Author: webrwanda
-
Gasabo: Imiryango 200 yagizweho ingaruka na Coronavirus yahawe ibiribwa n’ibikoresho by’isuku #rwanda #RwOT
Umuryango uharanira iterambere ry’abaturage (Community Socio-Economic Development Initiatives: CSDI), watanze ibiribwa n’ibikoresho by’isuku ku miryango 200 itishoboye yagizweho ingaruka n’icyorezo cya Covid-19, yo mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo. -
Chadwick Boseman wamamaye muri Black Panther nk’umwami ‘T’Challa’ yitabye Imana #rwanda #RwOT
Chadwick Aaron Boseman wamamaye nuri filime ya Black Panther nka T’Challa ari umwami wa Wakanda, yitabye Imana azize kanseri y’amara. -
Chadwick Boseman wamenyekanye nka Black Panther yitabye Imana #rwanda #RwOT

Chadwick Boseman umunyamerika wamamaye cyane muri filime ya Black Panther ari umukinnyi w’imena aho akina yitwa T’Challa cyangwa Black Panther(Igisamagwe cy’umukara), yitabye Imana azize kanseri.
Muri iyi filime Black Panther yatumbagije izina rye muri sinema, yiganjemo abibirabura benshi, akina ari umwana w’umwami w’igihugu cya Wakanda kiba giherereye ahantu hihishe muri Afurika cyarateye imbere mu ikoranabuhanga, nyuma y’uko se apfuye, T’challa ni we waje kumusimbura aba perezida w’iki gihugu.
Mu ijoro ryakeye rishyira ku wa 29 Kanama 2020 ni bwo uyu mugabo wigaruriye imitima ya benshi yitabye Imana ku myaka 43, ni inkuru yashenguye benshi ku Isi.
Umuryango we ukaba wemeje aya makuru ko Chadwick Boseman yitabye Imana, yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Los Angeles, akaba yahitanywe na kanseri yari amaranye imyaka 4.
Black Panther yitabye Imanasource http://isimbi.rw/sinema/article/chadwick-boseman-wamenyekanye-nka-black-panther-yitabye-imana
-
Chadwick wakinnye muri black panther yitabye Imana kumyaka 43. #rwanda #RwOT
Umukinnyi wa Black Panther, Chadwick Boseman, yapfuye nyuma y’imyaka ine yanduye kanseri y’amara, nk’uko umuryango we wabitangaje ku wa gatanu. Yari afite imyaka 43.

Uyu mukinnyi yitabye Imana iwe mu gace ka Los Angeles ari kumwe n’umugore we n’umuryango iruhande rwe.Chadwick bamusanganye kanseri yo mu cyiciro cya III mu mwaka wa 2016, akomeza kubana nayo muri iyi myaka 4 ishize ubwo yagendaga igera ku cyiciro cya IV,
‘Umurwanyi nyawe, Chadwick yihanganye muri byose, kandi akomeza kugaragara mumafilime menshi mwakunze cyane.’Uyu muryango wagaragaje amafilime menshi ya Boseman aherutse, harimo Marshall, Da 5 Bloods, na Black Wilson’s Ma Rainey’s Black Bottom, yafashwe amashusho ‘mugihe cyo kubagwa no hagati mu burwayi bwe.’
Mu itangazo ryasohowe n’abagize umuryango we rigira riti: ‘Byari iby’icyubahiro mu mwuga we kuzana Umwami T’Challa muri Black Panther.’
‘warakoze kubwurukundo rwawe n’amasengesho, kandi ntituzakwibagirwa na nyuma y’iki gihe kitoroshye.’
Umuvugizi we yavuze ko Boseman asize umugore we Taylor Simone Ledward n’umubyeyi kandi nta mwana babyaranye.

Uyu mukinnyi yari yarakomeje kwisuzumisha hamwe nubuzima bwe bwite.
Yavuzweho gukundana na Ledward nyuma yuko bombi bagaragaye baca kuri tapi itukura mu bihembo bya SAG 2019, ariko ubukwe bwe ntibwigeze buvugwa kugeza apfuye.We n’umugore we baherukaga kugaragara batikumwe muri Gashyantare ku mukino wa 69 wa NBA All-Star Umukino wa Chicago.
Boseman ntabwo yari yaravugiye kumugaragaro ibijyanye no gusuzuma kanseri ye, ariko yari yarateje impungenge ubuzima mu ntangiriro zuyu mwaka nyuma yuko abafana bamenye isura ye idasanzwe.
Boseman yavukiye muri Caroline yepfo, yarangije muri kaminuza ya Havard kandi afite uruhare rutari ruto muri cinema mbere yuko aba umustar muri 2013.
Uyu mukinnyi yari azwiho gukina ibimurimo ariho benshi baheraga bahamya ubuhanga bwe umuryango mugari wa sinema ndetse n’isi muri rusange bibuze umuntu wingenzi, twasoza tumwifuriza iruhuko ridashira ndetse tunihanganisha umuryango we n’abakunzi be muri rusange.
The post Chadwick wakinnye muri black panther yitabye Imana kumyaka 43. appeared first on KASUKU MEDIA.
source https://kasukumedia.com/chadwick-wakinnye-muri-black-panther-yitabye-imana-kumyaka-43/
-
Kwishyurwa batinze, inyishyu nke: Bimwe mu bibangamiye abaturage bimurwa ku nyungu rusange #rwanda #RwOT
Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurengera uburenganzira bwa muntu yashyize hanze ubushakashatsi bukubiyemo uburenganzira bwa muntu ku iyimurwa rigamije inyungu rusange, bwagaragaje ko hakiri ibibazo bikomeye bitishimirwa n’abimurwa. -
Uko Cobra witandukanyije na FDLR na RUD-Urunana yakiriwe mu gihugu yahereye kera arwanya bikanga #rwanda #RwOT
Rtd Maj Bimenyimana Bonaventure wamenyekanye nka Cobra, ni umwe mu bahoze ari abarwanyi b’umutwe wa FDLR na RUD-Urunana, wafashe icyemezo gikomeye cyo kwitandukanya n’iyo mitwe, akagaruka mu Rwanda yamaze imyaka 15 ashaka kwigarurira akoresheje imbunda ariko bikanga. -
Rubavu: Abagera kuri 30 bafatiwe mu bikorwa by’ubucuruzi bwa magendu #rwanda #RwOT
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu imaze iminsi mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu. Kuwa Kane tariki ya 27 Kanama yafashe abantu 30 bafite imifuka 28 irimo ibicuruzwa bya magendu barimo kubyinjiza mu Rwanda mu buryo bwa magendu. -
Jules Sentore na Buravan bahuriye mu ndirimbo y’urukundo ‘Ni rwogere’ igaragaramo imigenzo yo hambere #rwanda #RwOT
Jules Sentore na Buravan bakunzwe cyane mu muziki wo mu Rwanda, bahuriye mu ndirimbo y’urukundo igaragaramo imigenzo yo hambere, bise ‘Ni rwogere’. -
Umuhanzi Nyarwanda utuye muri Belgique King landry akosoye Meddy washatse kubeshya abanyarwanda. #rwanda #RwOT
King landry ni umusore utuye muri Belgique akaba aririmba injyana ya Gospel gusa uyu musore akaba akomeje kugenda aca agahigo mu banyarwanda batuye,hanze dore ko amaze gukora indirimbo yanabiciye bigacika hano kumugabane wa africa. Uyu musore nubwo adakunze kuza mu Rwanda cyane ngo ariko akurikira showbiz nyarwanda haba muri gisata cya gospel cg se secular music.

King landry umuhanzi wa gospel utuye muri belgique uyu musore ngo ubwo yaje kurunguruka ku rubuga rwa Instagram yaje gukubitana n’umwana umaze iminsi acicikana kumbuga nkoranya mbaga wiswe Karyuri wanabeshywe n’icyamamare meddy ko azamufasha ariko bikaba byarabaye nkibya ya mabati.Gusa igishimije nuko King landry Yamaze kwemerera inkunga uyu mwana ukiri muto ufite impano yo kubyina nubwo akiri muto.

King landry yemereye karyuri kumugaragaro ko agiye kumufasha gutura heza ndetse akajya anamenya ubuzima bwe uko bwifashe mu kumuha mituelle.Ntibyari biherutse ibintu nkibi ariko uyu musore arongeye arabibyukije.
The post Umuhanzi Nyarwanda utuye muri Belgique King landry akosoye Meddy washatse kubeshya abanyarwanda. appeared first on KASUKU MEDIA.
-
Masenge yambeshye ko ninca imyeyo nzabona umugabo byihuse none naragumiwe ndashaka umukunzi. #rwanda #RwOT
Nitwa Irasubiza Bernardine mfite imyaka 32. Kuva nkiri muto masenge yambwiye ko kugira ngo umukobwa yubake urugo rwiza, no kugira ngo rukomere agomba kubitozwa. Nicyo cyatumye antoza byinshi byerekeranye no gufata neza umugabo, ndetse no gutoza umubiri wanjye kunezeza umugabo. Ntabwo byari byoroshye na busa ariko bitewe n’uko numvaga ari inyungu zanjye bwite byose narabikoze. Yambwiye ko nindinda ubusugi bwanjye ndetse nkaca imyeyo nzabona umugabo byihuse none naragumiwe byumvikana ko yambeshye. Ubu rero ndi kugerageza amahirwe ngo ndebe ko hari umusore wakwemera kunkunda akankura ku ishyiga. Niba ahari anyandikire inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
The post Masenge yambeshye ko ninca imyeyo nzabona umugabo byihuse none naragumiwe ndashaka umukunzi. first appeared on UMWUNGERI.RW.
http://dlvr.it/RfZ0Q6
