Dr Anamali wo muri Baho Hospital yasobanuye uko iryinyo rirwaye ritunganywa bidasabye kurikura #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuganga w’Inzobere mu Buvuzi bw’amenyo muri Baho International Hospital, Dr Anamali Roger, yavuze ko umuntu urwaye amenyo adakwiye kumva ko ajya kwa muganga gusa ngo bayakure, ahubwo hari ubuvuzi bukorwa iryinyo rikaguma mu kanwa kandi rikora neza.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *