WASAC ikomeje gusiga umugani mu gucunga umutungo, ntizi abayifitiye imyenda irenga miliyoni 600 Frw #rwanda #RwOT

Written by

in

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) batangaje ko ikibazo cy’imicungire mibi y’umutugo w’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, gikomeje kuba agatereranzamba kuva mu myaka ine ishize.

source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/wasac-ikomeje-gusiga-umugani-mu-gucunga-nabi-umutungo-ntizi-abayifitiye-imyenda

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *