Author: webrwanda

  • Rayon Sports yamaze kumvikana na Ivan Minnaert #rwanda #RwOT

    Rayon Sports na Ivan Minnaert batangaje ko bamaze kumvikana uburyo iyi kipe izishyura uyu mutoza umwenda imufitiye w’amafaranga arenga miliyoni 10 kubera kumwirukana binyuranyijwe n’amategeko.

    Ibi bibaye nyuma y’uko tariki ya 7 Nzeri 2020, komisiyo ishinzwe imyitwarire ya FERWAFA yafatiye ibihano Rayon Sports byo kutandikisha abakinnyi kugeza igihe izishyurira umutoza Ivan Jacky Minnaert.

    Hari nyuma y’uko ku wa 1 Nzeri 2020 ni bwo igihe cy’inyongera kingana n’iminsi 60 FERWAFA cyahawe Rayon Sports ngo ibe yamaze kwishyura umwenda bafitiye umutoza Ivan Minnaert ungana na miliyoni 13 836 Frw kubera kumwirukana binyuranyije n’amategeko cyarangiye.

    Muri iyi minsi 60, Ivan Minnaert akaba yarishyuwe amadorali ibihumbi 2 gusa.

    Impande zombi zikaba zatangaje ko zamaze kumvikana, kandi uburyo uyu mutoza azishyurwamo bikazakorwa hagati y’impande zombi.

    We Can confirm that @rayon_sports and IVAN MINNAERT have reached an agreement about the payments! details will be hold internally….

    Ibibazo twari dufitanye (@rayon_sports & Ivan Minnaert) byakemutse!!!!#Gikundiro !!!! pic.twitter.com/t7JQZKPrt8

    — Official Rayon Sports (@rayon_sports) September 14, 2020

    Amakuru avuga ko Rayon Sports yishyuye igice kingana na miliyoni 7, andi mafaranga bumvikana ko azayahabwa mu mezi ari imbere.

    Ivan Minnaert ari kumwe na perezida wa Rayon Sports nyuma yo kumvikana

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/rayon-sports-yamaze-kumvikana-na-ivan-minnaert

  • Affaire Rusesabagina vs l’Etat Rwandais : Séance B : Réquisitoire accablant, plaidoirie mesurée #rwanda #RwOT

    La circonscription est adéquate
    Le juge décide que l’argument avancé par la défense qui trouvait que le tribunal de base de Kicukiro n’est pas adéquat pour connaître les débats ne vaut pas le coup.

    “Rusesabagina a été arrêté dans le Secteur Nyarugunga du District Kicukiro. Pour cela les débats sur la possibilité de détention ou de liberté provisoire peuvent commencer”, a décidé le juge.

    Les charges du Ministère Public
    “Nous demandons que Paul Rusesabagina soit mis en détention préventive pour des crimes graves dont est soupçonné avoir commis en 2009 quand, alors Président du PDR Ihumure (Parti Démocratique Rwandais), il a rencontré un certain Lt Col Noël Habiyaremye alias Banga Banza Lambert des FDLR/Forces Démocratiques de Libération du Rwanda et il lui a demandé de venir avec ses hommes de troupes et faire partie de PDR Ihumure”, a dit le Procureur ajoutant que le Militaire des Fdlr a quitté la RDC pour le Burundi où Rusesabagina continuait de lui envoyer de l’argent.

    Tentative échouée de création d’un mouvement armé
    Le Procureur a dit que cet argent devait servir à créer un mouvement armé devant combattre le régime de Kigali.
    Mais en ce moment là, malheureusement pour Rusesabagina car les bonnes relations rwando burundaises d’alors ont fait que le lieutenant colonel a été arrêté et remis à la justice rwandaise, a dit le Procureur.

    Acte deux : Rusesabagina caresse le Gén. Wilson Irategeka
    Paul Rusesabagina est retracé dans le sillage de CNRD/Conseil National pour le Renouveau Démocratique, mouvement armé du Général Wilson Irategeka.
    De cette union, a dit le Procureur, le FLN/Forces de Libération Nationale a été fondé qui s’est enrichi d’un autre mouvement, le RRM/Rwandese Revolutionnary Movement du Maj. Callixte Nsabimana alias Sankara. Plus tard, le Parti de l’ancien Premier Mnistre Faustin Twagiramungu RWANDA RWIZA va entrer dans la coalition pour combattre le régime actuel rwandais, a ajouté le Procureur.

    “Ce projet, ils pensaient que pour y arriver, il fallait faire le recours aux armes”, a asséné le Procureur qui a pris tout son temps pour expliquer comment cette coalition de 4 partis, le MRCD/Mouvement Rwandais pour le Changement Démocratique dirigé par Rusesabagina, a dû créer le FLN sa branche armée.

    Des crimes graves de financement de la rébellion armée

    “La Police belge et Western Union ont fourni sur demande du Parquet Général de la République rwandaise des documents attestant des transferts d’argent de PAul Rusesabagina à Madagascar,aux Iles Comores et en RDC”, a dit le Procureur dans son souci d’être précis pour suffisamment convaicre le juge du maintien en détention de l’accusé. Il a précisé que Western Union a fourni le relevé du transfert d’argent de Paul Rusesabagina au Major Sankara qui était aux Comores.
    “D’autres transferts étaient envoyés aux combattants des FLN en RDC”, a dit le Procureur suffisamment convaincant.

    Dans le souci de persuader la cour que l’accusé est lourdement soupçonné, le Procureur a repris chacun des treize crimes supposés commis par le politicien qui adore les méthodes musclées.

    Le Ministère Public dispose d’images et de son d’un entretien sur la création de FLN entre Twagiramungu et Rusesabagina, document qui a été saisi par la Police Belge lors de la perquisition au domicile de Rusesabagina en 2019.

    Le Procureur part également du communiqué des FLN lu par le Porte-parole dudit mouvement, le Maj.Callixte Sankara qui précise que le FLN est une aile armée créée par le MRCD.

    Le Procureur part aussi de l’interrogatoire d’un certain colonel Marc Nizeyimana des FLN et de la déclaration de Paul Rusesabagina qui a reconnu avoir adhéré au FLN mais a refusé d’en être le fondateur.

    Financement des activités terroristes ?
    C’est clair, a dit le Procureur. “Un dialogue entre le Gén. Wilson Irategeka et Paul Rusesabagina a été intercepté le 19 mai 2019 où le général reproche au politicien de tentatives de diviser les troupes à coup d’argent”, a dit le Procureur explicitant son accusation par le fait que le politicien a envoyé 3.000 USD au Gén. Bernabé Sinayobye. un autre transfert de 1000 E a été envoyé aux Iles Comores au destinataire, le Maj. Nsabimana Sankara.

    Quid des enfants-soldats ?
    Le Procureur a trouvé, après avoir montré que l’Accusé est si pas le Chef suprême politique des armées FLN, du moins l’un de ses grands cerveaux, qu’il est responsable du recrutement d’enfants soldats lors de l’expédition dans la province du Sud dans les localités de Nyabimata et de Kitabi.
    Le Ministère Public a collectionné 82 auditions des enfants qui ont été forcés de transporter les biens pillés par ces gens d’armes de FLN dans la forêt Nyungwe et de la Kibira pour y rester faire des travaux militaires… “Tous ont eu des conséquences négatives de ces travaux”, a dit le procureur trouvant qu ce crime est puni par le Code pénal rwandais et par les conventions juridiques internationales.

    En foi de quoi, conclut le Ministère Public, “Nous requérons que l’accusé reste en détention préventive car, libéré provisoirement, il peut travestir les preuves de ses crimes ou exercer une pression sur les témoins ou encore comploter avec ses complices pour adopter un lagnage commun”, a dit le Procureur ajoutant le monsieur sait qu’il est fortement soupçonné de crimes de terrorisme, que la Police Belge et le FBI américain ont conduit des investigations sur lui.

    La parole est à la défense
    Le réquisitoire du ministère Public a pris plus d’une heure. Qu’en sera-t-il de la Défense ?

    “Au cours de l’interrogatoire des investigateurs, je n’ai pas répondu à beaucoup de questions. A celle d’avoir aidé le FLN, j’ai répondu oui pour avoir donné 20.000 E”, a dit l’Accusé qui à l’accusation d’avoir êté à la tête des gens qui semaient la mort parmi les civils, il a dit “ce n’est pas la mission qui avait été assignée au FLN”.

    Au cours de sa plaidoirie, il a dit avoir confié aux officiers d’investigation que si les citoyens de Nyaruguru ont subi l’arbitraire des FLN “moi personnellement je me suis senti malheureux et je demande pour cela pardon aux familles impactées et même pour les conséquences qui se sont repercutées sur le pays tout entier”.

    Bref tout le temps qu’il a passé devant le juge, il a regretté les exactions de FLN tout en n’acceptant pas ses responsabilités en tant que Président de MRCD.
    Recommencés à 13.30, les débats ont été clos vers 16.00. Le juge a donné le rendez-vous du 17 septembre prochain pour lecture des délibérations qui confirmeront son maintien en détention préventive ou si l’accusé pourra être libéré provisoirement pour continuer son jugement à l’air libre.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Affaire-Rusesabagina-vs-l-Etat-Rwandais-Iere-Seance-B-Requisitoire-et.html

  • Rutsiro: Batandatu bafunzwe nyuma yo kugaragara mu mashusho bakubita ukekwaho ubujura #rwanda #RwOT

    Abaturage batandatu bo mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y’Uburengerazuba batawe muri yombi bazira kwihanira nyuma yo kugaragara mu mashusho barimo gukubita umuntu bakekagaho ubujura.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rutsiro-batandatu-bafunzwe-nyuma-yo-kugaragara-mu-mashusho-bakubita-ukekwaho

  • Abanyarwanda babiri mu bahataniye ibihembo bya Afrimma 2020 #rwanda #RwOT

    Umuhanzi The Ben n'umubyinnyi Sherrie Silver nibo Banyarwanda batoranyijwe mu bahataniye ibihembo bikomeye bya Afrimma 2020.

    Source : https://igihe.com/imyidagaduro/article/abanyarwanda-babiri-mu-bahataniye-ibihembo-bya-afrimma-2020

  • Urukiko rwatangaje itariki y' urubanza ruzasomerwa rwa Paul Rusesabagina ku ifungwa n' ifungurwa by' agateganyo #rwanda #RwOT

    Hari kwi Saa tatu n'iminota 30 nibwo Paul Rusesabagina yitabye Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo atangire kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku byaha birimo iby'iterabwoba , akurikiranyweho gusa Urukiko rwavuze ko tariki 17 z'uku kwezi saa munani ari bwo ruzatangaza umwanzuro ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo rya Paul Rusesabagina.

    Bwa mbere imbere y'urukiko, Bwana Rusesabagina ntiyemeye cyangwa ngo ahakane ibyaha 13 yarezwe. Avuga ko yavuze birambuye ku byo aregwa ari kubazwa n'ubushinjacyaha ubu adashaka kubigarukaho aka kanya.

    Uruhande rwe rwasabye ko arekurwa agakurikiranwa adafunze kubera impamvu zitandukanye zirimo ko arwaye, ibyo Ubushinjacyaha bwasabye ko bitakorwa kubera ubukana bw'ibyo aregwa.

    Me Nyambo uri mu bunganira Rusesabagina yavuze ko akwiye kurekurwa akaburana ari hanze kuko arwaye ndetse byaba na ngombwa agategekwa kutagira ahantu arenga dore ko n'ibyangombwa bwe byafatiriwe.

    Yavuze ko Rusesabagina ari umuntu mwiza, wahawe ibihembo bitandukanye nk'umuntu w'inyangamugayo, bityo ko urukiko rwazabishingiraho ko ari umuntu mwiza, rukemeza ko yatanga ingwate.

    Umushinjacyaha yavuze ko Rusesabagina aramutse arekuwe, yatoroka ubutabera hashingiwe ku buremere bw'ibyaha akekwaho.

    Ikindi kandi ni uko ngo yafashwe nyuma yo gushakishwa igihe kirekire, ku buryo aramutse arekuwe ataboneka mu buryo bworoshye.

    Rusesabagina ngo azi neza ko mu Bubiligi yakozweho iperereza ndetse na FBI muri Amerika yamukozeho iperereza ku bijyanye no gutera inkunga imitwe y'iterabwoba.

    Gufungwa kwe ngo ni bwo buryo bwatuma adasibanganya ibimenyetso bigikusanywa no kuba yatera igitutu abatangabuhamya cyangwa se ngo ahure n'abandi bakekwa bari mu Bubiligi ngo babe bagambana.

    Rusesabagina ntiyavuze ku byaha byose aregwa

    Ubushinjacyaha bwafashe umwanya munini busobanura uko Bwana Rusesabagina yakoze bimwe muri ibi byaha aregwa.

    Umushinjacyaha yavuze ko hari inyandiko zitandukanye u Rwanda rwahawe na Polisi y'u Bubiligi zigaragaza amafaranga yagiye yoherezwa na Rusesabagina, ngo ni inyandiko Polisi yasabye Western Union.

    Umushinjacyaha yavuze ko hari abana 82 babajijwe, ubuhamya bwabo bugaragaza ko bashimuswe bakajyanwa mu mirimo ya gisirikare mu buryo bunyuranyije n'amategeko y'u Rwanda na mpuzamahanga.

    Yavuze ko hari inyandiko zo kwa muganga zigaragaza ko abantu icyenda bishwe n'ibitero by'iterabwoba bya FLN mu Mirenge ya Nyabimata na Cyitabi, kandi bose ngo bitabye Imana bazize ingaruka z'ibitero bagabweho.

    Ku cyaha cyo gutera inkunga iterabwoba, ubushinjacyaha bwavuze ko impamvu bumusabira gufungwa bishingiye ku biganiro yagiranye na Wilson Irategeka ku wa 19 Gicurasi 2019, aho Irategeka agaya Rusesabagina ko ashaka gucamo ibice ingabo [bitaga abahinzi] ngo akoresheje amafaranga

    Ngo ibyo byari byatewe n'uko Rusesabagina yari yoherereje Gen Sinayobye Bernabe amadolari ibihumbi bitatu. Hari kandi ngo amafaranga umugore wa Rusesabagina yohereje muri Comoros umuntu ama-euro 1000, icyo gihe ngo bari bayoherereje Sankara.

    Ubushinjacyaha bwavuze ko Rusesabagina nk'ukekwa, kuba yanze gusubiza kuri buri cyaha akavuga ko nta rutonde rw'ibyaha afite mu gihe abunganizi be babifite, bigaragaza ko hari impa mvu yo guhunga ikibazo yabajijwe.

    Ngo uwo mugambi bagombaga kuwugeraho bakoresheje intwaro, ari nayo mpamvu bashinze FLN. MRCD yari ihuriro rigizwe n'amashyaka ane, hanyuma FLN ikaba umutwe wayo wa gisirikare.

    Buvuga ko bufite ibimenyetso ko yavuganaga, yafashisje gushakisha no koherereza amafaranga umutwe wa FLN kugira ngo ugabe ibitero ku Rwanda.

    Kuba ari ibikorwa bitari byiza FLN yakoze, Me Rugaza yavuze ko bitabazwa Rusesabagina kuko uyu mutwe utakibarizwa muri MRDC ahubwo ko bikwiye kubazwa abari muri uyu mutwe.

    Rusesabagina avuga ku mafaranga aregwa ko yoherereje Sinayobye, yavuze ko yamwoherereje ama-euro ibihumbi bitatu kuko ngo 'yarampamagaye arandirira' noneho amwoherereza amafaranga nk'umuntu w'umubyeyi. Ngo ayo si amafaranga yari yoherereje FLN.

    Ku bijyanye n'amajwi n'amashusho ubushinjacyaha buvuga ko bufite, yavuze ko yifuza kuzagenzura akareba niba ariwe cyangwa se atari we. Ku zindi nyandiko z'amafaranga bivugwa ko yoherereje abantu bo muri FLN, yavuze ko zimwe atazizi.

    Ku bikorwa byakorewe i Nyaruguru, yavuze ko ngo yabwiye inzego z'iperereza ko niba hari ibikorwa bibi byaba byarakorewe abaturage, 'njye ubwanjye narabyicuje kandi mbisabira imbabazi imiryango y'abo byagizeho ingaruka ndetse n'igihugu'.

    Yavuze ko ibyaha byakozwe na FLN bitari mu nshingano bari bahaye uwo mutwe. Ndetse ko yabisabiye imbabazi.

    Aho urubanza rwabereye, umutekano wari ukajijwe mu buryo budasanzwe kuko abapolisi bafite imbunda bari bakikije iyi nyubako

    Source : https://impanuro.rw/2020/09/14/urukiko-rwatangaje-itariki-y-urubanza-ruzasomerwa-rwa-paul-rusesabagina-ku-ifungwa-n-ifungurwa-by-agateganyo/

  • REB speak on school reopening #rwanda #RwOT

    On March 14, after the first Coronavirus patient was diagnosed in Rwanda, it was immediately decided that all schools would be closed and that all students would return home and instead pursue classes online.

    REB DG9 Dr. Ndayambaje Irénée told IGIHE that by the time the schools are open, there will be a lot to change because the curriculum will be different from what it used to be focusing mostly on online classes.

    'Another factor is related to the hygiene and sanitation in schools. While classrooms are being built, there are also special plans to build permanent toilets in our schools.' Said Ndayambaje.

    'We also want children to develop this habit of washing hands because in addition to protecting people from COVID-19 it also promotes hygiene in schools and as we learn it in schools and in our homes, we will be able to reduce incidences of childhood-related diseases. It’s something people should expect.'

    REB said that there is also a program to feed children at schools where they will all be provided with meals. In 2014, the Government of Rwanda launched a program to feed 9- and 12-year-old children in primary education to help them improve their level of achievement without losing their temper.

    In the first four years, the program was given a budget of Rwf 5.5 billion, but in the previous fiscal year it reached Rwf 7 billion.

    'We had a program to feed the children in the secondary schools; you find cases of a child studying in primary school having their elder sibling in their first year of high school; when it is lunchtime one would go to school for lunch when the other will have to pack their lunch or go home to eat.' He said.

    Now the government has decided that all children will eat at schools, for it improves their performance.

    Recent data show that at one center in Kigali City, parents are required to pay Rwf 12,000 per quarter which is Rwf 4000 per month. The state government pays Rwf56 per child per day.

    Last year, the attendance recorded of student 9-12-years primary school were at 97.3%, Kigali City came on the top 100% attendance, North recorded 99.4% attendance, Western Province with95.2%, Southern 97.3 %, Eastern Province also had a turnout of 97.3%.

    Concerns about the rising of school fees

    Some parents and caregivers who recently spoke to IGIHE pointed out that due to the preparations that will be made to prevent COVID-19 while schools are open; it is more likely that the cost will be higher than before.

    Schools will be required to provide sanitation facilities, social distance system, increase the amount of water used for washing, building new classrooms, technology and more. It is expensive and more likely is expected to be paid by the student.

    The institution will not build new schools or bring in new technology and when it comes to determining the tuition fees ignore all those expenses.

    'You could say that the fact that the school bring water system. It means that the tuition fee is going to increase, but we have to go back and think to the cost we paid for the lack of water, the diseases and poor sanitation. Schools should not be afraid that this is going to be another burden so it should raise school fees, everything is counted, and water expenses are counted. We don’t think it is going to be very expensive but it’s something people wanted, it’s important to have It.' said Dr.Ndayambaje.

    While schools are open, some courses will continue to be offered through technology

    Dr Irenée Ndayambaje says that education is not stagnant because there is a system in place to help students continue their training

    Nicole Kamanzi M.

    Source : https://en.igihe.com/news/article/reb-speak-on-school-reopening

  • Paul Rusesabagina yitabye urukiko aburana ku byaha 13 akekwaho: Uko iburanisha ryagenze (Amafoto) #rwanda #RwOT

    Saa tatu n'iminota 30 nibwo Paul Rusesabagina yitabye Urukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo atangire kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku byaha birimo iby'iterabwoba akurikiranyweho.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/paul-rusesabagina-yitabye-urukiko-aburana-ku-byaha-13-akekwaho-uko-iburanisha

  • Gisagara: Ababyeyi baratabaza ubuyobozi ngo bubafashe kugaruza abana babo batanu 'bashimuswe n'Abarundi' #rwanda #RwOT

    Ababyeyi bo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara bavuga ko hari abana babo batanu bashimuswe n'Abarundi ubwo bari bagiye kwahira ubwatsi mu Gishanga cy'Akanyaru, hakaba hagiye gushira ukwezi batazi aho babajyanye.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/gisagara-ababyeyi-baratabaza-ubuyobozi-ngo-bubafashe-kugaruza-abana-babo-batanu

  • Nyamasheke: Barasaba ko amateka y'ibigabiro by'umwami yakwitabwaho abato bakayamenya #rwanda #RwOT

    Abakiri bato bo mu Karere ka Nyamasheke barasaba ko amateka y'ibigabiro by'Umwami Rwabugiri biherereye mu Mudugudu wa Gikuyu, Akagari ka Ninzi mu Murenge wa Kagano yakongera agasiburwa kugira ngo nabo bayamenye.

    Source : https://igihe.com/ubukerarugendo/article/nyamasheke-barasaba-ko-amateka-y-ibigabiro-by-umwami-yakwitabwaho-abato