“Ntabwo turi indaya” Abagore bagize itsinda rya ‘Kigali Boss Babies’ bihanangirije abavuga ko bicuruza kugira ngo babone amafaranga birirwa baryoshyamo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Abagore bagize itsinda rya 'Kigali Boss Babies' bihanangirije abavuga ko bicuruza kugira ngo babone amafaranga.

Aba bagore bagera kuri 6 bavuze ibi ku munsi w'ejo hashize ubwo bari mu kiganiro kuri Kiss Fm.

Iri tsinda rigizwe n'abagore bivugwa ko bafite agatubutse, abantu bagiye bavuga ko bicuruza kugira ngo babone ayo mafaranga.

Aba bagore bo babyigarama bavuga ko bafite akazi kabo keza kandi kazwi ngo ibyo kwicuruza ni ukubaharabika.

Source : https://yegob.rw/ntabwo-turi-indaya-abagore-bagize-itsinda-rya-kigali-boss-babies-bihanangirije-abavuga-ko-bicuruza-kugira-ngo-babone-amafaranga-birirwa-baryoshyamo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *