Kicukiro: Umusore w’imyaka 17 yigize umukobwa aza gufatwa n’Inzego z’umutekano bamusangana ubugabo none agiye gufungirwa mu kigo cy’inzererezi – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umusore w'imyaka 17 witwa Niyonkuru Theophile yafashwe yigize umukobwa agenda mu baturage abasaba akazi ko kurera abana.

Uyu musore ni mwene Nyarwaya Isidore na Mukankumbi Virginia, aho avuka mu Kagari ka Butare, umudugudu wa Bukure, mu Karere ka Gicumbi.

Uyu musore, yagendaga mu nzira agenda asaba akazi ko kurera umwana ageze ku kagali ka kamashashi afatwa ni nzego z'umutekano bamubaza uwo ariwe ababwira ko ari umukobwa. Bamujyana mu cyumba bamukozeho basanga n'igitsina Gabo.

Nyuma yo gufatwa yahise ajyanwa kuri station ya police ya Nyarugunga.

Kuri ubu yakorewe KTC Form kugira ngo azajyanwe Gikondo Transit center.

Ubu afungiye kuri police station Nyarugunga.

Source : https://yegob.rw/kicukiro-umusore-wimyaka-17-yigize-umukobwa-aza-gufatwa-ninzego-zumutekano-bamusangana-ubugabo-none-agiye-gufungirwa-mu-kigo-cyinzererezi/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *