Author: webrwanda
-
Siporo Rusange ya Car Free Day igiye gusubukurwa nyuma y'amezi atandatu #rwanda #RwOT
Minisiteri ya Siporo ku bufatanye n'Umujyi wa Kigali, batangaje ko Siporo Rusange ya Car Free Day ihuza Abanyarwanda bagakora siporo mu rwego rwo kurushaho kugira ubuzima bwiza, izasubukurwa tariki ya 20 Nzeri 2020. -
Igerageza ry'urukingo rwa Covid-19 rwakozwe na AstraZeneca na Kaminuza ya Oxford ryasubukuwe #rwanda #RwOT
Icyiciro cya nyuma cy’isuzuma ry’urukingo rwa COVID-19 rwakozwe na AstraZeneca na Kaminuza za Oxford rigiye gusubukurwa, nyuma y’uko ryari ryahagaritswe ubwo umwe mu barugeragerezwagaho agaragaje uburwayi budasobanutse. -
Perezida Kagame yitabiriye inama ku iterambere rya Basketball muri Afurika #rwanda #RwOT
Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, yitabiriye inama igamije kwiga ku iterambere ry'umukino wa Basketball muri Afurika.Source : https://rba.co.rw/post/Perezida-Kagame-yitabiriye-inama-ku-iterambere-rya-Basketball-muri-Afurika
-
Rwanda signs a deal with PSG to promote culture, art and football development #rwanda #RwOT
Rwanda has announced a three-year partnership with the French football club Paris Saint-Germain to promote culture, art and football development.Source : https://rba.co.rw/post/Rwanda-signs-a-deal-with-PSG-to-promote-culture-art-and-football-development
-
Amazi ya pisine adakorewe isuku yatera indwara zinyuranye #rwanda #RwOT
Amazi ya pisine dakorewe isuku yatera indwara zinyuranyeSource : https://rba.co.rw/post/Amazi-ya-pisine-dakorewe-isuku-yatera-indwara-zinyuranye
-
Ingaruka siporo yo guterura ibyuma ishobora guteza #rwanda #RwOT
Hari n'inzobere mu by'ubuzima zigaragaza ko bitabura no kugira izindi ngaruka ku buzima mu gihe uku guterura ibyuma biremereye byaba bikorwa nabi.Source : https://rba.co.rw/post/Ingaruka-siporo-yo-guterura-ibyuma-ishobora-guteza
-
Nsabimana Callixte yasabye ko urubanza rwe ruhuzwa n'urwa Rusesabagina yita Sebuja #rwanda #RwOT
Nsabimana Callixte yasabye ko urubanza rwe ruhuzwa n'urwa Rusesabagina yita 'Sebuja'. -
COVID19: Urukingo ni rwo nkingi ikomeye izatuma ubukungu busubira ku murongo – Perezida Kagame #rwanda #RwOT
Perezida Kagame yagaragaje ko urukingo rwa COVID19 ari rwo nkingi ikomeye izatuma ubukungu busubira ku murongo. -
Charlie Hebdo ishobora kwibasirwa na Al-Qaïda nyuma yo kongera gutangaza ibishushanyo bya Mohammed #rwanda #RwOT
Ikinyamakuru Charlie Hebdo cyo mu Bufaransa cyongeye kwisanga mu bipimo by'umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaïda, nyuma yo kongera gutangaza inkuru zishushanyije zizwi nka ‘cartoons’, cyakoze ku ntumwa y'Imana Mohammed, yubahwa cyane mu idini ya Islam.
