Ni igikorwa cyabaye ku wa 27 Kanama 2026.
Nyuma yo gutaka kopi muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga haba hasigaye gutanga impapuro zemerera umudpiolomate guhagararira igihugu, azishyikiriza Perezida w'igihugu agiye gukoreramo, akabona gutangira akazi mu buryo bwemewe n'amategeko.
Lt Gen (Rtd) Karenzi Karake yagizwe Ambasaderi w'u Rwanda mu Bushinwa muri Kamena 2026.
U Rwanda n'u Bushinwa bisanzwe bifitanye umubano w'ubutwererane umaze imyaka myinshi, aho ibihugu byombi bikorana mu nzego zitandukanye zirimo dipolomasi, ubukungu n'ubuvuzi n'izindi.

Ambasaderi Lt Gen (Rtd) Karenzi Karake Emmanuel yatanze kopi z’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muBushinwa
Leave a Reply