they arrested them red-handed receiving the money.”

    Sewabeza has fake messages from traffic and Irembo, sent to him by the suspects indicating every stage of the alleged permit.

    The ring also includes an IT expert still at large, who forges and sends Police and Irembo messages to their targets to make them believe that they are making headways in processing their permit.

    It is such criminal stages that keeps the victims’ hopes high making them easier to convince to pay more money.

    RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera warned that all efforts have been made to bring to book anyone still engaged in these criminal activities.

    “We have arrested and paraded such people over the past, the criminal methods they use are almost similar,” CP Kabera said.

    “It’s so unfortunate that people still believe and take these unlawful shortcuts and end up being conned. A driver’s license is Rwf50, 000 not Rwf350,000; the process of acquiring a license was made easier, and it’s not done with people on streets or in cars.”

    CP Kabera said that such criminal behaviours of people who call themselves Police officers and in some cases use real names, ranks and appointments of Police officers, tarnish the image of Rwanda National Police.

    “Such people tarnish the image of the Police because some victims think that they have been defrauded by a Police officer.

    When someone tells you that he or she is a Police officer and asks for money for any service, we urge you to report through all known RNP communication channels to facilitate the fight against such criminal practices,” CP Kabera said.

    Clause One of article 174 of the law determining offences and penalties in general, defines fraud as deception, obtaining another person’s property, whole or part of his/her finance by use of false names or qualifications, or offering positive promises or threats of future misfortunes.

    Clause two of the same article provides a term of imprisonment of between two and three years, and a fine of not less than Rwf3 million but not more than Rwf5 million, upon conviction.

    In article 276, anyone convicted for impersonation faces an imprisonment term of not less than five years but not more than seven years and a fine of not less than Rwf3 million and not more than Rwf5 million or only one of these penalties
    http://dlvr.it/Rcn53C

  • Suspected Police impersonator arrested in fraud #rwanda #RwOT

    Jean Pierre Nzabahimana, 33, was arrested after local residents and victims reported the matter to law enforcement organs.

    Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana, the Police spokesperson for the Eastern region, said that Nzabahimana had already conned three people of combined Rwf35, 000.

    “Local residents called the Police at Rubona station reporting a man, who calls himself a Police officer and threatening to arrest them if they don’t give him money, especially those he noticed that they were violating government directives on the fight against the pandemic of Coronavirus,” CIP Twizeyimana said.

    He added: “Police and investigators worked together to arrest Nzabahimana red-handed receiving money from one of the would-be victim in Rubona Sector, Nawe Cell in Gaseke Village.

    We have since leant all the three victims had violated the directives and were selling alcohol, and Nzabahimana targeted them because of their vulnerability.”

    The spokesperson commended those, who reported the fraudulent act.

    Clause One of article 174 of the law determining offences and penalties in general, defines fraud as deception, obtaining another person’s property, whole or part of his/her finance by use of false names or qualifications, or offering positive promises or threats of future misfortunes.

    Clause Two of the same article provides a term of imprisonment of between two and three years, and a fine of not less than Rwf3 million but not more than Rwf5 million, upon conviction.

    In article 276, anyone convicted of impersonation faces an imprisonment term of not less than five years but not more than seven years and a fine of not less than Rwf3 million and not more than Rwf5 million or only one of these penalties.

    He, however, warned against all actions and behaviors that undermine and violate government directives, thus increasing risks of catching or spreading COVID-19.

    “Bars are still closed as per the government directive; anyone operating a bar or who turns his home into a bar is breaching the directives and will be penalized,” CIP Twizeyimana warned.

    He emphasized that Police officers or any other official charged with enforcing the directives do not solicit bribes.

    “Anyone, who asks for money so as to ignore or allow an illegal act to continue is also committing a crime and should be reported and arrested to face the law.”

    Nicole Kamanzi M.
    http://dlvr.it/Rcn544

  • How Did We Get To This Dire State Of Affairs? #rwanda #RwOT

    As I survey our state of the Union, I feel deeply troubled and dismayed, wondering why and how we here in America got to this dire state of affairs in which we find ourselves.

    The federal government is in complete disarray, the country is alarmingly polarized, the coronavirus continues to spread like wildfire, discrimination against the Black and Hispanic communities is widespread, the economy is in shambles, the gulf between the poor and the rich is deepening, unemployment is staggering, our national debt is skyrocketing, our infrastructure is crumbling, our international standing is at an all-time low, and the American dream was replaced by hopelessness and despair.

    It is hard to fathom how the country richest in human and natural resources, the greatest military power on earth, the most advanced technologically, the harbinger in all sciences and discoveries, the center of cultural diversity, the champion of human rights, and with unparalleled global outreach and influence, has descended to this sorry state of affairs.

    Although the decline of the American enterprise did not begin with the rise of Trump to power, he, with the support of misguided Republican leaders, has perilously mismanaged the affairs of the country and inflicted severe damage not only on our democratic institutions but on the very soul of America.

    Trump has polarized the country beyond recognition and made it nearly impossible to reach a consensus on any issue regardless of how detrimental it may have been to the national interests.

    He and his party leadership have cynically convinced themselves that their interest converges with that of the nations.

    And when it doesn’t, that the party’s interest supersedes that of the nation—for example, Republicans consistently try to restrict voting ostensibly to prevent voter fraud, but politicians have spoken the truth. In regards to Democrats’ efforts to expand vote-by-mail in the midst of the COVID-19 pandemic, Trump openly stated “…if you’d ever agreed to it, you’d never have a Republican elected in this country again.”

    It will take years to heal the nation’s wounds, but we cannot begin the healing process until Trump, who betrayed his oath of office, is democratically removed from power and takes down with him many of his treacherous stooges who brought the country to its current disastrous environment.

    If Joe Biden is elected to be the next president, it will certainly raise a renewed hope that a new day is dawning in America and potentially help alleviate some of the woes we are experiencing today.

    With the best of intentions, however, and regardless of how committed Biden maybe, he alone cannot shoulder the awesome task that lays ahead.

    He needs a Congress with a unity of purpose to get things done. He needs an engaged citizenry ready to rise and fight for what’s right to remedy many of the country’s social and political ills.

    And he needs spiritual renewal to restore America’s moral standing, credibility, and values, which have hit rock bottom notably during the past four years.

    Trump, with the tacit approval of the Republicans, has pursued an economic agenda that has harmed most Americans financially, threatened the freedoms of speech, assembly, and a free press, undermined healthcare affecting millions of Americans, intensified discrimination, and aggravated inequality.

    All of these actions laid bare Trump’s incompetence and dismal failure.

    He and the Republican leadership have further weakened our democratic institutions, skewed our judiciary, abandoned the poor, and catered to the rich. Like the blind leading the blind, they have followed their aspiring despot by focusing only on what they perceive to be in their best interest – and to hell with the country.

    Reaching out to the Republicans
    If elected, Joe Biden’s first item on his agenda as president should be to mitigate the polarization that has plagued both parties and paralyzed the country.

    He needs the support of both chambers of Congress and can foster that by reaching across the aisle to Republicans, which will be central to effectuate his domestic and foreign agendas.

    As written in a speech John F. Kennedy intended to give on the day of his assassination, “…. our duty as a party is not to our party alone, but to the Nation, and, indeed, to all mankind…

    So, let us not be petty when our cause is so great. Let us not quarrel amongst ourselves when our Nation’s future is at stake. Let us stand together with renewed confidence in our cause — united in our heritage of the past and our hopes for the future…”

    To demonstrate his determination to end polarization, Biden should invite moderate Republicans to join his administration, perhaps in Cabinet positions.

    In doing so, Biden will send a clear message that he is not looking to settle the score with the party’s antagonists but to ensure that moderate Republicans feel that they have contributed to any successful outcome of the new administration’s policies for the country’s sake.

    Without Trump in the White House, many Republican moderates who have disagreed with him on a host of issues but were afraid to speak out will now be free to cooperate with the Democrats, even if Republicans retain control of the Senate.

    They don’t want only to redeem themselves; they understand the dire need and the urgency to act to put the country on the path of recovery and healing.

    Engaged citizenry
    The second critical component of the recovery is an active and engaged citizenry who must make their voices heard and remain relentless until the federal and state governments develop a clear road map to address much of the country’s ills.

    The impressive protests that continue to sweep the country over police brutality, sparked by the tragic death of George Floyd, offers one important example of how responsible citizenry must act to force a change—in this case reforming police departments to bring an end to discrimination and brutality, especially against Black people.

    That said, we cannot address much of what ails America today before we eliminate completely the coronavirus and begin the slow and painful process of economic recovery.

    Millions of young and old Americans should pour into the streets demanding that the Trump administration mobilize all national resources and produce scientifically-based comprehensive plans to stop the scourge of the virus.

    Even though Trump is unlikely to come up with any such plan, massive peaceful protests will further galvanize the public rejection of his dismal failure (demonstrated by his denying the virus’s velocity and pervasiveness), which cost the lives of 150,000 Americans and counting.

    I emphasize peaceful protest because we do not want to give Trump any excuse to send federal troops to quell the protests under the pretext of protecting federal property, à la the unfolding horror in Portland, Oregon.

    Just the same, Biden as president will need public backing to pass any comprehensive bill, which may require the support of some Republicans in either Chamber.

    Given our experience over the past four years, the American public cannot afford to be passive. In the final analysis, the real power rests with the people, and only the American people can oust Trump from power and begin the process of renewal.

    Spiritual renewal
    The third component, which is just as vital as our economic recovery, is spiritual renewal to restore America’s moral standing, as it has dramatically ebbed since Trump came to power.

    Indeed, what made America great is its commitment to human rights regardless of color, creed, religion, or race; to freedom, to democratic principles, and to its strong moral standing.

    These are the values that have sustained America.

    Yes, economic, military, and technological prowess matter greatly, but they are not enough to maintain America’s greatness. Historically, empires have collapsed because of pervasive corruption and moral decadence at the top. Trump, who came to power with the slogan of “make America great again,” instead dangerously weakens the very pillars on which America’s greatness rests.

    During the campaign, issues of healthcare, climate change, wages, infrastructure, taxes, and many others of concern to every American will be debated; Biden has advanced several comprehensive plans that address these issues. But ultimately the election is about the soul of America, and to that end Trump’s defeat is a prerequisite. “Let us stand together,” John F. Kennedy was to observe, “with renewed confidence in our cause — united in our heritage of the past and our hopes for the future…”

    We are in desperate need of unity, public engagement, and spiritual renewal to rediscover the faith in our ability to overcome any adversity and prevail.

    ____________
    Dr. Alon Ben-Meir is a professor of international relations at the Center for Global Affairs at NYU. He teaches courses on international negotiation and Middle Eastern studies.

    His views are not necessarily those of Taarifa. 

    source https://taarifa.rw/how-did-we-get-to-this-dire-state-of-affairs/