Amerika igiye guha u Rwanda imashini 100 zongerera umwuka abarwayi ba Coronavirus #rwanda #RwOT

Written by

in

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yavuze ko Leta Zunze ubumwe za Amerika zigiye guha u Rwanda Imashini zigera ku 100 zitanga umwuka ku barwayi ba Coronavirus.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *