Habura iki ngo mu nzego z’abikorera hubahirizwe ihame ry’uburinganire nko mu za Leta? #rwanda #RwOT

Written by

in

Nta mwaka wirenga u Rwanda rudashyizwe ku ntonde z’ibihugu byubahiriza neza ihame ry’uburinganire ndetse bigaha amahirwe angana abagabo n’abagore yo kujya mu nzego z’igihugu zifata ibyemezo. Nubwo u Rwanda rusa n’urwamaze kwesa uyu muhigo mu nzego za leta mu z’abikorera ho birasa n’aho urugendo rukiri rurerure.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/habura-iki-ngo-mu-nzego-z-abikorera-hubahirizwe-ihame-ry-uburinganire-nko-mu-za

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *