Gutumiza imbuto zo guhinga mu mahanga bigiye kuba amateka mu Rwanda

Written by

in

Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yijeje ko guhera mu gihembwe cy’ihinga A kizatangira muri Nzeri uyu mwaka, u Rwanda rutazongera gutumiza mu mahanga imbuto zo guhinga, nyuma y’imyaka myinshi igihugu gitanga za miliyari mu kuzitumiza.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *