Mu mezi atatu gusa, Amerika imaze kwima Visa Abashinwa barenga 1.000 #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi ukomeje kuzamba, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko zimaze kwima visa abanyeshuri n’abandi bashakashatsi barenga 1000 ibashinja gukorana bya hafi n’igisirikari cy’u Bushinwa.

source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/mu-mezi-atatu-gusa-amerika-imaze-kwima-visa-abashinwa-barenga-1-000

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *