Hari ababyeyi b’i Rusizi batabariza abana b'abakobwa basambanyirizwa mu makamyo ahaparikwa – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Hari ababyeyi bo mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama batabariza abana b'abakobwa bari hagati y'imyaka 13-17 basambanyirizwa mu makamyo ahaparikwa.

Aba bana b'abakobwa basambanywa n'abashoferi baparika aho bategereje kujya muri DRC.

Ubuyobozi bw'umurenge wa Bugarama buvuga ko ibyo butabizi icyakora ngo bihari ntibwabirebera.

Source : https://yegob.rw/hari-ababyeyi-bi-rusizi-batabariza-abana-babakobwa-basambanyirizwa-mu-makamyo-ahaparikwa/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *