Biratangaje; Umubare wabanywa inzoga wazamutse umujyi wa Kigali uri kumwanya wa nyuma – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kuva muri 2013 kugeza 2022 abanywa inzoga mu Rwanda bariyongereye, aho bavuye kuri 41.3% bagera kuri 48.1%.

Umujyi wa Kigali ni wo ufite abanywa inzoga bake, mu gihe Intara y'amajyaruguru ariyo ifite abantu benshi banywa inzoga.

Source : https://yegob.rw/biratangaje-umubare-wabanywa-inzoga-wazamutse-umujyi-wa-kigali-uri-kumwanya-wa-nyuma/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *