RIB ifatanyije na Police y’u Rwanda barasaba abantu bafite intwaro mu buryo bunyuranyije n'amategeko kuzitanga mu maguru mashya – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rufatanyije na Police y'u Rwanda, basabye abafite intwaro mu buryo bunyuranyije n'amategeko, kuzishyikiriza Polisi y'u Rwanda kuri sitasiyo zayo zibegereye mu maguru mashya kuko uzazifatanwa azahanwa n'amategeko.

Avuga ibi yanakomoje ku bantu bakina firime nyarwanda bagashaka kugaragaza intwaro z'ibikinisho ko nabyo bishobora guhungabanya ituze ry'abaturage bikaba byahungabanya umutekano.

Yavuze ko ibyiza bazajya bagana inzego z'umutekano bakabigisha uko zikoreshwa.

Source : https://yegob.rw/rib-ifatanyije-na-police-yu-rwanda-barasaba-abantu-bafite-intwaro-mu-buryo-bunyuranyije-namategeko-kuzitanga-mu-maguru-mashya/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *