Imyaka itatu irashize muri manda ya Perezida Paul Kagame yo mu 2017-2024, abayobozi bakomeje kubazwa inshingano ari nako abananiwe begura, ndetse hari abeguzwa nyuma bakisanga mu nkiko bakurikiranyweho ibyaha, hari n’abamaze gukatirwa naho abandi baracyaburana.
Leave a Reply