Abantu baburirwa irengero mu Rwanda. Umuyobozi wa RIB yagize icyo abivugaho #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Written by

in

Col Ruhunga Jeannot yasobanuye ko ikibazo cy’abantu baburirwa irengero ari ibintu bisanzwe kuko biterwa n’impamvu zitandukanye.

Ni ikibazo yabajijwe mu kiganiro inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubutabera zagiranye n’abanyamakuru, ubwo hatangizwaga Icyumweru cy’Ubucamanza cyizihijwe ku nsanganyamatsiko igira iti “Ubuhuza nk’inkingi y’ubutabera bwubaka umuryango Nyarwanda”.

source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abantu-baburirwa-irengero-mu-rwanda-umuyobozi-wa-rib-yagize-icyo-abivugaho

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *