Kubura inota rimwe uba watsinzwe ! Hamenyekanye amanota bisaba kugirango utsindirire uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku bantu bazajya bakorera mu Busanza – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu minsi yashize nibwo Polisi y'uRwanda yatangaje ko ubu hari ahantu hashyashya huzuye hagiye kujya hakorererwa ibizamini byo gushaka uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga,  aho ntahandi ni mu Busanza.

Abantu bamwe babishidikanyijeho bavuga ko aha hantu hashobora kuzaba hagoye kuruta ahandi bakoreraga, ariko abandi bakavuga ko hashobora kuzaborohera kurenza ahandi bakoreraga.

Kuri ubu amakuru ahari avuga ko kugirango utsindire uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga wakoreye mu Busanza bigusaba gutsinda ikizamini ku manota 80%,  ndetse ko iyo wabuze rimwe uba wahiye. Ubwo iyo wagize 79% uba wahiye.

Source : https://yegob.rw/kuba-inota-rimwe-uba-watsinzwe-hamenyekanye-amanota-bisaba-kugirango-utsindirire-uruhushya-rwo-gutwara-ibinyabiziga-ku-bantu-bazajya-bakorera-mu-busanza/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *