Ibyagezweho mu bukemurampaka nyuma y’imyaka umunani KIAC itangijwe #rwanda #RwOT

Written by

in

Urugaga rw’abikorera (PSF) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda ku wa 31 Gicurasi 2012 batangije Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubukemurampaka cya Kigali (KIAC), hagamijwe gufasha abashoramari, abacuruzi n’abandi bose kwikemurira impaka mu bwunvikane batagombye kujya mu nkiko.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyagezweho-mu-bukemurampaka-nyuma-y-imyaka-umunani-kiac-itangijwe

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *