B Threy yahishuye uko yiyunze na Bushali bari bamaze umwaka barebana ay’ingwe #rwanda #RwOT

Written by

in

Kuva mu Ugushyingo 2019, B Threy asezera muri Green Ferry yatangiye kurebana ay’ingwe na Bushali batangiranye umuziki, kuri ubu uyu muraperi yavuze ko yamaze kwiyunga na mugenzi we, babanye neza ndetse byabaye akarusho ubwo bahuriraga mu ndirimbo “Amabara” ya Amalon.

source https://igihe.com/imyidagaduro/article/b-threy-yahishuye-uko-yiyunze-na-bushali-bari-bamaze-umwaka-barebana-ay-ingwe

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *