U Rwanda rwasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima abashoferi b’amakamyo

Written by

in

Guverinoma y’u Rwanda yasabye Tanzania ibiganiro ku buryo bwo gupima Coronavirus mu bashoferi b’amakamyo, nyuma y’uko ubwandu muri icyo cyiciro bukomeje kwiyongera kandi bakabaye bapimirwa mu gihugu batangiriramo urugendo.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *