Author: webrwanda
-
Kigali: Imiryango isaga 400 imaze amezi 5 icumbikiwe mu mashuri iri mu gihirahiro #rwanda #RwOT
Kigali: Imiryango isaga 400 imaze amezi 5 icumbikiwe mu mashuri mu gihirahiro. -
Ubuhinzi mu Rwanda ntibukiri ubwo kurwanya inzara- Bamwe mu bahinzi #rwanda #RwOT
Bamwe mu bahinzi mu Rwanda baravuga ko bushobora guhindura imibereho yabo bitandukanye n’imyumvire bahoze bafite yo guhingira kurwanya inzara gusa.Source : https://rba.co.rw/post/Ubuhinzi-mu-Rwanda-ntibukiri-ubwo-kurwanya-inzara–Bamwe-mu-bahinzi
-
Umubare w’abaka inguzanyo wagabanutseho 12,3% mu mezi 6 ya 2020-BNR #rwanda #RwOT
Umubare w’abaka inguzanyo wagabanutseho 12,3% mu mezi 6 ya 2020Source : https://rba.co.rw/post/Umubare-wabaka-inguzanyo-wagabanutseho-123-mu-mezi-6-ya-2020
-
U Buholandi bwataye muri yombi Ndereyehe wakoze jenoside yakorewe Abatutsi #rwanda #RwOT
U Buholandi bwataye muri yombi Ndereyehe wagize uruhere muri jenoside yakorewe Abatutsi -
Ubuhinzi bwa Kawa i Maraba: Kwibumbira hamwe byababereye igisubizo #rwanda #RwOT
Imbamutima z’abaginzi ba Kawa bavuga uko yabahinduriye ubuzimaSource : https://rba.co.rw/post/Huye-Imbamutima-zabaginzi-ba-Kawa-bavuga-uko-yabahinduriye-ubuzima
-
Kuva ikigega BDF cyabaho kimaze gufasha abantu 7 ku Nkombo #rwanda #RwOT
Kuva BDF yabaho imaze gufasha abantu 7 ku NkomboSource : https://rba.co.rw/post/Kuva-BDF-yabaho-imaze-gufasha-abantu-7-ku-Nkombo
-
Mico The Best yabonye igihembo cya mbere mu muziki! Urutonde rw'abegukanye Kiss Summer Awards 2020 #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Nzeri 2020, abahanzi barushije abandi gukora neza mu mpeshyi y'uyu mwaka bashimiwe na Radio Kiss Fm, mu bihembo byiswe Kiss Summer Awards 2020, byatangwaga ku nshuro yabyo ya gatatu. -
Stella Christine Manishimwe ukunzwe cyane mu itorero rya ADEPR mu Rwanda yasohoye amashusho y' indirimbo nshya yise 'Sitwe Turwana' #rwanda #RwOT
Umuhanzikazi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Stella Christine Manishimwe yasohoye indirimbo nshya yise 'Sitwe Turwana' yibutsa abantu mu buzima bwaburimunsi ko turi kurugamba.
Iyi ndirimbo nshya ya Stella Christine Manishimwe yise 'Sitwe Turwana' yavuze ko muri iyi Isi turi kurwana n'imbaraga eshatu arizo Isi, Umubiri, ndetse na Satani,
Ati: 'Izintambara zose tuzibamo kandi Ntidupfa ndetse ntidutsindwa kuberako IMANA ihora iturangaje imbere mbese uwiteka niwe uturwanirira n'iyompamvu tudatsindwa kandi tuzahora tuyisenga tuvuga ibyiza igenda idukorera umunsi ku munsi'.
Yakomeje agira ati: 'Iyondirimbo nshya nayikoze ngambiriye nanone kubwira abera ngo nomubikomeye biriho ubu nibakomeze bagwize imbaraga zumutima kuko ibiturwanya n' ibiremwa ariko uturwanirira ni umuremyi ni nayo mpamvu dukwiriye gushira ubwoba kandi no Gushira amanga kuko Imana yacu ihora iturangaje imbere'
Yasoje asaba abakunzi be ku munshyigikira kuri channel yiwe yivugabutumwa yitwa 'Stella ninjye wa Mugore' abasaba gukora subscribe, Like&Comments, ikindi mu komeze musengere ngume kuba uwo Yesu yishimira komba ndetse no gukoraneza icyo yampamagariye.
Stella Manishimwe azwi mu ndirimbo zinyuranye zirimo: Ni njye wa mugore, Yesu Kristo niyamamare, Gidiyoni, Utakurusha gusenga, Moisemo Yesu, Icyo uzaba cyo, Ningera mu ijuru, Umunezero, Njye ndi umukristo, Umugambi, Amazina, Dufite Igihugu, Miriam, Ubuzima busenga, Umukiranutsi n'izindi nyinshi cyane zakunzwe n 'abenshi
Stella Manishimwe Christine afatwa nka nimero ya mbere mu bahanzikazi bakunzwe cyane mu Rwandamu mu itorero rya ADEPR
Reba hano indirimbo nshya ya Stella Christine Manishimwe yise 'Sitwe Turwana'
-
Perezida Kagame yafunguye Kigali Arena ashima ko yubatswe neza mu gihe gito #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa Gatanu Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame yafunguye Kigali Arena, ashima abayubatse.Source : https://rba.co.rw/post/Perezida-Kagame-yafunguye-Kigali-Arena-ashima-ko-yubatswe-neza-mu-gihe-gito
-
Abantu 31 mu Rwanda basanzwemo Coronavirus, 94 barayikira #rwanda #RwOT
Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko abantu 31 basanzwemo Coronavirus mu bipimo 2901 byasuzumwe mu masaha 24 ashize, mu gihe abakize ubu burwayi ari abantu 94.Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abantu-31-mu-rwanda-basanzwemo-coronavirus-94-barayikira