Ikizungerezi byavugwaga ko gikundana na Thibaut Courtois cyamuteye indobo kuri bose babireba [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

Written by

in

Ikinyamakuru Marca cyatangaje ko aba bombi bari mu rukundo rudasanzwe ariko uyu mukobwa.

Rivera yamenyekanye ubwo yagaragaraga mu kiganiro cyakunzwe kuri TV cya Temptation Island.

Icyo kiganiro gihuza abahungu n'abakobwa bakundana bakagaragaza uko urukundo rwabo rukomeye.

Uyu mukobwa afite abakunzi kuri Instagram bakabakaba miliyoni biganjemo abagabo bakundana amafoto abakurura ashyira hanze.

Abinyujije kuri Instagram,Rivera yagize ati 'Ibinyoma by'uko hari umubano cyangwa guhura na Thibaut Courtois ni ibinyoma.

Courtois yabyaranye abana babiri na Marta Dominguez ariko baje gutandukana ubwo yari mu ikipe ya Chelsea.

Courtois yagiye avugwa mu rukundo n'abakobwa benshi biganjemo abanyamideli n'abakora kuri TV.



Source : http://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/ikizungerezi-byavugwaga-ko-gikundana-na-thibaut-courtois-cyamuteye-indobo-kuri

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *