Hari gukorwa iki ngo urubyiruko ruba hanze rwigishwe kugendera kure amacakubiri? #rwanda #RwOT

Written by

in

Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Muhire Louis Antoine, yatangaje ko urubyiruko rukwiriye kugira uruhare mu gusoma no kwandika amateka y’u Rwanda mu rwego rwo gutanga amakuru nyayo ku bakoresha murandasi nk’umwe mu miyoboro wifashishwa cyane n’abashaka kubiba amacakubiri.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hari-gukorwa-iki-ngo-urubyiruko-ruba-hanze-rwigishwe-kugendera-kure-amacakubiri

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *